Upload
dangdang
View
374
Download
14
Embed Size (px)
Citation preview
REPUBULIKA Y’U RWANDA
MINISITERI Y’UBUTEGETSI BW’IGIHUGU AKARERE KA NGOMA
INYANDIKO NGENDERWAHO MU
MITANGIRE YA SERIVISI FATIZO
KU MURENGE
UBUNYAMABANGA NSHINGWABIKORWA
& IRANGAMIMERERE N’IMPAPURO MPAMO
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Icyemezo cya muganga w’ibitaro umwana yavukiyemo
•• Indangamuntu z’ababyeyi Uwo munsi iyo
•• Ababyeyi bombi barazana iyo
bitararenga
KWANDIKISHA batashyingiranywe
1. Ntayo iminsi 15 iginwa
UMWANA WAVUTSE •• Icyemezo cy’urukiko iyo kwandikisha byarengeje n’itegeko iyo
igihe kigenwa n’amategeko
birenze ujya mu
•• Icyemezo cyo gushyingirwa
rukiko
•• Indangamuntu, cyangwa “Acte de naissance”
2. ICYEMEZO cyangwa wanditse mu bitabo by’irangamimerere 500 Frw yishyurwa
Uwo munsi CY’AMAVUKO •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa kuri konti y’Akarere
•• Kopi y’Indangamuntu n’umwimerere wayo GUSABA ICYEMEZO ubwayo
CY’UMWIRONDORO •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa 500 Frw yishyurwa
3. (ATTESTATION
Uwo munsi
kuri konti y’Akarere D’IDENTITÉ
COMPLÈTE)
Iran
gam
imer
ere
n’Im
pap
uro
Mpa
mo
Ubunya
maba
nga N
shin
gw
abik
orw
a
4
Ubu
nya
ma
ban
gaN
shin
gw
a
bik
orw
a Ira
nga
mim
ere
re n
’Impap
uro
Mpa
mo
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Kuba uhibereye •• Kuba ufite byibura imyaka 21 y’amavuko
•• Uruhushya rwa Minisitiri ufite ubutabera
KWANDIKA
mu nshingano ku batagejeje ku myaka 21 y’amavuko
ABASHAKA •• Icyemezo cy’uko uri ingaragu
4. GUSHYINGIRWA •• Icyemezo cy’amavuko Nayo Uwo munsi
BYEMEWE •• Kopi y’indangamuntu •• Icyemezo cy’ubutane cyangwa icyemezo
N’AMATEGEKO
cy’urukiko kiriho kashe mpuruza
•• Icyemezo cyo gushyingirwa n’icyemezo
cy’urupfu rw’uwo bashakanye k’uwapfakaye
•• Indangamuntu GUSABA ICYEMEZO •• Kwerekana igihe wasezeraniye (Agatabo
CY’IBYANDITSE ko gushyingirwa, icyemezo cy’inkwano,
etc.)
MU BITABOB BY’
•• Impapuro zishyuriweho amafaranga
5. ABASHYINGIRANYWE asabwa
2,400 Frw Uwo munsi IMBERE
Y’AMATEGEKO
(EXTRAIT D’ACTE DE
MARIAGE
5
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUSABA •• Agatabo ko gushyingirwa (livret de mariage)
ICYEMEZO cyangwa icyemezo cyo gushyingirwa (acte de
mariage)
CY‘UKO
6. •• Kopi y’indangamuntu cyangwa pasiporo 500 FRW Uwo munsi WASEZERANYE •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
IMBERE
Y’AMATEGEKO
•• Kopi y’Irangamuntu cyangwa Pasiporo
GUSABA •• Icyemezo cyatanzwe n’Akagari cyemeza ko uri
ingaragu
7. ICYEMEZO •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
500 FRW Uwo munsi CY’UKO URI
INGARAGU
ICYEMEZO •• Kopi y’Indangamuntu cyangwa Pasiporo CY’UKO •• Icyemezo cy’ubutane cy’urukiko kiriho kashe Uwo munsi iyo
8. WATANDUKANYE mpuruza 1.500 Frw ibisabwa byose
•• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa N’UWO
byubahirijwe
MWASHAKANYE
ICYEMEZO •• Kopi y’Icyangombwa (Indangamuntu cyangwa
Pasiporo)
CYO GUSESA
•• Imyanzuro y’urukiko yo gusesa amasezerano yo
9. AMASEZERANO gushyingirwa
