View
2
Download
0
Category
Preview:
Citation preview
Imbonezamubano N’Iyobokamana
Igitabo cy’umwarimu
Umwaka wa Mbere
Amashuri abanza yo mu Rwanda
Catherine Munezero
Pharouk Isaac
Thomas Gichana
Emmanuel Rukundo
Mary Nihorimbere
Musa Jaffer
Wekesa Juvenalis
Fredrick Kyungu
Spreading Light
Cyateguwe na:
Spotlight Publishers (E.A) LimitedInzu ya Devan, Umuhanda wa Chiromo, WestlandsAgasanduku k’iposita: 13433- 00800, Nairobi, Kenya.Telefone: +254-20-4441345, +254-707-4441622Telefone ngendanwa: +254-715-782341, +254-707-909900Email: info@spotlightpublishers.co.keWebsite: www.spotlightpublishers.co.kewww.facebook.com/SpotlightpublishersLTDtweeter@spotlightEA
Spotlight Publishers (Uganda) Limitedc/o Gustro LimitedPlot No. 355, Kibuga Block 2Umuhanda wa Sir Apollo KaggwaAgasanduku k’iposita: 9997, KampalaTelefone: +256-414-251467Fax: +256-414-251468Email: info@gustro.comWebsite: www.gustro.com
© Catherine Munezero, Pharouk Isaac, Thomas Gichana, Emmanuel Rukundo, Mary Nihorimbere, Musa Jaffer, Wekesa Juvenalis, Fredrick Kyungu, 2016
Uburenganzira butemewe burabujijwe. Ntibyemewe gukoporora igice na kimwe cy’iki gitabo, kukibika aho ari ho hose cyangwa se kucyohererezanya mu buryo ubwo ari bwo bwose bwaba ubw’ikoranabuhanga, ubwo mu ntoki, ubufotoye, ubufashe amajwi ndetse n’ubundi bwose budatangiwe uruhusa rwanditse na bene kucyandika.
Uburenganzira nyamukuru bw’abacyanditse buzaba bwubahirijwe.
Icapwa rya mbere 2016
ISBN 978 9966 57 025 3
Cyacapwe na:Prints Arts LimitedUmuhanda wa KituiAgasanduku k’iposita: 38092 - 00623Nairobi, Kenya
iii
Amashakiro
IGICE CYA MBERE
IMBONEZAMUBANO
Intangiriro .................................................................................................. ix
Imbumbanyigisho: Imiterere y’umuryango .................................................................... 1
Inyingisho: Umuryango Muto ........................................................................................... 1
Umutwe wa 1: Umuryango Wanjye ........................................................ 1
Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihugu ............................................................... 14
Umutwe wa 2: Ibirango by’igihugu ........................................................ 14
Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihugu .............................................................. 22
Umutwe wa 3: Abayobozi n’ibirango by’ishuri..................................... 22
Imbumbanyigisho: Imibereho myiza .............................................................................. 32
Umutwe wa 4: Isuku y’umubiri n’imyambaro ...................................... 32
Imbumbanyigisho: Imibereho myiza .............................................................................. 39
Inyingisho: Isuku ................................................................................................................. 39
Umutwe wa 5: Isuku yo mu rugo no ku ishuri ..................................... 39
Imbumbanyigisho: Imibereho myiza .............................................................................. 44
Inyingisho: Indwara ........................................................................................................... 44
Umutwe wa 6: Indwara zandura n’izitandura ..................................... 44
Imbumbanyigisho: Imibereho myiza .............................................................................. 48
Umutwe wa 7: Imibanire, imyitwarire iboneye .................................... 48
Imbumbanyigisho: Imyitwarire iboneye ....................................................................... 58
Umutwe wa 8: Ikinyabupfura ................................................................. 58
Imbumbanyigisho: Ubukungu .......................................................................................... 64
Umutwe wa 9: Umutungo w’umuryango ............................................. 64
Imbumbanyigisho: Ubemenyi bw’isi .............................................................................. 69
Umutwe wa 10: Ibidukikije ...................................................................... 69
Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi .............................................................................. 76
Umutwe wa 11: Ubwikorezi n’itumanaho ............................................ 76
Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi .............................................................................. 80
Umutwe wa 12: Amateka y’ingenzi yaranze umuryango .................. 80
iv
IGICE CYA KABIRII. IYOBOKAMANA RYA GIKIRISTU
Intangiriro .................................................................................................... i
Bibiliya n’Imyemerere ............................................................................85
Ukwigaragaza kw’Imana .......................................................................85
Umutwe wa 1: Iremwa no Gucumura kwa Muntu ............................................... 85
Ibisubizo by’imyitozo ngiro ........................................................................ 101
Indangagaciro za Gikirisitu ..................................................................102
Gusenga ..................................................................................................102
Umutwe wa 2: Amasengesho y’Ibanze .................................................................102
Ibisubizo ku myitozo ngiro .......................................................................... 125
Bibiliya n’Imyemerere ..........................................................................126
Icungurwa rya Muntu ............................................................................126
Umutwe wa 3: Ingero/ Intwari z’abizeye Imana ...............................................126
Ibisubizo by’imyitozo ngiro .......................................................................... 143
Indangagaciro za Gikirisitu ..................................................................144
Kubana mu mahoro ..............................................................................144
Umutwe wa 4: Kwimakaza Amahoro ......................................................................144
Ibisubizo by’imyitozo ngiro ......................................................................... 157
II. IYOBOKAMANA RYA GISILAMU Intangiriro .................................................................................................... i
Ibyanditswe Bitagatifu N’imyemerere ...............................................159
Umutwe wa 1 : Amahame Shingiro y’Ukwemera muri Islam ..........................159
Ibisubizo ku myitozo ngiro .......................................................................... 172
Ibyanditswe Bitagatifu n’Imyemerere ................................................173
Quran .......................................................................................................173
Umutwe wa 2: Kwiga Gusoma Qur’an .................................................................173
Ibisubizo by’imyitozo ................................................................................... 187
v
Ibyanditswe Bitagatifu n’Imyemerere ................................................188
Ubumenyi bw’Amategeko y’Idini: Fiq’hi .............................................188
Umutwe wa 3: Amategeko Ngengabikorwa Ngaragiramana Y’ibanze .........188
Ibisubizo ku myitozo ngiro ......................................................................... 202
Imyemerere n’Amateka y’Idini .......................................................... 203
Amateka ya Islam (Taarekh) ............................................................... 203
Umutwe wa 4: Ubuzima bw’Intumwa y’Imana Muhammadi Imana Imuhe Amahoro n’Imigisha (I.A.U) ......................................................................................... 203
Ibisubizo by’imyitozo .................................................................................. 213
Mbonezabupfura ................................................................................... 214
Ubupfura (Adabu) ............................................................................... 214
Umutwe wa 5: Ubupfura n’Imibanire Myiza n’ Abandi ..................................... 214
Ibisubizo by’imyitozo ngiro ........................................................................ 230
vi
vii
IGICE CYA MBERE
IMBONEZAMUBANO
viii
ix
Intangiriro
Igitabo Cy’umwalimu
Imvano y’ivugururwa ry’integanyanyigishoIyi nteganyanyigisho y’amasomo mbonezamubano agenewe kwigishwa mu burezi bw’ibanze mu Rwanda uhereye mu mwaka wa mbere ukagera mu mwaka wa gatatu yakozwe ku buryo bwagutse hitawe ku nyurabwenge, ku myumvire no ku byo abaturage b’igihugu bakeneye. Ni umusingi w’amasomo yose y’ubumenyamuntu ushimangira indangagaciro z’umunyarwanda.Ishingiye kandi ku gitekerezo cyo guhuza integanyanyisho z’amashuri abanza yo mu Rwanda n’iz’ibindi bihugu cyane cyane iz’Ibihugu bigize Umuryango Nyafurika w’Iburasirazuba.
Akamaro k’amasomo mbonezamubano
Akamaro k’amasomo mbonezamubano kuri sosiyete nyarwanda
Amasomo mbonezamubano akubiyemo inyigisho kuri “Ndi umunyarwanda”, Itorero ry’igihugu, Ubuzima bw’imyororokere, Kubungabunga ibidukikije, Kwizigamira, uburinganire, SIDA, Isuku, Umuco w’amahoro n’iterembare, uburezi budaheza ikoranabuhanga n’ubumwe n’ubworoherane.
Akamaro k’amasomo mbonezamubano ku munyeshuri
Amasomo mbonezamubano atuma umunyeshuri agira amatsiko yo gusobanukirwa n’abaturage, imibereho y’abantu n’ibidukikije. Muri iyi nteganyanyigisho shya azagira ubushishozi, ubushakashatsi, ubumenyingiro, ubukesha n’ubushobozi bityo akazabasha kugaragaza ibyo ashoboye gukora aho kugaragaza gusa ubumenyi nkuko byari bimeze mu nteganyanyigisho yari imaze igihe ikoreshwa.
Ubushobozi
Aya masomo mbonezamubano mu cyerekezo gishya afasha abanyeshuri gucengera byimbitse amasomo biga kandi ibyo bize bakabishyira mu bikorwa. Babasha kugira ubukesha n’ubumenyingiro bikenewe ku isoko ry’umurimo bityo bagateza igihugu cyabo imbere. Bumwe mu bukesha n’ubushobozi bazagira ni:
x
Ubushobozi fatizo• Ubushishozi(uruharerw’umugoremuiteramberery’igihugu..)• Ubushakashatsi no gukemura ibibazo ( iyo batara amakuru arebana
n’amateka,imyemerere...)• Guhangaudushya(kwikoreraagashingakabyarainyungu(ntibigaragaramu
ntego),kwikoreraibikoreshobyokuishurinomurugo..)• Gushyikiranan’abandi(kujyaimpaka,gukorainkuru...)• Kubashaguhorayiyunguraubumenyimubuzimabwebwosenomukazike.
Intego zagutse z’amasomo mbonezamubano
Intego z’iyi nteganyanyigisho y’amasomo mbonezamubano mu cyiciro cya mbere ni(a)Gufashaumunyeshurikumvaimpamvuaringombwakubaumuturage
mwiza, ufite imigenzo myiza ishingiye ku ndangagaciro nyarwanda na kirazira.
(b) Gufashaumunyeshurikumvakohatagombakubahokubangamiranahagatiy’abantu n’ibidukikije n’ingaruka nziza zabyo ku buzima bw’abantu.
(c)Kumvishaumunyeshuriakamarok’ubuhinzi,ingandan’ubukerarugendomukongera umutungo w’urugo, w’umuryango n’uw’igihugu.
(d)Gufashaumunyeshurikugiraumutimawogukundaumurimonokuwukoraneza afatanya n’abandi.
(e)Gutozaumunyeshurikugiraumucowokwitekererezanogushishoza.(f)Guhaumunyeshuriubumenyibw’ibanzemubyerekeyeicungamutungo.(g) Gutoza guhangana (mu kigero cye) n’ibibazo by’igihugu nka Sida,
kwangirika kw’ibidukikije, ubwiyongere bukabije bw’abaturage, uburinganire no kurengera uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana.
(h) GufashauwigakumvaahouRwandaruhuriyen’ibindibihuguhabamukarereruherereyemo,habamuripolitikinomuiterambere.
Imbonezamasomo mu kwigisha amasomo mbonezamubano
Imiterere y’isomo rigomba kwigishwa, akenshi, ikunze kuba ari yo igena uburyo bugomba gukoreshwa mu kuryigisha. Ibi bikaba ari umwihariko w’inyigisho mbonezamubano.
Kubera ko inyigisho mbonezamubano zishingiye ku nyigo y’imibereho y’abantu n’ibidukikije, umwigisha agomba gufasha uwiga kuvumbura ibyo agiye kwiga, gushakashaka,kuganiran’abandi,kujyaimpakabityoakagirauruhareruninikumyigire ye.
xi
Uruhare rw’umunyeshuri
Umunyeshuri yiga neza iyo agira uruhare mu myigire ye kandi adafata mu mutwe gusa ahubwo agira ibikorwa akora. Agomba kugira ubushobozi mu gusesengura,gushishoza, gusabana no gukora wenyine cyangwa mu matsinda.
Uruhare rwa mwarimu
• Impinduka izazanwa n’integanyigisho ivuguruye, ishingiye ku bushobozi,igaragaza ihinduka ry’uruhare rwa mwarimu mu
myigishirize.Umureziazarekauburyobw’imyigishirizeishajeyokubaipfundorya byose ahubwo azabe umwunganizi, ajye ayobora umunyeshuri mu myigire ye, aha agaciro ibifitiye umunyeshuri akamaro n’ibindi akeneye.
• Umwarimu areba uburyo bukwiye bwo gutegura ishuri rye, uko yicazaabanyeshuri, uko abatondeka cyangwa abashyira mu matsinda ku buryo buri wese agira uruhare mu bikorwa mu isomo no mu byigisho runaka.
• Umwarimuayoboraabanyeshurimugukoreshanezaimfashanyigisho: ibitabo amakarita, amashusho..., mugokora ubushakashatsi buri ku kigero
cyabo,mukujyaimpaka,muburyobunozebwogufataibitekerezon’ingingoz’ingenzi z’ibyo bakoze n’uko babigaragariza abandi mu ishuri.
• Umwigishaarashishikaza,akayoborakandiagakurikiranaibikorwa by’abanyeshuri bose.
• Umwarimu agomba kwita ku kigero cy’umunyeshuri kandi akamufashakwiyigisha.
• Umwarimuyunganiraabafiteingoraneizoarizozosemumyigireyabo (Abagenda buhoro, abandika buhoro, abafata mu mutwe batinze, abihuta
kurusha abandi, abafite ubumuga bw’ingingo, abateguriraimyitozo bashoboye, akanabyitaho mu gutanga imikoro inoza imyigishirize.
Uburyo bwo gukora isuzuma• Isuzumani ikurikiranary’imyigirey‘umunyeshurihakusanywaibimenyetso
bijyanye n’uburyo buri munyeshuri yiga ndetse no gufata umwanzuro ku byo umunyeshuri yagezehohashingiwe ku bipimobyagenwembere yogukoraisuzuma. Isuzuma ni igice cy’ingenzi mu myigire n’imyigishirize. Muri iyi nteganyanyigisho ishingiye ku bushobozi, isuzuma na ryo rigomba gushingira ku bushobozi, aho umunyeshuri ashobora gukora umwitozo ujyanye n’ubuzima bwa buri munsi ashyira mu bikorwa ibyo yize.
• Isuzumariteganyijwekuburyobukurikira:hariisuzumarikorerwamuishuri,kurwego rw’ikigo n’urw’Akarere. Hari kandi isuzuma ryo kureba ibyagezweho mu myigire mu mashuri yo mu Rwanda ndetse n’ibizamini bya Leta.
xii
Ubwoko bw’isuzuma
Isuzuma rinoza imyigire n’imyigishirize
Mu isuzuma rinoza imyigire n’imyigishirize hakoreshwa uburyo buziguye n’ubutaziguye busanzwe bukoreshwa n’amashuri mu gusuzuma ko abanyeshuri biga uko bikwiye. Mu gihe umwarimu ategura isomo rye, agomba kugena ingingo ngenderwahomugusuzumaurwegorw’ubushobozi (ubumenyi,ubumenyingiron’ubukesha)abanyeshuribategerejwekugeraho.Mugusozaumutwe,umwarimuasuzuma niba abanyeshuri bose bashoboye kugera uko bikwiye ku bushobozi bw’ingenzi bugamijwe ahereye ku bigenderwaho mu isuzuma byateganyijwe mu ntangiro y’umutwe. Umwarimu azasuzuma uko abanyeshuri bagaragaza ubushobozi bukubiye mu byigwa ndetse n’ubushobozi nsanganyamasomo. Ibi bizafasha umwarimu kubona ishusho rusange y’iterambere mu myigire y’abanyeshuri.
Mu isuzuma, umwarimu azakoresha bumwe cyangwa impurirane y’uburyobukurikira:(a) kwitegereza, (b) ibibazo basubiza bandika, (c) ibibazo basubizabavuga.
Isuzuma rikomatanya
Igihe isuzuma rikozwe rigamije gusoza igihembwe, umwaka cyangwa ikiciro no gufata icyemezo cyo gukomeza, ryitwa isuzuma rikomatanya. Isuzuma rikomatanya rigamije kureba intera umunyeshuri agezeho rigaragaza ishusho y’ubushobozi umunyeshuri amaze kugeraho mu gihe runaka cyihariye. Intego y’ibanze y’isuzuma rikomatanya ni ugusuzuma niba ubushobozi bugamijwe bwaragezweho. Ibivuye mu isuzuma rikomatanya bishingirwaho mu gufata ikemezo cyo gukomeza ku ntera yisumbuye mu myigire y’umunyeshuri nko kwimurirwa mu kiciro gikurikira cyangwaguhabwaimpamyabushobozi. Irisuzumarigombagukomatanyaibyoumunyeshuri yize, hakarebwa niba agaragaza ubushobozi bugamijwe bwari buteganyijwe.
Iri suzuma rishobora gukorerwa ku rwego rw’ikigo cy’ishuri, Akarere cyangwa ku rwego rw’ igihugu nk’ibizamini bya Leta. Ku rwego rw’ishuri iri suzuma rikorwa rimwe mu gihembwe ndetse n’iyo umwaka urangiye. Impuzandego y’amanotay’isuzuma rikomatanya kuri buri nyigisho izongerwa ku manota y’ibizamini bya Leta. Ni ukuvuga ko hari ijanisha ry’amanota y’izusuma rikorerwa ku rwego rw’ishuri rizongerwa ku manota y’ibizamini bya Leta. Iri janisha rizagenda ryiyongera bitewe n’uko abarimu bagenda bunguka ubunararibonye mu buryo bwo gusuzuma ku buryo nyuma y’imyaka itatu uhereye igihe iyi nteganyanyigisho itangiye gushyirwa mu bikorwa ayo manota azongerwa ku bizamini bya Leta
xiii
azaba ari 10% y’impuzandengo y’amanota yo mu ishuri. Icyakora iri janisharizagenda ryiyongera. Uturere tuzahabwa ubushobozi bwo gukomeza gufata iya mbere mu gukoresha isuzuma rikomatanya mu mashuri yose mu gukurikirana imyigire ndetse n’intera abanyeshuri bagezeho mu mashuri yabo. Hazajya hakorwa ibizamini bya Leta bisoza ibyiciro bikurikira: amashuri abanza, icyiciro rusange n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye.
Kubika inyandiko igaragaza ibyavuye mu isuzuma
Kubika inyandiko igaragaza ibyavuye mu isuzuma ni ugukusanya ibigaragaza ko isuzumaryakozwenokubihaagacirohagendewekubipimobyagenwembere.Uburyo ubwo ari bwo bwose bwaba bwakoreshejwe mu isuzuma bugomba gutanga amakuru abarwa mu manota yandikwa cyangwa hakoreshejwe ibindi bipimo, bikabikwa neza ku buryo hagaragazwa intambwe igenda iterwa mumyigire. Ibi bigira uruhare mu gutegura ibikorwa cyangwa ingamba zihariye bituma inyigisho zumvikana kurushaho. Ibyavuye mu isuzuma kandi bishingirwaho n’umwarimu mu gihe atanga inama ku banyeshuri n’ababyeyi.
Ubu buryo bujyanye no kubika mu idosiye imwe (mu nyandiko cyangwa kuburyo bw’ikoranabuhanga) ikubiyemo amasuzuma yose y’umunyeshuri ndetsen’umusaruro ugaragaza aho umunyeshuri afite intege nke cyangwa adafite ibibazo. Kubika mu idosiye imwe inyandiko igaragaza amasuzuma umunyeshuri yakoze, ntabwo ari ukubika gusa impapuro z’amasuzuma yakozwe (Impapuron’imikoro),ahubwoninokubika inyandikoz’imyitozoyoseumunyeshuriakoran’ikindi gihe cyose ariko ijyanye n’imyigire ye.
Gutegura ibibazo by’isuzuma rigamije kureba intera abanyeshuri bagezeho
Mbere yo kwandika ibibazo by’isuzuma, ni ngombwa gukora imbonerahamwe y’ibigomba kubazwaho herekanwa imitwe cyangwa inyigisho byibandwaho mu isuzuma, umubare w’ibibazo hashingiwe kuri buri rwego mu nzego z’intego z’imyigiren’imyigishirizezagenwenaBulumu(Bloom)n’amanotaageneweburikibazo. Mu nteganyanyigisho ishingiye ku bushobozi, ibibazo biri ku ngazi zo hejuru kurwegorw’integorwaBulumu(Bloom)zigombaguhabwaumwanyaugaragarakurusha ibibazo bishingiye ku ngazi zo hasi zijyanye n’ubumenyi no kumva.
Mbere yo kwandika ibibazo, ubyandika agomba kureba neza ko ibibazo by’isuzuma cyangwa by’ikizamini bijyanye n’isuzuma rishingiye ku bushobozi akurikiza ibi bikurikira:(a) Kugenainyigishoyibandahoahereyekubyointeganyanyigishoiteganya.(b) Gukorainshamakey’ibyigwabishingirwahomuisuzuma.
xiv
(c) Kugenaintegozigamijwezigombagusuzumwa.(d) Gukoraimbonerahamweigaragazaibigenderwahoby’ingezimuisuzuma.(e) Kugenzurakoinshingazakoreshejwemukwandikaibibazozidasabagusubiza
ibibazo basubiramo ijambo ku ijambo ibyo bize gusa, ko ahubwo n’ubushobozi rusange buri mu nteganyanyigisho bwasuzumwe.
Imiterere y’ibigomba gusuzumwa mu nyigisho y’amasomo mbomezamubano n’ubumenyi bw’iyobokamana.
Isuzuma ry’inyigisho y’amasomo mbonezamubano n’ubumenyi bw’iyobokamana mu bizamini bisoza amashuri abanza rigizwe n’ibice bibiri by’ingenzi:(a) Igicecyamberekigizwen’ibibazoby’amasomombonezamubano:Hazabazwa
imwe mu mitwe igize integanyanyigisho yose kandi hitawe ku nzego z’imibarize no ku buryo bunyuranye bw’imibarize. Umunyeshuri azasabwa kandi kugira ibyo asubiza akora, bigaragaza ubushobozi yiyunguye mu gukemura ibibazo binyuranye mu buzima bwa buri munsi. Iri suzuma rizaba rigizwe na 80% y’ibazwa ryose.
(b) Ubumenyibw’iyobokamana:Niigicecyakabiricy’isuzumary’integanyanyigishoyose. Kizaba kigizwe n’ibibazo binyuranye kandi hitawe ku myemerere. Rizaba rigizwe n’amanota 20% y’ikizami cyose.
Imfashanyigisho
Abantu
Kubera ko amasomo mbonezamubano yigisha imibereho n’imibanire y’abantu ndetse n’aho baba, imfashanyigisho ya mbere kandi y’ingirakamaro ni abantu ubwabo n’ibiboneka aho baba.
Ibidukikije
Mwarimu n’abanyeshuri bifashisha ibidukikije (abantu n’ibintu) by’aho batuye.Muri byo dusangamo abantu b’inararibonye, amasoko, amazu, ibihingwa, ibimera, ibiyaga, imigezi n’inzuzi, misozi, ibibaya, insengero, inyamaswa/amatungo, amasomero, insisiro z’ubuyobozi, amavuriro, ibitaro, ibigo nderabuzima, amazu ndangamurage, amazu y’ubuyobozi, ibyanya (Akagera, Nyungwe, ibirunga),inganda, inzuri za kijyambere, ahantu hakorerwa iby’iteganyagihe, amashyamba kimeza, inzibutso, ahantu nyaburanga hanyuranye.
Mwarimun’abanyeshuribifashishaibidukikije(abantun’ibintu)by’ahobatuye.
Izindi mfashanyigisho ni:
Ibitabo by’inyigisho, ibitabo binyuranye,amashusho, amofoto, amakarita, ibihangano,ibishushanyo,filimi,videwo,radiyo,televiziyo,telefoni,mudasobwa,murandasi.
xv
Ibisabwa umwarimu w’amasomo mbonezamubano
Umwarimu w’amasomo mbonezamubano agomba kugendana n’ibihe: guhora ashakashaka uburyo bugezweho bwo kwigisha n’imfashanyigisho zigezweho akaba kandi asabwa kugira ubumenyingiro bukurikira:• Kugiraimpamyabushobozimukwigishaamasomombonezamubano• Guteguranogutunganyaishuriryekuburyoabanyeshuribigabisanzuye• Gufasha abanyeshuri kwiga bashishikaye, buri wese akagira uruhare mu
myigireyentanzitizicyangwaimbogamiziizoarizozose;(abafiteubumugabw’ingigo,abigabuhoro,abafiteimpanoyokwigavubacyane...)
• Gushishikariza abanyeshuri kwigira mu mutuzo, bubaha ibitekerezo byabagenzi babo
• Gukundisha abanyeshuri kwiga bashyizeho umwete, bakunda umurimo ntagusigana cyangwa kwiganyiriza, bagira ishyaka ryo kunoza ibyo bakora
• Gutozaabanyeshuribekugiraimyitwarireiboneyeyujeubupfura• Kubamenyerezagusobanuza,gushakashaka,kubaza ibyobatumvacyangwa
batazi• Gufashaabanabafiteubumugabutandukanyekwigabiboroheyehakoreshejwe
uburyo bwabigenewe• Gukoreshaukobikwiyeimfashanyigishon’integanyanyigisho
xvi
Ish
ush
o y
’ibir
imo
UM
UT
WE
WA
MB
ER
E:
Um
ury
an
go
wa
njy
e
UM
UT
WE
WA
2: I
bir
an
go
by
’Ig
ihu
gu
UM
UT
WE
Wa
3:
Ab
ay
ob
ozi
n’ib
ira
ng
o
by
’ish
uri
ry
an
jye
Um
ub
are
a
ma
som
o15
53
Ita
ng
irir
oSo
banu
ra im
itere
re
y’um
urya
ngo
uko
ubah
o.
Non
eho
wum
ve u
bwok
o bw
’inzu
bab
amo,
ibiy
igiz
e nu
ko b
ikor
eshw
a. A
bany
eshu
ri
baza
yobo
rwa
mu
kum
enya
in
shin
gano
zab
o m
u m
urya
ngo.
Kur
irim
ba n
eza
indi
rim
bo y
ubah
iriz
a ig
ihug
u (R
WA
ND
AN
ZIZ
A)
nog
utan
duka
nya
iben
dera
ry
acu
n’an
di m
aben
dera
.
Gut
andu
kany
ain
zego
zi
nyur
anye
z’u
buyo
bozi
bw
’ishu
ri n
ibyo
zis
hinz
we.
Kum
va ib
iran
go b
y’is
huri
(in
diri
mbo
,icy
ivug
o,b
aje
n’im
yend
ay’
ishu
ri).
Imit
erer
e y
’icy
um
ba
cy
’ish
uri
Kuy
obor
a m
u cy
umba
cy’
ishu
ri
mu
mat
sind
a m
ato.
Icyu
mba
cy’
ishu
ri, a
mat
sind
a na
bur
i mun
tu
n’ak
azi k
e.Ic
yum
ba c
y’is
huri
n’
amat
sind
a m
ato.
Ibik
orw
aG
utan
gar
apor
oya
bur
imun
tu
ku is
hush
o y’
akar
ere.
Bur
i wes
e uk
o ab
ona
inzu
iri h
afi
y’is
huri
cya
ngw
a y’
iwab
o.
Ibig
anir
o m
u m
atsi
nda,
ab
anye
shur
i bag
anir
a ku
ka
mar
o ko
kug
ira
inzu
. B
asan
gira
ibite
kere
zo k
ubyo
ba
bony
e m
u bi
gani
ro m
u cy
umba
cy’
ishu
ri.
Gut
anga
ibite
kere
zom
um
atsi
nda
kum
agam
bo
akom
eye
mu
ndir
imbo
. Aba
tora
nyijw
e m
u m
atsi
nda
bari
rim
ba im
bere
y’a
band
i. A
bany
eshu
ri
bavu
ga n
iba
ibyo
bag
enzi
bab
o ba
riri
mby
e ar
ibyo
cy
angw
a at
ari b
yo. B
asho
bore
kum
va C
D.
Mw
arim
u ay
obor
a ab
anye
shur
i kur
eba
neza
ib
ende
ra r
y’Ig
ihug
u. A
bany
eshu
ri b
ashu
shan
ya n
o ku
gani
ra k
u ib
ende
ra r
y’Ig
ihug
u. Ib
i biz
akur
ikir
wa
n’ib
ibaz
o n’
ibis
ubiz
o.
-Ibi
gani
ro m
u m
atsi
nda
uko
ubuy
oboz
i bw
’ishu
ri
bute
ye, i
bira
ngo
by’is
huri
. B
igak
urik
irw
a n’
ibib
azo
n’ib
isub
izo.
Guk
ina,
kw
igan
auk
om
uri r
usan
ge a
bany
eshu
ri
bitw
ara
imbe
re
y’ub
uyob
ozi.
xvii
Gu
shy
ira
mu
n
gir
o u
bu
men
yi
Kw
eger
anya
ibik
ores
ho.
Guk
orer
aha
mw
e
Gut
eker
eza
neza
Kug
arag
aza
ikib
azo.
Kuv
uga
ibyo
mw
abon
ye.
Guk
orer
aha
mw
e
Guh
anga
.
Kuv
uga
ku m
uco
wa
buri
wes
e.
Gus
angi
ran
’aba
ndi.
Gut
eker
eza
neza
.
Guk
orer
aha
mw
e.
Ubu
shak
asha
tsi.
Kug
anir
a.
Ub
um
eny
ing
iro
Kw
eger
anya
ibite
kere
zo.
Guf
ata
nok
wan
dika
isom
o.
Gut
anga
ibite
kere
zo.
Kuv
umbu
ra.
Um
ushi
nga.
Guk
ora.
Gus
esen
gura
.
Kw
eger
anya
Ibiz
a ku
vugw
a.
Guf
ata
nok
wan
dika
ib
yigw
a/is
omo.
