Upload
anis-white
View
245
Download
6
Embed Size (px)
Citation preview
1
GUKIZA ABANA,URUBYIRUKO N’ABANTU BAKURU INGARUKA ZITEWE N’IHUNGABANA
RWANDA
27-29 , UKWAKIRA 2008
2
ABAHUGURA
• Maarit Brooks• Umuganga
w’umuryango• Umufasha ku
bijyanye n’amarangamutima
• Akorera Bristol, mu Bwongereza nk’Umuganga w’umuryango
• Carly Raby• Avura akoresheje
gushushanya • Umufasha ku bijyanye
n’amarangamutima• Umuyobozi mukuru
wa Luna• Impuguke yigenga ku
bijyanye ’Uburenganzira bw’Abana – Mu Ubwongereza
3
Tuziga iki?
• Ubuzima bwo mu mutwe • Ibyo dukenera by’ibanze• Uburyo ubwonko bwacu bukora• Inyitozo iruhura• Ihungabana • Kuvura Ihungabana ku bantu bakuru n’abana• Uburyo bwo gushyiraho umwanya wo kuvura• Kubaka abaturage
4
KUWA MBERE
• 9h00: Intangiriro ku Ubumuntu wahawe (HG)
• 9h30: Ubuzima bwo mu Mutwe n’ibikenewe by’ibanze
• 10h35: Akaruhuko• 10h50: RIGAAR – Uko bategura
ikiganiro • 12h00:IFUNGURO
• 1h00: Ubwonko busanzwe n’Ubwonko bw’ubuhanga
• 1h30: Kuyobora ibitecyerezo (Abantu bakuru)
• 2h15: Umwitozo• 2h45: Akaruhuko• 3h00: Kuyobora ibitecyerezo
(Abana) • 3h45: Umwitozo • 4h30: Kungurana ibitecyerezo • 5h00: Gusoza
BURI MUGOROBA - CARLY NA MAARIT BARABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO CYANGWA KUNGURANA IBITECYEREZO
5
KUWA KABIRI
• 8h30: Kuhagera no kwitegura• 9h00: Ihungabana
-Abakuru/Abana• 9h45: Gusubiza inyuma
kubantu bakuru n’uburyo bikorwa
• 10h15: Kureba Video• 10h50: Ibibazo• 11H00: Akaruhuko• 11h20 : Imyitozo mu gukorana
n’Abakuru usubiza inyuma• 12h00: Ibibazo
• 12h15: IFUNGURO
• 1h15: Gusubiza inyuma ku Abana n’uburyo bikorwa
• 2h15: Ibibazo• 2h25: Imyitozo • 3h15: Ibibazo• 3h25: Akaruhuko• 3h50: Gusobanura aho kuboba
ibyibanze bihurira n’uburyo bwo kuyobora ibitecyerezo no kuvura ihungabana n’uburyo byuzuzanya.
• 4h30: Ibibazo /Gusoza
BURI MUGOROBA -CARLY NA MAARIT BAZAJYA BABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO CYANGWA KUNGURANA IBITEKEREZO
6
KUWA GATATU
• 8h30: Gusubiza inyuma ku Abana - Imyitozo • 9h00:Kuhagera no gusubiza ibibazo ku imunsi ya hashize. • 9h30: Inkuru Healing stories• 11h00: Akaruhuko• 11h15: Indoto n’Inzozi mbi • 11h45:Kwitoza kuyobora ikiganiro (RIGAAR)• 12h45: Ibibazo, gufashwa no guhabwa ibyavuyemo• 1h00: IFUNGURO• 2h00: Kubaka abaturage• 3h30: Kubaza muri rusange• 4h00/ 5h00: ( Gasubizaho akanya katakaye n’ibibazo) Gusoza
7
Umunsi wa Mbere
Gushyiraho iby’ibanze
8
Ubuzima Bwo mu Mutwe
• Uko bimeze mu Bwongereza• Impamvu abantu batabona iby’ibanze mu
Bwongereza• Uko bimeze mu Rwanda• Impamvu abantu batabona ibyibanze mu
Rwanda• N’iki duhuriraho n’ingorane dusangiye?