1.500 Frw Uwo munsi Y’ABASHYINGIWE •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
BATIGEZE
BABANA
Iran
gam
imer
ere
n’Im
pap
uro
Mpa
mo
Ubun
yam
ab
an
ga
Nshin
gw
abik
orw
a
6
Ubunya
maba
ng
aN
shin
g
wabik
or
wa Ira
ngam
imere
re n
’Impapuro
Mpam
o
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Kwiyizira ku Murenge
GUSABA •• Fotokopi y’Indangamuntu n’umwimerere wayo
•• Ku bagororwa, gereza igomba kwemeza ko uwo 1.200 Frw
ICYEMEZO
10. muntu afunze koko Iyo ukijyanye kuri Uwo munsi CY’UKO UMUNTU •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa RSSB ni ubuntu
ARIHO
•• Icyemezo cya muganga •• Indangamuntu y’umwimerere y’uwapfuye irasubizwa
•• Abagabo babiri bo kubyemeza
KWANDUKUZA •• Ku muntu waguye mu rugo, abamushyinguye
bakora inyandiko mvugo ikemezwa n’Akagari
11. UMUNTU •• Ku muntu wapfuye hakaba hashize igihe kirekire, Ntayo Uwo munsi
WAPFUYE hasabwa icyemezo cy’urukiko kiriho kashe mpuruza
ICYEMEZO •• Kuba umuntu yanditse mu gitabo cy’abapfuye
•• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
12. CY’UKO UMUNTU 1,200 FRW Uwo munsi
YAPFUYE
KWEMEZA
•• Impapuro z’umwimerere na kopi zazo •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
13. IMPAPURO 1.500 Frw kuri buri
Uwo munsi kopi
MPAMO
7
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
•• Usabirwa kuberwa umubyeyi agomba kuba atuye mu murenge cyangwa ariho yabaruwe
•• Uhagarariye umwana agomba kuba ahari
•• Abahamya babiri (2) kuri buri ruhande
•• Ibyangombwa (Indangamuntu cyangwa pasiporo)
bya buri wese
•• Ababyeyi ku mpande zombi bagomba kuba bahari
•• Icyemezo cy’amavuko cy’umwana
•• Ku bana bakuru bagomba kuba babyemera
Ku babyeyi ku mpande zombi:
ICYEMEZO CYO
•• Kopi z’Indangamuntu •• Icyemezo cy’uko bashyingiranwe, cyangwa ko ari
14. KUBA UMUBYEYI ingaragu
Ntayo W’UMWANA •• Kuba bahibereye
UTABYAYE •• Icyemezo cy’uko ababyeyi b’umwana babyemera
•• Icyemezo cy’urupfu iyo ababyeyi bapfuye
Ku bashaka kuba babyeyi b’ubumwana:
•• Kuba bahibereye
•• Kopi y’Indangamuntu
•• Kuba barusha nibura imyaka 20 uwo bashaka
kubera ababyeyi
•• Icyemezo cy’uko bashyingiranywe cyangwa ari
ingaragu
•• Kuba uwo bashakanye abyemera
IGIHE NTARENGWA
Uwo munsi
Irang
am
i
mere
ren’
Impa
pur
oM
pa
mo
Ubun
yam
ab
an
ga
Nshin
gw
abik
orw
a
8
Ubunya
maba
ng
aN
shin
g
wabik
or
wa Ira
ngam
imere
re n
’Impapuro
Mpam
o
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Icyemezo cy’amavuko cyangwa « extrait d’acte de naissance »
•• Ikarita yo gukingira cyangwa icyemezo cya
muganga iyo umwana atanditse
•• Indangamuntu z’ababyeyi (iy’umwimerere
ICYEMEZO CYO
na kopi)
15. •• Uwo bashakanye agomba kuba ahibereye Ntayo Uwo munsi KWEMERA UMWANA kimwe na nyina w’umwana
•• Abahamya babiri
•• Iyo uwemerwa ari umuntu mukuru, hagomba
icyemezo cy’urukiko
•• Imyanzuro y’inama y’umuryango yemeza uko izungura rigomba kugenda
•• Icyemezo cy’urupfu cy’uzungurwa
•• Indangamuntu z’abazungura
ICYEMEZO CYO
•• Ibyemezo by’amavuko by’abazungura
16. •• Iyo abazungura batagejeje ku myaka
Ntayo Uwo munsi KUZUNGURA y’ubukure hasabwa icyemezo cy’urukiko.