Gu
sub
ira
mo
Gus
ubir
amo
Ibik
orw
a
Gus
ubir
amo/
kwiy
ibut
saG
usub
iram
oib
ikor
wa
Isu
zum
aIs
uzum
a m
u gi
he b
avug
a ba
maz
e kw
itege
reza
.
Isuz
uma
rya
buri
wes
e k
u bu
shob
ozi a
fite
bwo
guso
banu
ra
imite
rere
y’u
mur
yang
o n’
imib
ereh
o ya
wo.
Guk
urik
iran
ira
hafi
amat
sind
ahG
utan
ga
aman
ota
ku b
uryo
um
unye
shur
i ari
rim
ba
indi
rim
bo y
’igih
ugu.
Gut
anga
ibib
azo
mu
mat
sind
aab
anye
shur
iba
kabi
subi
za m
u bi
gani
ro b
yo m
u m
atsi
nda.
Gus
uzum
aim
yitw
arir
eru
sang
e y’
umun
yesh
uri
k’ub
uyob
ozi b
w’is
huri
.
Ibib
azo
ku b
yo b
azi
n’ab
antu
bak
ikije
ishu
ri.
kwite
gere
za u
kunt
u is
uku
ikor
wa.
Ish
ush
o y
’ibir
imo
UM
UT
WE
WA
MB
ER
E:
Um
ury
an
go
wa
njy
e
UM
UT
WE
WA
2: I
bir
an
go
by
’Ig
ihu
gu
UM
UT
WE
Wa
3:
Ab
ay
ob
ozi
n’ib
ira
ng
o
by
’ish
uri
ry
an
jye
Um
ub
are
a
ma
som
o15
53
Ita
ng
irir
oSo
banu
ra im
itere
re
y’um
urya
ngo
uko
ubah
o.
Non
eho
wum
ve u
bwok
o bw
’inzu
bab
amo,
ibiy
igiz
e nu
ko b
ikor
eshw
a. A
bany
eshu
ri
baza
yobo
rwa
mu
kum
enya
in
shin
gano
zab
o m
u m
urya
ngo.
Kur
irim
ba n
eza
indi
rim
bo y
ubah
iriz
a ig
ihug
u (R
WA
ND
AN
ZIZ
A)
nog
utan
duka
nya
iben
dera
ry
acu
n’an
di m
aben
dera
.
Gut
andu
kany
ain
zego
zi
nyur
anye
z’u
buyo
bozi
bw
’ishu
ri n
ibyo
zis
hinz
we.
Kum
va ib
iran
go b
y’is
huri
(in
diri
mbo
,icy
ivug
o,b
aje
n’im
yend
ay’
ishu
ri).
Imit
erer
e y
’icy
um
ba
cy
’ish
uri
Kuy
obor
a m
u cy
umba
cy’
ishu
ri
mu
mat
sind
a m
ato.
Icyu
mba
cy’
ishu
ri, a
mat
sind
a na
bur
i mun
tu
n’ak
azi k
e.Ic
yum
ba c
y’is
huri
n’
amat
sind
a m
ato.
Ibik
orw
aG
utan
gar
apor
oya
bur
imun
tu
ku is
hush
o y’
akar
ere.
Bur
i wes
e uk
o ab
ona
inzu
iri h
afi
y’is
huri
cya
ngw
a y’
iwab
o.
Ibig
anir
o m
u m
atsi
nda,
ab
anye
shur
i bag
anir
a ku
ka
mar
o ko
kug
ira
inzu
. B
asan
gira
ibite
kere
zo k
ubyo
ba
bony
e m
u bi
gani
ro m
u cy
umba
cy’
ishu
ri.
Gut
anga
ibite
kere
zom
um
atsi
nda
kum
agam
bo
akom
eye
mu
ndir
imbo
. Aba
tora
nyijw
e m
u m
atsi
nda
bari
rim
ba im
bere
y’a
band
i. A
bany
eshu
ri
bavu
ga n
iba
ibyo
bag
enzi
bab
o ba
riri
mby
e ar
ibyo
cy
angw
a at
ari b
yo. B
asho
bore
kum
va C
D.
Mw
arim
u ay
obor
a ab
anye
shur
i kur
eba
neza
ib
ende
ra r
y’Ig
ihug
u. A
bany
eshu
ri b
ashu
shan
ya n
o ku
gani
ra k
u ib
ende
ra r
y’Ig
ihug
u. Ib
i biz
akur
ikir
wa
n’ib
ibaz
o n’
ibis
ubiz
o.
-Ibi
gani
ro m
u m
atsi
nda
uko
ubuy
oboz
i bw
’ishu
ri
bute
ye, i
bira
ngo
by’is
huri
. B
igak
urik
irw
a n’
ibib
azo
n’ib
isub
izo.
Guk
ina,
kw
igan
auk
om
uri r
usan
ge a
bany
eshu
ri
bitw
ara
imbe
re
y’ub
uyob
ozi.
xviii
Iny
un
gu
zo
kw
iga
Gut
andu
kany
aam
oko
y’in
yuba
ko a
ri iw
abo
aho
batu
ye.
Kw
ita k
u ny
ubak
o no
ku
biko
resh
o by
o m
u ru
go.
Guk
unda
no
kwita
ku
bagi
ze
umur
yang
o.
Guk
unda
igih
ugu
nok
ubah
ain
diri
mbo
y’ig
ihug
u.
Kun
da ig
ihug
u.
Kw
erek
ana
umuc
o w
o ku
baha
ibir
ango
by
’igih
ugu.
Kum
va ik
ireg
o cy
’ubu
yobo
zi k
u is
huri
.
Kw
erek
ana
kuba
ha
ubuy
oboz
i bw
’ishu
ri
Guk
ores
hau
buyo
bozi
bw
’ishu
ri m
u gu
kem
ura
ibib
azo.
UM
UT
WE
WA
4:
Isu
ku y
’um
ub
iri n
’imy
end
a
UM
UT
WE
WA
5:
Isu
ku im
uh
ira
no
ku
ish
uri
/mu
ru
go
UM
UT
WE
WA
6:
Ind
wa
ra z
an
du
ra
n’iz
ita
nd
ura
Um
ub
are
a
ma
som
o10
73
ita
ng
irir
oIn
zira
rus
ange
isuk
u y’
umub
iri
n’im
yend
a ik
orw
amo.
A
bany
eshu
ri b
aken
era
kum
va
uko
bako
ra is
uku
y’um
ubir
i n’
imye
nda.
Erek
ana
isuk
u m
u ru
go n
o ku
ishu
ri.
Ibi b
igar
agar
ira
mu
kwer
ekan
a uk
o is
uku
mu
rugo
no
kwis
huri
uka
yiko
ra k
andi
uka
vuga
n’
akam
aro
kayo
.
Kum
va n
o kw
irin
da
indw
ara
zand
ura
n’iz
itand
ura.
Imik
ore
re
mu
cy
um
ba
cy
’ish
uri
Am
atsi
nda
akur
ikiw
e n’
icyu
mba
cy
ose
cy’is
huri
.A
kazi
k’ic
yum
ba c
y’is
huri
bos
e, a
mat
sind
a na
bur
i w
ese.
Am
atsi
nda
agak
urik
irw
a kw
erek
era
icyu
mba
cy
ose.
xix
Imfa
sha
nyig
ish
oA
maf
oto
yere
kana
ibis
hush
anyo
by
’isuk
u(a
maz
i,is
abun
e,in
dobo
,ig
itam
baro
cyo
kw
ihan
agur
a)
Igis
hush
anyo
cye
reka
na is
uku
y’um
ubir
i, m
u ka
nwa,
am
atw
i, in
toki
n’ib
iren
ge.
Am
afot
o
Igis
hush
anyo
cye
reka
na u
ko b
akor
a is
uku.
Am
afot
o ye
reka
na a
bant
u ba
rway
e.
Ifoto
yer
ekan
a um
untu
ur
way
e.
Inte
rine
ti ye
reka
na
uko
aban
tu b
ahan
gana
n’
indw
ara.
Sine
ma
yere
kana
ik
wir
akw
izw
a no
ku
rwan
ya in
dwar
a za
ndur
a n’
izita
ndur
a.
Ibik
orw
aIb
igan
iro
mu
mat
sind
a ku
bur
yo
bwiz
a bw
o ko
za m
u ka
nwa,
kw
ibor
osa
/ koz
a am
enyo
no
gusu
kura
mu
kanw
a.
Ibi b
izak
urik
irw
a no
kub
ikor
era
mu
ishu
ri.
Um
untu
ku
giti
cye
aker
ekan
a uk
oba
kora
isuk
u(b
oga)
y’
amas
o n’
amat
wi.
Ibig
anir
o m
u it
sind
a ku
kam
aro
ko g
uhor
a uk
eye
ufite
isuk
u no
kub
igir
a ak
amen
yero
. A
bany
eshu
ri b
agom
ba
gusa
ngir
a ib
yo b
abon
ye m
u ku
biga
nira
ho m
u is
huri
.
Aba
nyes
huri
bak
ora
isuk
uba
koro
pam
uru
go,
boza
inzu
, bab
ika
ibita
bo n
o ku
zing
a im
yend
a.
Nyu
ma
aban
yesh
uri b
arab
ivug
a ba
gata
nga
ikig
anir
o. Ib
i bik
urik
irw
a n’
ibib
azo
n’ib
isub
izo.
Aba
nyes
huri
bak
ora
ibik
orw
a by
’ishu
ri k
u is
huri
ba
gato
raim
yend
aba
koza
,bag
akor
opa.
Ibi b
ikur
ikir
wa
n’ib
ibaz
o n’
ibis
ubiz
o.
Kw
itege
reza
am
ashu
sho
yere
kana
indw
ara
zand
ura
n’iz
itand
ura
biga
korw
a n’
aban
yesh
uri
mu
mat
sind
a.
Aba
nyes
huri
bag
anir
a m
u m
atsi
nda
uko
biri
nda
indw
ara.
Mw
alim
uay
obor
aab
anye
shur
i kum
va n
eza
ibijy
anye
n’in
dwar
a za
ndur
a n’
izita
ndur
a ha
kore
shej
we
kure
ba
sine
ma.
xx
Ub
um
eny
i mu
n
gir
oK
weg
eran
ya ib
yang
ombw
a.
Guk
orer
aha
mw
e.
Gut
eker
eza
neza
.
Kum
enya
ikib
azo.
Kw
erek
ana
ibya
gara
gaye
.
Guk
orer
aha
mw
e
Guh
anga
.
Kuv
uga
ku m
uco
wa
buri
wes
e.
Gus
angi
ran
’aba
ndi.
Gut
eker
eza
neza
.
Guk
orer
aha
mw
e.
Ubu
shak
asha
tsi.
Kug
anir
a ku
ndw
ara
zand
ura
n’iz
itand
ura.
Gus
hyir
am
ubi
korw
a.
Ub
um
eny
ing
iro
Kw
eger
anya
ibite
kere
zo.
Kw
itege
reza
.
Ibig
anir
o.
Guf
ata
nok
wan
dika
isom
o.
Gut
ega
amat
wi.
Gut
anga
ibite
kere
zo.
Kuv
umbu
ra.
Um
ushi
nga.
Guk
ora.
Gus
esen
gura
.
Kw
eger
anya
ibiz
a ku
vugw
a.
Guf
ata
nok
wan
dika
ib
yigw
a is
omo
Gu
sub
ira
mo
Gus
ubir
amo
ibik
orw
a.G
usub
iram
oib
ikor
wa.
G
usub
iram
oib
ikor
wa.
Gu
suzu
ma
Gus
uzum
aw
igis
hau
bury
obw
ogu
hora
na is
uku
buri
gih
e na
bur
i ho
se.
Gus
uzum
abu
riw
ese
kuis
uku
y’um
ubir
i n’im
yend
a.
Guk
urik
iran
ira
hafi
ibig
anir
oby
om
um
atsi
nda.
M
wal
imu
agas
uzum
aub
usho
bozi
bw
’aba
nyes
huri
m
u ku
gara
gaza
isuk
u m
u ru
go n
o ku
ishu
ri.
Kub
aha
aman
ota
bavu
ga.
Kub
aza
ibib
azo
aban
yesh
uri b
akab
isub
iriz
a m
u bi
gani
ro.
Gus
uzum
auk
oum
unye
shur
i asu
biza
mu
mat
sind
a.
Ibib
azo
kugi
ra n
go w
umve
ub
umen
yi b
wab
o m
u gu
tand
ukan
ya in
dwar
a za
ndur
a n’
izita
ndur
a.
Reb
a uk
o bi
fata
kur
i si
nem
a ye
reka
na in
dwar
a za
ndur
a n’
izita
ndur
a.
xxi
Iby
avu
ye
mu
kw
iga
Kub
a um
unya
suku
.
Kw
erek
ana
isuk
u bu
ri g
ihe.
Gus
oban
ura
neza
ubu
ryo
buta
nduk
anye
bw
o ko
ga n
o ku
mes
a im
yend
a, g
usuk
ura
umub
iri n
’imye
nda.
Kw
erek
ana
isuk
u m
u ru
go.
Kw
erek
ana
isuk
u ah
antu
hos
e.
Gus
ukur
ain
zuz
acu,
ishu
rin
’aka
mar
oka
byo.
Kub
aho
mu
buzi
ma
buzi
ra u
muz
e n’
umuc
o w
o kw
irin
da in
dwar
a.
UM
UT
WE
WA
7:
Ku
ba
na
nez
a n
’ab
an
di n
o
kwifa
ta n
eza
UM
UT
WE
WA
8:
Ikin
ya
bu
pfu
ra
UM
UT
WE
WA
9:
Um
utu
ng
o w
o m
u r
ug
o
Um
ub
are
a
ma
som
o3
54
Ita
ng
irir
oA
bany
eshu
liba
tang
ain
gero
zu
ko a
bant
u ba
bana
n’a
band
i m
u m
ahor
o.
Ubu
men
yi b
w’in
garu
ka z
o ku
tagi
ra a
mah
oro.
Aba
nyes
huri
ba
tang
a in
gero
n’a
kam
aro
ko
gusa
ngir
a.
Kum
enya
iby’
ifatw
a ku
ngu
fu n
i ng
ombw
a.
Kug
ira
nok
wer
ekan
aik
inya
bupf
ura
mu
rugo
ni
ikin
tu c
y’in
genz
i mu
bany
eshu
ri. A
bany
eshu
ri
bago
mba
kub
ona
koik
inya
bupf
ura
ariu
bury
obw
o kw
ifata
nez
a no
kub
ana
neza
n’a
band
i.
Gus
oban
ura
iby’
iban
ze
bya
ngom
bwa
n’uk
o ba
byita
ho.
Kum
va in
kom
oko
y’am
afar
anga
, uko
ba
yako
resh
a no
ku
ziga
ma.
Uko
um
utun
go w
o m
u ru
go b
awuc
unga
.
xxii
Ita
ng
irir
oA
bany
eshu
liba
tang
ain
gero
z’
uko
aban
tu b
aban
a n’
aban
di
mu
mah
oro.
Ubu
men
yi b
w’in
garu
ka z
o ku
tagi
ra a
mah
oro.
Aba
nyes
huri
ba
tang
a in
gero
n’a
kam
aro
ko
gusa
ngir
a.
Kum
enya
iby’
ifatw
a ku
ngu
fu n
i ng
ombw
a.
Kug
ira
nok
wer
ekan
aik
inya
bupf
ura
mu
rugo
ni
ikin
tuc
y’in
genz
imu
bany
eshu
li.A
bany
eshu
ri
bago
mba
kub
ona
koik
inya
bupf
ura
ariu
bury
obw
o kw
ifata
nez
a no
kub
ana
neza
n’a
band
i.
Gus
oban
ura
iby’
iban
ze
byan
gom
bwa
n’uk
o ba
byita
ho.
Kum
va in
kom
oko
y’am
afar
anga
uko
ba
yako
resh
a no
ku
ziga
ma.
Uko
um
utun
go w
o m
u ru
go b
awuc
unga
.
Imik
ore
re y
o
mu
cy
um
ba
cy
’ish
uri
Guk
orer
am
um
atsi
nda
biga
kuri
kirw
a n’
icyu
mba
cyo
se.
Guk
orer
am
um
atsi
nda,
bur
imun
tu
haga
kuri
kira
ho ic
yum
ba c
yose
.Ic
yum
ba c
yose
han
yum
a am
atsi
nda.
Imfa
sha
nyig
ish
oA
maf
oto
yere
kana
aba
ntu
bish
imiy
e am
ahor
o m
u m
ugan
da, m
u ng
o cy
angw
a m
u ba
tura
nyi.
Am
afot
o y’
ibin
yam
akur
u ye
reka
na ib
ikor
wa
byo
kwim
akaz
a am
ahor
o..
Ikig
anir
o cy
a ra
diyo
ku
mah
oro,
ih
ohot
erw
a ri
shin
giye
ku
gits
ina.
Rad
iyo
cyan
gwa
sine
ma,
aho
bis
hobo
ka
kwer
ekan
auk
oab
antu
ber
ekan
aik
inya
bupf
ura
kubo
bat
uran
ye.
Am
afot
o y’
aban
a be
reka
na im
yifa
tire
itand
ukan
ye a
hant
u ha
tand
ukan
ye.
Am
afot
o ye
reka
na
ibya
ngom
bwa
by’ib
anze
nk
’imye
nda,
aho
gut
ura,
in
zu n
’ibyo
kur
ya.
Ibis
hush
anyo
bye
reka
na
aho
amaf
aran
ga
asho
bora
kub
ikw
a n’
umut
ungo
w’u
mur
yang
o.
Sene
ma
cyan
gwa
inte
rine
ti ye
reka
na in
gero
z’
imitu
ngo
y’um
urya
ngo.
xxiii
Imfa
sha
nyig
ish
oA
maf
oto
yere
kana
aba
ntu
bish
imiy
e am
ahor
o m
u m
ugan
da, m
u ng
o cy
angw
a m
u ba
tura
nyi.
Am
afot
o y’
ibin
yam
akur
u ye
reka
na ib
ikor
wa
byo
kwim
akaz
a am
ahor
o..
Ikig
anir
o cy
a ra
diyo
ku
mah
oro,
ihoh
oter
wa
rish
ingi
ye k
u gi
tsin
a.
Rad
iyo
cyan
gwa
sine
ma,
ah
o bi
shob
oka
kwer
ekan
a uk
o ab
antu
ber
ekan
a ik
inya
bupf
ura
kub
oba
tura
nye.
Am
afot
o y’
aban
a be
reka
na
imyi
fatir
e ita
nduk
anye
aha
ntu
hata
nduk
anye
.
Am
afot
o ye
reka
na
ibya
ngom
bwa
by’ib
anze
nk
’imye
nda,
aho
gut
ura
inzu
n’
ibyo
kur
ya.
Ibis
hush
anyo
bye
reka
na
aho
amaf
aran
ga a
shob
ora
kubi
kwa
n’um
utun
go
w’u
mur
yang
o.
Sene
ma
cyan
gwa
inte
rine
ti ye
reka
na in
gero
z’im
itung
o y’
umur
yang
o.
Ibik
orw
aK
wig
ana
no g
ukin
a m
u cy
umba
no
mu
mat
sind
a uk
untu
aba
ntu
baba
na m
u ru
go n
o ku
ishu
ri.
Ibig
anir
o m
u m
atsi
nda
n’ik
inya
mak
uru
(bis
hobo
tse)
cya
ngw
aik
igan
iro
cya
radi
yo a
ho a
bany
eshu
ri b
agan
ira
uruh
are
n’ak
amar
o, g
usan
gira
no
gufa
sha
aban
di
babi
kene
ye. A
bany
eshu
ri b
agan
ira
kung
aruk
a m
bi z
o g
ukun
da g
ufas
hwa.
Aba
nyes
huri
baj
ya
mu
biko
rwa
byer
ekan
aim
pam
vuy
ogu
sang
ira
no g
usar
anga
nya.
Aba
nyes
huri
bak
ener
a gu
sang
ira
ibyo
bafi
te n
o ku
bivu
ga m
u is
huri
.
Mw
arim
uaf
asha
aba
nyes
huli
kure
bav
ideo
cy
angw
a in
teri
neti
kum
va u
ko if
atw
a ku
ng
ufu
riko
rwa,
n’in
zira
cya
ngw
a ub
uryo
bw
o ku
riku
mir
a.
Ibite
kere
zo m
u m
atsi
nda
ku
maf
oto
yere
kana
imyi
fatir
e m
yiza
n’im
ibi.
Aba
nyes
huri
bag
anir
a ku
ng
ingo
z’ik
inya
pfur
azi
bura
ni
ziga
raga
zwa
n’am
afot
o.
Bik
urik
irw
a n’
ibib
azo
n’ib
isub
izo.
Kw
igan
a uk
o bi
fata
ubw
abo
imbe
re y
’um
ushy
itsi
, um
ukur
u cy
angw
a ah
andi
. Ibi
gani
ro m
u cy
umba
cy’
ishu
ri b
ishi
ngiy
e ku
byo
babo
nye
biku
riki
rwa
n’ib
ibaz
o n’
ibis
ubiz
o.
Guk
ina
uko
ibya
ngom
bwa
byib
anze
bim
enye
kana
nuk
o ba
bite
gura
.
Aba
nyes
huri
bas
hobo
ra
kuba
za a
baby
eyi b
abo
uko
amaf
aran
ga a
kore
shw
a nu
ko b
ayaz
igam
a.
Guk
ina
bako
resh
eje
ibic
eri
uko
bazi
gam
a am
afar
anga
. B
ikur
ikir
wa
n’ib
ibaz
o n’
ibis
ubiz
o.
Kug
anir
a m
u m
atsi
nda
ikig
ize
umut
ungo
w’u
rugo
m
ubyo
bab
onye
mur
i si
nem
a.
xxiv
Ub
um
eny
i m
u n
gir
o m
u
bik
orw
a
Kw
eger
anya
am
akur
u.
Guk
orer
aha
mw
e.
Gut
eker
eza.
Kw
erek
ana
ibib
azo.
Kw
erek
ana
ibya
gezw
eho.
Guk
orer
aha
mw
e
Guh
anga
.
Kuv
uga
kuby
’um
uco
wa
buri
m
untu
.
Gus
angi
ran
’aba
ndi.
Gut
eker
eza
neza
.
Kw
erek
ana
ibya
gara
gaye
.
Guk
orer
aha
mw
e.
Ubu
shak
asha
tsi.
Ibig
anir
o.
Ub
um
eny
ing
iro
Kw
eger
anya
ibite
kere
zo n
o ku
biga
nira
ho.
Guf
ata
nok
wan
dika
.
Kur
eba.
Gut
ega
amat
wi.
Gut
anga
ibite
kere
zo.
Kuv
umbu
ra.
Um
ushi
nga.
Guk
ora.
Gus
esen
gura
Kw
eger
anya
ibiz
a ku
vugw
a.
Guf
ata
nok
wan
dika
ibyi
gwa
isom
o
Gu
sub
ira
mo
Gus
ubir
am
ugi
korw
a
Igik
orw
a cy
’um
ushi
nga.
Gus
ubir
amo
igik
orw
aG
usub
iram
oig
ikor
wa
Ub
um
eny
ing
iro
Gus
uzum
aw
igis
ham
ugi
heb
avug
aib
yom
uki
nyab
upfu
rac
yang
wa
sine
ma.
Gus
uzum
abu
rim
untu
ku
bush
oboz
ibw
oku
men
ya im
ico
myi
za m
u ba
ntu.
Guk
urik
iran
aib
igan
iro
mu
mat
sind
a.
Gut
anga
am
anot
a.
Ibib
azo
n’ib
isub
izo
mu
mat
sind
a ku
myu
mvi
re
y’ik
inya
bupf
ura.
Gus
uzum
aim
yum
vire
y’
aban
yesh
ulik
uby
ango
mbw
a by
’ iba
nze
mu
mur
yang
o n’
uko
bacu
nga
neza
um
utun
go w
’uru
go.
Ibib
azo
bita
ndit
se
Kur
eba
ibik
orw
a by
o ku
ziga
ma
byak
orew
e m
u m
atsi
nda.
xxv
Iny
un
gu
zo
kw
iga
Kw
erek
ana
uruk
undo
kur
i wow
e n’
aban
di.
Kub
ana
neza
n’a
band
i mu
rugo
no
ku is
huri
.
Kw
erek
ana
umuc
o w
o gu
fash
a no
gus
angi
ra
n’ab
andi
.
Guk
unda
nan
ogu
sara
ngan
yan
’aba
ndi
uduk
ikije
.
Kw
irin
da g
ufat
wa
ku n
gufu
.
Kw
erek
ana
ikin
yabu
pfur
am
u ku
vuga
, mu
biko
rwa,
im
yifa
tire
n’ah
antu
hos
e.
Guc
unga
nez
a.
Kw
irin
da g
uses
agur
a
Kuz
igam
a no
guk
ores
ha
neza
am
afar
anga
.
Guk
ores
han
eza
umut
ungo
w
’um
urya
ngo.
UM
UT
WE
WA
10
:
Ibid
uki
kije
UM
UT
WE
WA
11:
Tra
nsi
po
ro n
’itu
ma
na
ho
UM
UT
WE
WA
12
:
Inku
ru y
’um
ury
an
go
wa
njy
e
Um
ub
are
w
’am
asa
ha
194
4
Ita
ng
irir
oK
umva
icye
reke
zo n
o kw
ita k
u bi
duki
kije
ku
ishu
ri in
zira
yo
kw’is
huri
no
mu
rugo
.A
biga
bag
omba
kum
va
imih
anda
itan
duka
nye
n’ab
ayik
ores
ha, b
agom
ba n
o gu
soba
nura
itum
anah
o.
Guk
ores
haim
ihan
da
n’im
ikor
eshe
reze
myi
za
y’itu
man
aho.
Kum
va n
o gu
soba
nura
is
ano
y’ab
agiz
e um
urya
ngo
n’am
atek
a ya
wo.
Imit
erer
e y
’icy
um
ba
cy
’ish
uri
Um
ukor
o m
uto
ukur
ikiw
e n’
ishu
ri r
yose
.
Ishu
ri r
yose
am
atsi
nda
n’ab
antu
ku
giti
cya
bo.
Um
ukor
o ut
eguy
e ne
za k
u is
huri
ryo
se.
xxvi
Imfa
sha
ny
igis
ho
A
maf
oto
yere
kana
ibid
ukik
ije b
itand
ukan
ye.
Am
afot
o y’
imig
ezi,
imis
ozi,
ibib
aya,
ibiy
aga,
am
ashy
amba
.
Guk
ores
hain
teri
neti
Rw
anda
.
Kw
erek
ana
idar
a.
Am
afot
oy’
ibim
enye
tso
n’ib
yapa
by
’um
uhan
da n
’aba
wuk
ores
ha.
Kw
erek
ana
ubur
yo
bw’it
uman
aho
nka
tele
fone
,ib
ahas
ha,n
’impa
puro
.
•A
maf
oto
y’ib
intu
bik
orw
a n’
aban
yarw
anda
.
•G
usha
kish
aku
riin
teri
neti
aban
tu b
acu
cyan
e cy
ane
ku r
weg
o rw
’um
urya
ngo.
Ibik
orw
a•
Guk
ina
mu
ishu
riib
ijyan
yen
’icye
reke
zo.
•Ib
i biz
a bi
kuri
kiza
ho k
u by
igan
a m
u is
huri
.
•B
uri w
ese
yere
kana
ibyo
yab
onye
mu
cyer
ekez
oah
andi
mu
yand
imas
huli,
ik
ibug
acy
’um
upir
a,im
isar
ane,
ibir
ono
ku
gani
rain
ging
onk
uru
zak
ompa
si.
•G
ukor
aig
ikor
wa
cyo
kwita
hom
uru
go
n’ib
iduk
ikije
.
•A
bant
u ba
gom
ba k
ubw
ira
aban
di ib
yo
babo
nye
mu
kwita
kub
iduk
ikije
.
•M
u m
atsi
nda
bako
ra ib
yo k
wita
ku
bidu
kiki
je b
yo k
u is
huri
. Abi
ga
bago
mba
kuv
uga
ibyo
bab
onye
mu
kwita
ku
bidu
kiki
je.
•A
bany
eshu
liba
kene
yeg
ukor
aig
ikor
wa
cyo
kuba
ra a
bagi
ze u
mur
yang
o.
•A
bany
eshu
ri b
itege
reza
uko
ib
yapa
by’
imih
anda
bim
eze
nuko
bik
ores
hwa.
•A
bany
eshu
ri b
agar
agaz
a uk
o im
ihan
da ik
ores
hwa
n’ib
yiza
bya
yo. I
bi b
ikur
ikiz
wa
n’ib
ibaz
o n’
ibis
ubiz
o.
•M
u m
atsi
nda,
aba
nyes
hui
bash
obor
a gu
kina
ubu
ryo
buta
nduk
anye
bw
’itum
anah
o,
nyum
a ba
kare
ba u
bury
o bw
iza
bw’it
uman
aho.
•G
ukor
aub
usha
kash
atsi
ku
mat
eka
y’um
urya
ngo
no
kuya
bwir
a ab
andi
bag
ize
itsi
nda.
xxvii
Ub
ush
ob
ozi
•K
weg
eran
ya ib
imen
yets
o n’
inku
ru
•U
bury
o.
•A
kazi
mw
’itsi
nda
•G
utek
erez
a
•K
wer
ekan
a ik
ibaz
o.
•K
wer
ekan
a no
gus
hyir
a ah
agar
agar
a ib
yako
zwe.
•U
muk
oro
mw
’itsi
nda
•G
uhan
ga.
• K
uvug
a ku
by’u
muc
o.
•G
utek
erez
ane
za.
•It
sind
a
•U
bush
akas
hats
i
•K
ugan
ira
ku n
dwar
a za
ndur
a n’
izita
ndur
a.
•G
ushy
ira
mu
biko
rwa.
Ub
um
eny
i ng
iro
•G
ushy
ira
ibite
kere
zoh
amw
eno
ku
byer
ekan
a.
•K
ureb
a
•K
ugan
ira
•K
wan
dika
.
•G
utan
gaib
iteke
rezo
•G
usha
kish
a
•U
muk
oro
w’u
mus
hing
a
•G
ushy
ira
mu
ngir
o
•G
uses
engu
ra
•G
ushy
ira
ham
we
ibite
kere
zo n
o ku
bita
ngaz
a.