9
Ibikenewe by’Ibanze
- Ibyo kurya bihagije
- Amazi meza - Aho kuba- Umutekano- Kuvurwa- Kwiga
10
Ibikemewe ku maranga mutima
• Umutekano• Kugira inshuti imwe y’ingenzi• Kugira ikiduhuza n’abandi• Uko umeze• Ubushobozi no kugera kuntego• Kwiyobora no kuyobora abandi• Kwitabwaho• Kwiherera• Kumva ufite ucyo uvuze /umaze
11
Umutekano
12
Inshuti imwe y’ingenzi
13
Kugira ikiguhuza n’abandi
14
Imibereho
15
Ubushobozi no kugera ku intego
16
Gushobora kwiyobora no
kuyobora abandi
17
Kwitabwaho
18
Kwiherera
19
Kugira agaciro
20
Ubushobozi twifitemo nk’abantu
• Ubushobozi bwo kwibuka no Kwibagirwa• Ubushobozi bwo guhura n’abandi bantu• Gutecyereza/kurema ikintu mubitekerezo• Ubwonko bw’ubuhanga• Ubushobozi bwo kumenya Isi tuyigereranije• Kureba ibintu muburyo bwagutse• Ubushobozi bwo kurota
21
Ubushobozi twifitemo nk’abantu
• Gukora imyitozo y’ibintu bifatika.
22
Akaruhuko
23
RIGAAR – Modeli yo Kuvura
• K: Kubaka uburyo bwo guhura
• G: Gukusanya amakuru
• K: Kwiha intego
• K: Kugera/gukoresha kubushobozi dufite
• K:Kumvikana kuri gahunda mugatangirana nayo
• G: Gusubira muri gahunda no gutsinda
24
K:Kubaka uburyo bwo guhura
Kuba hamwe mu– kuvugana– Uko ku maso
hameze – Kujyanisha
n’uburyo ingingo z’umubiri zigenda .
25
G:Gukusanya amakuru
• N’ikihe kibazo?• Cyatangiye ryari?• Imbaraga?• Uko ubuzima
bwifashe ubu?• N’inde wafasha? • N’iki kitaragerwaho
ku maranga mutima, kubera iki?
26
K:Kwiha intego
• Mwumvikane ku ntego z’ubuvuzi muburyo burambuye
• Intego nziza iba– Ijyana heza
– Ishobora kugerwaho
– Ituma ibyibanze bigerwaho
27
K: Kureba ubushobozi afite
• Gereranya/reba imbaraga z’uwo muntu
• Bibutse gutsinda kwabo n’ibyo bagezeho
• Hari abandi bantu bamufasha?
28
K:Kwemeranya kuri gahunda no kuyikurikiza / kuyitangira
• Kora gahunda ishoboka yo kuvura no gukira
• Iyo gahunda irimwo: – Gutanga amakuru– Imyitozo iruhura no gutecyereza ajyana
kubyiza– Inkuru zivura/zikiza– Kuvura ihungabana
29
K:Kwitoza iyo gahunda no gutsinda
• Saba uwo ufasha gukoresha mu ibitekerezo
30
Shyira mubikorwa - Uburyo bwogufasha bwitwa RIGAAR
31
IFUNGURO
32
Ubwonko busanzwe / Ubwonko bw’ubuhanga
33
“Ubwonko Busanzwe” … “Ubwonko bw’Ubuhanga”
• Itandukanyirizo mu mikorere y’Ubwonko bw’Ubuhanga n’Ubwonko Busanzwe
•Ubwonko busanzwe nibwo bukuru (Imyaka amamiliyoni), ariko sibwo buhanga – Bwakorewe gushobora gukiza umuntu muburyo bushoboka bwose
•Ubwonko bw’Ubwenge ni bushya, kandi burayunguruye, bigatuma habaho intego no gufata ibyemezo bifatika ushingiye kukuri guhari
34
“Ubwonko Busanzwe”
• Amarangamutima mabisi / atayunguruye• Kuturaburira ahari ikibi• Kukoma imbarutso kucyakorwa vuba
kugirango tubeho
35
“Ubwonko bw’Ubuhanga”
• Gutekereza• Gukora gahunda • Gushobora kwibuka• Guhura n’abandi• Kwita kubandi
36
Gutekereza neza – Imikorere yizana mu muntu
© 1995-2002 by Prentice-Hall, Inc.