•• Abagize umuryango bagomba kuba
bahibereye
•• Icyemezo cy’urukiko iyo harimo
amakimbirane
Raporo y’Akagari igaragaza uko ikibazo
17. GUKEMURA IBIBAZO cyakemuwe
Ntayo Uwo munsi BY'ABATURAGE
9
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUTANGA Kugera ku Murenge no gusoibanura ikiazo cyawe 18. UBUJYANAMA MU Ntayo Uwo munsi
MATEGEKO
Icyemezo cya polisi cy’uko wataye Indangamuntu ICYEMEZO
19. CY'UWATAYE Ntayo Uwo munsi
IRANGAMUNTU
KWIYANDIKISHA •• Kuba ufite imyaka 16 nibura
20. GUFATA
•• Icyemezo cy’amavuko
•• icyemezo cy’umwirondoro kivuye ku Kagari iyo 500 Frw Uwo munsi INDANGAMUNTU atabaruwe
BWA MBERE •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
KWEMEZA •• Indangamuntu
AMASEZERANO •• Ibyangombwa by’umutungo
•• Amasezerano y’Ubugure asinyirwa imbere ya Noteri
21. Y’UBUGURE 2.000 Frw Uwo munsi •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
BW’IMITUNGO
YIMUKANWA
GUSHYIRA
•• Amasezerano y’inguzanyo ya banki •• Indangamuntu
UMUKONO KU
•• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
22. MASEZERANO
2.000 Frw Uwo munsi Y’INGUZANYO
YATANZWE NA
BANKI
Irang
am
i
mere
ren’
Impa
pur
oM
pa
mo
Ubun
yam
ab
an
ga
Nshin
gw
abik
orw
a
10
Ubu
nya
ma
ban
gaN
shin
gw
a
bik
o
rwa
Iran
ga
mim
ere
re n
’Impap
uro
Mpa
mo
11
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUSHYIRA UMUKONO •• Sitati •• 5.000 Frw kuri buri
KURI SITATI Z’ •• Abanyamuryango bose bagomba kuba
sitati
23. MASHYIRAHAMWE, bahari
•• 1200 Frw kuri buri
•• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa Uwo munsi AMAKOPERATIVE rupapuro ku zindi
N’IMIRYANGO ITARI nyandiko
IYA LETA •• Indangamuntu
24. KWEMEZA UMUKONO •• Kuba uhibereye
2.000 Frw Uwo munsi •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
ICYEMEZO
•• Icyemezo cy’uko yashatse •• Icyemezo cy’urupfu rw’uwo bari
25. CY’UBUPFAKAZI barashakanye
1.500 Frw Uwo munsi (ATTESTATION DE •• Indangamuntu
VEUVAGE) •• Icyemezo cy’Akagari
•• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa
ICYEMEZO CYO •• Indangamuntu
26. KUTAJURIRA •• Icyemezo cy’urukiko rw’Abunzi
Ntayo Uwo munsi UMWANZURO
W’ABUNZI ICYEMEZO CYO KUBA •• Indangamuntu, Icyemozo cy’uko yataye
27. UTANDITSE MU BITABO indangamuntu, pasiporo cyangwa ikarita Ntayo Uwo munsi
BY’IRANGAMIMERERE y’ishuri
ICYEMEZO CYO •• Icyemezo cy’urukiko kiriho kashe mpuruza
28. GUSABA GUHABWA
Ntayo Uwo munsi INDANGAMUNTU VUBA
VUBA
Umuhesha w’inkiko
utari uw’umwuga
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
Icyemezo cy’urukiko kiriho kashe mpuruza Mu minsi 15 kuva
29. KURANGIZA
igihe urundi ruhande Ntayo rubimenyeshejwe
IMANZA
Ntibishobora kurenza
amezi 3
w’U
mure
nge
U
bun
yam
ab
an
ga
Nshin
gw
abik
orw
a
12
Umukozi ushinzwe
Imisoro n’Amahoro
Imis
oro
n’A
mah
oro
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUSABA •• Kwiyandikisha ku ipatanti mu minsi 30 uhereye
1. UBURENGANZIRA igihe utangiriye gukora
Kwishyura ipatanti Uwo munsi •• Impapuro zishyuriweho amafaranga asabwa BWO GUTANGIZA
UBUCURUZI
KWISHYURA
•• Icyangombwa cy’ubutaka Umusoro ugenwa
2.