•K
wan
dika
Gu
sub
ira
mo
•G
usub
iram
o•
Gus
ubir
amo
•G
usub
iram
oIs
uzu
ma
•K
wig
ira
ku is
uzum
a no
kuv
uga
ibya
vuye
mo
kujy
a m
u gi
korw
a ha
nze
y’is
huri
mu
rugo
no
mu
bidu
kiki
je.
•Is
uzum
a ry
a bu
ri m
untu
kub
umen
yi m
u by
’icye
reke
zo c
yaho
bat
uye,
gut
anga
ic
yere
kezo
no
kwita
ku
bidu
kiki
je.
•K
wite
gere
za n
o ku
gani
ra m
u it
sind
a.
•G
usuz
uma
uko
aban
yesh
uli
bum
va im
ihan
da n
’imik
ores
he
n’im
ikor
eshe
reze
yay
o.
•Ik
ibaz
ocy
am
wal
imu
aban
yesh
ulib
agas
ubiz
aku
by
’itum
anah
o.
•Is
uzum
a ku
bis
ubiz
o by
’aba
nyes
huli
mu
mat
sind
a. K
ubijy
anye
n’
abag
ize
umur
yang
o n’
amat
eka
yabo
.
• ib
ibaz
o by
o ku
vuga
ba
tand
itse
xxviii
Iny
un
gu
zo
kw
iga
•K
umen
ya, k
wiy
obor
a no
kuy
obor
a ab
andi
.
•K
wer
ekan
a im
yifa
tire
myi
za m
u nz
ira.
K
wir
inda
impa
nuka
muj
yac
yang
wa
muv
aku
ishu
ri.
•G
usob
anur
ira
aban
dik
um
itere
rey
’ishu
ri.
•K
wita
kub
iduk
ikije
mu
rugo
no
kw’is
huri
.
•K
wem
era
kwiy
akir
a m
u m
urya
ngo.
•K
wit
war
a ne
za m
u m
uhan
da.
•G
ufat
ane
zaib
ikor
esho
by
’itum
anah
o.
•G
ukor
esha
nez
aitu
man
aho.
•K
ubah
a no
kub
ana
neza
n’
abag
ize
umur
yang
o.
•K
wis
him
ira
amat
eka
y’um
urya
ngo
•K
wig
ana
no g
ukor
a nk
’intw
ari z
’um
urya
ngo.
1PB
Umubare w’amasomo: 15
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Gusobanura imiterere y’umuryango we n’imibereho yawo.
Intego
Igikorwa
1. Gutandukanya amoko y’inyubako zo mu rugo iwabo.
2. Kugaragaza abagize umuryango muto.
3. Kugaragaza abagize umuryango we.
4. Kugaragaza inshingano za buri wese ugize umuryango.
Ubumenyingiro
1. Gutandukanya amoko y’inyubako zo mu rugo iwabo agendeye ku bikoresho bizubatse.
2. Gusobanura imiterere y’urugo abamo.
3. Gusobanukirwa abagize umuryango we n’amasano bafitanye.
4. Gutandukanya inshingano z’abagize umuryango we.
5. Gusobanura ku rugero rwe ibyiza by’umuryango muto.
Ubukesha
1. Kwishimira urugo rwacu n’ibirugize.
2. Gufata neza inyubako n’ ibikoresho byo mu rugo.
3. Kubaha no kugirira urukundo abagize umuryango.
4. Guharanira ko abagize umuryango buzuza inshingano zabo.
5. Kubaha no kugirira urukundo abagize umuryango.
Umutwe wa Umuryango Wange
Inyingisho Umuryango Muto
Imiterere y’umuryangoImbumbanyigisho
1
32
Ingingo zihuriweho
Kwita no gufata neza ibidukikije
Abanyeshuri bagomba kumenya ko ibidukikije bigomba gufatwa neza no kwitabwaho kuko abantu babikeneramo ibikoresho byo kubakisha amazu.
Ubumenyi ku buringanire
Mu bijyanye n’uburinganire mu kugira inzu. Abanyeshuri kumenyako kugira cyangwa kugura inzu byakorwa na bombi umugabo n’umugore.
Urugero rw’integuro y’isomo
Itariki Ishuri Ikigisho IgiheUmubare w’abanyeshuri
14/01/2015Umwaka wa mbere
Imbonezamubano n’iyobokamana
8.00 – 8.40 za mugitondo
Aba
hung
u
Aba
kobw
a
Bos
e ha
mw
e
18 20 38
Imbumbanyigisho: Imiterere y’umuryangoUmutwe wa 1: Umuryango wangeIcigwa: Akamaro k’inzu yacu urugo rwacu
Ubushobozi bw’ ingenzi bugamijwe
Gusobanura imiterere y’umuryango we n’imibereho yawo.
Intego yihariye y’isomo
Ndashaka ko nyuma y’iri somo, abanyeshuri baza kuba bashobora gusobanura imiterere y’imiryango yabo n’imibereho yayo. Ibyo ndabigaragarizwa n’uko nibura ¾ by’abanyeshuri bose baza gusubiza neza imyitozo yateguwe mu isuzuma ry’iminota 10.
Imfashanyigisho
1. Amafoto y’inzu n’izindi nyubako.
2. Inikoresho byo mu ngo.
32
Imvano
Igitabo cy’umunyeshuri paje 7.
Igitabo cy’umwarimu paje 7.
Imigendekere y’isomo
Igihe Ibice Ibikorwa bya umwarimu Ibikorwa by’umunyeshuri
Iminota 5 I • Bwira abanyeshuri bavuge aho barara uko bahita.
• Bwira abanyeshuri bavuge umubare w’inzu bafite iwabo.
• Kuvuga muri make ibyerekeye aho baba uko bahita, n’inzu batunze uko zingana.
Iminota 5 II • Fasha abanyeshuri bavuge uko imiryango yabo iteye. Abayigize, ababarera.
• Sesengura ibisubizo by’abanyeshuri.
• Abanyeshuri baravuga umubare w’abo babana.
• Abanyeshuri bagende bavuga umwe umwe.
Iminota 10 III • Kwandika ku kibaho ibisubizo abana batanga. Muganire ku kamaro k’inzu y’umuryango.
• Mavuge uburyo mugabagabana imirimo.
• Soma ibyo abanyeshuri bagenzi bawe bavuze.
• Vuga icyo inzu ibamariye.
• Mufatanya mute ngo ubuzima bugende neza.
Iminota 10 IV • Fasha abanyeshuri kuvuga kwerekana akamaro k’inzu babamo iwabo.
• Muvuge ku byerekeye ubufatanye no kunganirana mu muryango.
• Kuvuga ibyerekeye akamaro k’inzu z’iwabo.
• Kuvuga ku buryo bunganirana mu mibe-reho ya buri munsi.
54
I m i n o t a 130
V • Erekana igipapuro cyanditseho ibyiza by’inzu y’umuryango.
• Genzura ibyo abana bakora. Fasha abana byagoye.
• Ifashishe ibitabo by’umunyeshuri.
• Bakosore kandi ubahe amanota.
• Itegereze unerekane akamaro k’inzu batuyemo.
Isuzuma ryawe bwite:
Imbaraga zakoreshejwe:
Aho byakorewe:
Inzira yakoreshejwe:
Ikigwa: 1. Urugo Rwacu
2. Ibikoresho byubatse inzu.
3. Ibikoresho tubona munzu yacu.
Isomo 1,2 na 3
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 1 – 6.
Ubushobozi
Nyuma y’iki cyigwa, umunyeshuri agomba kuba azi gutandukanya inyubako n’ibikoresho zikozwemo.
Gutegura isomo
(a) Ibishushanyo n’amafoto y’amazu yerekana neza ibyo yubakishijwe.
(b) Mwegeranye ibi bikurikira:
• Igitaka
• Uduti
• Ibyatsi
54
(c) Mudasobwa ni ngombwa nu gufasha abanyeshuri.
Imfashanyigisho
• Amafotoyerekanainyubakon’amazu.
• Mudasobwazogufashagushushanyainzuningombwa.
• Umwarimu ategura igishushanyo cyerekana ibikoresho by’ubwubatsibitandukanye.
• Abanyeshuribazanaamafotocyangwaibinyamakurubyerekanaamazu.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Umwarimu ayobora ibiganiro byo kumva ku bijyanye n’inzu.
2. Abanyeshuri bajya kureba amazu akikije ishuri. Kuvuga ibiyubatse.
3. Umwarimu ayobora ibibazo n’ibisubizo byavuye mu matsinda.
4. Kwerekana no kuganira ku bikoresho byubatse inzu. Umwarimu asobanurira neza ibikoresho byubatse inzu zitandukanye.
Ikitonderwa
Umwarimu agomba gusobanura neza no kuvuga neza izo nzu kuko n’ubwo abanyeshuri bakunda inzu zigezweho ntabwo bose bazibamo.
Intambwe mu kwiga no kwigisha
1. Umwarimu atangiza isomo akoresha amafoto y’inzu za kera n’izigezweho.
2. Kwerekana igishushanyo inyuma yo gutangiza isomo
3. Abanyeshuri bakora urutonde rw’ibyo babona ku gishushanyo.
4. Umwarimu afasha abanyeshuri mu kuvuga ibikoresho byo kubaka amazu abanyeshuri bagasubiza ibibazo.
5. Kuyobora abanyeshuri mu kureba amazu akikije ishuri.
6. Umwarimu azereka abanyeshuri uko bakora inzu muri manilla.
Ikitonderwa
Gukoresha za mudasobwa byabafasha mu gushushanya ingo n’amazu.
Ibyo umwarimu agomba kuba azi
(a) Inzu ya kera
Ni ntoya kandi ntiramba.
76
(b) Inzu igezweho
• Ni nini kandi irakomeye, iraramba.• Yubatswen’amatafari,amabloke, ishakajweamabati,amategurakandi ifite
umwuka mwiza.• Gufashaabanyeshurikumvanezaibyokwitakunyubakonibyobatunzemu
ngo• Abanyeshuribashoborakuvugakuby’inzuzakeraumukoro1.1. Abanyeshuri bashobora babifashijwemo na umwarimu kubaka akazu
gasanzwe igikorwa 1.1 umwarimu asabwa guhagarikira igikorwa 1.1• Bamaze gusobanukirwa bashobora gushushanya mu makaye yabo ibintu
bitandukanye biri mu nzu. Bakabisiga amabara.
• Umwarimuasabwaguhagarikiraibibikorwan’imyitozo.
Ibikorwa
Igikorwa 1.1
1. Ibyondo, uduti n’ibyatsi.
2. Kubafasha mu kubaka akazu gasanzwe. Ibikoresho bu kubaka ni ibipaparo byabugerewe (manilla) na kole yo gufatisha.
3. • Uruziga
• Urukiramende
Igikorwa 1.2
Kwitegereza ibyo bashushanyije n’ibikoresho byakoreshejwe.
Isuzuma
(a) Kwita ku biganiro by’abanyeshuri mu matsinda mato no gupima uburyo bita ku biri mu ishuri no mu rugo. Reba uko batera imbere.
(b) Umwarimu akoresha isuzuma mu gihe abanyeshuri berekana akamaro ko kugira inzu, n’ibikoresho by’ubwubatsi bigize inzu babamo.
(c) Fasha abanyeshuri mu kubaka inzu ya kera ukoresheje ibyondo, ibiti n’ibyatsi.
(d) Umwitozo ngiro 1.2 n’igikorwa 1.2 mu gushushanya inzu zikozwe mu bikoresho bafite.
76
Imyitozo
Imyitozo 1
1. na 2. Umwarimu azita ku bisubizo by’abana.
9. igitandaIkigwa cya 4: Akamaro k’inzu yacu Urugo rwacu (ibirugize
n’akamaro kabyo)
Reba urupapuro rwa 7 – 12.
Isomo: 4 na 5
Ubushobozi
Nyuma y’iri somo umunyeshuri agomba kuba azi gutandukanya ibigize n’ibiri mu nzu.
Gutegura isomo
1. Umwarimu ategura ibishushanyo n’amafoto.
2. Gukata ikinyamakuru no kwerekana imbere mu nzu.
Imfashanyigisho
1. Amafoto y’inzu n’izindi nyubako.
2. Ibikoresho byo mu ngo.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Kuganira ku bice bitandukanye bigize inzu.
2. Kuganira, no kwitegereza ibigize inzu za kera n’iziki gihe.
3. Gushyira mu matsinda yo kuganira ibyo mu ngo.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(i) Kubwira abanyeshuri bakavuga ibice by’inzu nkaho bakirira abashyitsi, igikoni, aho barira, aho baryama, aho biyuhagirira, aho bituma, aho babika ibintu (inzu za kera ntabyo zigira byihariye – emera ibisubizo)
(ii) Bafashe gukata amafoto y’amazu mu binyamakuru hanyuma bavuge ibice byayo.
(iii) Bafashe bavuge ibikoresho tubona iwacu nk’ameza, matola, ibirago, inkono,
98
ibicuma, ibyondo, intebe, amasahani, amasafuriya, televiziyo, radiyo, ibikoresho by’amazi, ibitanda, isaha zo mu nzu, amaziko n’ibindi.
(iv) Gufasha abanyeshuri kuvuga akamaro k’inzu zabo nko:
• Kuziryamamo.
• Kubikaibintu.
• Kudukingiraibihebibiurugero:imvura,izuba,imbeho,n’imiyaga.
• Kuturindainyamaswaziryanank’inzoka,intare,ingwen’udukoko.
• Kuturindaabagomen’ibisambobishoborakutwibiraibintu.
(v) Gufasha abanyeshuri gusobanukirwa ibikoresho ibikoresho byo mu rugo n’akamaro kabyo, nka:
• Ameza:
Bayariraho, bayandikiraho, bayanyweraho imitobe, icyayi na kawa.
• Ibirago,imisambi:
Babyicaraho, kubiryamaho, no gupfukama basenga (abayisilamu)
• Ibitebon’ibyibo:
Bikoreshwa mu gutwaramo ibintu, imyaka n’imbuto.
• Ibibindi:
Bikoreshwa mu kubika amazi.
• Inkono:
Zibika amazi, guteka ibishyimbo n’ibindi.
• Ibyungo:
Guteka igikoma, kuvoma no kubika ibindi binyobwa
• Intebe:
Tuzicaraho.
• Amasahani:
Tuyariraho.
• Amasafuriya:
Tuyatekamo tukanayavomesha amazi.
• Televiziyo:
Kureba amakuru, imikino n’imyidagaduro.
• Radiyo:
Tuyumviraho imyidagaduro, iratwigisha, tukanayumviramo amakuru.
• Uburiri:
Tubukoresha mu kuryama no kuruhuka.
• Akabati:
Kubika amasahani, gushyiramo televiziyo, DVD na radiyo.
98
• Gaziyogutekesha:
Guteka ibiryo, icyayi na kawa.
• Utuetajeri:
Kubika ibitabo, ibinyamakuru.
(vi) Reka bakore: Umwitozo ngiro 3.
Ibikorwa
Igikorwa 1.3
Andika akamaro ka buri gikoresho uvuge n’akamaro kacyo.
Imyitozo 2
Itegereze aya mafoto, hanyuma wuzuze interuro ukoresheje amagambo yatanzwe.
Ikigwa: 5. Abagize umuryango.
Reba igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 13 – 20.
Isomo: 6-15
Ubushobozi
Nyuma y’iri somo umunyeshuri agomba kuba azi gusobanura uko umuryango we uteye n’abawugize.
Gutegura isomo
Umwarimu ategura igishushanyo cyangwa amafoto y’umuryango.
Imfashanyigisho
1. Amafoto y’inyubako z’ingo.
2. Igishushanyo cy’abagize umuryango uko bakurikirana.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Kwigana/gukina inshingano z’ababyeyi mu matsinda.
2. Kuganira uko abagize umuryango barutana mu matsinda.
1110
3. Abanyeshuri bashobora kuririmba indirimbo zisingiza uruhare rw’abana mu muryango.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(a) Fasha abanyeshuri kumva neza abagize umuryango n’icyo bapfana. Urugero, umuryango w’umugabo n’umugore n’abana, umwarimu abafasha kumenya icyo bapfana iyo umugabo afite abagore barenze umwe cyangwa umugore yari afite undi mugabo.
(b) Abanyeshuri basome agakuru ka Innocent Misago.
(c) Mugihe hari umuryango mugari urimo ba sogokuru, nyogokuru, papa, mama, abana, abishywa, ababyara, ba nyirasenge, ba se wabo, naba nyinawabo, bereke ubayobore bavuge ayo masano, n’ibyo badasobanukiwe neza umwarimu abafasha kubisobanukirwa.
(d) Bafashe bandike urutonde rw’abandi bagize umuryango n’icyo bapfana.
(e) Umwarimu abafasha kumenya itandukanirizo ry’ishingano zabo nka:
(i) Inshingano z’ababyeyi
• Kubaabantub’inyangamugayokubana,kubaberaicyitegererezonokubagirainama.
• Kubahaibyangombwaby’ingenzi(ibiryo,ahobaba,n’icyobambara)
• Kurihiraabanaamashuri.
• Gukundaabana
• Kurindanoguhaabanaumutekano
• Kurindaumutungow’umuryango.
(ii) Inshingano z’abana
• Kubahaababyeyi
• Kwiganezakuishuri
• Gucunganezaumutungow’umuryango
• Gufashaababyeyimurugo
• Kubananezan’umuryangonarubanda
Umuryango kugeza kuri sogokuru
1. Imiterere y’umuryango
Reba uko bimeze mu gitabo cy’abanyeshuri.
1110
2. Inyungu z’umuryango
Fasha abanyeshuri kuvuga inyungu z’umuryango nka:
(i) Gufasha igihe bikenewe (ii) Kwigisha abana uko bifata aho batuye. (iii) Guha abana uburere bwiza nko kubaha, ubutabera, kwihangana
kugirango habe urukundo mu bantu. (iv) Abagize umuryango bagomba kumva no kubahana. (v) Kugira indangagaciro zizafasha umuryango nyarwanda n’igihugu
gukomera.
Mu matsinda muganire ku ruhare rwabagize umuryango.
Ingingo zireba umwarimu
(a)Yobora abanyeshuri mu matsinda y’uko bagomba kwifata mu bagizeumuryango wabo, bakagira kubaha, kwihangana, kwitonda n’ibindi.
(b) Bashyire mu matsinda baganire ku byo kubahiriza inshingano nka:
(i) Abanyamuryango bagomba kubahana
(ii) Abanyamuryango bagomba gufashanya
(iii) Umuryango urakomera
(iv) Amahoro araza akaharangwa
(v) Ubucuruzi bugatera imbere
(c) Fasha uyobore abanyeshuri baganire ku ngaruka zo kutuzuza inshingano nka:
(i) Kuyobora biragorana
(ii) Bizana ingorane nyinshi
(iii) Bituma ntakwihanganirana hagati y’abantu
(iv) Bituma haza ubukene no kubura akazi
(v) Bitera intambara
(vi) Bitera ruswa
(vii) Bitera ubusambo n’imyiryane
Isuzuma
Kurikirana neza ibiganiro mu ishuri cyangwa mu matsinda mato upime guhinduka kw’imyumvire mu gucunga no gufata neza ibintu mu ngo, ubyerekane.
Umwarimu akora isuzuma ryigisha mu gihe abanyeshuri bavuga impamvu ari byiza kugira inzu n’ibirimo.
Suzuma uko abanyeshuri bavuga mugukora interuro upime imyumvire yabo.
1312
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu
• Gufashaabanyeshuribabanebwemugusomanokwandikainteruro.
• Gufasha abanyeshuri b’abanebwe mu gukora inzu bifashishije igipapurogikomeye. Abanyeshuri b’inkwakuzi bashobora kunganira bagenzi babo.
• Gukoreshaibikoreshobirangururaamajwikugirangobigendebifashaabanagusobanukirwa ibice bagezeho mu gukora inzu mu bipapuro.
• Kwifashisha utubazo dutera amatsiko abanyeshuri tugatuma bakurikiraibiganiro.
• Umushinga wo gukora akazu mu bipapuro bikomeye ushobora gufashaimyumvire no gusobanukirwa uko igikorwa nyirizina gikorwa.
• Abanyeshuribafiteubumugabwokutumvanezabashoboraguhabwaingeroz’amafoto yerekana amazu atandukanye. Ubu ni nabwo buryo bwakoreshwa no ku banyeshuri bagenda gake gake kugirango bubatere akanyabugabo.
Ibisubizo
Imyitozo 1.5
Umwarimu ayobore abanyeshuri gusura hanze urugo baturanye. Hanyuma basubize ibibazo babazwa.
Imyitozo 3
1. Sogokuru, Marume, Masenge.
2. Kurwana – amahoro – munezero.
Imyitozo 4
1. Sogokuru
2. Nyogokuru
Ikitonderwa
Kwita ku buringanire mu biganiro no mu gusubiza. Jya uhuriza hamwe no guhuza abanyeshuri bose bagire uruhare rumwe.
1312
Urutonde rw’amagambo
Amagambo:(a) Umuryango muto. (b) Sekuru
(c) Ababyeyi (d) Inzu yacu
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
1514
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu no gutandukanya ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda n’andi mabendera.
Intego
Igikorwa
1. Kurondora amagambo avugwa mu ndirimbo yubahiriza igihugu.
2. Kurondora amabara agize ibendera ry’u Rwanda.
Igikorwa ngiro
1. Kugaragaza uburyo buboneye bwo kuririmba indirimbo humvikanishwa neza amagambo yayo.
2. Kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu.
3. Gushushanya amabara agize ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda.
Ubukesha
1. Gukunda igihugu no kubaha indirimbo yubahiriza igihugu.
2. Kwishimira kuba umunyarwanda.
3. Kurangwa n’umuco wo kubaha no kubahiriza ibirango by’igihugu.
Ingingo zihuriweho
1. Amahoro n’uburere bwiza.
2. Umwarimu afasha abanyeshuri ku bijyanye no gukunda igihugu no kubaha indirimbo yubahiriza igihugu. Uyu muco ufasha gushimangira indangagaciro ziri mu ndirimbo yubahiriza igihugu n’uruhare rw’amahoro mu gihugu cyacu.
Umubare w’amasomo: 5
Umutwe wa Ibirango by’igihugu
Uburere mboneragihuguImbumbanyigisho
2
1514
Urugero rw’integuro y’isomo
Itariki Ishuri Ikigisho IgiheUmubare w’abanyeshuri
18/03/2016Umwaka wa mbere
Imbonezamubano n’iyobokamana
11.00 – 11.40 za mugitondo
Aba
hung
u
Aba
kobw
a
Bos
e ha
mw
e
18 20 38
Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihuguUmutwe wa 2: Ibirango by’igihuguIkigwa: Indirimbo yubahiriza igihuguIgitabo cya umunyeshari paje 21 – 22.
Intego yihariye y’isomo
Ndashaka ko nyuma y’iri somo, abanyeshuri baza kuba bashobora kuririmba neza baranguruye, indirimbo yubahizira igihugu no gutandukanya ibendera ry’igihugu cyacu mu yandi. Ibyo ndabigaragarizwa n’uko nibura ¾ by’abanyeshuri bose baza gukora imyitozo yagenwe mu isuzuma ry’iminota 10. Kandi bakayikora neza.
Ubumenyi ngiro
Nyuma y’iri somo umunyeshuri agomba kuba azi kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu.
Imfashanyigisho
1. Amofoto y’ibendera ry’u Rwanda.
2. Ibendera ry’u Rwanda.
3. CD y’indirimbo yubahiriza igihugu.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Kuririmba
2. Kuganira mu matsinda
1716
Imigendekere y’isomo
Igihe Ibice Ibikorwa bya umwarimu
Ibikorwa by’umunyeshuri
Iminota 5 I • Bwira abanyeshuri bavuge uko igihugu cyacu cyitwa.
• Babwire bavuge ibindi bihugu bumvise.
• Kuvuga ko igihugu cyacu cyitwa “RWANDA”.
• Vuga ibindi bihugu waba uzi.
Iminota 5 II • Fasha abanyeshuri kuvuga ibirango by’igihugu runaka niba baba barigeze kubyumva abantu babivuga.
• Babwire ibirango by’igihugu.
• Kuvuga ibimenyetso biranga igihugu iki n’iki.
• Abanyeshuri batege amatwi ibirango by’u Rwanda.
Iminota 10 III • Babwire ko ibendera, ikirangantego, indirimbo yubahiriza igihugu aribyo birango by’igihugu icyo ari cyo cyose.
• Babwire ko indirimbo yubahiriza igihugu cyacu yitwa “RWANDA NZIZA”.
• Abanyeshuri basubiremo ibirango nyakuri by’u RWANDA.
• Abanyeshuri basubirirwemo bihagije uko indirimbo yubahiriza igihugu cyacu yitwa “RWANDA NZIZA”.
Iminota 10 IV • Tsindagira ku byerekeye “RWANDA NZIZA”.
• Muyiririmbe.• Muyisubiremo kenshi.• Mwumve kuri CD
uburyo nyakuri iririmbwamo.
• Bose basubiremo izina ry’indirimbo yubahiriza igihugu.
• Bayumve kuri CD.
Iminota 10 V • Erekana igipapuro cyanditseho indirimbo yubahiriza igihugu.
• Abana bayisubiremo umwe umwe.
• Bakosore.
• Mwitegereze ku gipapuro murebe umubare w’ibitero biyigize.
• Muyiririmbe cyane.
1716
Isuzuma ryawe:
Imbaraga zakoreshejwe:
Aho byakorewe:
Inzira yakoreshejwe:
Ikigwa cya 1: Indirimbo yubahiriza igihugu
Isomo 1 na 2
Reba igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 21 – 22.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo umunyeshuri agomba kuba azi kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu.
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibimufasha kwigisha.
2. Umwarimu agomba kuba afite amafoto y’amabendera ya Kenya, Rwanda, Uganda na Amerika.
3. Umwarimu agomba gufasha abanyeshuri kwegeranya ibikenewe.
Imfashanyigisho
1. Amafoto y’ibendera ry’U Rwanda
2. Ibendera ry’U Rwanda.
3. CD y’indirimbo yubahiriza igihugu.
4. Mudasobwa ifasha abana kureba, gusoma no kwandika indirimbo yubahiriza igihugu.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
Umwarimu afasha abanyeshuri kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu.
Kuganira mu matsinda ku magambo akomeye akoreshwa mu ndirimbo yubahiriza igihugu.
1918
Intambwe mu kwiga no kwigisha
1. Umwarimu atangira isomo aririmba cyane indirimbo yubahiriza igihugu. Abanyeshuri na bo bose bakaririmbana na umwarimu. Abanyeshuri basobanukirwa uko bavuga neza amagambo y’indirimbo.
2. Abanyeshuri batega amatwi CD y’indirimbo yubahiriza igihugu kuri mudasobwa mu gihe indirimbo yaririmbwaga.
3. Mu matsinda abanyeshuri bakora imyimenyerezo yo kuririmba iyo ndirimbo mu ishuri. Reka abanyeshuri bafashanye cyane cyane ahadashobora kuririmba kuririmbwa neza.
Isuzuma
1. Mu matsinda batange ibitekerezo ku magambo akomeye akoreshwa mu ndirimbo yubahiriza igihugu. Bamwe babivuge imbere y’abandi, baririmbe mu matsinda, upime uburere mboneragihugu no gukunda igihugu.
2. Umwarimu akora isuzuma ry’ukuntu indirimbo iririmbwa.
Ibisubizo
Igikorwa 2.1
Fasha abanyeshuri kumva kuri CD indirimbo yubahiriza igihugu.
Ikigwa cya 2: Ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda
Isomo 3-5
Reba igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 23
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumenya ibendera ry’u Rwanda n’andi mabendera.
Itegurwa ry’isomo
1. Umwarimu azana amafoto y’amabendera y’ibihugu bya Kenya, Rwanda, Uganda na Amerika
2. Umwarimu afasha abana ku bijyanye n’ibikenewe gukusanywa mu isomo.
3. Umwarimu ashobora kandi gukoresha amafoto ari mu gitabo cy’umunyeshuri.
1918
Imfashanyigisho
1. Amafoto y’ibendera ry’u Rwanda
2. Ibendera ry’u Rwanda
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
Abanyeshuri batanga ibitekerezo ku mabendera atandukanye no kuyagereranya n’ibendera ry’u Rwanda bareba kuri mudasobwa.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Umwarimu afashe abanyeshuri kwitegereza amabendera ari ku gikorwa 2.2.
2. Abanyeshuri barashushanya bakanaganira ku bisobanuro by’amabara y’ibendera ry’igihugu cyacu.
3. Ibi bikurikirwa n’ibibazo n’ibisubizo.
4. Fasha abanyeshuri ku muco wo kubaha ibendera ry’igihugu iyo barizamura.
Isuzuma
1. Fasha kandi uhagararire ibyo biganiro mu matsinda y’abanyeshuri.
2. Ha amanota ku bagaragaza kurusha abandi kumenya no gusobanura neza no kubaha ibendera ry’igihugu.
3. Ibibazo bitanditse umwarimu abaza abanyeshuri bagasubiza.
4. Suzuma uko bavuga neza amagambo no gukora interuro upime uko babyumva.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu
• CD iriho indirimbo yubahiriza igihugu izifashishwa kugirango itumen’abanyeshuri bagenda buhoro buhoro baryoherwa n’isomo bityo babone uko bayiganiraho ndetse n’uko bayumva
• Abanyeshuri b’abahanga bashobora kunganira abandi mu gushushanya,gusiga ndetse no gusobanura bihagije ibyerekeye ibendera ryacu.
• Fasha abanyeshuri mu gutoranya umwe muri bo ajye kuririrmbira abandiimbere indirimbo yubahiriza igihugu. Muhindure igikorwa. Reka abanyeshuri basome, basubiremo, ndetse bigane amagambo atandukanye asa n’aho akomeye bakurikije uko bayumva kuri CD.
• Abanyeshuribafiteubumugabwokutabonanezabicaremumyanyay’imberekugirango bitegereze neza amabendera atandukanye yerekanywe.