37
KUYOBORA IBITEKEREZO
• Gutangiza imyitozo iruhura
• Kuvura ukoreshe kuyobora ibitekerezo
• Kurangiza / gusoza kuyobora ibitekerezo
38
Gushyira mubikorwa – Kuyobora mu bitekerezo umuntu mukuru
39
Akaruhuko
40
Kuyobora Ibitekerezo – Bikoreshejwe / Bijyanye n’Abana
• Abana bagira ingufu kurusha abantu bakuru, kwicara rero kuribo ntibibaruhura
• Ntibakunda kwicara bafunze amaso – baratinya ntibizere umuntu mushya bari kumwe
• Abana bakunda gukina bisanzwe kugirango bakore inkuru
41
Kushyira mubikorwa - Kuyobora ibitekerezo mu bana
Amabwiriza yo gushyira mubikorwa – K’Umujyanama• Toranya ibintu bitatu cyangwa bine • Bishyire kurupapuro rw’impande enye• Mukanya gato ,ngiye kukubwira izina/inyito y’inkuru•Urankreramo inkuru, ukoresheje ibi bintu, kandi ugomba kuyivuga vuba wihuta mu buryo ushobora - urumva?•Ndaguha izina numa nkome mu mashyi – nibwo uri butangire - witeguye?•Izina ry’inkuru ni ………(rigomba kuba rifunguye, urugero ‘Umunsi umwe hava izuba’, ‘ijoro rimwe’ n’ibindi) …… Ukome mumashyi•Noneho ugatega amatwi (ukumva uko awuvuga n’icyabaye muri iyo nkuru y’umwana)•Umwana yahagarara, uka mushimira ukamubaza ibibazo kugirango wumve ko wakurikiye inkuru neza (reka umwana ariwe ukuyobora )•Ukureho bya bintu
42
Ikiganiro/kungurana ibitecyerezoWIBUKE •Buri gihe ko umwana agomba kuba ariwe uyobora•Ibimuza mu bitekerezo byose n’ibyo bikora inkuru nziza - Ntuyiseke•Ntuyihe ibisobanuro-reka igume ari inkuru gusa•Mwogeze umutere imbaraga , mugihe akubwira inkuru •Baza ibibazo kunkuru irangiye, bituma umwana akubwira byinshi(icyangombwa n’uko ariwe uyobora)•Ibuka ko bigomba kuba binaruhura , bisetsa umwana Wimuhata ibibazo birenze!•Ntukore kubintu batoranije•Nyuma wibuke uko inkuru yagenze,ibyabaye,n’ibihe bintu yatoranije, byakoze iki, uko ibindi by’iyumvise n’ibindi.
43
Ibibazo
44
Gusoza
45
Umunsi wa 2
Kuvura Ihungabana
46
Gusubiramo iby’umunsi wa 1
47
IHUNGABANAUBWONKO BUSANZWE NIBWO BUKUYOBORA KUKO KUREHA IKIBI KANDI BUGAKORA N’UBURYO BWO
KUROKOKA :
• Kurwana• Guhunga• Kugangarara/kugwa ikinya
48
FIGHT• Gukorana
ingufu
• Guhitamo
49
Guhunga• Gukora
n’imbaraga
• Guhitamo
50
Kugwa ibinya• Byarangiye• Nta mahitamo• Igihe cy’ubwoba
bwinshi cyane • Gusa n’urota aho buri
kintu kiyandika/kishushanya mu bitekerezo nk’ifoto
51
Uburyo Ihungabana ritugiraho ingaruka?
• Kongera kuribamo (ibishushanyo, ibitekerezo , mu ndoto, ibyabaye kukugarukamo, umunaniro)
• Kwirinda icyakwibutsa kubyabaye bibi (abantu, ahantu,ibiganiro)• Kunva ntacyo ukeneye - (gutandukana no kugashishikarira kubana n’abandi)• Gihindagurika mu myifatire (umujinya,umunaniro, kutaguma hamwe,
kudasinzira neza)• Kubabara no kuribwa mu nyama• Guhitwa• Guteraguzwa k’umutima• Umutwe• Umubabaro ukabije• Kurakazwa n’ubusa• Kudakurikira neza
52
Ihungaban n’AbanaAkenshi Abana :
• Birabagora kwizera uwariwe wese ahubwo bakizirika ku babyeyi aba barera cyangwa umuryango
• Gusinzira birabagora (Garota nabi)• Kwibuka amashusho mabi y’ibyabaye• Gukurikira bikabagora • Kumva ashanyaraye • Gutaka kenshi ko “ababara munda”/ “Ababara umutwe” cyangwa
kumva atameze neza mu mubiri ‘’• Gukina ibyabaye kenshi abisubiramo,ariko ntacyo bimumariye• Ubona imihindukire mumyitwarire uko ubona isi biba byarahindutse• Ubwoba no guhangayika agatinya kugenda wenyine cyngwa kujya
ahamwibutsa ibyabaye bibi • Gutakishimira abyabashimishaga mbere
53
Kuvura Ihungabana – Tekinike yo Gusubiza imyuma
• Umunyu azi neza ibyo ari mugukora
• Singombwa gusobanura ibyabaye
• Buri kintu gikorwa muburyo bwo guhimba mu bitekerezo/kurema
• Ikora vuba
• No mubihe bikomeye by’ihungabana ry’ihohoterwa ryavurwa
54
Ihungabana na tekinike yo Gusubiza inyuma
• Imyitozo iruhura
• Kuyobora ibitekerezo
• Gusubiza inyuma Ihungabana
• Kuyobora ibitekerezo
• Gusoza kuyobora ibitekerezo
55
Gusubiza inyuma Ihungabana – uko bikorerwa abantu bakuru
56
Kwerekana uko bikorwa
57
Filime yo Gusubiza inyuma Ihungabana ku bantu Bakuru
58
Ibibazo
59
Akaruhuko
60
Gusubiza inyuma Ihungabana – Abana
•Umwana aba ayobora byose muri icyo gihe
•Ntakeneye gusobanurirwa ibyabaye, keretse babishatse
•Byose bikorwa muguhimba no gukina
•Iyi tekinike ikora vuba cyane
•No ku ihungabana rikomeye /guhohoterwa byavurwa
•Ni tekinike ishimisha ubwayo bigatuma abana bayikunda / bakunda iki gikorwa
KORA IBINTU MUNKURU.INKURU (uva ahari umutekano – ujya – kuw’undi mutekano). GUSUBIRA INYUMA (Kuva ahari umutekano ujya aho uri ).Subiramo kenshi . Zana mo ibindi bintu bishya . Inkuru itandukanye , itanga ibisubizo bitandukanye.Shushanya/ muganire .Gusoza.