UMUSORO KU n’Inama Njyanama Uwo munsi
BUTAKA y’Akarere
KWISHYURA
•• Amasezerano y’ubukode
Umusoro ubarwa
3. UMUSORO
hakurikijwe agaciro Uwo munsi K’UBUKODE
k’ubukode
BW’INZU
•• Icyangombwa cy’umutungo utimukanwa
KWISHYURA •• Inyemezamusoro yujujwe neza
Umusoro ubarwa
•• Raporo y’igenzura ry’agaciro k’umutungo yakozwe
4. UMUSORO n’impuguke zabiherewe uruhushya hakurikijwe ubwoko
Uwo munsi K’UMUTUNGO bw’umutungo
UTIMUKANWA utimukanwa
13
Umukozi ushinzwe Imibereho
Myiza y’Abaturage
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Kuba wanditse k’urutonde rw’imfubyi
KWISHYURIRA n’abatishoboye
•• Kubari uri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri
AMAFARANGA
by’Ubudehe
Uwo munsi bitewe 1. Y’ISHURI IMFUBYI •• Icyemezo cy’uko ari umunyeshuri Ntayo
n’inkunga ihari N’ABANA •• Indangamuntu z’ababyeyi ku batari imfubyi
BATISHOBOYE
•• Kuba wanditse k’urutonde rw’abatishoboye mu
GUTANGA cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’Ubudehe
2. •• Raporo y’akagari Biterwa n’imiterere
UBUFASHA KU •• Indangamuntu z’ababyeyi ku bana b’abatishoboye Ntayo y’inkunga n’aho
BATISHOBOYE ituruka
Imib
ere
ho m
yiz
a y
’abatu
rag
e
14
Imib
ere
ho m
yiz
a y
’abatu
rag
e
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Kuba wanditse k’urutonde rw’abatishoboye mu
GUTANGA cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’Ubudehe IBYANGOMBWA
•• Raporo y’akagari
•• Indangamuntu
3. KU BATISHOBOYE Ntayo Uwo munsi
MU BYICIRO
BITANDUKANYE
GUSABA
Icyemezo cy’Akagari
4. ICYEMEZO
Ntayo Uwo munsi CY’UKO URI
IMPFUBYI
Icyemezo cya komite y’abarokotse Jenoside mu
ICYEMEZO Kagari. Icyo cyemezo gisinywaho kandi n’umuyobozi
w’Akagari
5. CY'UWACITSE
Ntayo Uwo munsi KU ICUMU RYA
JENOSIDE
15
Umukozi ushinzwe ubworozi
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
Amafaranga y’urugendo rwa muganga w’amatungo
Amafaranga
GUSABA SERIVISI ajya aho itungo riri hamwe n’imiti ikoreshwa Hagati y’umunsi
1. ZO GUKONA y’urugendo rwa muganga w’amatungo 1 na 2
IKIMASA
aho bikenewe
•• Urwandiko rubisaba rwerekana aho ubwo bucuruzi buzakorerwa
GUSABA
•• Inzu y’ibagiro •• Icyobo cyo gutamo imyanda
URUHUSHYA
•• Abakozi bafite imyenda yabigenewe n’ibikoresho
Amafaranga yo
2. RWO KUBAGA •• Abakozi bapima indwara zanduza Uwo munsi kubaga NO KUGURISHA •• Kuba wanditse ku musoro w’ ipatanti mbere yo
INYAMA gutangira
•• Impapuro zigaragaza aho itungo ryaturutse
•• Inka yarinze
GUSABA •• Kugura intanga muri RAB, uretse iza Girinka Amafaranga
3. GUTERERWA zitererwa ubuntu y’urugendo rwa
Uwo munsi INTANGA muganga w’amatungo
AMATUNGO aho bikenewe
Ubw
oro
zi
16
U
bw
oro
zi
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
KWAMBIKA
Kwishyura amaherena hakurikijwe ibiciro byashyizweho na RAB. Amatungo yatewe
4. AMATUNGO intanga yambikwa amaherena ku buntu Amafaranga y’urugendo
IBIMENYETSO rwa muganga w’amatungo, Uwo munsi
BIYARANGA no kugura amaherena
(AMAHERENA)
GUTANGA
Kugura imiti wandikiwe na muganga w’amatungo Amafaranga y’urugendo
5. UBUVUZI
Uwo munsi rwa muganga w’amatungo
BW’AMATUNGO
GUSABA •• Kugura amaherena
ICYEMEZO CYO •• Buri tungo rijyanywe mu isoko rigomba kuba Amafaranga yo gushyiraho
6. rifite iherena amaherena yishyurwa kuri Uwo munsi KUGURISHA INKA konti y’Akarere.