2120
Ibisubizo
Igikorwa 2.2
1. Umwarimu arebe ibyo abana bashushanyije.
2. (a) Irya mbere: Kenya.
(b) Irya gatatu: Uganda.
(c) Irya kane: Leta zunze ubumwe za Amerika.
Igikorwa 2.3
Umwarimu afashe abanyeshuri gushushanya ibendera ry’u Rwanda, Kurisiga amabara no kuryerekana.
Igikorwa 2.4
Amabara yavuzwe arasize:1. Umuhondo
2. Ubururu
3. Icyatsi
Ikitonderwa
Wite kuburinganire mu matsinda abahungu n’abakobwa.
Buri gihe ni ngombwa ko buri wese agiramo uruhare.
Urutonde rw’amagambo
Amagambo:(a) Indirimbo y’igihugu.
(b) Ibendera
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
2120
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Gutandukanya ibirango by’ishuri ryabo n’iby’ayandi mashuri no gutandukanya abayobozi b’ishuri ryabo.
Intego
Ubumenyi
1. Gutandukanya abayobozi b’ishuri.
2. Gusobanura inzego z’ubuyobozi ku ishuri.
Ubumenyingiro
Gusobanura inshingano z’abayobozi ku ishuri.
Ubukesha
1. Kubaha abayobozi b’ishuri.
2. Kwiyambaza inzego z’ubuyobozi bw’ishuri igihe cyose bibaye ngombwa (gusaba uruhusa, gusaba ibikoresho, ibitabo, ingwa, kubaza amanota, gusaba gukemurirwa ikibazo.)
Ingingo zihuriweho
Uburinganire
Gushimangira ko uburinganire mu buyobozi bw’ishuri bwubahirizwa. Ibi bigamije kongera ireme ry’uburezi mu gufasha abakobwa n’abahungu gukoresha neza ubwenge n’ubushobozi n’impano, utavangura, cyangwa urwikekwe mu nzego z’ubuyobozi.
Umubare w’amasomo: 3
Umutwe wa Abayobozi n’ibirango by’ishuri
Uburere mboneragihuguImbumbanyigisho
3
2322
Urugero rw’integuro y’isomo
Itariki Ishuri Ikigisho IgiheUmubare w’abanyeshuri
14/01/2016Umwaka wa mbere
Imbonezamubano n’iyobokamana
8.00 – 8.40 za mugitondo
Aba
hung
u
Aba
kobw
a
Bos
e ha
mw
e
18 20 38
Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihuguUmutwe wa 3: Abayobozi n’ibirango by’ishuriIkigwa 2: Aboyobozi b’ishuri n’ishingano zabo
Intego yihariye y’isomo
Ndashaka ko nyuma y’iri somo, abanyeshuri baza kuba bashobora: - gutandukanya ibirango by’ishuri ryabo n’iby’ayandi mashuri.
- gutandukanya abayobozi b’ishuri ryabo no kuvuga abo ari abo.
Ibyo ndabigaragarizwa n’uko nibura ¾ by’abanyeshuri bose baza gushobora gusubiza neza imyitozo yo mu isuzuma riza kumara iminota 10.
Ubumenyi ngiro
Gusobanura inshingaro z’abayobozi ku ishuri.
Imfashanyigisho
1. Igishushanyo cyerekana ubuyobozi bwi’shuri.
2. Amafoto yerekana inyubako z’ishuri.
3. Ibikoresho nyabyo.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro.
2. Kwerekana.
3. Kwitegereza.
4. Ikoreshabwenge.
2322
Imvano
Igitabo cy’umunyeshuri paje 26.
Imigendekere y’isomo
Igihe Ibice Ibirimo IbikorwaIminota 5
ItangiriroIbisobanuro Uko kera imyigire yagendaga.
• Bwira abanyeshuri gusoma cyane iyo nkuru uko kera bigishwaga n’abandi mu gukora.
• Abanyeshuri bagomba kumenya amagambo bumva ko badasobanukiwe neza bakayacaho akarongo. Yabasobanurireuyaganisha ku ishuri n’ibidukikije n’ubuyobozi.
• Umwarimu asobanura ubuyobozi bw’ishuri icyo aricyo.
Iminota 10 Uko isomo rigendaInshingano z’ubuyobozi bw’ishuriInshingano za diregiteri w’ishuri:
• Gukurikiranaimikorerey’abarimu, abanyeshuri n’abakozi.
• Gusobanuraibikorwan’inshingano z’abarimu.
• Kumenyanibaibikoreshoby’ishuri bikoreshwa neza no kwitabwaho.
• Kwakiraababyeyin’abashyitsi ku ishuri.
• Kuganiran’abanyeshuriuruhare rw’umwarimu ku ishuri mu gukemura ibibazo byabo no gushaka ibikoresho by’ishuri nk’ibitabo, amacumbi n’ibindi.
• Kwigirahamweuruharerwa umwarimu ku banyeshuri. Koresha uburyo bw’ibibazo n’ibisubizo mu gusuzuma.
• Kwiganainshinganoz’uwungirije diregiteri.
2524
Iminota 15 UwungirijeInshingano z’uwungirije diregiteri:
• Kunganiradiregiterikuyobora ishuri
• Gukurikiranaukoabarimu bitabira kwigisha n’imyigishirize
• Gushimangiraimyifatiremyiza y’abanyeshuri
• Kwigisha.UmwarimuInshingano z’umwarimu:
• Kwigisha.• Guhuzanokwitaku
myifatire myiza mu ishuri.
Kurikirana abanyeshuri bigana ubuyobozi bw’ishuri.• Fasha abanyeshuri
Uruhare rwa diregiteri n’umwungirije kuganira uko babafasha mu myigire. Aha mu kwigana no gutuma ibyo biga babisobanukirwa neza ni ngombwa ko abanyeshuri bamenya inshingano za diregiteri. Bukanatanga ibitekerezo ku ruhare rwa umwarimu.
Iminota 10 UmwanzuroGusubiramo isomo mu gutanga incamake y’ingingo zaganiriweho. Abanyeshuri babaza no gusubiza ibibazo
• Gusura ibiro bya diregiteri kugira ngo barusheho gusobanukirwa ubuyobozi bw’ishuri n’impamvu abanyeshuri bagomba kubwubaha.
Isuzuma ryawe:
Imbaraga zakoreshejwe:
Aho byakorewe:
Inzira yakoreshejwe:
Ikigwa 1: Abayobozi b’ishuri n’inshingano zabo
Isomo rya 1 nirya 2
Reba igitabo, cy’abanyeshuri urupapuro rwa 26.
2524
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba ashobora gusobanura inshingano z’ubuyobozi bw’ishuri.
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba gutegura neza isomo, asoma kandi yandika ibyo abanyeshuri bazareberaho.
2. Umwarimu agomba gufasha abanyeshuri kugira ngo begeranye imfashanyigisho nyazo z’isomo.
3. Umwarimu kandi ashobora kwifashisha amafoto ari mu gitabo cy’umunyeshuri.
Imfashanyigisho
1. Amafoto yerekana inyubako z’ishuri.
2. Ishusho yerekana ibirango bya ngombwa by’ishuri nka baje, imyenda y’ishuri, icyivugo cy’ishuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro byerekeye ku buyobozi bw’ishuri.
2. Kwerekana uruhare rwa buri wese ku banyeshuri.
3. Gukina/kwigana uruhare rwa buri muyobozi.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(a) Mu matsinda, mushushanye ishuri ryanyu. Muvuge amazina y’umuyobozi, n’ay’umwarimu.
(b) Umwarimu ayobora abanyeshuri gutandukanya ubuyobozi bw’ishuri. Diregiteri, uwungirije diregiteri, umwarimu, umurinzi, ukora isuku, sekereteri nibyo.
bashinzwe.Ikitonderwa
Berurire ko diregiteri atagomba kuba ari umugabo kandi ko umusekereteri atagomba kuba ari umugore cyangwa umukobwa buri gihe.
(c) Ganira n’abanyeshuri uruhare rw’abayobozi ku ishuri mu gukemura ikibazo runaka no gusaba ibikoresho by’ishuri nk’ibitabo, amacaki n’ibindi.
(d) Fasha abanyeshuri mu gukina agakino kerekana uko ubuyobozi bukora nuko babwegera n’ukuntu bubafasha mu myigire. Diregiteri, umwungirije, umwarimu, sekereteri n’abandi.
2726
Isuzuma
Kurikirana umunyeshuri mu itsinda mu kwigana uruhare rw’ubuyobozi.
Ibisubizo
Igikorwa ngiro 3.1
Umwarimu asuzume ibisubizo by’abana.
Urugero rw’integuro y’isomo
Itariki Ishuri Ikigisho IgiheUmubare w’abanyeshuri
19/02/2015Umwaka wa mbere
Imbonezamubano n’iyobokamana
11.00 – 11.40 za mugitondo
Aba
hung
u
Aba
kobw
a
Bos
e ha
mw
e
18 20 38
Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihuguUmutwe wa 3: Abayobozi n’ibirango by’ishuriIkigwa: Ibirango by’ishuri
Intego yihariye y’isomo
Ndashaka ko nyuma y’iri somo, abanyeshuri baza kuba bashobora gutandukanya ibirango by’ishuri ryabo n’iby’ayandi mashuri.
Ibyo ndabigaragarizwa n’uko nibura by’abanyeshuri bagera kuri 30 baza gusubiza neza imyitozo yo mu isuzuma rimara iminota 10.
Ubumenyi ngiro
Gutandukanya abayobozi b’ishuri.
Imfashanyigisho
1. Icyapa kiriho icyivugo cy’ishuri n’indirimbo y’ishuri.
2. Urugero tw’myenda y’ishuri iriho icyivugo.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Kuririmba
2. Ibiganiro
3. Muganire ku rugero rw’icyivugo cy’ishuri.
2726
Imvano
Igitabo cy’umunyeshuri paje 29.
Imigendekere y’isomo
Igihe Ibice Ibikorwa bya umwarimu Ibikorwa by’umunyeshuri
Iminota 5 I • Bwira abanyeshuri bavuge uko ikigo cyabo cyitwa.
• Baza abanyeshuri uko witwa.
• Kuvuga ko igihugu cyacu cyitwa (izina ryacyo).
• Kuvuga amazina ya umwarimu wabo.
Iminota 2 II • Baza abanyeshuri ibindi bigo by’amashuri baba bazi.
• Ibyo bavuga byose ugende ubyandika ku kibaho ahagana hasi.
• Kurondora ibigo bindi by’amashuri biri hafi aho.
Iminota 10 III • Basobanurire uko ikigo cyabo kitwa.
• Babwire ko buri kigo kigira ibirango byacyo kandi ko n’icyabo kibifite.
• Babwire ibirango by’ishuri ryabo.
• Gutega amatwi izina ry’ikigo cyabo.
• Kwandika mu makayi ibirango by’ ikigo cyabo.
Iminota 10 IV • Barondorere ibirango by’ishuri ryabo: intego y’ishuri, icyivugo cy’ishuri, indirimbo y’ishuri, ikirango k’ishuri.
• Gusuburimo ibirango by’ishuri.
Iminota 13 V • Bereke igipapuro kiriho ibirango by’ishuri ryabo, maze babisubiremo.
• Tega amatwi uko babivuga.• Bakosore ubahe amanota.
• Kwitegereza ibirango by’ishuri byanditse ku gipapuro.
• Kubivuga kenshi.• Kubifata mu mutwe.
2928
Isuzuma ryawe:
Imbaraga zakoreshejwe:
Aho byakorewe:
Inzira yakoreshejwe:
Ikigwa 2: Ibirango by’ishuri
Isomo rya 3
Reba igitabo cy’abanyeshuri urupapuro rwa 29 – 31.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumenya gusobanura neza ibirango by’ishuri.
Gutegura isomo
(a) Umwarimu agomba kuba afite kuri CD indirimbo z’ayandi mashuri.
(b) Umwarimu agomba kwerekera neza uburyo bwo gukusanya ibikoresho nyabyo by’isomo.
(c) Umwarimu agomba kuba afite ingero z’ibirango byibura bitatu by’andi mashuri.
(d) Umwarimu ashobora no kwifashisha amafoto ari mu bitabo by’abanyeshuri.
Imfashanyigisho
(a) Icyapa kiriho icyivugo cy’ishuri n’indirimbo y’ishuri.
(b) Urugero rw’imyenda y’ishuri iriho icyivugo.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
(a) Kuririmba cyane indirimbo y’ishuri mw’ishuri.
(b) Ibiganiro.
(c) Muganire ku rugero rw’icyivugo cy’ishuri.
2928
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(i) Umwarimu ayobora abanyeshuri mu kuririmba urugero rw’indirimbo ya City Parents School akabafasha gusobanukirwa ibikubiye mu ndirimbo n’ikivugo.
(ii) Abayobora kandi mu biganiro mu matsinda ku bijyanye n’imyenda y’ishuri, ikivugo, n’intego z’ishuri. Aganira n’abanyeshuri akoresha iyo myenda y’ishuri ndetse n’ikivugo. Bitoramo umusekereteri w’itsinda uza gutanga no gusoma raporo y’ibyo baganiriyeho.
(iii) Ibi bikurikirwa n’ibibazo n’ibisubizo.
(iv) Ha umukoro abanyeshuri w’igikorwa ngiro.
Isuzuma
(i) Yoboraibiganiroby’abanyeshurimumatsinda.
(ii) Tanga amanota ushingiye ku buryo berekanye icyivugo, indirimbo n’intego by’ishuri.
(iii) Tanga ibibazo bitanditse abanyeshuri bahita basubiza mu biganiro.
(iv) Suzuma uko abanyeshuri bavuga upime imyumvire yabo.
(v) Pima ibibazo n’ibisubizo kuri CD wafasheho nk’urugero rw’indirimbo.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu
• Ifashisheabanab’abahangamukuyoboraamatsindabarimo.Ubuniuburyobwo kugira ngo batange umusanzu wabo kuri bagenzi babo bagenda buhoro buhoro ndetse no kuzamura abasigaye ngo na bo bazavemo abayobozi b’amakipe mu gihe kizaza.
• Tera akanyabugabo abanyeshuri bagenda buhoro buhoro mu kubaingirakamaro.
• Reka abanyeshuri bafite ubumuga na bo bagire ibitekerezo batanga kubyerekeranye n’indirimbo y’ikigo. Koresha uburyo bwo kubunganira.
Ibisubizo
Igikorwa cya 3.2
Umva neza uko bavuga amagambo mu gihe baririmba.
3130
Igikorwa 3.3
1. (a) Diregiteri (b) Umusekereteri/umukarani
(c) Umurinzi (d) Umwarimu
(e) Ushinzwe isuku
2. Mu matsinda abana bakore ikiganiro ku kirangantego cy’ishuri.
Ikitonderwa
Ita ku buringanire mu itsinda no mu biganiro.
Buri gihe teza imbere ubufatanye mu ishuri.
Urutonde rw’amagambo
Amagambo:(a) Umuyobozi w’ishuri (b) Uwungirije
(c) Umurinzi (d) Intego y’ishuri
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
3130
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Kurangwa n’ isuku ku mubiri no ku myambaro.
Intego
Ubumenyi
Gusobanura uburyo bunyuranye bwo kugira isuku y’umubiri.
Gusobanura akamaro k’isuku y’ibice by’ingenzi y’umubiri.
Ubumenyingiro
Gusobanura uko basukura umubiri wose n’akamaro kabyo.
Gutandukanya ibikoresho binyuranye by’isuku.
Gusukura intoki n’ibirenge.
Gukora isuku yo mu kanwa. Gukora isuku y’amaso n’amatwi.
Ubukesha
Kuba umunyesuku.
Kugaragaza isuku y’umubiri aho ari ho hose.
Ikigwa: 1. Uburyo buboneye bwo kwiyuhagira umubiri wose.
2. Isuku y’intoki n’iy’ ibirenge.
Isomo rya 1 nirya 2
Reba igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 32 – 37.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba asobanukiwe no kugira isuku y’umubiri wacu, ibirenge n’amaboko.
Umubare w’amasomo: 10
Umutwe wa Isuku y’umubiri n’imyambaro
Imibereho myizaImbumbanyigisho
4
3332
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
2. Umwarimu agomba kuzana ibesani n’isabune.
3. Umwarimu ayobora neza abanyeshuri uko begeranya ibikoresho by’isomo.
4. Umwarimu ashobora no gukoresha amafoto ari mu gitabo cy’umunyeshuri.
Imfashanyigisho
1. Amafoto.
2. Igishushanyo.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro
2. Kujya hamwe
3. Kwerekana uko dukora isuku y’umubiri, ibirenge n’intoki.
4. Gusesengura
5. Kwerekana
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(a) Baza abanyeshuri muri rusange ibijyanye n’ibintu bifite isuku n’ibifite umwanda.
(b) Fasha abanyeshuri uko bakora isuku y’umubiri n’iy’intoki.
(c) Ibiganiro mu matsinda ku isuku y’umubiri, ibirenge n’intoki bikurikirwa n’ibiganiro mu ishuri.
(d) Fasha abanyeshuri unabakurikirane mu byo berekana mu gukora isuku y’umubiri, ibirenge n’intoki.
Isuzuma
(a) Guhagararira no kuyobora ibiganiro mu matsinda.
(b) Tanga amanota ku bushobozi ku byo berekana ku cyivugo, indirimbo n’intego by’ishuri.
(c) Ibibazo bitanditse abanyeshuri bahita babisubiriza mu biganiro.
(d) Isuzuma rishingiye ku biganiro byatanzwe ku isuku y’umubiri n’ahandi.
(e) Isuzuma rya buri muntu ku isuku y’umubiri n’iy’imyenda.
3332
Ibisubizo
Umukoro ngiro 4.1
1. Amazi, isabune, igitambaro cy’amazi (isume).
2. Reba inyuguti zibuzemo.
Igikorwa 4.1
Suzuma imyumvire y’abanyeshuri iyo berekana uko bakaraba intoki.
Ikigwa: 3. Isuku y’amaso n’amatwi.
4. Isuku yo mu kanwa.
5. Akamaro k’isuku y’umubiri
Isomo rya 3-5
Reba igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 38 – 43.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba azi neza inzira n’uburyo bwo kugira isuku y’amaso, amatwi, umunwa n’akamaro kayo.
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
2. Umwarimu agomba kuzana ibesani, isabune, amazi ashyushye, uburoso n’umuti w’amenyo.
3. Umwarimu abafasha kwegeranya ibikenewe mu isomo.
4. Umwarimu ashobora no kwifashisha amafoto ari mu gitabo cy’umunyeshuri.
Imfashanyigisho
1. Amafoto
2. Ibishushanyo.
3. Udupamba
4. Amazi ashyushye
5. Igitambaro cy’amazi
6. Umuti w’amenyo
7. Uburoso bw’amenyo
3534
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro.
2. Kujya hamwe.
3. Kwerekana uko biyuhagira, ibirenge n’intoki.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
a. Baza abanyeshuri muri rusange ibintu bifite isuku n’ibifite umwanda.
b. Yobora abanyeshuri ku buryo biyuhagira n’isuku y’amaso, amatwi no mukanwa.
c. Ibiganiro mu matsinda ku buryo bwiza bwo gusukura amaso, amatwi n’umunwa. Bigakurikirwa n’ibiganiro mu ishuri.
d. Kurikirana abanyeshuri basukura amaso, amatwi n’umunwa. Koresha agapamba n’amazi y’akazuyazi mu gusukura amatwi. Shishikariza abana kutagira ikintu kindi binjiza mu matwi.
e. Ririmba indirimbo y’umugani wa Madamu Buroso n’abanyeshuri ku koza amenyo.
f. Muganire n’abanyeshuri akamaro k’isuku.
Isuzuma
1. Gukurikiranira hafi ibiganiro mu matsinda.
2. Gutanga amanota mu gihe bavuga.
3. Ibibazo bitanditse bisubizwa mu biganiro.
4. Gusuzuma mu gihe bavuga ku by’isuku y’umubiri n’ahandi hose.
5. Gusuzuma buri muntu ku isuku y’umubiri n’ iy’ imyenda.
Igikorwa 4.2
Suzuma imyumvire y’abanyeshuri mu gihe berekana uko bakaraba intoki.
Igikorwa 4.3
1. Mu matsinda, baganire ku kuntu ibi bikoresho bikoreshwa.
2. Suzuma ibisubizo by’abanyeshuri.
Igikorwa 4.4
Umwarimu afashe abanyeshuri mu kwiborosa.
3534
Ikigwa: 6. Isuku y’imyambaro isanzwe n’iy’ishuri.
7. Isuku y’imyambaro y’imbere.
8. Akamaro k’isuku y’imyambaro.
Isomo rya 5-10
Reba igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 44 – 46.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba azi uko bamesa imyenda isanzwe n’ iy’ ishuri.
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba kuba afite ibesani n’amazi2. Umwarimu abereka uko begeranya neza ibikoresho by’isomo.
3. Umwarimu kandi ashobora kwifashisha amafoto yo mu gitabo cy’umunyeshuri.
Imfashanyigisho
1. Imyambaro y’ishuri. 2. Imyenda y’imbere.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro ku mpamvu zo kumesa imyenda.
2. Kwerekana uko bamesa imyenda y’ishuri, imyenda y’imbere n’akamaro kayo.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(a) Baza mu buryo bwa rusange uko bamesa imyenda yo mu rugo n’imyenda y’ishuri.
Ibi bigizwe na:
(i) Ninde ubamesera imyenda?
(ii) Mumesa imiswaro n’imyenda yangu y’ishuri.
(iii) Cyangwa hari abayibamesera?
(b) Bereke uko bamesa imyenda.
(c) Ibiganiro mu itsinda ku buryo bwiza bwo kumesa imyenda n’imyenda y’imbere. Bikurikirwa n’ibiganiro.
(d) Gukurikirana uko abanyeshuri bamesa imyenda.
(e) Kuganira n’abanyeshuri akamaro ko kumesa imyenda.
3736
Isuzuma
1. Gukurikiranira hafi amatsinda.
2. Gutanga amanota mu biganiro.
3. Ibibazo bitanditse bisubizwa mu biganiro.
4. Gusuzuma mu gihe bavuga ku by’isuku y’umubiri n’ahandi hose.
5. Gusuzuma buri muntu isuku y’umubiri n’ iy’ imyenda.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu
• Abanyeshuribagendabuhorobuhorobashoboragukoreshaamafotocyangwase ibishushanyo kugirango babashe gusobanukirwa bihagije uko bakora isuku y’umubiri.
• Shishikarizaabanyeshurimukwerekerabagenzibaboukobogaintokindetsen’uko biborosa.
• Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutumva bashobora guhabwa inyandikozerekana uko bikorwa bakazisoma mu rwego rwo kuzivugaho no kuzisobanura byimbitse.
• Ifashisheabanyeshuribagendabuhorobuhoromugusobanukirwaibintu,mukuririmba akaririmbo kari mu bitabo byabo kitwa “ Madamu Buroso Menyo”.
Ibisubizo
Kwiyibutsa 4.1
1. (a) Amenyo
(b) Amatwi
(c) Kwiyuhagira izindi ngingo z’umubiri
(d) Kwiyuhagira izindi z’umubiri
(e) Kwihanagura, kumutsa
2. (a) NIBYO (b)NIBYO (c) SIBYO
(d) NIBYO (e) SIBYO
3. Kwerekera abanyeshuri uko bamesa. Reka abanyeshuri bite ku buryo bakoresha amezi meza bamesa.
3736
Urutonde rw’amagambo
Amagambo:(a) Amaboko (b) Umubiri (c) Ibirenge (d) Amaso
(e) Amatwi (f) Umunwa (g) Amenyo
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
Kwishimisha
Yoboraabanyeshuribishimireutwodukino.
3938
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Kurangwa n’ isuku mu rugo no ku ishuri.
Intego
Ubumenyi
1. Gusobanura uburyo bunyuranye bwo gukora isuku yo mu rugo n’akamaro kabyo.
2. Gusobanura uburyo bunyuranye bwo gukora isuku ku ishuri n’akamaro kabyo.
Umukoro ngiro
1. Gukora isuku yo mu rugo.
2. Gukora isuku yo mu ishuri no ku ishuri.
Ubukesha
1. Kurangwa n’isuku mu rugo.
2. Kugaragaza isuku aho ari ho hose.
Ikigwa: 1. Isuku yo mu rugo.
2. Akamaro k’isuku yo mu rugo
Isomo rya 1-4
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 49 – 52.
Umutwe wa
Umutwe wa Isuku yo mu rugo no ku ishuri
Inyingisho Isuku
Imibereho myizaImbumbanyigisho
5Umubare w’amasomo: 7
3938
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kugaragaza isuku mu rugo no ku ishuri.
Gutegura isomo
(a) Umwarimu agomba gutegura neza isomo, asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
(b) Umwarimu afata igikoresho, indobo n’isabuni.
(c) Umwarimu abereka uko begeranya neza ibikoresho by’isomo.
(d) Umwarimu kandi ashobora kwifashisha amafoto yo mugitabo cy’umunyeshuri.
Imfashanyigisho
Amafoto y’abantu bakoropa.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
(a) Amatsinda ya babiri babiri.
(b) Kwerekana uko bahanagura, bakoropa, babika ibitabo no kuzinga imyenda.
(c) Amatsinda ya babiri babiri bavuga ku by’isuku mu rugo n’ibikorwa byo guteza imbere isuku.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(a) Abanyeshuri mu matsinda ya babiri babiri berekana inzu isukuye n’inzu idasukuye mu mafoto ari mu gitabo cy’abanyeshuri, hagati y’aya mazu yombi.
(b) Baza abanyeshuri muri rusange iby’isuku yo mu rugo. Baza niba bajya bakora ibikorwa by’isuku; boza, bahanagura, bakoropa, bazinga imyenda, bapanga n’ibitabo, ...
(c) Ibiganiro mu matsinda ku kamaro ko gukora isuku iwabo.
(d) Fasha abanyeshuri berekane uko bakora isuku iwabo. Uko birukana umwanda bakoropa, bahanagura inkweto, boza ibyombo, batoragura imyanda, banayitwika, bakora mu gikoni, batema ibyatsi no gukubura mu rugo.
(e) Bwira abana batere igiti banakivomerere.
Isuzuma
(a) Gukurikiranira hafi amatsinda.
(b) Ibibazo bitanditse bisubizwa mu biganiro.
(d) Ryoshya ikiganiro kandi bose ubakoreshe.
4140
Ikigwa: Isuku yo ku ishuri
Isomo rya 5-7
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 53 – 57.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kugaragaza isuku mu rugo no ku ishuri.
Gutegura isomo
(i) Umwarimu agomba kuba afite ibesani n’amazi
(ii) Umwarimu afata igikoresho, indobo n’isabuni
(iii) Umwarimu abereka uko begeranya neza ibikoresho by’isomo.
(iv) Umwarimu kandi ashobora kwifashisha amafoto yo mu gitabo cy’umunyeshuri.
Imfashanyigisho
(a) Amafoto y’abakora isuku.
(b) Ibikoresho byo gukoropa, indobo n’isabune.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
(a) Ibiganiro ku kamaro ko gusukura ku ishuri.
(b) Kwerekana ingamba zafashwe zo gukora isuku ku ishuri.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(a) Tangira isomo ubaza impamvu ishuri ari ingirakamaro. Reka abanyeshuri bumve inzira n’uburyo ari ngombwa gusukura ibyumba by’amashuri babaze wumve niba bakora isuku mu byumba by’amashuri n’ishuri muri rusange.
(b) Ereka abanyeshuri hamwe ku ishuri ho gukorerwa isuku: gukoropa, kozwa, gutora imyanda, reka bajye mu matsinda baze no kubivuga.
(c) Ibiganiro mu matsinda ku kamaro ko gukora isuku ku ishuri.
Isuzuma
(a) Gukurikiranira hafi amatsinda.
(b) Ibibazo bitanditse bisubizwa mu biganiro.
(c) Ryoshya ikiganiro kandi bose ubakoreshe.
4140
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu• Genzura ko mu matsinda y’ibiganiro ibitsina byombi bihagarariwe ndetse
n’abanyeshuri bafite ubumuga butandukanye.
• Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona bahabwa igihe gihagije cyogusohoka mu ishuri mbere y’uko ikivunge cy’abandi gisohoka.
• Umushingawoguteraibitinokuvomerereraindabyonimwiza.Ikiniigikorwacyiza kizatuma ba bana b’abahanga bashobora gushyira mu bikorwa ku buryo bworoshye ibyo bazi. Shishikariza abana bagenda buhoro buhoro mu kwitabira imirimo yo kubwira abandi imbere ibyo bakoreye mu matsinda.
• Koresha ibintu nyabyo cyangwa amafoto ku banyeshuri bafite ubumugabwo mu mutwe. Urugero: umukoropesho, igitambaro, inkangara, uburoso bw’amenyo, ikirahuri cy’amazi, isabuni, n’ibindi...Niba hari ibikoresho runaka muri gukoresha, genzura niba bifite amabara agaragara neza.
Ibisubizo
Gusubiramo 5.1
1. guhanagura 2. koza 3. ingarani
4. na 5. bi – ma
Igikorwa 5.2
1. • Indobo,amazi,umukoropesho
• Isabune
• Indobo
2. Ni aya mbere kuko asa neza.
3. Reba uko bikorwa.
4342
Urutonde rw’amagambo
Amagambo:(a) Isuku mu rugo
(c) Isuku ku ishuri
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
Kwishimisha
Yoboraabanyeshuribishimireutwodukino.
4342
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Gusobanukirwa no kwirinda indwara zandura n’izitandura.
Intego
Ubumenyi
Gutandukanya Indwara zandura n’izitandura.
Ubumenyingiro
Gusobanura uburyo bwo kwirinda indwara zandura n’izitandura.
Ubukesha
Kugira ubuzima buzira umuze n’umuco wo kwirinda indwara.
Ingingo Zihuriweho
Umuco wo guhuza
Umwarimu agira inama abanyeshuri ku bijyanye n’ibinini n’imiti byemewe kandi byatanzwe na muganga. Abanyeshuri bagomba kwirinda kunywa ibinini cyangwa imiti ya magendu.
