9
Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019

Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

  • Upload
    others

  • View
    3

  • Download
    0

Embed Size (px)

Citation preview

Page 1: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019

Page 2: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

Imiyaga ine. Ibyah. 7:1-3

Abantu 144 000 bashyizweho ikimenyetso. Ibyah. 7:4-8

Abantu batabarika. Ibyah. 7:9-17

Umuganura utanduye. Ibyah. 14:1-4

Nta binyoma cyangwa inenge. Ibyah. 14:5

Abantu 144 000 bashyizweho ikimenyetsobavugwa ahantu habiri: Ibyahishuwe 7 na 14:1-5.

Aho bavugwa bwa mbere, barahagaze kukoUmwana w’Intama aje. Aho bavugwa ubwakabiri, banze kwakira ikimenyetso cy’inyamaswa.

Buzuza umubare w’abacunguwe (abashyizwehoikimenyetso cy’agakiza), abantu benshibatabarika “bo mu mahanga yose, n’imiryangoyose, n’amoko yose, n’indimi zose.”

Page 3: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

“Ntimubabaze isi cyangwa inyanjacyangwa ibiti tutaramara gushyiraikimenyetso mu ruhanga rw’imbataz’Imana yacu.” (Ibyahishuwe 7:3)

Mu buhanuzi, imiyaga ishushanyaintambara hagati y’amahanga (Daniyeli7:2). Imana ishobora kuyikoresha mu gusuka ibihano byayo (Yer. 51:1).

Imana ntizemerera Satani gukoreshaimbaraga ze zose zo kurimbura, kugezaubwo ubwoko bw’Imana buzaba bumazegushyirwaho ikimenyetso (Ezek. 9:1-11).

Ikimenyetso gikoreshwa mu kwerekanaiby’Imana bwite (2Tim. 2:19). Mu mateka yose y’umuntu, ubwokobw’Imana bwashyizweho ikimenyetsoari cyo Mwuka Wera (Abefeso 1:13-14).

Mu minsi ya nyuma, abakomezaAmategeko y’Imana kandi bakayiramyaku munsi yejeje bazashyirwahoikimenyetso (Ibyah. 14:12).

Page 4: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

144 000 BASHYIZWEHO IKIMENYETSO

144 000 ni umubare w’imvugoshusho. Iyo uba umubare usanzwe, 144 000 wari kuba gusa umubare w’Abisirayeli b’igitsinagabo batigeze bacumura. Nyamara nk’uko Pawulo abivuga, ibyo ntibishoboka (Abaroma 3:23).

Umuryango wa Danintiwabazwe kubera gusengaibigirwamana (Abacam. 18). Efurayimu yasimbujwe se Yosefu, ahari kubera gusengaibigirwamana (Hoseya 4:17).

Uramywan’uburyobwokuramyaniingenzimu guhitamoushyirwahoikimenyetso.

12x12 bishushanya ubwoko bw’Imana bwo mu Isezerano rya Kera no mu Isezerano Rishya. 1 000 bikoreshwa mu nyandiko z’Igiheburayo mu kuvuga“benshi” (Guteg. 32:30; Yos. 23:10; Zaburi50:10; Yes. 60:22).

Page 5: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

Nk’uko biri no mu yindi mirongo, Yohanayarumvise nuko arareba (Ibyah. 1:10, 12; 5:5, 6; 9:6, 7). Yohana yabonye abacunguwe bose.

Abashyizweho ikimenyetso buheruka, barimorya tsinda rizwi nk’ “144 000”. Abacunguwe bosebazakirira ingororano rimwe (Abaheburayo11:39-40).

Kuki bari imbere y’intebe n’imbere y’Umwana w’Intama?

Kuko “bameshe ibishura byabo babyejeshaamaraso y’Umwana w’Intama.” (Ibyah. 7:14)

Barwanye intambara yo kwizera, arikobashoboye guhagarara hariya kubera gusabakiriye gukiranuka kwa Kristo kubw’ubuntu.