MW’ISOKO
GUKINGIZA
Kwishyura inkingo bitewe n’ubwoko bwazo Amafaranga yishyurwa Mu cyumweru 7.
kuri buri tungo bitewe
AMATUNGO
kimwe n’ubwoko by’urukingo
GUSABA
•• Ikayi y’itungo iriho amakuru (nyira ryo, aho riherereye, kuba yaraakingiwe, etc)
ICYEMEZO •• Kuba rifite amaherena
8. CYO KWIMURA •• Kwishyura amafaranga asabwa Ubaza ku murenge
Uwo munsi AMATUNGO AVA •• Irangamuntu ya nyir‘itungo amafaranga asabwa
MU MURENGE
AJYA MU WUNDI
17
Umukozi ushinzwe ubuhinzi
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUSABA INGEMWE
Ubutaka buterwaho ibiti bugomba kuba Ingemwe z’ibiti
1. bwagenzuwe n’umukozi ushinzwe
Ntayo ziboneka mu
Z’IBITI ZO GUTERA amashyamba kwezi kwa cumi
•• Kuba uri mw’itsinda rya Twigire muhinzi Hakoresha
GUSABA IMBUTO •• kwisyura 25% by’igiciro gisabwa kuri
2. „nkunganire“. Ku Uwo munsi
Z’INDOBANURE nkunganire mbuto umuhinzi bimaze gusabwa
yishyura 25%
•• Kuba uri mw’itsinda rya Twigire muhinzi
GUHABWA IMITI •• kwisyura 50% by’igiciro gisabwa kuri
Hakoresha
nkunganire
3. Y’IBIHINGWA „nkunganire“. Ku
Uwo munsi mbuto umuhinzi
’INYONGERAMUSARURO
yishyura 50%
•• Icyangombwa cyo gusarura ishyamba
URUHUSHYA RWO •• Kwishyura amafaranga asabwa
1.000 Frw kuri toni
4. GUTWARA IBIKOMOKA
Uwo munsi imwe ipakiye
KU BITI
Ubuhin
zi
18
Umukozi ushinzwe ubutaka
Ubuta
ka
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUSABA •• Icyangombwa cy’ubutaka
1. ICYEMEZO •• Impapuro zitangwa na banki zisinye
2.000 Frw Uwo munsi CY’INGWATE KU
•• Indangamuntu y’ushaka gutanga ingwate
y’ubutaka
BUTAKA
•• Kwishyura amafaranga ya noteri w’ubutaka
GUTIZA UNDI •• Icyangombwa cy’ubutaka cy’umwimerere
2. •• Kopi y’icyangombwa cy’ubutaka butizwaho
INGWATE ingwate 2.000 Frw Uwo munsi Y’UBUTAKA •• Kopi y’Indangamuntu kuri buri muntu
•• Abo bashyingiranywe bagomba kuba bahari
GUSABA
•• Icyemezo cy’Umudugudu cyemeza ko umutungo
3. ari uwa nyir’ugusaba kandi cyasinyweho
ICYEMEZO n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari 1.200 Frw Uwo munsi