Ikigwa: 1. Indwara zandura
2. Indwara zitandura
Isomo rya 1-3
Reba mu gitabo cy’abanyeshuri urupapuro rwa 58 – 64.
Umutwe wa
Umutwe wa Indwara zandura n’izitandura
Inyigisho Indwara
Imibereho myizaImbumbanyigisho
6Umubare w’amasomo: 3
4544
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumva no kwirinda indwara zandura n’izitandura.
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba gutegura neza isomo, asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
2. Umwarimu ashobora kuvugana na muganga cyangwa umuforomo wo hafi bakaganira ku bijyanye n’ibitera indwara zandura n’izitandura, ibimenyetso n’uko bazirinda.
Imfashanyigisho1. Ibyapa byerekana indwara zandura n’izitandura.
(a) Amafoto yerekana abantu barwaye.
(b) Ifoto yerekana umuntu urwaye.
(c) Interineti yo kwerekana uko abantu barwanya indwara.
2. Sinema yerekana uko indwara zandura n’izitandura zikwirakwizwa n’uko bazirwanya.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kuganira na muganga iby’indwara.
2. Ibibazo bitanditse ku buryo indwara zandura n’izitandura, ikizitera, ibimenyetso n’uko bazirinda.
3. Amatsinda ya babiri babiri bavuga ku by’indwara.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Mwitegereze neza aya mafoto. Hagati ya Umulisa na Kazungu, ni nde ushobora guhita yandura?
Sobanurira neza abanyeshuri uko bita indwara. Koresha amafoto, ibyapa, n’ibindi.
2. Mu matsinda abanyeshuri bitegereza ayo mashusho y’izo ndwara.
3. Abanyeshuri baganira mu matsinda mato kwirinda no kurwanya izo ndwara.
4. Ereka abanyeshuri sinema babyumve neza. Umuganga mushobora kumutumira akabasobanurira neza ku buryo bufatika.
Gusobanurira no kwigisha abana bafite ubumuga
(a) Abana bafite ibibazo byo kumva, kureba, buhoro bagomba kwihanganirwa kandi bagahabwa igihe gihagije.
4544
(b) Mureke umwana nk’uwo akorakoreho kugira ngo ashobore gukoresha intoki zimufashe.
(c) Abafite ibibazo byo kumva reka na bo bicare hafi ya umwarimu. Bashobora kugenda buke buke mu byo bakora bityo bagakenera umwanya uhagije.
Isuzuma
1. Suzuma uko abanyeshuri bifata mu matsinda.
2. Tanga ibibazo bitanditse kugira ngo umenye imyumvire yabo ku ndwara zandura n’izitandura.
3. Ibyo babona kuri sinema byerekana indwara zandura n’izitandura. Ibi bizabafasha kwiga no kugira umuco wo kubaho neza ubuzima buzira umuze.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu, ku zindi ndwara zitanduraKanseri
Kanseri ni indwara ifata bantu benshi. Igira amoko menshi.Amwe ni aya:(a) Kanseri y’uruhu.
(b) Kanseri yo mu ibere.
(c) Kanseri yo mu maraso (bita lukemiya).
(d) Kanseri yo mugifu cyangwa mu nda.
Kanseri ishobora guterwa no kurya ibiryo bibi, kudakora imyitozo na bimwe duhura na byo mu bidukikije.
Trakoma
1. Akabyimba mu maso.
2. Imboni zihinduka umutuku zari umweru.
Uburyo bwo kwirinda iyo ndwara yitwa Trakoma
Ishobora kwirindwa itya:(a) Koza amaso neza kandi kabiri buri munsi.
(b) Gusukura aho abantu batuye buri gihe.
(c) Kugira umwuka uhagije mu nzu buri gihe
4746
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu• Gusobanuraibyerekeyeindwaraz’ibyorezobigombakwitabwahokuburyo
buhagije. Koresha amafoto nyayo mu kuvuga ikizitera hanyuma hitabweho gutandukanya indwara zandura n’indwara zitandura.
• Kwirinda guhimbana amazina cyangwa gukoresha amazina y’abanyeshurimu gutanga ingero z’indwara runaka cyangwa z’abigeze kwibasirwa n’ibyo byorezo.
• Gutumiraushinzweubuzimamugacerunakacyangwaumugangangoatangeibisobanuro byimbitse bizatera imbaraga abanyeshuri bagenda gahoro gahoro mu gusobanukirwa, cyo kimwe n’abinkwakuzi.
Ibisubizo
Umunyeshuri A
Igikorwa cya 6.1
Fasha abanyeshuri kumva ibimenyetso bya mbere by’ikibazo cy’ibicurane.
Umwarimu afashe abanyeshuri gusobanukirwa icyo iyo foto isobanura.
Igikorwa cya 6.2
Umwarimu asesengure ibisubizo by’abanyeshuri.
Igikorwa cya 6.3
1. Umubu
2. Tega amatwi ibisubizo by’abanyeshuri.
Urutonde rw’amagambo
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Amagambo:(a) Ibicurane (b) Igituntu (c) Asima (d) Intugunda
(e) Korera (f) Tifoyide (g) Kanseri
Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
4746
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Kurangwa n’ubupfura n’ubushishozi mu mibereho ye.
Intego
Ubumenyi
1. Kuvuga uko abantu babana n’abandi mu muryango no ku ishuri.
2. Gutandukanya uburyo bunyuranye yafashamo abandi mu rugo no ku ishuri.
3. Kugaragaza uburyo bwo gusangira no gusaranganya.
Umukoro ngiro
1. Gutanga ingero z’ukuntu abantu babana n’abandi mu mahoro.
2. Gusobanura ingaruka zo kutabana neza mu mahoro.
3. Gusobanukirwa ibyiza byo gufashanya.
4. Gutanga ingero z’ibyo ashobora gufasha (mo) abandi.
5. Gusobanura ingaruka zo kudafashanya no gukunda gufashwa.
6. Gusobanura akamaro ko gusangira no gusaranganya n’abandi n’ingaruka zo kutabikora.
Ubukesha
1. Kurangwa n’urukundo, kwiyubaha no kubaha abandi.
2. Kwishimira umuryango we.
3. Kubana n’ abandi mu mahoro mu rugo no ku ishuri.
4. Kurangwa n’umuco wo gufasha.
5. Kunga ubumwe n’abo abana na bo mu rugo no ku ishuri.
6. Kugira umuco wo gusangira no gusaranganya.
7. Gukunda gutanga, gusangira n’abandi no gusaranganya ariko
yirinda gukabya.
Umutwe wa Imibanire, imyitwarire iboneye
Imibereho myizaImbumbanyigisho
7Umubare w’amasomo: 3
4948
Ingingo Zihuriweho
Uburinganire n’amahoro
Huza ibyo wigisha ku ihohoterwa no gufatwa ku ngufu n’ibijyanye n’uburinganire n’ubwuzuzanye. Reka abanyeshuri basobanukirwe ko ari ukubura amahoro (nko muri jenocide) bishobora gutera ihohoterwa.
Ikigwa: Kubana mu mahoro mu rugo
Isomo rya 1
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 65 – 71.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba azi gusobanura akamaro ko kubaho mu mahoro no kubana neza n’abandi ku ishuri no mu ngo.
Gutegura isomo
(a) Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
(b) Umwarimu agomba kugira amafoto cyangwa ibishushanyo by’abantu babana neza mu munezero n’amahoro.
Imfashanyigisho
(i) Amafoto yerekana abantu babanye neza mu mahoro.
(ii) Ibinyamakuru bifite amafoto yerekana ibikorwa bitezwa imbere n’amahoro.
(iii) Videwo n’amashusho y’indangagaciro z’abantu bakenewe mu gufasha abatishoboye n’abari mu kaga.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
(i) Kuganira ku buryo bwo kubana mu mahoro mu rugo no ku ishuri.
(ii) Reba uko abandi babana neza mu mahoro mu ngo no kw’ishuri.
(iii) Ibibazo nyuma y’uko abantu baganira uko babana mu ngo no ku ishuri.
(iv) Abanyeshuri mu matsinda bigana cyangwa bakina uko abantu babana neza.
(v) Indirimbo zerekana amahoro.
4948
Intambwe zo kwiga no kwigisha
(a) Baza abanyeshuri uburyo babana mu ngo no ku ishuri. Abanyeshuri bavuga ibibera iwabo no hafi y’iwabo. Reka abanyeshuri bigane cyangwa bakine uko abantu babana.
(b) Gutanga ibitekerezo ku kamaro ko kubahana, gukundana, umutekano, gufashanya no kubana mu mahoro. Babiri babiri mu matsinda bakoresha ikinyamakuru berekana ibikorwa byatejwe imbere n’amahoro n’umutekano.
(c) Fasha, ereka abanyeshuri uko basobanukirwa n’indangagaciro z’urukundo, kwiyubaha, kunezerwa.
(d) Muganire n’abanyeshuri iby’ingaruka zo kutabana mu mahoro n’abandi mu ngo no ku ishuri.
(e) Abanyeshuri baririmbe indirimbo ivuga ibyo kubana neza.
Ikitonderwa
Abanyeshuri bashobora gukora itsinda ry’abantu bakareba mu ishuri abakeneye inkunga cyangwa ubufasha.
Kwigisha abana bafite ubumuga
Abana bafite ibibazo byo kumva, kureba buhoro bisaba kubihanganira. Mureke umwana nk’uwo akorakoreho kugira ngo ashobore gukoresha intoki zimufashe. Abafite ibibazo byo kumva reka na bo bicare hafi ya umwarimu. Bashobora kugenda buke buke mu byo bakora bityo bakenera umwanya uhagije.
Isuzuma
(i) Isuzuma ku birebana no kwerekana urukundo, kubaha abandi no kwiyubaha
(ii) Reba uko abanyeshuri bakira ibyo babona muri iyo sinema yerekana abatishoboye.
Shimangira uburinganire, ufashe abanyeshuri kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
5150
Urugero rw’integuro y’isomo
Itariki Ishuri Ikigisho IgiheUmubare w’abanyeshuri
15/06/2015Umwaka wa mbere
Imbonezamubano n’iyobokamana
10.00 – 10.50 za mugitondo
Aba
hung
u
Aba
kobw
a
Bos
e ha
mw
e
18 20 38
Imbumbanyigisho: Imibereho myizaUmutwe wa 7: Imibanire, imyitwarire iboneyeIkigwa: Gufashanya
Intego yihariye y’isomo
Ndashaka ko nyuma y’iri somo, abanyeshuri baza kuba bashobora gusobanura no kurangwa n’ubupfura n’ubushishozi mu gufashanya mu mibereho yabo. Ibyo ndabigaragarizwa n’uko nibura ¾ by’abanyeshuri bose baza kubasha gukora neza imyitozo ngiro yateguwe mu isuzuma ziza kumara iminota 10.
Ubumenyi ngiro
Umunyeshuri agomba kuba ashobora gusobanura inzira n’akamaro ko gufashanya mu rugo no ku ishuri.
Imfashanyigisho
1. Amafoto yerekana abantu bafashanya.
2. Videwo n’amashusho yerekana urukundo.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro
2. Kwerekana
3. Kwitegereza
4. Gusobanura
Imvano
Igitabo cy’umunyeshuri paje 71.
5150
Imigendekere y’isomo
Igihe Ibice Ibikorwa bya umwarimu
Ibikorwa by’umunyeshuri
Iminota 5 I • Baza abanyeshuri umubare w’abandi bana bava inda imwe.
• Babaze amazina yabo.
• Kuvuga ababa bava inda imwe no kubavuga amazina.
Iminota 2 II • Baza abanyeshuri niba hari imirimo bajya bakora iwabo.
• Babaze niba bajya bayirangiza.
• Babaze niba hari imirimo bajya bakora ikabananira.
• Kuvuga imirimo imwe n’imwe abanyeshuri bakora iwabo, kuvuga niba bayirangiza ndetse niba ijya ibananira bakayireka.
Iminota 10 III • Basobanurire ko ari byiza kunganirana mu mirimo.
• Babwire ko gufashanya bituma abantu bakundana kandi bakungurana inama.
• Basobanurire ibyiza byo gufashanya.
• Mutege amatwi ibyo umwarimu asobanura.
Iminota 10 IV • Muganire ku byiza byo gufashanya.
• Mufate ingamba zo kwihatira gufashanya.
• Andika ku kibaho ibyo mubonye muri make.
• Kuvuga ku byiza byo gufashanya, kubyitabira no kubisubiramo.
Iminota 13 V • Bereke igipapuro kiriho inyandiko yerekana ibyiza byo gufashanya.
• Shishikariza abana kwitabira gufashanya.
• Genzura uko abana babyakiriye.
• Kwitegereza ku ikarita urutonde rw’ibyiza byo gufashanya.
Isuzuma ryawe:
5352
Imbaraga zakoreshejwe:
Aho byakorewe:
Inzira yakoreshejwe:
Ikigwa 2: Gufashanya
Isomo rya 2
Reba mu gitabo cy’abanyeshuri urupapuro rwa 71 – 73.
Ubumenyi bw ‘isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba ashobora gusobanura inzira n’akamaro ko gufashanya mu rugo no ku ishuri.
Gutegura isomo
(a) Umwarimu agomba gutegura neza isomo, asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
(b) Umwarimu agomba kuba afite amashusho y’abantu bafashanya.
Imfashanyigisho
(a) Amafoto yerekana abantu bafashanya.
(b) Videwo n’amashusho yerekana gukunda no gukora umuganda.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
(a) Ibiganiro ku bantu bafashanya mu rugo no ku ishuri.(b) Reba uko abantu bafashanya mu rugo no ku ishuri.(c) Ibibazo nyuma yo kureba uko abantu bafashanya.
(d) Indirimbo ziherekeza ibikorwa by’umuganda.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Baza abanyeshuri uburyo abantu bafashanya mu rugo no ku ishuri. Abanyeshuri bareba ibiri ku ishuri n’inkengero zaryo.
2. Kwereka ibitekerezo ku kamaro ko gufashanya mu rugo no ku ishuri.3. Kwereka abanyeshuri inyungu zo gufashanya, gutanga ingero kubyo babonye
nyuma yo kureba videwo yo gufashanya.
5352
4. Abanyeshuri baririmbe indirimbo ijyana n’umuganda.
Kwigisha abana bafite ubumuga
Abana bafite ibibazo byo kumva, kureba buhoro bisaba kubihanganira. Mureke umwana nk’uwo akorakoreho kugira ngo ashobore gukoresha intoki zimufashe. Abafite ibibazo byo kumva reka nabo bicare hafi ya umwarimu. Bashobora kugenda buke buke mubyo bakora bityo bagakenera umwanya uhagije.
Isuzuma
1. Gusuzuma ko umunyeshuri afite umuco wo gufashanya mu rugo no ku ishuri.
2. Gusuzuma buri wese ku buryo abona imico myiza mu bantu.
3. Reba iyo myifatire kuri iyo sinema yerekana uburyo bwo gufashanya.
Ikigwa 3: Gusangira
4: Ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina
Isomo rya 3
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 74 – 75.
Ubumenyi bw ‘isomo
Nyuma y’iri somo, abanyeshuri bagomba kuba bashobora gusobanura akamaro ko gusangira. Bagomba kandi kuba bashobora gutandukanya inzira n’uburyo ihohoterwa rikorwa.
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba gutegura neza isomo, asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
2. Umwarimu agomba kuba afite amafoto cyangwa amashusho y’abantu bafashanya.
Imfashanyigisho
1. Amafoto yerekana abantu bafashanya.2. Videwo cyangwa amashusho yerekana abantu basangira.3. Isomo rya radiyo ryerekeye amahoro, gukumira ifatwa ku ngufu n’ihohoterwa.
4. Ibyapa byihaniza ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina.
5554
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Gutanga ibitekerezo ku buryo ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorwa. 2. Uko gusangira bikorwa.
3. Ibibazo bitanditse nyuma yo gusangira mu itsinda.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Tangiza isomo uganira ku buryo byiza byo gusangira.2. Ibiganiro mu matsinda ku kamaro ko gusangira. Koresha girinka n’ubudehe
nk’ingero zo gusangira. Abanyeshuri bigana cyangwa bakina gusangira amacunga mu ishuri.
3. Bavuga mu ishuri ibyo babonye. Bashobora gukoresha ibindi bintu nka: amakuru, imikino, amakarita, amatunda. Bareke berekane uko bumva niba ibyakozwe ari byiza cyangwa bibi. Bakangurire kuvuga igituma bishimye cyangwa batishimye.
4. Baganire ku ngaruka mbi zo kudasangira.
5. Umwarimu abafasha ku bijyanye n’uburyo ihohoterwa rikorwa.
Icyo umwarimu agomba kwitondera
(a) Koresha amashusho ATAGARAGAZA IFATWA KU NGUFU ariko werekane uko ihohoterwa ryirindwa.
(b) Reba uburyo wakangurira no kwigisha ukoresheje ibyapa mu kwamagana ifatwa ku ngufu, ihohoterwa ndangagitsina, ubusambanyi no gushaka cyangwa kurongorwa/ra hataragera ku bitsina byombi.
Isuzuma
1. Gusuzuma umunyeshuri yerekana umuco wo gusangira mu rugo no ku ishuri
2. Isuzuma rya buri wese ku buryo bwo kumenya imico mibi itera ihohoterwa.
3. Itegereze uko babona sinema/ibyapa/amafoto yerekana ingamba zo gukumira.
5554
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu• Koresha udukino kugirango dutere imbaraga abanyeshuri bafite ubumuga
bwo kutumva mu gukurikira neza.
• Ibibazo binyuranye cyangwa imyitozo ngiro yombi ishobora guhabwaabanyeshuri bagenda buhoro buhoro cyo kimwe n’ab’abahanga mu rwego rwo kungurana inama no gufashanya.
• Koresha intuburamashusho cyangwa amakarita n’ibipapuro binini kandibikomeye ku banyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona.
Ibisubizo
Igikorwa cya 7.1
1. Bareke mu matsinda baganire ku mico myiza ku ishuri nko gufashanya gusangira, kutiba, kwitonda, kubaha, urukundo, kwizerwa.
2 na 3. Bafashe mu matsinda ya batanu batanu bigane kwerekana uko bafashanya mu rugo.
Igikorwa cya 7.2
Abanyeshuri bashobora kuganira ku bibazo byo kutagira amahoro mu rugo. Uko kurwana, kubura ibyangombwa byi ibanze nta rukundo, nta mahoro.
Shimangira uburinganire kandi ubereke uko birinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Igikorwa cya 7.3
Bereke ko indangagaciro yo gusangira iva mu itsinda.
Imyitozo 1
1. YEGO
2. (i) utera imbere
(ii) banezerewe
Imyitozo 2
1. twiga neza
2. bibi
5756
Imyitozo 3
1. Suzuma ibisubizo by’abana
2. Kwirinda
3. Suzuma ibisubizo by’abana
Igikorwa cya 7.3
Umwarimu asuzume uko bikorwa.
Icyo umwarimu agomba kwitondera
Gukoresha amazi na y’abana mu ngero zitandukanye.
Inyungu zo kubana mu mahoro
• Gutezaimbereamahoron’ubufatanye.
• Gusangiranogusaranganyaibyobafite.
• Bitezaimberegukundaigihugu.
• Bivanamoamacakubirin’ubwikanyize.
• Bitezaimbereicyizeremubantu.
Ingaruka mbi zo kudafashanya kandi bakwiyambaje
• Bitumahatabahokwizerana
• Biteraruswa
• Bitumahabaurwicyekwe
• Abantubatakazaicyizeremuitsindaryanyu
• Abaturagebacikaintegentibitabireibikorwaby’amajyambere.
• Abaturagebataicyizerebakananirwakwitabiraimishingaibatezaimbere.
Urutonde rw’amagambo
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Amagambo:(a) Amahoro (b) Gufashanya (c) Gusaranganya
Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
5756
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Kugira no kugaragaza imyitwarire iboneye mu rugo.
Intego
Ubumenyi
Gusobanura ikinyabupfura icyo ari cyo.
Ubumenyingiro
Gusobanura imyitwarire iboneye ku bantu batandukanye n’ahantu hatandukanye.
Ubukesha
Kugaragaza ikinyabupfura (mu myitwarire, mu bikorwa no mu mvugo) aho ariho hose.
Ikigwa: 1. Ikinyabupfura mu mubana
2. Ikinyabupfura ku bashyitsi
3. Ikinyabupfura ku meza
4. Ikinyabupfura mu mvugo
Isomo rya 1-4
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 76 – 78.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, abanyeshuri bagomba kumenya kwerekana imyifatire myiza kubo mubana, kumeza, abashyitsi no mu kuganira.
Umutwe wa Ikinyabupfura
Imyitwarire iboneyeImbumbanyigisho
8Umubare w’amasomo: 8
5958
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo, asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
• Guteguraigishushanyocyerekanaukobifatakumeza.
Imfashanyigisho
Amafoto yerekana uko bifata ku meza.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Kuganirakumucow’ikinyabupfura.
• Kurebaukoabagizeumuryangobifatamurugo.
• Ibibazokuburyoabantubifatakumeza,ukobakiraabashyitsimurugon’igihebavuga.
• Gukina cyangwa kwigana ibihe abantu berekana imyifatire mibi cyangwamyiza.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Saba abanyeshuri baganire ku kinyabupfura mu rugo. Bakine cyangwa bigane ibijyanye n’ikinyabupfura mu rugo. Bereke amafoto y’abantu bifata neza nabifata nabi ku meza.
2. Bereke imyifatire myiza nka: i. Kubaha ukavuga ngo “mbabarira” iyo usaba ikintu. ii. Gushima iyo uhawe. iii. Gusangira no kutikubira.3. Vuga ku mpamvu y’ikinyabupfura iyo iwanyu haje umushyitsi. Saba abanyeshuri
baganire babiri babiri mu itsinda. Bamenye izi ndangagaciro: i. Gusuhuza abashyitsi mu cyubahiro. ii. Kwakira abashyitsi wiyoroheje. iii. Kuvuga “mbabarira” iyo hari icyo usaba umushyitsi. iv. Gushima umushyitsi iyo aguhaye impano.4. Abanyeshuri bashobora kwigana no gukina batanga ikiganiro ku ishuri.
Ibi byakorwa mu itsinda. Bafashe bahitemo icyo bavugaho. Ibi bikurikirwa n’ibibazo upima uwarushije abandi.
Kwigisha abana bafite ubumuga
Abana bafite ibibazo byo kumva, kureba, buhoro bisaba kubihanganira. Mureke umwana nk’uwo akorakoreho kugira ngo ashobore gukoresha intoke zimufashe. Abafite ibibazo byo kumva reka nabo bicare hafi y’umwarimu. Bashobora kugenda buke buke mubyo bakora bityo bagakenera umwanya uhagije.
5958
Icyo Umwarimu Agomba Kwitondera
Tinyura abana bagira isoni kujya mu matsinda no kuvuga. Ita kuburinganire no kubanyantege nke cyangwa batari abahanga.
Isuzuma
• Isuzuma ry’ikinyabupfura ni ukuryitaho. Pima uko bahindura imyifatire n’uko bigira ingaruka ku myifatire yabo. Bisuzume witonze.
• Ibibazon’ibisubizo mu itsinda ku myumvire n’imyifatire n’ikinyabupfura.
Ibisubizo
Igikorwa cya 8.1
Suzuma ingero zatanzwe n’abanyeshuri.
Ikigwa: 5. Ikinyabupfura mu nzira
6. Ikinyabupfura ahateraniye abantu benshi
Isomo rya 5-8
Reba mu gitabo cy’abanyeshuri urupapuro rwa 79 – 83.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kwerekana imico myiza ku bantu batandukanye, mu muhanda, aho abantu bateraniye no mu nama.
Gutegura isomo
1. Umwarimu agomba gutegura neza isomo, asoma kandi yandika ibyo aza kubwira abanyeshuri.
2. Gutegura igishushanyo cyerekana ibyapa by’umuhanda (bisanzwe)
3. Umwarimu ashobora gutumira umupolisi w’iby’imihanda.
Imfashanyigisho
Gutegura ibishushanyo by’umuhanda (bisanzwe).
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Kuganira ku bijyanye n’ikinyabupfura.• Kwitakumategekon’ibyapaby’umuhanda.• Kubazaumupolisiwomumuhanda.
6160
• Kwiganacyangwagukinaibijyanyen’imyifatireyomumuhanda.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Babwire baganire ku myifatire mu muhanda reba uko bigana kwambuka umuhanda, guha cyangwa kwimukira abakuru ku ntebe. Tumira umupolisi abasobanurire kandi ibi bizakurikirwe n’ibibazo n’ibisubizo.
2. Kwerekana imyifatire myiza usuhuza abakuru. Ganira ku ndangagaciro nko kubaha n’ikinyabupfura. Gushimangira ko izo ndangagaciro zivanaho uburara.
3. Baganire ku kamaro k’ikinyabupfura aho abantu bateraniye n’imbere y’abantu muri rusange.
Kwigisha abana bafite ubumuga
Abana bafite ibibazo byo kumva, kureba buhoro bisaba kubihanganira. Mureke umwana nkuwo akorakoreho kugira ngo ashobore gukoresha intoki zimufashe. Abafite ibibazo byo kumva reka na bo bicare hafi y’umwarimu. Bashobora kugenda buke buke mubyo bakora bityo bagakenera umwanya uhagije.
Isuzuma
• Isuzuma ry’ikinyabupfura ni ngombwa kuryitaho. Pima uko bahinduraimyifatire n’uko bigira ingaruka ku myifatire yabo. Bisuzume buke buke.
• Ibibazon’ibisubizomuitsindakumyumviren’imyifatiren’ikinyabupfura.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu
• Fashaabanyeshuribafiteumuvudukomukemumyumvirendetsen’ab’inkwakuzimu gusobanura no gutanga ingero z’ikinyabupfura ku meza, mu guha ikaze abashyitsi, kuvuga mu ruham.
• Shakaumwanyawogukoraibikorwarunakandetsenokujyanaabanyeshurigusura umupolisi ushinzwe umutekano wo mu muhanda kugirango abobanurire ibyerekeranye n’ibyapa byo ku mihanda ndetse n’uko ugomba kwitwara mu muhanda.
• Geragezagutumaabanyeshuribagendabuhoromugusobanukirwabashoborakwishimira igikorwa cyo kujya gusura ababasobanurira imyitwarire iboneye yo mu muhanda.
• Abana bafite ubumuga bw’ingingo z’umubiri bahabwe umwanya na bowogufata ijambo no kugira icyo bavuga. Hanyuma bagenzi babo babakomere amashyi mu rwego rwo kubereka ko rwose na bo bashoboye, cyangwa se bababwire ngo T.B
6160
Ikitonderwa
Umwarimu ashobora kuzana ibyapa niba umupolisi atabonetse. Wakoresha google kuri mudasobwa ukabona izindi mfashanyigisho ariko bijyanye n’urugero rw’umunyeshuri.
Igikorwa 8.3
1. Ikinyabupfura mu buryo bwo kwigana. Urugero:
(a) Abantu mubana mu nzu – umunyeshuri niyigane ibi:
• Gufasha.
• Kuvuga“mbabarira”iyousaba.
• Gushimaiyouhawe.
• Gusabanokutikubiraho.
• Kubahaibyabandink’ibitabon’imyenda.
(b) Abashyitsi
Kwerekana ikinyabupfura:
• Gusuhuzaabashyitsi.
• Kwakiraabashyitsimurugowicishijebugufi.
• Kuvugango“mbabarira”iyousabaikintuumushyitsi.
• Gushimaiyoumushyitsiaguhayeimpano.
2. Ikinyabupfura ku ishuri
(i) Iyo uri mu itsinda tegereza umwanya wawe ubone kuvuga. Vuga neza n’icyubahiro.
(ii) Buri gihe vuga ngo mbabarira iyo usaba inzira. Wihirikana.
(iii) Vuga “urakoze” iyo hari uguhaye ikintu.
(iv) Vuga uti mbabarira iyo hari icyo usaba umuntu.
(v) Ntukavuge nabi cyangwa ngo usebye bagenzi bawe cyangwa umwarimu kuko ibi birabateranya.
(vi) Saba imbabazi iyo ukosheje.
(vii) Suhuza umwarimu mbere yuko ugira icyo umusaba cyangwa umusuhuza mu gitondo/ ku manywa.
(viii) Gusangira aho kwikubira.
(ix) Kubaha iby’abandi nk’ibitabo, imyenda n’ibindi.
3. Erekana abanyeshuri uko basuhuza abantu nuko bavugisha ababyeyi cyangwa abarimu.
6362
Urutonde rw’amagambo
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.
Amagambo:
(a) Ikinyabupfura ku bo bana (b) Ikinyabupfura kumeza
(c) Ikinyabupfura mu muugo (d) Ikinyabupfura munzira
Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
Kwishimisha
Yoboraabanyeshuribishimireudukinotujyanyen’ikinyabupfura.
6362
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Gusobanukirwa ibyangombwa by’ibanze by’umuryango no gucunga neza umutungo w’umuryango.
Intego
Ubumenyi
1. Gutandukanya ibyangombwa by’ibanze nkenerwa mu muryango.
2. Gusobanukirwa agaciro k’amafaranga.
3. Gusobanukirwa umutungo we n’uw’umuryango we.
Ubumenyingiro
1. Gusobanura uko tubona ibyangombwa by’ibanze mu muryango
n’uburyo buboneye bwo kubicunga.
3. Gusobanura aho tuvana amafaranga n’uburyo bwo kuyakoresha neza.
4. Gusobanura ibigize umutungo we n’uw’umuryango we.
Ubukesha
1. Gucunga neza umutungo w’umuryango.
2. Kwirinda gusesagura.
3. Kuzigama.
4. Gukoresha neza amafaranga.
5. Gukoresha no gucunga neza umutungo we n’uw’umuryango.
Ingingo zihuriweho
Imikoreshereze y’imari
Abana bagomba gusobanukirwa n’iby’umutungo bakiri bato. Abarimu bagomba gushimangira, kuzigama, gucunga umutungo no gufata ibyemezo nyabyo birebena n’amafaranga no kuyakoresha neza mu kubona ibyangombwa by’ibanze.