Page 6: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

“Abo ni bo batandujwe n’abagore kuko ari abāri. Aboni bo bakurikira Umwana w’Intama aho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo babe umuganura ku Mana no ku Mwana w’Intama.” (Ibyahishuwe 14:4)

Abatarandujwe n’abagore, bahagaze imberey’Umwana w’Intama. Umugore ni Babulonin’abakobwa be (Ibyah. 17:5).

Mu minsi ya nyuma, iryo tsinda ry’abantuntirizanduzwa n’amatorero yayobye. Kandiniba ubu bari muri Babuloni, bazayisohokamo(Ibyah. 18:1-4).

Ni umuganura, imbuto zihebuje ubwiza mu musaruro wose zihabwa Imana (Kubara 18:12).

Ni itsinda ridasanzwe kuko bazahindurwa kuKugaruka kwa Yesu batabanje gusinzira.

Bazakomeza ubudahemuka ku Mana kugeza ku iherezo. “Bakomezaamategeko y’Imana no kwizera kwa Yesu.” (Ibyah. 14:12)

Page 7: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

“Mu kanwa kabo ntihabonetsemo ibinyoma, kuko ari abaziranenge.” (Ibyahishuwe 14:5)

Ibyo ntibivuga ko batigeze bacumura, ahubwobivuga ko ibizinga byose by’icyaha byahanaguwekuko “bameshe ibishura byabo … mu marasoy’Umwana w’Intama.”

Ni inyangamugayo nk’uko Aburahamu yariameze (Itang. 17:1). Mu bisekuruza byose, Imanaiba ifitemo abagabo n’abagore bagizeumugabane w’itorero “ridafite ikizinga cyangwaumunkanyari cyangwa ikintu cyose gisa gityo, ahubwo ryera ridafite inenge.” (Abefeso 5:27)

Imico yacu izagaragaza iya Kristo nibadushikamye mu buntu Bwe no kubabarirwa kubwo kwizera (2 Abakorinto 3:18).

Nawe waba mu bagize iri tsinda ridasanzwe.

Page 8: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

“Kimwe mu birango by’abantu bagize itsinda

rishushanywa n’ 144 000 nuko nta buriganya

bwabonetse mu kanwa kabo. Umwami yaravuze

ati ‘Hahirwa umuntu… umutima we ntubemo

uburiganya.’ Bahamya ko ari abana b’Imana, maze

bagashushanywa nk’abakurikira Umwana

w’Intama aho ajya hose. Batugaragarizwa

nk’abahagaze ku Musozi Siyoni, bakenyereye

gukora umurimo wera, bambaye ibishura byera,

ariko gukiranuka kw’abera. Ariko abantu bose

bakurikira Umwana w’Intama mu ijuru bazaba

baranamukurikiye ku isi, mu kumvira kuva mu

kwiringira, urukundo n’ubushake, bamukurikiye

nta gucogora cyangwa imbereka, ahubwo

babikunze, by’ukuri, nk’uko umukumbi

ukurikira umwungeri.”E.G. White (Ubutumwa Bwatoranijwe, umuz. 3, igice 57, urup. 424)

Page 9: Icyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019“Abo ni bo batandujwe n’abagorekuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intamaaho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo

“Abantu bose bafite amazina yabo yanditse mu

gitabo cy’ubugingo cy’Umwana w’Intama

bazarwanana ubutwari intambara z’Umwami.

Bazakora byose bashikamye ngo bamenye kandi

bagendere kure ibishuko n’ikibi cyose.

Baziyumvamo ko ijisho ry’Imana ribariho

kandi ko basabwa ubudahemuka bwuzuye.

Nk’abarinzi badahemuka bazafunga umuhora,

kugira ngo Satani atabameneramo yigize nka

marayika w’umucyo ngo arangize umurimo we

w’urupfu muri bo… bazamesa ibishura byabo

by’imico babyejeshe amaraso y’Umwana

w’Intama. Abo ni bo bazaririmba indirimbo yo

kunesha mu bwami bw’ubwiza.”

E.G. White (My life today, November 13, p.321)