CY’UMUTUNGO •• Kwishyura amafaranga asabwa kuri konti
y’Akarere
GUKEMURA
•• Icyangombwa cy‘ubutaka Igisubizo gitangwa •• Gutanga ikirego bitewe n’uko
4. IBIBAZO N' •• Ikayi y’umuturage igaragaza uko ikibazo ikibazo giteye.
AMAKIMBIRANE cyacyemuwe mu kagari 1.200 Frw Bimwe bikemuka
ASHINGIYE KU •• Gutanga ikirego Uwo munsi, ibindi
BUTAKA bigasaba ko
ubutaka busurwa
19
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUSABA
•• Urwandiko rusaba rwandikiwe Umurenge •• Kopi y’Icyangombwa cy’ubutaka cyanditseho
UBURENGANZIRA
“gutura”
•• Amafoto y’uko inzu iteye (impande zose)
5. BWO GUSANA/ 1.200 Frw Mu minsi 5 •• Kwishyura imisoro y’ubutaka KUVUGURURA •• Kwishyura amafaranga y’icyangombwa
INYUBAKO •• Raporo y’Akagari y’isura ry’aho inzu iri
•• Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka/ba nyir’ubutaka •• Icyemezo cyo kuba washyingiwe/Icyemezo
cy’uko uri ingaragu
•• Icyemezo cy’umutungo utimukanwa cyatanzwe
n’Ubuyobozi bw’Akagari ubutaka buherereyemo
Uwo munsi. KWANDIKISHA
cyemejwe n’Ubuyobozi bw’Umurenge
6. •• Inyandiko yemeza nimero y’ubutaka (UPI) iyo izwi
UBUTAKA •• Iyo nimero y’ubutaka itazwi: Ifishi y’ubutaka 5,000 Frw Icyangombwa
BUTABARUWE (Fiche Cadastrale) yemejwe n’umukuru kiboneka mu w’ibiro by’ubutaka by’Akarere na raporo byumweru 2 y’ipimwa ry’ubutaka yashyizweho umukono
na nyir’ubutaka, abo bahana imbibi, umukozi
wapimye ubutaka n’umuyobozi w’Akagari k’aho
ubutaka buherereye
GUSABA •• Kopi y’ibiranga nyir’ubutaka/ba nyir’ubutaka IBYANGOMBWA •• Icyemezo cy’agateganyo gihabwa uwabaruriwe Uwo munsi.
BY’UBUTAKA ubutaka
7. •• Icyemezo gitangwa n’Ubuyobozi bw’Akagari Ntayo Icyangombwa BITASOHOTSE gihamya ko umuntu atafashe ibyangombwa kiboneka mu
KANDI UBUTAKA by’ubutaka bya burundu byumweru 2
BWARABARUWE
Ubuta
ka
20
Ubuta
ka
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Kopi y’ibiranga uwaguze/abaguze •• Amasezerano y’ihererekanya ry’uburenganzira
ku butaka yakorewe imbere ya noteri w’ubutaka
IHEREREKANYA RY’
ariho imikono y’impande zombi 27,000 Frw (20,000
•• Ibyangombwa by’ubutaka bwagurishijwe
Frw y’ihererekanya, Uwo munsi. UBURENGANZIRA •• Inyandiko y’ubwumvikane yakorewe imbere 5,000 Frw
8. KU BUTAKA ya Noteri igaragaza imigabane buri muntu y’icyangombwa
Icyangombwa
afite mu gihe mu bagomba kwandikwa ku kiboneka mu RISHINGIYE KU gishya na 2,000 Frw
BUGURE butaka harimo abanyamahanga bafatanyije ya Noteri) yishyurwa byumweru 2
ubutaka n’Abanyarwanda cyangwa iyo ari ikigo kuri konti y’Akarere.
cy’ubucuruzi, umuryango cyangwa ishyirahamwe
bifite ubuzima gatozi abanyamahanga bafitemo
imigabane
•• Kopi y’ibiranga umuzungura/abazungura •• Icyemezocyo kuba warashyingiwe/ Icyemezo
cy’uko uri ingaragu cy’umuzungura/ abazungura
•• Inyandiko y’umurage yakorewe imbere ya noteri
(Authentic Will)/ inyandiko ihamya abazungura 27,000 Frw (20,000
IHEREREKANYA RY’ mu gihe nta makimbirane itangwa n’umwanditsi
w’irangamimerere cyangwa Icyemezo cy’urukiko Frw y’ihererekanya, Uwo munsi.