Umutwe wa Umutungo w’umuryango
UbukunguImbumbanyigisho
9Umubare w’amasomo: 4
6564
Ikigwa: 1. Ibyangombwa nkenerwa mu muryango
2. Amafaranga
Isomo rya 1-2
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 84 – 90.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumva no gusobanukirwa ibyangombwa by’ibanze n’agaciro k’amafaranga.
Gutegura isomo
• Umwarimuagombakubaafiteibesanin’amazi.
• Umwarimuagombakubaafiteigishushanyocy’ibyangombwaby’ibanze.
Imfashanyigisho
• Amafaranga.
• Amafotocyangwaigishushanyoy’ibyibanze.
Igishushanyo cyerekana aho amafaranga yakirwa n’umutungo w’umuryango.
Sinema cyangwa interineti yerekana ingero z’umutungo w’umuryango.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Ibiganirokuburyobwokubonaibyangombwaby’ibanzemurugo.Abanyeshuribakoresha ibishushanyo biri mu bikabo byabi.
• Rebaukoabanyeshuribabonaimikoresherezey’amafaranga.
• Kwiganacyangwakubikina.
• Gukinaagakino.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Baza abanyeshuri uko ibyangombwa byibanze bigerwaho.
2. Mukine agakino kerekana uko mubona ibyangombwa by’ibanze mu muryango.
3. Baganire ku myanzuro ifatirwa mu rugo ibigomba kurutishwa ibindi.
4. Reka babyigane nuko babyitaho.
5. Bagomba kuba babimenyereye nibyo aribyo.
6. Bavuge uko bazigama, gukoresha amafaranga mu muryango bigenda. Ifashishe igikorwa 9.2.
6564
7. Bashobora gukoresha amafaranga umwarimu yabahaye babiri babiri bakavuga uko bayakoresha.
8. Babwire ukuntu ari ngombwa kwizerwa mu kubona no kuzigama amafaranga.
9. Abanyeshuri bafashijwe na umwarimu bazakore agasanduku ko kubikamo amafaranga.
Ikitonderwa
Kwigana bifata igice gito cy’isomo kuko kigamije gushimangira imyumvire n’ubumenyi bw’isomo.
Batangira mu matsinda bashyiraho uburyo bazigama iwabo mu gihe runaka, no gufata bamwe bagakurikirana uko bikorwa. Bashobora guhabwa amafaranga n’ababyeyi, bakuru babo, benewabo ariko ATARI ABANDI cyangwa ayo bibye.
Isuzuma
Gusuzuma ikoreshwa ry’amafaranga mu kuzigama ayo bahawe n’ababyeyi. Bashobora gutanga raporo kubabakuriye mw’itsinda uko bazigamye nicyo bifuza kuyakoresha mu gihe runaka.
Ibisubizo
Igikorwa cya 9.1
Umwarimu abafashe gukina agakino k’uburyo babona ibyangombwa by’ibanze.
Igikorwa cya 9.2
Umwarimu azafasha abana gusobananukirwa ibyo gukoresha amafaranga.
Ikigwa cya 3: Imicungire inoze y’umutungo bwite w’umunyeshuri
n’uw’umuryango
Isomo rya 3-4
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 92 – 96.
6766
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba azi neza gucunga umutungo we neza n’uw’umuryango.
Gutegura isomo
Umwarimu agomba kuba afite ibesani n’amazi.
Imfashanyigisho
Amafoto n’ibishushanyo by’ibintu umunyeshuri agomba kugira nk’ibitabo, ikaramu, umufuka w’ishuri n’ibindi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Kuganira.
• Kureba.
• Kujyamumatsinda.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Baza umunyeshuri ibigize umutungo we bwite. Babaze imitungo ya Mugisha na Kaliza.
2. Bagomba kuvuga umutungo umuryango wabo ufite mubyo umwarimu yaberetse ku gishushanyo.
3. Basobanurire neza uko bacunga umutungo wabo bwite.
4. Babaze ibibazo na bo bagusubize.
Isuzuma
Isuzuma ku myumvire yabo ku gucunga neza umutungo no kubibika.
Ubumenyi bw’ibanze bugenewe umwarimu
• Kwifashishaigikorwacyokwizigamank’uburyobwizabwokwiteganyirizakubanyeshuri b’abanebwe bikazabatera umuhate wo kubyitoza no kubikora.
• Abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona neza bakagombye guhabwaibikoresho nyirizina cyangwa se amafoto kugirango bibafashe gusobanukirwa ibyerekeye kwizigama no kwicungira umutungo.
• Genzura niba abana bafite ubumuga bwo mu mutwe basohotse mu ishurinta ngorane bahuye nazo, bahabwe n’ubufasha runaka bwo gusohoka mbere y’uko amasomo arangira.
6766
• Ibikorwankogusigaamabaraibishushanyorunakabishimishacyaneabanabafite ingorane zo gusobanukirwa vuba vuba, cyo kimwe n’abana bafite ubumuga.
Ibisubizo
Igikorwa cya 9.3
1. Abanyeshuri bashushanye mu makayi yabo.
2. (a) ubururu
(b) umutuku
(c) icyatsi
(d) umuhondo
3. Abana basige amabara bashaka.
Igikorwa cya 9.4
Abanyeshuri bavuge ukuntu bakwita ku mutungo w’umuryango.
Urutonde rw’amagambo
Andika interuro ukoresheje amagambo akurikira:• Amafaranga • Kwambara•Umutungobwite
• Icumbi • Ibiryo
6968
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Gusobanukirwa ibyangombwa by’ibanze by’umuryango no gucunga neza umutungo w’umuryango.
Intego
Ubumenyi
1. Gutandukanya amerekezo.
2. Gusobanukirwa n’ibintu biboneka mu nzira ijya ku ishuri.
3. Gusobanukirwa imiterere y’ishuri rye.
4. Gusobanukirwa n’ibikikije urugo rwabo.
5. Gusobanukirwa n’ibikikije ishuri ryabo.
6. Kurondora abagize umuryango.
Ubumenyingiro
1. Kugaragaza amerekezo akurikije aho we ari.
2. Gutandukanya ibintu biboneka mu nzira ijya ku ishuri.
3. Kuranga ishuri rye.
4. Gutandukanya ibikikije urugo rwabo no gusobanura akamaro kabyo.
5. Gutandukanya ibikikije ishuri ryabo no gusobanura akamaro kabyo.
6. Kubara neza abagize umuryango.
Ubukesha
1. Kubasha kwiyobora no kuyobora abandi.2. Kurangwa n’ imyitwarire myiza mu nzira ijya ku ishuri.3. Kwirinda ibyago n’impanuka mu nzira ijya ku ishuri.4. Kuvuga ibyamubangamiye muri iyo nzira.
5. Gusobanurira abandi imiterere y’ishuri rye.
Umutwe wa Ibidukikije
Ubemenyi bw’isiImbumbanyigisho
10Umubare w’amasomo: 19
6968
6. Kuranga aho ikintu giherereye n’uko giteye.
7. Kubungabunga ibidukikije biboneka hafi y’urugo rwabo.
8. Kubungabunga ibikikije ishuri.
9. Kubasha kwiyakira mu mubare w’abagize umuryango.
Ingingo Zihuriweho
Kwita ku bidukikije
Abanyeshuri bagomba gukangurirwa gutera ibiti mu kubungabunga ibidukikije. Mu kujya gusura no kureba ibidukikije mu gihe cy’umuganda ni byiza ko abana babigiremo uruhare kuko bibafasha no kumenya ibijyanye n’imihindagurikire y’ikirere.
Ikigwa: Amerekezo akoreshwa mu kuranga ikintu n’ ahantu
Isomo rya 1-5
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro wa 98 – 100.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba azi gutandukanya ibyerekezo by’ahantu.
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
• Umwarimuateguraigishushanyo.
Imfashanyigisho
Ibishushanyo byerekana icyerekezo cy’ahantu
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Kuganira icyerekezo cy’ibintu bitandukanye biboneka ku ishuri.
2. Kureba neza inyubako nini ku ishuri.
3. Umumaro wo gukina.
4. Uburyo bw’ibibazo n’ibisubizo.
7170
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Baza abanyeshuri bareke banavuge ibyo babona ku ishuri. Andika ibyo bavuze.
2. Koresha kompasi utangire isomo. Barakina ibyerekeye n’icyerekezo. Urugero ikibuga cy’umupira, biro bya diregiteri umusarane.
3. Bereke uko bakoresha kompasi. Bareke bayikoreshe aranga aho ishuri ryabo rihererereye.
4. Umwarimu ajyane abanyeshuri hanze bakore umwitozo k’igikorwa 10.2
Isuzuma
Isuzuma rya buri wese ku bumenyi afite mu kumenya icyerekezo cy’ahantu no kuyobora abandi.
Igikorwa cya 10.1
Ereka abanyeshuri uko bakora idira. Gusuzumwa.
Igikorwa cya 10.2
(a) Iburasirazuba (b) Iburengerazuba
(c) Amajyepfo (d) Amajyaruguru
Ikigwa cya 2: Inzira ijya ku ishuri
3: Inshuri ryacu
Isomo rya 5-10
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 100 – 107.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumenya ibintu biboneka ku ishuri.
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
• Guteguraigishushanyocyerekaibyizan’ibibibibonekamunziraijyakuishuri.
Imfashanyigisho
• Amafotoy’ibyoumunyeshuriyagira,igitabo,ikaramu,umufukan’ibindi.
7170
• Amafotoy’ishuriryacu.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Muganirekubintubibonekamunziraijyakuishuri.
• Kureba.
• Amatsinda.
• Kujyaahobiri.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Kubaza abanyeshuri ibintu babona baza ku ishuri bakoreshe ifoto yerekana aho ishuri Amahoro riherereye.
2. Berekana ibyiza n’ibibi babona nuko birinda ibibi.
3. Abana bashanye ibintu bibiri bajya babona batashye.
4. Abanyeshuri baganire ibintu biboneka hafi y’ishuri.
Isuzuma
1. Mugihe ubayobora ubajyanye mu bidukikije witondere icyo bahura nacyo mu nzira ari kibi bakirinde.
2. Tanga amanota ushingiye kubavuze neza ibyo babonye mu muganda.
Ubumenyi bw’ibanze bugenewe umwarimu
• Umwitozongiro10.1ugombaguhabwaabanyeshurib’abahanga.Shishikarizaabanyeshuri bafite ubumuga bw’umubiri kimwe n’abanyeshuri bagenda buhoro mu gusobanukirwa, kwitabira igikorwa cyo gukora akarangamerekezo mu duti n’udupapuro.
• Abanyeshuribagendabuhorobuhoromumyumvirebobahabwaimyitozoyokuzuza tabulo runaka, iyo gushushanya utuntu, iy’imbonerahamwe, cyangwa se iyo gukoresha amakarita n’ibipapuro biriho amabara atandukanye.
Ibisubizo
Imyitozo 1
1. Umwarimu agenzure ibisubizo by’abana.
2. Umwarimu arebe uko basize ibyo bashushanyije.
7372
Umwimenyerezo
Tanga umwanya ku bana babiri bavuge inkuru bumvise cyangwa babonye ku nyamaswa baje ku ishuri.
Imyitozo 2
Reba ibisubizo by’abanyeshuri kubyakozwe mu matsinda cyangwa kuri buri muntu.
Ikigwa: Ibikikije urugo
Isomo rya 10-15
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 108 – 109.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumenya ibintu biboneka ku ishuri.
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
Imfashanyigisho
• Amafotocyangwa igishushanyocy’umunyeshuriyerekana inyubakon’ibindibikikije ishuri.
• Koreshamudasobwabareben’ibindibihanitse.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Muganirekubintubibonekamunziraijyakuishuri
• Kureba
• Amatsinda
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Bwira abana bavuge inyubako zigaragara ku ishuri.
2. Reka bavuge impamvu izo nyubako ari ngombwa ku ishuri.
3. Fata urugero rw’ishuri ribanza rya Rwamagana riri mu gitabo avuge izo nyubako.
4. Abanyeshuri bavuge cyane inyubako babona.
7372
Isuzuma
Aho inyubako zavuzwe ziri hagomba gukorerwa isuzuma. Umwarimu akurikirana isuku cyane cyane mu gihe bahasukura.
Ikigwa: 1. Ibikikije ishuri
2. Abaturage
Isomo rya 15-19
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 110 – 113.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumenya ibikikije iwabo nuko babibungabunga.
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumenya kubara abagize umuryango we.
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
• Igishushanyocyerekanaabagizeumuryango.
Imfashanyigisho
• Amafoton’ibishushanyoby’ibintubikikijeinzuzacu
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Muganirekubintubibonekamunziraijyakuishuri
• Kureba
• Amatsinda
• Indirimbo
• Ibibazon’ibisubizo
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Saba abanyeshuri bavuga ibintu byangombwa bibakikije iwabo.
2. Bakavuga uko byabungwabungwa.
3. Reba ingo zikikije ishuri. Bashobora kuririmba indirimbo isingiza inzu yabo.
4. Koresha ikibazo mu matsinda upime uko bemerwa mu muryango.
5. Bafashe kuvuga abagize umuryango.
6. Abanyeshuri butegereze ifoto y’umuryango bavuge umubare w’abawugize.
7574
Igikorwa cya 10.3
Reba ibisubizo abanyeshuri batanga. Bafashe neza.
Umukoro ngiro 10.4, 10.5 na 10.6
Reba ibisubizo abanyeshuri batanga. Bafashe neza.
Imyotozo 2 na 3
Koresha ibisubizo kuyobora abanyeshuri.
Urutonde rw’amagambo
Amagambo:(a) Amerekezo. (b) Ibintu byinjira.
(c) Umuryango mugari. (d) Abaturage.
(e) Muryango umwe
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
7574
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Imbumbe y’ubushobozi bugamijwe
Gukoresha neza umuhanda n’ibikoresho by’itumanaho.
Intego
Ubumenyi
• Gutandukanyaamokoy’imihandan’abayikoresha.
• Gutandukanyauburyobunyuranye(bworoheje)bw’itumanaho.
Ubumenyingiro
• Gusobanuraakamarok’imihanda,uburyobuboneyebwokuyikoresha.
• Gusobanuraibikoreshobinyuranyeby’itumanahon’akamarokabyo.
Ubukesha
1. Kugaragaza imyitwarire iboneye mu muhanda.
2. Kugira imyitwarire iboneye ku bikoresho by’itumanaho.
3. Gukoresha neza itumanaho.
Ikigwa: Umuhanda
Isomo rya 1-2
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 114 – 121.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba azi gutandukanya amoko y’imihanda.
Umutwe wa Ubwikorezi n’itumanaho
Ubumenyi bw’isiImbumbanyigisho
11Umubare w’amasomo: 4
7776
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
• Umwarimuateguraigishushanyocy’amokoy’imihandaatandukanye.
Imfashanyigisho
• Igishushanyocyerekanaamokoy’imihanda.
• Amafotoy’ibyapaby’imihanda.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro kuburyo bakoresha umuhanda.
2. Kureba neza ibyapa by’umuhanda.
3. Ibibazo n’ibisubizo ku moko y’imihanda.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Umwarimu abaza abanyeshuri niba bazi amoko y’imihanda inyuranye.
2. Bakoreshe amafoto ari mu gitabo kugirango bayitandukanye, n’akamaro kayo.
3. Abanyeshuri bavuge abakoresha imihanda.
4. Umwarimu atumire ushinzwe umutekano wo mu mihanda abasobanurire uko ikoreshwa.
Isuzuma
1. Gusuzuma buri wese ku bijyanye n’icyerekezo iwabo no kwerekeza abandi.
2. Gukurikirana abanyeshuri mu biganiro mu matsinda.
3. Isuzuma ryigisha ku myumvire y’ikoreshwa ry’imihanda.
Imyitozo 1
(a) Inzira (b) Kaburimbo (c) Amabuye
Ikigwa: Itumanaho
Isomo rya 3-4
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 121 – 124.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kumenya gusobanura itandukanirizo n’imikoreshereze y’itumanaho.
7776
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
• Umwarimuateguraigishushanyocy’inziraz’itumanaho.
Imfashanyigisho
1. Mudasobwa.
2. Telefone igendanwa.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
• Kuganirakubikoreshon’uburyobw’itumanaho.
• Kwitakuburyobutandukanyebw’itumanaho
• Ibibazon’ibisubizomumatsinda.
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Umwarimu azane imfashanyigisho azereke abana.
2. Abaze abana ibyo bakoresha iwabo.
3. Hanyuma ababaze izo bakunda gukoresha.
4. Kuganirira mu matsinda, akamaro k’itume.
5. Abanyeshuri bakore imyitozo itandukanye.
Isuzuma
• Gukurikiranaibiganiroby’amatsinda.Ibibazon’ibisubizoahoaringombwa
• Isuzuma ryigisha ku myumvire y’abanyeshuri ku bijyanye n’ikoreshwary’imihanda.
Umukoro ngiro 11.1
Reka abanyeshuri bakore amakarita azabafasha kuzuza inyuguti zibura.
Umukoro ngiro 11.2
Reba ibisubizo by’abanyeshuri.
Umukoro ngiro 11.3
1. Reba amatara y’umuhanda ashushanyije. Bafashe
2. Bigane imihanda, bakoreshe imodoka n’abantu bagenda. Berekane amatara y’umuhanda, bibaze abanyamaguru bambuka, bibaze ko batwaye imodoka. Bafashe babiryoshye.
7978
Ubumenyi bw’ibanze bugenewe umwarimu
• Koresha ibikoresho nyirizina nka mudasobwa igendanwa , radiyo yomuri telefoni igendanwa, televiziyo, n’ibindi...mu kwigisha ibyerekeranye n’ikoranabuhanga mu itumanaho. Emerera abanyeshuri gukorakora kuri ibyo bikoresho ndetse no kwerekana imikoreshereze yabyo. Shishikariza abanyeshuri bafite umuvuduko muto mu gusobanukirwa mu kwitabira agakino ko kubazanya ibibazo no guhana ibisubizo.
• Abana bafite ubumuga bwo kutareba neza bashobora gufashwa nokwerekerwa na bagenzi babo bareba neza, mu isomo ryo gushushanya no gusiga amabara.
• Mwakwifashisha umupolisi ushinzwe umutekano mu mihanda uri hafi mugusura umuhanda no kwiga ibyerekeye imyitwarire iboneye ku mihanda.
Igikorwa cya 11.4
Reba ibisubizo by’abanyeshuri. Hanyuma anangezure uko bikorwa.
Igikorwa cya 11.5
1. Bereke ko ibibyuma bya elegitoronike bikoreshwa kimwe hose. urugero simukadi,SHARIJERI,IBUYEcyangwaBATERI.
2. Umwarimu afashe abanyeshuri kuganira.
3. Telefone ngendanwa
4. Mudasobwa
5. Televiziyo
Urutonde rw’amagambo
Amagambo:(a) Umuhanda (b) Telefoni (c) Radiyo (d) Itumanaho
(e) Ibarwa (f) Mudasobwa (g) Televisyo (h) Ubwikorezi
Umwarimu ayobore abanyeshuri mu gukora interuro yifashishije amagambo akurikira.Reka abanyeshuri bakore imyitozo yo gusoma baranguruye.
7978
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Gusobanura amasano y’abagize umuryango we n’amateka y’ingenzi yawuranze.
Intego
Ubumenyi
Kurondora ibyaranze umuryango we.
Ubumenyingiro
Kuvuga amateka yaranze umuryango we kugeza kuri sogokuru na nyogokuru.
Ubukesha
1. Kubaha abagize umuryango, kubishimira no kubana nabo neza.
2. Kunezezwa n’ibyaranze umuryango we.
3. Kwigana intwari zo mu muryango we.
Urugero rw’integuro y’isomo
Itariki Ishuri Ikigisho IgiheUmubare w’abanyeshuri
15/06/2015Umwaka wa mbere
Imbonezamubano n’iyobokamana
10.00 – 10.50 za mugitondo
Aba
hung
u
Aba
kobw
a
Bos
e ha
mw
e
18 20 38
Umutwe wa Amateka y’ingenzi yaranze umuryango
Ubumenyi bw’isiImbumbanyigisho
12Umubare w’amasomo: 4
8180
Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi
Umutwe wa 12: Amateka y’ingenzi yaranze umuryango
Ikigwa: Amateka y’umuryango
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe
Kuvuga no kwerekana amateka yaranze umuryango we.
Ubumenyi ngiro
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba ashobora gusobanura amateka yaranze umuryango we.
Imfashanyigisho
Igishushanyo cyerekana ibisekuru by’umuryango
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro
2. Ubushakashatsi cyangwa gukemura ibibazo
3. Ibyo wabonye ku gishushanyo cyangwa amateka y’umuryango
Imvano
Igitabo cy’umunyeshuri paje 125-126.
Imigendekere y’isomo
Isuzuma ryawe:
Imbaraga zakoreshejwe:
Aho byakorewe:
Inzira yakoreshejwe:
8180
Isomo rya 4
Reba mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 125 – 126.
Ubumenyi bw’isomo
Nyuma y’iri somo, umunyeshuri agomba kuba azi amateka y’umuryango we.
Gutegura isomo
• Umwarimu agomba gutegura neza isomo asoma kandi yandika ibyo azakubwira abanyeshuri.
Imfashanyigisho
Igishushanyo
Uburyo bwo kwiga no kwigisha
1. Ibiganiro
2. Ubushakashatsi cyangwa gukemura ikibazo
3. Ibyo ubonye ku gishushanyo cyangwa amateka y’umuryango
Intambwe zo kwiga no kwigisha
1. Abanyeshuri bakore ubushakashatsi y’inkomoko yabo.
2. Babibwire abandi.
3. Hakurikireho ibibazo n’ibisubizo.
4. Kuganira ku mateka yabo nuwatanze ikiganiro (ukuze).
5. Umwarimu ashake umusaza hafi aho, aze abatekerereke inkuru za kera.
Isuzuma
• Hagararira ibiganiro mu matsinda.
• Isuzuma ku byimikoreshereze y’imihanda.
• Isuzuma ku bisubizo n’amasomo n’inkomoko y’abagize umuryango.
Igikorwa cya 12.1
1. Umwarimu agenzure neza ibisubizo by’abanyeshuri.
2. Umwarimu asuzume ko abana bose bitabiriye ibiganiro.
IGICE CYA KABIRII. IYOBOKAMANA RYA
GIKIRISTU
i
Intangiriro
Iyi ni integanyanyigisho nshya y’isomo ry’Inyigisho y’Iyobokamana ya Gikirisitu, mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza, igitabo cy’umwarimu. Iyi nyoboramasomo ya umwarimu yakozwe Kugira ngo ifashe umwarimu gusobanukirwa bihagije ubushobozi umwana agomba kuyikuramo. Iki gitabo cy’inyigisho y’Iyobokamana ya Gikirisitu, umwaka wa mbere w’amashuri abanza, cyerekana ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe, intego nyamukuru yayo ikubiyemo ubumenyi, ubumenyingiro n’ubukesha. Umwarimu azakoresha ikinyarwanda nk’ururimi rwo kuyigishamo. Iyi nteganyanyigisho iha abana ubushobozi, buzagaragazwa n’amanota abanyeshuri bazabona mu mabazwa atandukanye ayiherekeje. Ubwo bushobozi ni inyungu umwana azasarura muri iyi nyigisho.
Isomo ry’Iyobokamana ya Gikirisitu rije kunganira andi, ayari asanzwe atangwa ndetse no kuzamura ireme ry’uburezi buhabwa umunyeshuri bityo abashe kugira imyitwarire iboneye, asobanukirwe bihagije n’Imana, yubaka ubumuntu nyabwo hagati ye n’ibimukikije, asobanukirwa bihagije akamaro k’indangagaciro, imico n’ubunararibonye bw’ubuzima.
IgisobanuroInteganyanyigisho nshya ishingiye ku bushobozi yakozwe ngo haboneke indangagaciro, ubumenyingiro n’ubushobozi binyuranye n’iya kera yashingiraga ku masomo no ku bwenge gusa. Ni ukuvuga ko iha abanyeshuri ibyo gukora ndetse n’imyitozo byose bishingira ku bumenyi baba bavanye mu byo bize mu ishuri.
Integanyanyigisho ya kera ni yo yahinduwemo iyi nshya. Impamvu kwari ukwimura uburyo bwari bushaje bwayifataga nk’ishingiro ry’ubumenyi ihindurwa ku bushobozi bushingira ku nteganyanyisho. Indi ntego y’ibanze yari uguha agaciro uburere bw’abana bahabwa ubushobozi ngiro. Iyi nteganyanyigisho ikaba izabafasha kunguka indangagaciro zibereye ndetse n’izo kubaha uburenganzira bwa kiremwa muntu, hatirengagijwe n’iz’umuco nyarwand. Iri vugururwa ryashingiye ku bitekerezo byatanzwe n’abarimu ubwabo, ndetse no ku bushakashatsi bwakozwe.
Ibyo umunyeshuri akora bigira uruhare nyamukuru ku muri iyi nteganyanyigisho ishingiweho ubushobozi.
Intego zihariye zo kwigisha Ubumenyi bw’Iyobokamana rya Gikirisitu 1. Izatuma umunyeshuri agira imyitwarire myiza ya buri munsi. 2. Izamwibutsa agaciro ke ugereranyije n’ibindi biremwa by’Imana, ni yo
mpamvu agomba kuyikunda, agakunda na bagenzi be ndetse agakunda n’ikiremwamuntu muri rusange. Muri urwo rwego, iri somo rikazaha umwana umutima w’ikinyabupfura bikazagaragarira mu myitwarire agaragaza.
ii
3. Izarema umwana witwara neza, ufite ubupfura n’urukundo bizashimangirwa n’ukwemera ndetse n’indangagaciro nyarwanda agaragaza.
4. Izaha umwana amakuru nyayo azamufasha gutegura ubuzima bw’iteka mu ijuru.
5. Izafasha umwana kwisubiriza ibibazo bito bito by’ibanze birebana n’imyitwarire, ukwemera, indangagaciro, umuco, iby’ukuri cyangwa ibitari ukuri.
Inyungu rusange z’inyigishoUmunyeshuri azaba ashobora:1. Gusobanura agaciro ke, agaciro k’ibindi biremwa no kwita ku bidukikije. 2. Gusobanura impamvu Imana yakijije umuntu n’uko Imana yagaragaje
urukundo rwayo mu bantu. 3. Kwitwararika ku nshingano Imana yahaye umuntu ku isi, guharanira icyiza
kurushaho no kwirinda ikibi aho kiva kikagera.4. Gukora ibikorwa bimwe na bimwe bitanga amahoro y’umutima. 5. Iyi nteganyanyigisho nshya izibanda ku ndangagaciro nyarwanda, ku
bidukikije, ku buringanire bw’ibitsina, ku burenganzira bw’umwana n’ubw’ikiremwa muntu, ku gukunda igihugu, ku mahoro no ku kwihesha agaciro.
Ubushobozi1. Kubaha Imana nk’Umuremyi, kubaha ibyo yaremye no kwirinda icyaha.2. Umunyeshuri azaba ashobora gusenga Imana akoresheje amasengesho
y’ibanze hamwe n’ayo yihimbiye ubwe. 3. Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura imico n’imyitwarire y’abemeye
Imana baboneka muri Bibiliya. 4. Umunyeshuri azashobora kuririmba ndetse no gukina utundi dukino twubaka
amahoro y’imitima.
Uburyo bwo kwigishamoIbyerekeye tekiniki yo kwigishaMuri iyi nteganyanyigisho ishigirwaho ubushobozi mu Nyigisho z’Iyobokamana, uburyo bwo kunganirana no gufashanya mu myigishirize bwitaweho cyane. Ubwo buryo bwo gufashanya no kunganirana butuma abanyeshuri bagira uruhare mu myigire yabo haba bari mu matsinda cyangwa ku giti cyabo.
Ubu buryo bushyira umwana ku izingiro ry’imyigire, bwitabaza ibikorwa bitandukanye, ariko ntabwo bugarukira gusa kuri ibi bikurikira:
• Imirimo ya buri wese, ya babiri babiri cyangwa yo mu matsinda.
• Gutembera
• Ibibazo byandikwa cyangwa byo mu mutwe.
• Ibazwa
iii
• Ibiganiro • Ubusesenguzi
• Kujya impaka • Gukemura ibibazo
• Udukino • Imbwirwaruhame
• Kwerekana imbere • Ibizamini
• Ubushakashatsi • Kwigana
• Kwitegereza • Kubara inkuru
• Ubucukumbuzi • Imirimo y’amaboko
• Imikoro • Iby’ubuzima busanzwe
Umwarimu akaba asabwa kwihamiriza niba abanyeshuri bagomba ubufasha bwihariye, na bo bakurikira koko mu masomo asanzwe, cyangwa mu myitozo y’isuzuma bahabwa.
Impamvu zikomatanyaImpamvu zikomatanya na zo ntizibagiranye mu mitwe yose. Yewe n’uburinganire bw’ibitsina byombi na bwo bwagaragayemo. Ibigendanye n’igitsina gabo cyangwa igitsina gore byose byitaweho. Ibyerekeye kubungabunga ibidukikije na byo byinjijwe mu bintu bizigwa muri buri mutwe. Ubutumwa bw’amahoro n’ubwiyunge na bwo bwashyizwemo. Urebye izi ngingo zikomatanya ni ibanze ku myitwarire no ku ndangagaciro. Umwarimu agomba kwihamiriza ko abana biyumvamo izo ngingo ndetse no kwicengezamo indangagaciro nziza kuri bo.
Kwita ku bana bafite ubumugaNk’umwarimu, ugomba kumenya abanyeshuri wigisha abo ari bo, hari igihe haba harimo bamwe bafite ingorane zitandukanye mu myigire. Muri abo bana twavuga:(i) Abana bafite ubumuga bwo ku mubiri. Hari abana bashobora kuba bafite
ubumuga mu ngizo z’umubiri. Muri bo twavuga nk’abafite ingorane mu kuvuga, mu kwiga, mu kugenda, mu guhagarara cyangwa mu kumva.