61
Kuvura Abana Ihungabana – Bishyirwa mubikorwa
62
Umwitozo - Gusubiza inyuma ku bana
Kora ibintu mu inkuruInkuru (umutekano – kugeza - kumutekano)Subiza inyuma (umutekano – kugira - umutekano)Subiramo. Zana/ injizamo ibindi bintu. Inkuru itandukanye ivamo ibintu bitandukanye/shushanya/ mubivugeho/Gusoza
63
Akaruhuko
64
Imikoranire ya za tekinike mugukiza neza
Kubina ibikenewe Kuyobora ibitekerezo Kuvura Ihungabana
Bishobora gukorana mu kuvura Ihahamuka
65
Ibibazo
66
Gusoza
67
Umunsi wa 3
Gushyira mubikorwa
68
Gusubira mubyo umunsi wa 1&2
69
Inkuru
• Uburyo bwo guha agaciro isi
• Uwenge• Kuyobora• Gukina • Gutekereza • Gukira
70
Gukoresha Inkuru mu Gukiza
• Inyitozo iruhura• Kwiga • Amakuru afasha • Kubona uburyo ibishya• Gushobora guhimba -
“Kuva mu isi ikomeye”• Umwanya wo kubona
ibintu mu rumuri rushya rutandukanye
71
Uko wabona inkuru ikwiye?• Kumva inkuru zabo• Kumenya umuntu• Kwiga imyifatire yabo• Kumva injyana iri mu inkuru bavuga• Guhitamo icyo bakeneye kumva• Gutegura uko utanga ubutumwa• “Kwambika” ubutumwa kugirango babwakire
neza
72
Reka bisanzure
• Ntuzigere usobanura inkuru• Reka uteze amatwi guhutamo ubutumwa
mu inkuru – wibi muhatara ! • Reka habeho ubwisanzure
73
Kuvuga inkuru
74
Akaruhuko
75
Kurota n’Inzozi mbi
• Reka abana n’abantu bato bashushanye ibyo babonye mu nzozi barota, hanyuma mubiganireho, bibiha ubusobanuro “ijwi” kuguhangayika kuri mu mitwe yabo.
• Babaze uwo bashushanyije , niba hari uwo batoranije kubarengera /kubarinda.
• Bashishikarize kongeraho umuntu cyangwa ikintu mu gishushanyo cyabo wo kubarinda maze mubiganireho. Ushobora kubona za nzozi mbi zirekeye aho.
• Ibi bifasha umwana gukora ku bimuhangayikishije mubiganiriye bakagira umutekano.
76
Igice cyo Gushyira mu bikorwa1:1
Gushyira mubikorwa uko bayobora ikiganiro (RIGAAR)
Imyitozo iruhura Kuvura Ihungabana Kubona ibyibanze
77
Ibibazo, gufasha no gutanga ibisobanuro
78
IFUNGURO
79
Kubaka Abaturage
80
Kubaka Abaturage
Umunota kuri buri muntu• Izina• Kyo ukora• Ubundi bushobuzi ufite• Ibindi byo wafashish’ abantu
Nundi munota
Mushobora gukorera hamwe mute?
81
Ibibazo muri rusange
82
Twize iki?• Ubuzima bwo mu Mutwe muri rusange • Ibijyanye n’ibikenewe by’ibanze• Uko ubwonko bwacu bukora• Imyitozo iruhura• Ihungabana muri Rusange• Kuvura Ihungabana ku bakuru n’Abana• Uko wakora ikiganiro kivura• Kubaka abaturage
83
Gusoza
84
ARCT-RUHUKA
All logos below represent organisations who have contributed, in different ways, towards this training taking place this year
REACH Rwanda
85
86
Ifarashi y’umutego
87
Hasigaye 5 min
88
Muhinduranye