UBURENGANZIRA
cyemeza abazungura n’uburenganzira bafite 5,000 Frw
Icyangombwa 9. KU BUTAKA ku butaka (giherekejwe n’Inyandiko mvugo y’icyangombwa
kiboneka mu RISHINGIYE y’irangizarubanza) mu gihe hari amakimbirane gishya na 2,000 Frw
KW‘IZUNGURA •• Ibyangombwaby’ubutaka busabirwa izungura ya Noteri) yishyurwa byumweru 2
kuri konti y’Akarere.
21
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GASABA
•• Ku byangombwa byatakaye witwaza kitansi y‘itangazo imaze nibura ibyumweru bibiri
2.000 Frw yo
GUSIMBURA •• Icyangombwa cyangiritse iyo gihari Uwo munsi.
10. ICYANGOMBWA •• Indahiro yakorewe imbere ya noteri w’ubutaka kwemeza impapuro Icyangombwa
CY’UBUTAKA iyo byatakaye mpamo 5.000 Frw
kiboneka mu y’icyangombwa CYATAKAYE/ gishya byumweru 2
CYANGIRITSE
Ubuta
ka
22
Umukozi ushinzwe Uburezi mu Murenge
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
•• Ibaruwa isaba yandikiwe Akarere •• Uwo munsi iyo •• Umwirondoro (CV)
ari ugusimbura •• Kopi y‘impamyabushozi
KWAKIRA
umwarimu •• Ifishi yo gusaba akazi ya Komisiyo y’Abakozi ba
1. INYANDIKO Leta yujuje wagiye
Ntayo •• Muri Mutarama Z'ABASABA AKAZI
•• Kopi y‘Indangamuntu •• Amafoto abiri y’amabara magufi iyo ari guhindura
K’UBWARIMU
ikigo cyangwa Uburezi
•• Icyemezo cy’uko washatse cyangwa uri ingaragu
gusaba akazi
bushya.
KWAKIRA NO
•• Urwandiko rw’abarimu rwandikiwe Umurenge, ruriho umukono w’umukuru w’ikigo.
GUKEMURA •• Kuza kureba Umukozi ushinzwe uburezi mu
2. IBIBAZO murenge ku banyeshuri Ntayo Uwo munsi
BY'ABARIMU
N'ABANYESHURI
KWAKIRA •• Indangamanota y’umunyeshuri (mu mashuri ABABYEYI BAFITE yisumbuye)
3. IBIBAZO BIREBANA •• Indangamanota y’umwaka wa nyuma yarangije
Ntayo Uwo munsi (mu mashuri abanza)
N'AMASHURI
•• Icyemezo cy’ishuri yigagamo (mu mashuri
Y'ABANA abanza)
23
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
GUTANGA IBYEMEZO
Kuba uri ku rutonde rw’abafashwa
4. BY'ABANYESHURI
Ntayo Uwo munsi BAFASHWA
N'IMISHINGA
Kugana k’ushinzwe uburezi mu Murenge
KWAKIRA ABAKENEYE
5. AMAKURU KW’
Ntayo Uwo munsi IBARURISHAMIBARE
RY'UBUREZI
Ubuta
ka
24
Umukozi ushinzwe isuku
Isuku
NO SERIVISI IBISABWA AMAFARANGA IGIHE
YISHYURWA NTARENGWA
ICYANGOMBWA
Ibaruwa isaba
CY’ISUKU KU Bitarenze
1. BASHAKA GUTANGIZA
Ntayo icyumweru
UBUCURUZI ubusabe bwe
BUKORERWA ABANTU bwakiriwe
BENSHI ICYARIMWE
Kuba warahawe isoko ryo gutwara imyanda
GUFASHA yo mu ngo n’Umurenge
2. ABATSINDIYE
Ntayo Mu minsi 3 AMASOKO Y’ISUKU MU
NGO KWISHYUZA
2