(ii) Abana bafite ubumuga mu mutwe. Iki cyiciro ni icy’abana bafite uburwayi bwo mu mutwe. Aba baba biga gahoro gahoro, kandi bibagirwa vuba. Baba bafite ubukerererwe mu mutwe.
(iii) Abana bafite ingorane zo kubona. Iki cyiciro ni icy’abana bafite ibibazo mu mirebere yabo. Urugero: nk’abatabona ibiri kure, cyangwa abatabona ibiri hafi.
(iv) Abana b’abahanga koko. Iki cyiciro cyo kigizwe n’abana babona ibyo biga mu ishuri nk’ibintu byoroshye ndetse bagacika intege ku buryo bworoshye cyane.
Uburyo wakwitaho abanyeshuri bafite ingorane mu myigire yabo(i) Kwirinda kubafata nk’abana badafatitse. Ingero: gukoresha ingero zibatesha
agaciro cyangwa kubaha uturimo twa ntatwo mu dukino na bagenzi babo.
iv
(ii) Kubemerera bakagira uruhare mu bikorwa by’imyitozo bashobora gushobora mu rwego rwo Kugira ngo babashe kwiyubakamo ubushobozi na bo. Urugero: nko kuririma.
(iii) Abana babona ibintu biri hafi bashobora kwicara imbere naho abareba ibiri kure bakicara inyuma cyangwa ku ruhande babona neza ku kibaho.
(iv) Kwigisha abanyeshuri bafite ubumuga bigomba gukorwa mu matsinda, kandi bakayakora bakurije ubushobozi bagiye bahuriyeho.
(v) Kutemerera abandi bana kubahimba amazina cyangwa kubafata nk’abatuzuye.
(vi) Gushishikariza abana babishoboye kujya bafasha abo bandi igihe bishoboka kandi ari ngombwa.
(vii) Abana bafite ubumuga bwo mu mutwe bagomba gushimwa no guterwa imbaraga aho guhabwa ibihano bya hato na hato.
(viii) Amasomo yose ntagomba gutangirwa hanze y’ishuri. Urugero: imishinga ishobora guha agaciro ubushobozi bw’abanyeshuri bakenera ubufasha bwihariye bityo bakirwanaho muri iyo mirimo nyine ngo bayishobore.
Ibyerekeye gukoresha isuzumaIsuzuma rinoza imyigire n’imyigishirizeIsuzuma rinoza imyigire n’imyigishirize rishobora gukorwa ku buryo buziguye cyangwa ku buryo butaziguye, bugamije kureba intera abana bagezeho. Mu gihe umwarimu ategura isomo rye, agomba kugena ingingo ngenderwaho mu gusuzuma urwego rw’ubushobozi (ubumenyi, ubumenyingiro, n’ubukesha) abanyeshuri bategerezwa kugeraho. Mu gusoza umutwe, umwarimu asuzuma niba abanyeshuri bose bashoboye kugera uko bikwiye ku bushobozi bw’ingenzi bugamijwe, ahereye ku bigenderwaho mu isuzuma, byari byateganyijwe mu ntangiriro y’umutwe. Umwarimu asuzuma uko abanyeshuri bagaragaza ubushobozi bukubiye mu byigwa ndetse n’ubushobozi nsanganyamasomo. Ibi bizafasha umwarimu kubona ishusho rusange y’iterambere ry’imyigire y’abanyeshuri be. Mu isuzuma, umwarimu azakoresha bumwe cyangwa impurirane z’uburyo bukurikira: (a) Kwitegereza(b) Ibibazo basubiza bandika(c) Ibibazo basubiza bavuga
Isuzuma rikomatanya (Gusomerwa mu isuzama nyirizina)Iri suzuma rikorwa mu mpera z’igihembwe, umwaka cyangwa icyiciro. Rifasha mu gufata icyemezo cy’uko abanyeshuri bakomeza mu cyiciro gikurikiraho cy’amasomo. Isuzuma rikomatanya rigamije kureba intera umunyeshuri agezeho rigaragaza ishusho y’ubushobozi umwana amaze kugeraho mu gihe runaka cyihariye. Intego y’ibanze y’isuzuma rikomatanya ni ugusuzuma niba ubushobozi bugamijwe bwaragezweho.
Ibivuye mu isuzuma rikomatanya bishingirwaho mu gufata icyemezo cyo gukomeza ku ntera yisumbuyeho mu myigire y’umunyeshuri nko kwimurirwa mu cyiciro gikurikiyeho cyangwa guhabwa impamyabushobozi.
v
Iri suzuma rigomba gukomatanya ibyo umunyeshuri yize, hakarebwa niba agaragaza ubushobozi bwari buteganyijwe.
Kubika inyandiko igaragaza ibyavuye mu isuzumaKubika inyandiko yerekana ubushobozi bw’abanyeshuri ni ingenzi. Uburyo ubwo ari bwo bwose bwaba bwakoreshejwe mu isuzuma, bwaba ubunoza imyigire n’imyigishirize, bwaba ubukomatanya, bwose ibyabuvuyemo bigomba kwandikwa mu mbonerahamwe yabugenewe. Abanyeshuri bagomba kwandikirwa ko bagejeje, barengeje cyangwa batagejeje ku byifuzwaga. Akaba ari byo bita RAG ( Red- Amber- Green).1. Red (R)- ntiyabashije gushyikira ibyifuzwaga 2. Amber (A)- yabashije gushyikira ibyifuzwaga 3. Green (G)- yarengeje ibyifuzwaga
Umunyeshuri Ubushobozi bw’ibanze Ubushobozi bw’inyongera
Gusoma Kwandika Kubara Gusabana n’abandi
Guina udukino
Ibyinyongera
1 G G G G A A
2 R R R A R R
3 A A G A A A
Ubumenyi bw’ibanze butangirwa mu ishuri bugafasha umunyeshuri gusobanukirwa no gukora buri gihe imyitozo ahabwa mu ishuri cyangwa hanze y’ishuri. Ubushobozi bw’inyongera bwo agenda aburonka uko iminsi igenda yicuma kandi bukagenda bwiyongera uko bwije uko bukeye. Bugafasha umwana mu kugira ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ubumenyi yigiye mu ishuri mu gihe ahuye n’ibintu bitandukanye.
ImfashanyigishoBuri mfashanyigisho igomba kugendana n’ibikenewe byihariye by’umunyeshuri. Ingero z’imfashanyigisho zikenewe mu ishyirwa mu bikorwa ry’iyi nteganyamasomo twavuga:• Ibitabo n’ibindi bikoresho by’ishuri byigirwamo• Bibiliya Ntagatifu, ibitabo by’ibanze by’ukwemera. • Amashusho anyuranye, filimi, videwo, amashusho y’abanyarwanda ba kera.
Ariko ibi ntibigomba kuzitira umwarimu kuba yashaka izindi mfashanyigisho zigezweho.
vi
Ish
ush
o Y
’ibir
imo
Um
utw
e 1:
Ire
mw
a n
’ug
ucu
mu
ra k
wa
Mu
ntu
Um
utw
e I
Um
ubar
e w
’am
asom
o In
tan
gir
iro
Imit
un
ga
nyir
ize
y’is
hu
riIm
fash
any
igis
ho
Ib
ikor
wa
Ub
ush
ob
ozi
n
gir
oU
bu
men
yi
Isu
bir
am
oIb
azw
aIn
yu
ng
u
z’in
yig
ish
o
18
•K
wer
ekan
a
no g
ukor
a
urut
onde
rw’ib
irem
wa
by’Im
ana
•G
usob
anuk
irw
a
uko
Iman
a
yare
mye
umun
tu m
u
ishu
sho
ryay
o.
•G
usob
anuk
irw
a
n’in
shin
gano
Iman
a ya
haye
mun
tu m
uri
Eden
i.
•G
usob
anur
a
inko
mok
o
y’ic
yaha
n’in
garu
ka
cyag
ize.
Ishu
ri r
yose
no g
ukor
a
amat
sind
a
•A
mas
hush
o
y’ib
irem
wa
by’Im
ana
yaku
sany
irijw
e
hanz
e .
•A
mas
hush
o
y’ib
irem
wa
by’Im
ana
•Bi
biliy
aye
ra
•Ig
itabo
cy’a
mas
enge
sho
•G
ukor
esha
inte
rnet
Kug
ira
ngo
haga
raga
zwe
aho
ibir
emw
a
by’Im
ana
bim
we
na b
imw
e
bihe
rere
ye.
Uru
gero
nk’in
yam
asw
a zi
ba
mu
nyan
ja.
•K
wite
gere
za:
aban
a
bara
soho
ka
hanz
e ba
jye
gusu
ra im
buga
y’is
huri
.
•K
wer
ekan
a
no k
umen
ya
ibir
emw
a
Iman
a ya
rem
ye
bidu
kiki
je.
•K
ugan
ira
mu
mat
sina
: aba
na
bara
gani
ra
bana
shus
hany
e
mu
mak
ayi y
abo
ibyo
bab
onye
hanz
e.
•A
bana
baru
ngur
ana
imbe
re y
a
bage
nzi b
abo
ku
byo
babo
nye
•Im
irim
om
u
atsi
nda
•G
utek
erez
a
byim
bits
e
•ub
ufat
anye
•ku
bwir
ana
ibyo
bab
onye
•gu
hana
hana
ubw
enge
•gu
som
a
Bibi
liya
no g
ukor
a
ubus
haka
shat
si
bw’u
bwen
ge
•ur
ugen
do
shul
i
•G
ukus
anya
ibite
kere
zo b
yo
kuge
za
ku b
andi
•G
ushu
shan
ya
•Ib
ibaz
o
ngir
o m
u
mat
sind
a
•Is
uzum
ari
noza
imyi
gish
iriz
e
riko
zwe
mu
gihe
cyo
kwer
ekan
a
ibyo
bag
ezeh
o
bavu
ye
kwite
gere
za
hanz
e.
•Is
uzum
aku
ri
buri
mw
ana
rire
bana
n’ib
yo
bash
usha
nyije
.
•K
ugar
agaz
aib
yo
Iman
a ya
rem
we
n’ah
o ya
bish
yize
•G
usob
anuk
irw
a
no g
uham
ya
ukun
tu Im
ana
yare
mye
mun
tu
mu
ishu
sho
ryay
o no
mu
mis
usir
e ya
yo.
•G
usob
anuk
irw
a
n’in
shin
ga n
o
Iman
a ya
haye
mun
tu m
uri
Eden
i.
•G
usob
anur
a
inko
mok
o
y’ic
yaha
n’in
garu
ka
cyag
ize.
vii
Ish
ush
o Y
’ibir
imo
Um
utw
e 2:
Am
ase
ng
egsh
o y
’am
ase
ng
esh
oU
mu
twe
Um
ub
are
w
am
aso
mo
In
tan
gir
iro
Imit
un
ga
nyir
ize
y’is
hu
riIm
fash
any
igis
ho
ib
iko
rwa
Ub
ush
ob
ozi
n
gir
ou
bu
men
yi
isu
bir
am
oib
azw
aIn
yu
ng
u
y’in
yig
ish
o
210
•G
usob
anuk
irw
a
n’is
enge
sho
ndet
se n
’uko
ugom
ba k
wifa
ta
mu
gihe
cyo
guse
nga.
•K
umen
ya
amas
enge
sho
no
kuya
vuga
•G
usob
anuk
irw
a
n’ig
ihe
cyiz
a
cyo
guse
nga
ndet
se n
o gu
kora
amas
enge
sho
yaw
e bw
ite.
Ishu
ri r
yose
no
guko
ra a
mat
sind
a
•A
mas
hush
o
y’ab
antu
bar
i
guse
nga
•Bi
biliy
aye
ra
•Ig
itabo
cy’a
mas
enge
sho
•Is
huri
ryo
se
risu
bire
mo
isen
gges
ho r
ya
Daw
e ur
i mu
ijuru
..
•M
um
atsi
nda:
aban
yesh
uri
baga
nire
ku
bury
o ba
seng
amo
iwab
o n’
akam
aro
k’am
asen
nges
ho
mu
buzi
ma
bwab
o.
•A
bany
eshu
ri
bavu
ge
amas
enge
sho
atan
duka
nye
y’ib
anze
.
•Bu
rim
wan
aar
ajya
imbe
re a
vuge
amas
enge
sho
atan
duka
nye
y’ib
anze
. Uru
gero
:
aya
mbe
re y
o
kury
a, m
bere
yo
kuby
uka,
mbe
re y
o
kury
ama,
mbe
re
y’um
urim
o.
•Im
irim
om
u
atsi
nda
•G
utek
erez
a
byim
bits
e
•ub
ufat
anye
•ku
bwir
ana
ibyo
babo
nye
•gu
hana
hana
ubw
enge
•gu
som
a
Bibi
liya
no g
ukor
a
ubus
haka
shat
si
bw’u
bwen
ge
•G
ukus
anya
ibite
kere
zo
byo
kuge
za
ku b
andi
Ibib
azo
ngir
o
by’is
omo
•Is
uzum
a
rino
za
imyi
gish
iriz
e
riko
rwa
aban
yesh
uri
bose
bav
uga
amas
enge
sho
icya
rim
we.
•Is
uzum
aku
ri
buri
mw
ana
ajya
imbe
re
guse
nga.
•G
usob
anuk
irw
a
n’is
enge
sho
ndet
se n
’uko
ugom
ba k
wifa
ta
mu
gihe
cyo
guse
nga.
•K
umen
ya
amas
enge
sho
no k
uyav
uga
•G
usob
anuk
irw
a
n’ig
ihe
cyiz
a cy
o
guse
nga
ndet
se
no g
ukor
a
amas
enge
sho
yaw
e bw
ite.
viii
Ish
ush
o Y
’ibir
imo
Um
utw
e 3:
In
ger
o/in
twa
ri z
’ab
izey
e Im
an
aU
mut
we
Um
ub
are
wa
ma
som
o
Inta
ngir
iro
Imit
un
ga
nyir
ize
y’is
hu
ri
Imfa
sha
nyig
ish
o
ibik
orw
aU
bu
sho
bo
zi n
gir
oub
umen
yi
isu
bir
am
oib
azw
aIn
yung
u y’
inyi
gish
o
310
•G
usob
anuk
irw
a
n’uk
umvi
ra Im
ana
kwa
Abe
li
•K
wer
ekan
a
ingo
rora
no y
a
Enok
i
•K
wer
ekan
a
igih
embo
cya
Now
a
•G
usob
anuk
irw
a
n’im
irim
o
y’im
puhw
e
n’ur
ukun
do Y
ezu
yako
ze.
Igita
ngaz
a
yako
ze m
u bu
kwe
bw’i
Kan
a.
Yezu
yag
abur
iye
anah
aza
imig
ati
aban
tu b
aren
ga
ibih
umbi
bita
nu.
Yezu
yak
ijije
abar
way
i
Yezu
yak
ijije
nyir
abuk
we
wa
Sim
oni
Yezu
yak
ijije
umub
embe
Yezu
yak
ijije
umw
ana
wah
anzw
eho
na
roho
mbi
.
Ishu
ri r
yose
no
guko
ra a
mat
sind
a
Am
ashu
sho
n’am
ashu
sho
y’in
twar
i
zize
ye Im
ana,
kwer
ekan
a fil
imi
yere
kana
ubu
zim
a
bw’a
bant
u bi
zeye
Iman
a ba
bone
ka
mur
i Bib
iliya
,
Inte
rnet
na
pow
er p
oint
mu
kwer
ekan
a in
twar
i
zize
ye Im
ana,
Ijam
bo r
y’Im
ana
(Bib
iliya
).
•K
ugan
irir
a
mu
mat
sind
a:
aban
yesh
uri
baza
gani
rira
ham
we
bana
sese
ngur
e
inku
ru z
’aba
ntu
bize
ye Im
ana
babo
neka
mur
i
Bibi
liya.
•U
duki
no
twer
ekan
a
ibita
ngaz
a Ye
zu
yako
ze k
uber
a
uruk
undo
n’im
puhw
e.
•Bu
riw
ese
araj
ya im
bere
avug
e ku
butw
ari
bw’a
bant
u
bam
we
na
bam
we
baga
raga
ra
mur
i Bib
iliya
.
•Im
irim
om
u
atsi
nda
•G
utek
erez
a
byim
bits
e
•ub
ufat
anye
•ku
bwir
ana
ibyo
babo
nye
•gu
hana
hana
ubw
enge
•gu
som
a
Bibi
liya
no g
ukor
a
ubus
haka
shat
si
bw’u
bwen
ge
•G
ukus
anya
ibite
kere
zo
byo
kuge
za
ku b
andi
•K
wan
dika
mu
mak
ayi
•G
ukus
anya
ibite
kere
zo
no
kung
uran
a
inam
a
Ibib
azo
ngir
o
by’is
omo
•Is
uzum
a
rino
za
imyi
gish
iriz
e
riko
zwe
ku
bush
oboz
i
bwo
kung
uran
a
inam
a
•Is
uzum
a
rino
za
imyi
gish
iriz
e
riko
zwe
ku
bush
oboz
i
bwo
guko
rera
neza
mu
mat
sind
a.
•G
usob
anuk
irw
a
n’uk
umvi
ra
Iman
a kw
a
Abe
li, kw
erek
ana
ingo
rora
no y
a
Enok
i
,kw
erek
ana
igih
embo
cya
Now
a
•G
usob
anuk
irw
a
n’ib
ikor
wa
by’im
puhw
e
n’ur
ukun
do Y
ezu
yako
ze.
(a)
Igita
ngaz
a
yako
ze m
u
bukw
e bw
’i
Kan
a.
(b)
Yezu
yag
abur
iye
anah
aza
imig
ati
aban
tu b
aren
ga
ibih
umbi
bita
nu.
(c)
Yezu
yak
ijije
abar
way
i
(a)
Yezu
yak
ijije
nyir
abuk
we
wa
Sim
oni
(b)
Yezu
yak
ijije
umub
embe
a)
Yezu
yak
ijije
umw
ana
wah
anzw
eho
na
roho
mbi
.
ix
Ish
ush
o Y
’ibir
imo
Um
utw
e 4:
gu
tera
am
ah
oro
Um
utw
eU
mu
ba
re
wa
ma
som
o
Inta
ng
irir
oIm
itu
ng
any
iriz
e
y’is
hu
ri
Imfa
sha
nyig
ish
o
ibik
orw
aU
bu
sho
bo
zi n
gir
ou
bu
men
yi
isu
bir
am
oib
azw
aIn
yu
ng
u
y’in
yig
ish
o
48
•A
mah
oro
icyo
ari
cyo
n’ig
isob
anur
o
cyay
o.
•K
wer
ekan
a
ibin
tu b
ibuz
a
aban
tu
amah
oro
•K
urir
imba
indi
rim
bo
z’am
ahor
o
•G
ukin
a
uduk
ino
tw’u
bum
we
n’am
ahor
o.
•Is
huri
ryo
se
no g
ukor
a
amat
sind
a
mat
o m
ato
•A
mas
hush
o,
bibi
liya,
ibik
ores
ho
nsak
azam
ajw
i,
ingo
ma,
ibin
yugu
ri,..
•Ib
igan
iro
mu
mat
sind
a:
aban
yesh
uri
baza
gani
ra
ku g
isob
anur
o
cy’a
mah
oro
hany
uma
bana
riri
mbe
byer
ekan
a ko
har
i
amah
oro.
•U
duki
no
duka
ngur
ira
aban
a
kwita
bira
ibik
orw
a
bim
we
na b
imw
e
byo
kubu
mba
tira
amah
oro.
•K
urir
imba
indi
rim
bo z
’ubu
mw
e
n’am
ahor
o.
•Im
irim
om
u
atsi
nda
•G
utek
erez
a
byim
bits
e
•ub
ufat
anye
•ku
bwir
ana
ibyo
babo
nye
•gu
hana
hana
ubw
enge
•gu
som
aBi
biliy
a
no g
ukor
a
ubus
haka
shat
si
bw’u
bwen
ge
•kw
itak
u
guha
naha
na
amak
uru
•G
ukus
anya
ibite
kere
zo
byo
kuge
za
ku b
andi
•Ib
ibaz
o
ngir
o
ku
isom
o
•Is
uzum
a
rino
za
imyi
gish
iriz
e
riko
rwa
aban
yesh
uri
baki
na
uduk
ino
ndet
se
banr
irim
ba
indi
rim
bo
z’am
ahoo
ro.
•Is
uzum
a
rino
za
imyi
gish
iriz
e
aho
buri
mw
ana
yita
bira
ubik
orw
a
byo
kubu
mba
tira
amah
oro
mur
i
sosi
yete
.
•A
mah
oro
icyo
ari
cyo
n’ig
isob
anur
o
cyay
o.
•K
wer
ekan
a
ibin
tu b
ibuz
a
aban
tu
amah
oro
•K
urir
imba
indi
rim
bo
z’am
ahor
o
•G
ukin
a
uduk
ino
tw’u
bum
we
n’am
ahor
o.
•G
ukin
a
uduk
ino
ku
mah
oro
n’ub
umw
e.
x
URUGERO RW’INTEGURO Y’ISOMO RY’INYIGISHO Y’IYOBOKAMANA RYA GIKIRISITU UMWAKA WA MBERE W’AMASHURI ABANZA Itariki Ishuri Igihe Icyigisho Umubare
w’abanyeshuri9/1/2016 Umwaka
wa mbere8.30 – 9:30 za mu gitondo
Iyobokamana rya Gikirisitu
35
Imbumbanyiigisho: Bibiliya n’Imyemerere
Inyigisho: Ugucungurwa kwa MuntuUbushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azabasha gusobanura uko abizeye Imana babayeho kera.
Intego
Ubukesha:Umunyeshuri azaba ashobora gutanga ingero zimwe na zimwe z’abantu bumviye Imana dusanga muri Bibiliya.
UbumenyiUmunyeshuri azaba ashobora kwerekana akamaro ko kubaha Imanan’ingaruka zo kuyigomera.
Ubumenyi ngiroUmunyeshuri azaba ashobora kubaha ababyeyi no gushyira mu bikorwa imico myiza bamutoza.
Imyitozo ku nyigishoIbiganiro mu matsinda, Kubara inkuru, kuririmba, ibibazo n’ibisubizo mu mutwe, udukino.
ImfashanyigishoAmashusho, amashusho, Bibiliya, Filimi zerekana uko abantu bizeye Imana dusanga muri Bibiliya babayeho.
ImvanoBibiliyaIgitabo cy’umunyeshuri Iyobokamana rya Gikirisitu Umwaka wa mbere w’amashuri abanza
xi
Urugero rw’isomo rirambuyeIgihe Ibice Umurimo wa mwalimu Umurimo
w’umunyeshuri Iminota 10 1 Ibyerekeye imibereho isanzwe
• Umwarimu arayobora ananyeshuri basome inkuru ya Habimana na Kaliza iri mu gitabo cy’umunyeshuri.
• Baza: mutekereza iki ku kubaha kw’aba banyeshuri babiri?
• Fasha abanyeshuri gusobanukirwa igisobanuro cyo kubaha banatange ingero nyinshi zigaragara mu buzima bwabo bwa buri munsi.
• Abanyeshuri basubize ibibazo
• Abanyeshuri batange ingero zabo zerekana uko bigenda iyo usuzuguye ababyeyi.
iminota15 2 Ubutumwa bwo muri Bibiliya:• Erekeza isomo ryawe ku
nkuru ya Adamu na Eva twize mu masomo yatambutse.
• Erekera abanyeshuri basome Intangiriro 4:1-16. Baza abanyeshuri amazina y’abana ba mbere ba Adamu na Eva.
• Fasha abanyeshuri kumva ko Gahini yari umuhinzi naho Abeli we akaba umushumba w’amatungo.
• Fasha abanyeshuri gutanga ingero z’impamvu Imana yemeye igitambo cya Abeli ikanga icya Gahini.
• Soma Intangiriro 4:1-16.
• Subiza ibibazo byatanzwe hasi
xii
• Shishikariza abanyeshuri kumva neza ibyiza byo kubaha Imana na bagenzi bacu duhereye kubo tubana mu miryango yacu.
• Bwira abanyeshuri ko iyo Abanyarwanda baza kuba bumvira Imana , batari kwicana muri jenoside yo mu 1994.
• Injiza abana bafite ubumuga mu mirimo yose irebana n’isomo kandi ubatere akanyabugabo.
• Reka abanyeshuri bitegereze amashusho ya Gahini na ABELI, hanyuma baberekane.
Iminota 15 3 Igisubizo• Baza utubazo tunyuranye
mu mutwe two gutsindagira ingingo nyamukuru y’iri somo
• Tunganya gahunda y’agakino kuri Abeli na Gahini, abana bazagakine.
• Mu gusoza isomo ryawe, abanyeshuri baririmbe indirimbo ishimagiza ukumvira.
• Agakino ka Gahini na Abeli.
• Kuririmba indirimbo
Isuzuma ryawe bwite ..............................................................................................................
........................................................................................................................................................
........................................................................................................................................................
Imbaragaza koreshejwe .........................................................................................................
........................................................................................................................................................
........................................................................................................................................................
xiii
Aho byakorewe ........................................................................................................................
........................................................................................................................................................
........................................................................................................................................................
Inzira yakoreshejwe .................................................................................................................
........................................................................................................................................................
........................................................................................................................................................
83
Umutwe wa Iremwa no Gucumura kwa Muntu
Icyigisho Kwigaragaza kw’Imana
Bibiliya n’ImyemerereImbumbanyigisho
1
Umubare w’amasomo: 8
Igitabo cy’umunyeshuri uruparuro rwa 129
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azashobora kuhaha Imana nk’Umuremyi,kubaha ibiremwa byayo no kwirinda icyaha.
Andi masomo ashamikiyeho1. Iremwa ry’Ijuru n’Isi2. Iremwa ry’isi n’ibiriho byose3. Muntu yaremwe mu ishusho ry’Imana.4. Itandukaniro y’ikiremwamuntu n’ibindi biremwa5. Kwita no kubungabunga ibiremwa by’Imana6. Amabwiriza Imana yahaye Adamu mu busitani bwa Edeni7. Inkomoko y’icyaha8. Ingaruka z’icyaha
Isomo rya 1: Iremwa ry’Ijuru n’Isi (Intangiriro 1:1-31)
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 129)
Intego y’inyigishoUbumenyiKurondora ibiremwa by’Imana byose n’igihe yabiremeye.
UbumenyingiroGusobanurira abandi uko Imana yaremye ibiriho byose.
Ubukesha1. Abanyeshuri bazaba bashoboa gukunda Imana no kubaha ibyo yaremye. 2. Kwiyubaha no kubaha abandi
84
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga ikinyarwanda neza.2. Kwivumburira ashushanya ibyo Imana yaremye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ukuntu Imana yaremye ibiremwa byose2. Gusobanukirwa ko Imana yaremye ibibaho byose.
Imfashanyigisho1. Bibiliya. 2. Igitabo cy’umunyeshuri.3. Amashusho y’ibimera n’inyamaswa.4. Amashusho ya zimwe mu nyamaswa zo mu Nyanja ndetse n’inyoni.5. Ibikoresho nsakazamajwi n’udukoresho turiho amajwi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Udukino.3. Kwitegereza.
Ibyo gutegura mbere1. Gusoma Bibiliya mu Ntangiriro 1:1-3 mbere y’isomo. 2. Guhitamo ahantu habereye ho gusura mu gihe cyo kujya hanze y’ishuri. 3. Kwegeranya imfashanyigisho zose zishoboka hakiri kare. 4. Kwifashisha ibikoresho bisohora amajwi n’ibyo gukorakoraho ku bana
bafite ubumuga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo abanyeshuri ku iremwa r’isi.
Ibibazo byo kubaza abanyeshuri1. Isi ni ibiriho byose byavuye he? Mu ntangiriro, isi yari imeze ite?2. Utekereza ko Imana yaremye umucyo mbere y’ibindi kubera iki? 3. Utekereza ko ari ukubera iki Imana yaremye umuntu nyuma y’ibindi byose?
Ibisubizo byabyo1. Isi yaremwe n’Imana. Mu ntangiriro ku isi nta kintu na kimwe cyari kiriho. . 2. Imana yaremye umucyo bwa mbere Kugira ngo itandukanye ijoro
n’amanywa.3. Imana yaremye umuntu nyuma y’ibindi byose kubera ko yashakaga ko
umuntu yita ku bindi biremwa, kandi akanabitegeka. Imana yaremye umuntu mu ishusho ryayo.
85
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Jyana abana hanze. Bafashe kwitegereza ibidukikije. Babwire bitegereze
ibintu bitandukanye. Babaze utubazo tunyuranye kandi wite ku bisubizo batanga.
2. Abana bafite ubumuga ubashakire imfashanyigisho zisohora amajwi n’amashusho.
3. Fasha abana kuganirira mu matsinda ibyerekeranye n’ibiremwa by’Imana.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Fasha abanyeshuri gusobanukirwa n’ibyaremwe bitandukanye. Babwire ko
ibyo babonye hanze byose byose byaremwe n’Imana. 2. Bwira abanyeshuri bavuge amazina ya bimwe mu byo babonye hanze
byaremwe n’Imana, hanyuma bandike ayo mazina. 3. Basomere Intangiriro1:1-31.4. Bwira abana bavuge ibintu Imana yaremye ku munsi wa gatandatu5. Uhereye ku isomo riboneka mu Itangiriro 1:1-31, fasha abanyeshuri kumva
uko Imana yaremye ibintu byose. Imana yaremye isi n’ibiyiriho byose mu minsi itandatu. Ku munsi wa karindwi iraruhuka.
IbisubizoMu matsinda, fasha abanyeshuri kuganira no kuvuga amazina y’ibintu Imana yaremye muri iyo minsi itandatu. Tega amatwi wumve mu by’ukuri ibisubizo abanyeshuri batanga.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano,Amateka, Isilamu.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu1. Igitabo cy’Intangirirro cyibanda ku iremwa. Ni cyo kibanziriza ibindi muri
Bibiliya.2. Tugomba guha agaciro no kubaha ibiremwa by’Imana.3. Mu Rwanda, kubaha buri wese ni ngombwa, kuko twaremwe mu ishusho
y’Imana.
86
Isomo rya 2: Iremwa ry’Isi n’ibiyiriho byose (Intangiriro 1:1-31) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 129)
Intego y’inyigishoUbumenyiKurondora ibiremwa by’Imana byose n’igihe yabiremeye.
UbumenyingiroGusobanurira abandi uko Imana yaremye ibiriho byose.
Ubukesha1. Abanyeshuri bazaba bashobora gukunda Imana no kubaha ibyo yaremye. 2. Kwiyubaha no kubaha abandi.
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga no kwandika ikinyarwanda neza.2. Imirimo mu matsinda mu gihe bari hanze3. Kwivumburira ashushanya ibyo Imana yaremye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ukuntu Imana yaremye ibiremwa byose2. Kuvuga amazina no gushushanya ibyo Imana yaremye biri ku isi.3. Gusobanukirwa ko Imana yaremye ibibaho byose.
Imfashanyigisho1. Bibiliya. 2. Amashusho y’ibiri ku isi.3. Amashusho y’inyamaswa ndetse n’abantu.4. Ibikoresho nsakazamajwi n’udukoresho turiho amajwi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegeza.2. Kubara inkuru.3. Udukino.
Ibyo gutegura mbere1. Gutegura imfashanyigisho zikenewe mu isomo.2. Kwifashisha ibikoresho bisohora amajwi n’ibyo gukorakoraho ku bana
bafite ubumuga.
87
Imyitozo ku nyigisho
Uko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo abanyeshuri ku isomo bize ubushize. Isomo ry’ubushize ryavugaga ku iremwa ry’ijuru n’isi na bimwe mu byo Imana yaremye.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza umunyeshuri: mwitegereze amashusho ari mu gitabo cy’umunyeshuri. 2. Baza: ni izihe nyamaswa mwabonye?
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma muganire ku byo inyamaswa
zimarira ikiremwamuntu.2. Fasha abanyeshuri gusobanukirwa itandukaniro riri hagati y’inyamaswa zo
ku gasozi n’amatungo yo mu rugo. 3. Reka abana baganire ku cyatumye Imana irema umuntu nyuma y’ibindi 4. Koresha uburyo bwo kwigisha ushingiye ku mwana, Kugira ngo abana
bagire uruhare rufatika mu isomo. 5. Erekera abana bafite ubumuga unabatere akanyabugabo Kugira ngo
bakurikire n’umwete mu isomo.
Ibisubizo1. Jyana abanyeshuri hanze hanyuma bitegereze ibyo babona ku isi biri mu
kibuga cy’ishuri cyangwa ahaturanye n’ishuri.2. Bareke bavuge uko ibyo babonye byitwa.3. Reka buri munyeshuri ashushanye ibyo yabonye.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano,Amateka, Isilamu.
Isomo rya 3: Umuntu yaremwe mu ishusho y’Imana (Itangiriro 1: 26 31) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 132)
Intego y’inyigishoUbumenyiGusobanura impamvu umuntu atandukanye n’ibindi biremwa.
88
UbumenyingiroGusobanurira abandi uko umuntu yaremwe mu ishusho y’Imana
Ubukesha1. Gukunda Imana no kubaha ibiremwa byayo2. Kwiyubaha no kubaha abandi
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga no kwandika ikinyarwanda neza.2. Gusobanura impamvu umuntu atandukanye n’ibindi biremwa by’Imana.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa ko ikiremwamuntu gitandukanye n’ibindi biremwa2. Gusobanukirwa n’icyatumye Imana irema umuntu3. Guteza imbere umuco wo gusoma
Imfashanyigisho1. Ifoto y’umuntu.2. Amashusho y’ibintu bitandukanye Imana yaremye.3. Bibiliya. 4. Igitabo cy’umunyeshuri.5. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ubushakashatsi.2. Kwitegereza.3. Ibiganiro.
Ibyo gutegura mbere1. Soma Bibiliya mu gitabo cy’Intangiriro1: 26-31 mbere y’isomo2. Egeranya imfashanyigisho zikenewe mu isomo3. Tegura Braille n’ibikoresho byo kumviraho bizakoreshwa n’abana bakeneye
ubufasha bwihariye
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo abanyeshuri ku isomo bize ubushize. Baza abanyeshuri ibyo bibuka mu isomo ry’ubushize. Isomo ry’ubushize ryavugaga ku iremwa ry’Ijuru n’Isi na bimwe mu byo Imana yaremye.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Hamagara umunyeshuri umwe ajye imbere. Mufashe mu turimo umuha two
gukorera aho imbere nko kuririmba, kubwiriza, gusenga, abandi baceceke bakurikire.
89
2. Baza abandi banyeshuri niba ibindi biremwa, nk’inyamaswa, bishobora gukora nk’ibyo uwo mugenzi wabo amaze gukora.
3. Baza abanyeshuri impamvu yaba yaratumye umuntu aremwa ku buryo butandukanye n’ibindi biremwa.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Bwira abanyeshuri basome Intangiriro1:26-31. Reka umwana umwe
w’umuhungu n’uw’umukobwa bavuge kuri iryo Jambo ry’Imana2. Bwira abana ko Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo3. Reka abana bitekerereze ku giti cyabo ibyo bo bashobora gukora inyamaswa
zidashobora gukora,4. Erekera abana kwitegereza amashusho maze bavuge uko byagenze.5. Muganire n’abana itandukaniro riri hagati y’umuntu n’ibindi biremwa Imana
yaremye6. Fasha abana bafite ubumuga ubaha ibikoresho byabagenewe kandi ugenzure
niba bakurikira nabo mu isomo nk’abandi.
Ibisubizo1. Babiri babiri, bafashe bavuge ku itandukaniro ry’ikiremwamuntu n’ibindi
biremwa2. Ha amahirwe buri wese yo kugira icyo avuga ku birebana n’ukuntu muntu
yaremwe mu ishusho ry’Imana3. Bafashijwe n’ibikoresho byabugenewe, bwira abana bafite ubumuga basome
imirongo mito ya Bibiliya. 4. Fasha abana kuganira mu matsinda yabo ikinyuranyo kiri hagati y’umuntu
n’ibindi biremwa.
Ibisubizo ku myitozo Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 133
Shyira abanyeshuri mu matsinda bavuge amasengesho ari mu gitabo urupapuro rwa 133.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, Isilamu.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu1. Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo. Bivuze ko afite Roho w’Imana
muri we, akagira n’imbaraga zo gutekereza, urukundo, gufashanya...2. N’ubwo twatandukana ku isura, twese dusa n’Imana. Tugomba gukundana
no kubahana.
90
Isomo rya 4: Itandukaniro hagati y’umuntu n’ibindi biremwa
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 133)
Intego y’inyigishoUbumenyiKumenya ko Imana yaremye umuntu mu ishusho ryayo
Ubumenyi ngiroGutandukanya ikiremwa muntu n’ibindi biremwa
UbukeshaKubungabunga ibyo Imana yaremye
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga no kwandika ikinyarwanda neza.2. Imirimo yo gukorera mu matsinda y’ibiganiro
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’aho umuntu atandukaniye n’ibindi biremwa2. Gusobanukirwa ko umuntu yaremwe mu ishusho y’Imana
Imfashanyigisho1. Ifoto y’umuntu.2. Amashusho y’abantu bari mu mirimo.3. Bibiliya.4. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya imfashanyigisho zikenewe mu isomo2. Tegura ibikoresho byo kumviraho bizakoreshwa n’abana bakeneye ubufasha
bwihariye
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo abanyeshuri ku isomo bize ubushize. Isomo ry’ubushize ryavugaga ku kuntu umuntu yaremwe mu ishusho ry’Imana
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri: mwitegereze amashusho ari mu bitabo byanyu paje 1332. Baza abanyeshuri: byagenze gute ku ishusho ya mbere, iya kabiri, iya gatatu,
iya kane?3. Bwira abanyeshuri batange izo mpamvu ku mafoto 1,2,3,na 4. Muhanahane
91
ibitekerezo bitandukanye n’abanyeshuri kandi ugenzure ko buri wese akurikiye mu ishuri by’ukuri.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Muhereye ku biganiro n’abana, sobanura ukuntu umuntu atandukanye
n’ibindi biremwa.2. Mwifashishije ibiganiro, abanyeshuri bavuge ukuntu abantu batandukanye
n’ibindi biremwa.3. Ukoresheje isomo riri mu gitabo cy’Intangiriro1:26-31 ndetse n’ibiri mu
gitabo cy’umunyeshuri paje 132 muvuge mu magambo yanyu bwite ukuntu umuntu atandukanye n’ibindi biremwa Imana yaremye.
4. Fasha abana bafite ubumuga unabashishikarize gukurikira isomo.
Ibisubizo1. Shyira abanyeshuri mu matsinda yabo, maze baganire ku bitandukanyije
umuntu n’ibindi biremwa.2. Reka abana basoze isomo berekana koko ukuntu umuntu ari ikiremwa
kidasanzwe, gisumbye ibindi byose.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka.
Isomo rya 5: Kwita no kurinda ibyaremwe n’Imana
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 136)
Intego y’inyigishoUbumenyiKurondora ibyo Imana yaremye no kuvuga igihe yabiremeye
UbumenyingiroGusobanurira abandi uko Imana yaremye ibiremwa byayo
Ubukesha1. Gukunda Imana no kubaha ibyo yaremye2. Kwiyubaha no kubaha abandi
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga no kwandika ikinyarwanda neza.2. Imirimo yo gukorera mu matsinda y’ibiganiro
92
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro ko kwita no kubungabunga ibyo Imana yaremye2. Gusobanukirwa ko n’uko Imana yaremye ibiremwa byayo.3. Gusobanukirwa n’icyatumye Imana irema ibiriho byose
Imfashanyigisho1. Amashusho y’ibintu Imana yaremye.2. Amashusho y’ibintu Imana yaremye.3. Bibiliya. 4. Igitabo cy’umunyeshuri.5. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Imirimo y’amaboko.2. Kwigana.3. Udukino.4. Kwitegereza.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya imfashanyigisho zikenewe mu isomo.2. Tegura Braille ndetse n’ibikoresho byo kumviraho bizakoreshwa n’abana
bakeneye ubufasha bwihariye.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize. Isomo ry’ubushize ryavugaga itandukaniro riri hagati y’umuntu n’ibindi biremwa.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri: vuga amazina ya bimwe mu byo Imana yaremye
twabonye mu bitabo byanyu paje 136.2. Babwire bitegereze amashusho y’ibiremwa by’Imana ari mu gitabo
cy’umunyeshuri paje 132. Bareke bavuge amazina y’ibyo babonye.3. Baza: kubea iki tugomba kwita ku byaremwe n’Imana?
Ubutumwa bwa BibiliyaHa agaciro ibisubizo by’abanyeshuri byerekana uburyo ikiremwa muntu cyahawe imbaraga n’ubuyobozi gusumba ibindi biremwa. Abana bafite ubumuga na bo ubashishikarize gukurikira mu isomo.
Ibisubizo1. Shyira abanyeshuri mu matsinda yabo, maze baganire ku buryo mugomba
kwita ku bidukikije.2. Ha abana imyitozo ngiro yo kwita ku ndabyo ziri mu busitani bw’ishuri.
93
Ibisubizo ku myitozo Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 137
1. Kubiha ibyo kurya2. Kubyubakira ibiraro3. Kubyoza4. Kubiha amazi5. Kubifata neza6. Kutabikoresha agatsi
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, Isilamu.
Isomo rya 6: Amabwiriza Imana yahaye muntu muri Edeni (Intangiriro 2:15-17) (Amabwiriza)(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 137)
Intego y’inyigishoUbumenyiKumenya ko umuntu yaremwe mu ishusho y’Imana.
UbumenyingiroGutandukanya umuntu n’ibindi biremwa.
UbukeshaKwita ku bidukikije no kubibungabunga.
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga no kwandika ikinyarwanda neza.2. Kuvuga neza inyuguti ku yindi uvuga amagambo y’ikinyarwanda3. Imirimo yo gukorera mu matsinda yerekeye kwita ku dushinga two kwita
ku bidukikije.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro ko gukurikiza amabwiriza wahawe.2. Gushyira mu bikorwa imishinga yo kwita ku bidukikije
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Adamu na Eva.2. Amashusho yerekana ubusitani bwa Edeni.
94
3. Bibiliya.4. Igitabo cy’umunyeshuri.5. Ibikoresho bya Braille.6. Ibikoresho bisohora amajwi cyangwa se amashusho yerekana iremwa.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegereza.2. Ibiganiro.3. Ubusesenguzi.4. Imbwirwaruhame.
Ibyo gutegura mbere1. Soma igice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi ugire icyo ucyandikaho2. Egeranya ibikoresho uza kwifashisha wigisha3. Zana Braille n’ibikoresho bisohora amajwi ku banyeshuri bafite ubumuga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ku nkuru ya Mukantagara iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 137.
Ibibazo byo kubaza abanyeshuri1. Mutekereza ko abanyeshuri byari kubagendekera gute mu gihe bari kuba
basuzuguye amabwiriza ya Mukantagara?2. Ni ayahe mabwiriza Imana yahaye Adamu na Eva mu busitani bwa Edeni?
Ibisubizo byabyo1. Byari kumurakaza ndetse akabahana2. Imana yategetse Adamu na Eva kwita ku busitani bwa Edeni no kubuhinga
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Bwira abanyeshuri inkuru ya Mukantagara yanditse mu gitabo
cy’umunyeshuri urupapuro rwa 137.2. Reka abanyeshuri basome inkuru bo ubwabo hanyuma basubize ibibazo
bikurikira: Ni ayahe mabwiriza Mukantagara yahaye abanyeshuri? Ni iki cyerekana ko koko abanyeshuri bumviye amabwiriza ya Mukantagara?
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Sanisha inkuru ya Mukantagara n’inkuru ya Adamu na Eva2. Reka abanyeshuri basome Intangiriro 2:15-17 hanyuma ubwire abanyeshuri
avuge amabwiriza Imana yahaye Adamu na Eva 3. Bwira abanyeshuri bige ku mafoto ari ku rupapuro rwa 6. Baza: muri kubona
iki kuri aya mafoto?4. Bwira abanyeshuri ko Imana yashakaga ko Adamu na Eva bubaha
amabwiriza yari yabahaye.5. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga kwiga ku rugero rumwe n’abandi.
95
Ibisubizo1. Reka abanyeshuri baganiririre mu matsinda impamvu ari ngombwa kwita
ku mabwiriza baba bahawe n’ababyeyi babo cyangwa n’abarimu babo. 2. Teganya umushinga –mwitozo wo guha ishuri. Reka abanyeshuri batere
indabyo imbere y’ishuri hanyuma ubahe amabwirizay’ukuntu bazazitaho. 3. Fasha abana bafite ubumuga na bo bazagire uruhare mu ri uwo murimo.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 3. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 2. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano,amateka.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu1. Adamu na Eva bahawe amabwiriza n’Imana yo kwita ku busitani bwa Edeni,
bakayobora ibiremwa byayo byose, bagatungwa n’imbuto zari ziyirimo.2. Mu Rwanda, twubahiriza amabwiriza y’Imana mu gihe tubungabunga
ibidukikije, nk’imigezi, inzuzi, ibiyaga, amashyamba, inyamaswa...
Isomo rya 7: Inkomoko y’icyaha n’ingaruka zacyo (Itangiriro 3:1-13) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 138)
Intego y’inyigishoUbumenyiKugaragaza inkomoko y’icyaha n’ingaruka zacyo.
Ubumenyi ngiroKuvuga inkomoko y’icyaha n’ingaruka zacyo.
UbukeshaKwitwara neza no kwirinda icyaha.
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga no kwandika ikinyarwanda neza.2. Imirimo yo gukorera mu matsinda ndetse n’udukino.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’inkomoko y’icyaha.2. Gusobanukirwa n’ibyiza by’amabwiriza ndetse n’amategeko.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Adamu na Eva n’inzoka.
96
2. Amashusho yerekana ubusitani bwa Edeni.3. Bibiliya. 4. Igitabo cy’amasengesho.5. Igitabo cy’umunyeshuri.6. Ibikoresho bisohora amajwi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegereza.2. Ubusesenguzi.3. Ibiganiro.4. Imikoro.
Ibyo gutegura mbere1. Soma igice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi ukoreshe amagambo yo
hasi abana baza kubasha kumva. 2. Egeranya ibikoresho uza kwifashisha wigisha3. Ita ku bisubizo abana batanze mu myitozo ndetse no bundi bushakashatsi
bakora.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo ku isomo bize ubushize, ryavugaga ku nkuru ya Mukantagara iri mu gitabo cy’umunyeshuri uruparuro rwa 137.
Ibibazo byo kubaza abanyeshuri1. Mutekereza ko abanyeshuri byari kubagendekera gute mu gihe bari kuba
basuzuguye amabwiriza ya Mukantagara?2. Ni ayahe mabwiriza Imana yahaye Adamu na Eva mu busitani bwa Edeni?
Ibisubizo byabyo1. Byari kumurakaza ndetse akabahana2. Imana yategetse Adamu na Eva kwita ku busitani bwa Edeni no kubuhinga
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Bwira abanyeshuri inkuru ya Mukantagara basomye mu isomo ry’ubushize.
Mutekereza ko abanyeshuri byari kubagendekera bite iyo batumva amabwiriza ye?
2. Baza: mukeka ko byabagendekera bite mi gihe mwaba mutumviye ibyo ababyeyi banyu cyangwa abarimu banyu babasaba?
3. Reka abanyeshuri bo ubwabo bivugire ibihano babona bahabwa.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Sanisha iyo nkuru n’uburyo Adamu na Eva bacumuye ku Mana.2. Reka abanyeshuri bo ubwabo bavuge uko dukora icyaha igihe tutubahirije
amabwiriza y’Imana.
97
3. Abanyeshuri basome Intangiriro 3:1-13 bifitanye isano.
Ibisubizo1. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma bakine agakino kagaragaza
ingaruka z’icyaha cya Adamu na Eva.2. Musubiremo iri somo muri make mu mutwe
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka.
Isomo rya 8: Ingaruka z’icyaha (Intangiriro 3:14-20)
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 139)
Intego y’inyigishoUbumenyiKugaragaza ingaruka z’icyaha.Gusobanura ingaruka z’icyaha.
UbumenyingiroKwitwara neza no kwirinda icyaha.
Ubukesha1. Kuvuga no kwandika ikinyarwanda neza.2. Imirimo yo gukorera mu matsinda ndetse n’udukino.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ingaruka z’icyaha.2. Gusobanukirwa n’ibyiza byo kubaha amabwiriza ndetse n’amategeko. 3. Guteza imbere ubuhanga mu gusoma.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Adamu na Eva mu busitani bwa Edeni.2. Bibiliya. 3. Igitabo cy’umunyeshuri.4. Imfashanyigisho zo gukorakoraho zigenenewe abana bafite ubumuga.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ubushakashatsi.2. Kwitegereza.3. Ubucukumbuzi.
98
Ibyo gutegura mbere1. Soma Bibiliya mu gitabo cy’Intangiriro 3:14-20 mbere y’isomo. 2. Egeranya ibikoresho uza kwifashisha wigisha3. Tegura Braille ndetse n’ibikoresho bisohora amajwi biza kwifashishwa
n’abana bafite ubumuga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo ku isomo bize ubushize. Babwire basome inkuru iri mu bitabo byabo ku ipaje ya 139.
Ibibazo byo kubaza abanyeshuri1. Mutekereza ko ari ukubera iki mama wa Ngeze na Mugesera yarakaye
akanabahana? 2. Ni ibihe bihano Mugesera na Ngeze bahawe na mama wabo?
Ibisubizo byabyo1. Basuzuguye mama wabo banga kumwumvira ngo bakubure mu rugo.3. Yabimye ibiryo uwo munsi.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri ibibazo ku nkuru ya Mama wa Ngeze na Mugesera.
Byagendekeye bite Mugesera na Ngeze igihe bangaga gukora ibyo mama wabo yabashinze?
2. Baza: mwebwe mwumva byabagendekera gute muramutse mutumviye ibyo ababyeyi banyu cyangwa abarimu banyu baba bababwiye?
3. Reka bitangire ingero zabo bwite ku bihano bahabwa mu gihe bagaragaje gusuzugura.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Sanisha iyo nkuru n’uburyo Adamu na Eva bacumuye ku Mana 2. Twifashishije isomo ryo mu Ntangiriro 3:14-20 muganire ku ngaruka
z’ukutumvira Imana kwa Adamu na Eva. 3. Abanyeshuri basome Intangiriro 3:14-20 ubabwire banarebe mu bitabo
byabo urupapuro rwa 139. 4. Reka abanyeshuri bo ubwabo bavuge uko dukora icyaha igihe tutubahirije
amabwiriza y’Imana
Ibisubizo1. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma bakine agakino kagaragaza
ingaruka z’icyaha cya Adamu na Eva.2. Ha abana imyitozo yanditse iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa
139.
99
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka.
Ibisubizo by’imyitozo ngiro Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 140
1. Umunsi wa 1 – Umucyo n’umwijima Umunsi wa 2 – izuba Umunsi wa 3 – isi, inyanja n’ibimera byose Umunsi wa 4 – izuba ukwezi n’inyenyeri Umunsi wa 5 – amafi n’ibiguruka Umunsi wa 6 – inyamaswa n’umuntu2. Umunsi wa 7 – yararuhutse3. Kubera ko:
(a) Bari baremwe mu ishusho y’Imana.(b) Bafite umwuka w’Imana kandi bakaba bashobora no kuganira
n’Imana. 4.
Ikiremwa muntu Ibindi biremwa Bishobora gutekereza no gushyira mu gaciro
Ibi byo ntibishobora gutekereza ndetse no gushyira mu gaciro
Bashobora kuganira n’Imana bakanayisenga
Ntibishobora gusenga Imana
5. Imana6 (i) inka (ii) ihene 7 (i) amafi
(ii) ingona8 (i) kubiha ibyo kurya
(ii) kubisukura9. Imana yategetse Adamu na Eva kwita ku busitani bwa Edeni no kubuhinga. 10. Imbuto z’igiti babujijwe11 (i) Adamu
(ii) Eva12. Kurya imbuto z’igiti babujijwe13. (i) izakurura inda kandi itungwe n’umukungugu
(ii) Aziyuha akuya kandi azababara ari kubyara.(iii) Aziyuha akuya mu buzima bwe ashakisha mu butaka icyo kumutunga.
13. Kubaha Imana tukayumvira.
100
Umubare w’amasomo: 10
Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 142
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri arashobora gusenga Imana akoresheje amasengessho y’ibanze n’amasengesho yitekerereje ubwe.
Andi masomo ashamikiyeho1. Isengesho
(a) Imyitwarire mu gihe cyo gusenga(b) Umugani w’umufarizayi n’umukoresha w’ikoro
2. Amasengesho y’ibanze(a) Dawe uri mu ijuru(b) Amasengesho ya nimugoroba(c) Amasengesho ya mbere yo kurya(d) Amasengesho yo gushimira(e) Amasengesho yo kwambaza(f) Amasengesho mbere y’umurimo
3. Igihe cyo gusenga n’amasengesho wihimbiye4. (a) Amasengesho wihimbiye
Isomo rya 1: Isengesho n’imyitwarire mu gihe cyo gusenga (Yesaya 30:18-19) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 142)
Intego y’inyigishoUbumenyiGusobanukirwa no gusenga icyo ari cyo. Uko basenga n’ibyiza byabyo.
Ubumenyi ngiroGusobanura gusenga icyo ari cyo n’ibyiza byabyo.
Umutwe wa Amasengesho y’Ibanze
Icyigisho Gusenga
Indangagaciro za GikirisituImbumbanyigisho
2
101
UbukeshaKwicisha bugufi no kubaha igihe cyo gusenga Imana.
Ubushobozi ngiro1. Kumenya gusenga no kubikora mu bwenge 2. Umurimo wo mu matsinda basengera hamwe. 3. Umuhate mu guhimba amasengesho.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa no gusenga icyo ari cyo2. Gukoresha ubwenge mu gihe usenga3. Kwitoza uko basenga
Imfashanyigisho1. Ifoto y’umuntu usenga.2. Amashusho yerekana abantu bari gusenga.3. Bibiliya.4. Igitabo cyamasengesho.5. Braille ku bana batabona neza.6. Ibyuma bisohora amajwi ku bana batumva neza.7. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Kwigana.3. Ibiganiro.4. Kwitegereza.
Ibyo gutegura mbere1. Soma muri Bibiliya mu gitabo cya Izayi 30:18-19 mbere y’isomo.2. Egeranya imfashanyigisho zikenewe zose hakiri kare3. Tegura ibibazo byo mu mutwe uza kubaza abanyeshuri4. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo.
Ibibazo byo kubaza abanyeshuri1. Hari ubwo mwaba mwarigeze musaba ikintu icyo ari cyo cyose abayeyi
banyu cyangwa ababarera, icyo kintu ni iki?2. Ni irihe jambo mukoresha mushaka kwaka ikintu umuntu?
Ibisubizo byabyo1. Imyambaro, ibitabo, inkweto2. Mushobora, mubishatse.
102
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Yobora abanyeshuri kenshi ku kiganiro mu ishuri kerekeye ukuntu bajya
baka ibintu bitandukanye ababyeyi babo.2. Baza abanyeshuri ibibazo bidakomeye byo kubakangura.3. Fasha abanyeshuri gusobanukirwa n’icyo isengesho ari cyo.4. Reka abana basobanukirwe ko ari abana b’Imana kandi ko ari yo iduha
ibyo dukeneye byose.5. Fasha abanyeshuri kumva ko tugomba kubaha Imana.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Sanisha iyo nkuru n’ibyo Bibiliya itwigisha mu gitabo cy’umuhanuzi Izayi
30:18-19.2. Reka abanyeshuri basome muri Izayi 30:18-19 hanyuma ubabaze niba koko
Imana yumva amasengesho yacu.3. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma ubwire umwe asengere abandi.4. Tsindagira ko isengesho ari ukuganira n’Imana nk’uko umwana aganira
n’umubyeyi we, niyo mpamvu tugomba gusenga dusaba Imana ibyo dukeneye byose.
5. Koresha Braille cyangwa amashusho Kugira ngo abanyeshuri bafite ubumuga babashe kumva na bo iri somo.
6. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga ubegereza ibikoresho byo gukorakoraho ndetse n’ibyo kumviraho.
Ibisubizo1. Baza ibibazo mu mutwe bitsindagira kandi bikanibanda ku cyo iri somo
ritwigisha2. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma ubwire umwe asengere bagenzi
be3. Musoze isomo muririmba indirimbo yo guhimbaza Imana.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu1. Isengesho ni ukuganira n’Imana. Tuganira na yo ngo idufashe mu buzima
bwacu bwa buri munsi, igahita idusubiriza amasengesho cyangwa ikazaba iyasubiza.
2. Tugomba kwizera Imana, ntiducike intege zo kuyisenga, ndetse tukanasengera abandi.
103
Isomo rya 2: Imyitwarire mu gihe cy’isengesho (Luka 18:10-14, Yohana 15:7) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 143)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero z’imyifarire iboneye mu gihe cy’isengesho.
UbumenyingiroKwerekana no kwifata neza mu gihe cyo gusenga.
UbukeshaKwicisha bugufi no kubaha igihe cyo gusenga
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga ikinyarwanda neza2. Umuhate mu guhimba amasengesho. 3. Gusengera mu matsinda
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’uko wakwitwara mu gihe cy’amasengesho.2. Kugira imyifatire myiza mu gihe cyo gusenga.
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Igitabo cy’amasengesho.3. Amashusho atandukanye y’abantu basenga.4. Amashusho yanditseho amasengesho atandukanye.5. Braille n’ibindi bikoresho byo gufasha abana bafite ubumuga.6. Ibyuma bisohora amajwi ku bana batumva neza.8. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwigana2. Ibiganiro.3. Kwitegereza.4. Ubushakashatsi.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya imfashanyigisho zikenewe zose hakiri kare2. Soma Bibiliya mbere y’isomo 3. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.
104
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo mu mutwe.
Ibibazo byo kubaza abanyeshuri1. Kubera iki tugomba kwicisha bugufi mu gihe turi kugira icyo dusaba abandi?2. Kubera iki tugomba kwicisha bugufi mu gihe dusenga?
Ibisubizo byabyo1. Kugira ngo babashe kutwumva no kuduha icyo tubasaba.2. Kugira ngo Imana yumve amasengesho yacu kandi inayasubize iduha ibyo
tuyisaba.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Fasha abanyeshuri mu kwerekana amwe mu magambo yerekana
ikinyabupfura2. Baza: tanga urugero rumwe rw’amagambo ukoresha ushaka gutira ikintu
inshuti yawe cyangwa ushaka kugira icyo waka ababyeyi bawe3. Reka abanyeshuri bakine agakino ko gutirana ibintu inshuti zabo4. Tsindagira ikoreshwa ry’amagambo agaragaza ikinyabupfura yatanzwe
mu gitabo cy’umunyeshuri5. Tsindagira ko tutagomba kwirata no kwibonekeza mu gihe dusenga
cyangwa dusaba ikintu.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Reka abanyeshuri basome muri Luka 18:10-14 kandi ubafashe gusobanukirwa
n’imyitwarire y’umufarizayi n’umusoresha w’ikoro.2. Fasha abanyeshuri bakine agakino kerekana imisengere y’umufarizayi
n’umusoresha w’ikoro.3. Mwigire hamwe n’abanyeshuri imyitwarire iboneye hanyuma mwitondere
amagambo mukoresha mu masengesho.4. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga ubegereza ibikoresho byo gukorakoraho
ndetse n’ibyo kumviraho Kugira ngo babashe kumva neza iri somo.5. Reka abana basome muri Yohani 15:17. Iyo tugumye mu Mana ndetse
tugakora ibyo bibiliya itwigisha, Imana yumva amasengesho yacu ikanayasubiza.
6. Reka abanyeshuri bitegereze ifoto y’umufarizayi w’umwibone n’umusoresha w’ikoro wicishije bugufi.
Ibisubizo1. Yobora ikiganiro ku mpamvu tugomba kwicisha bugufi mu gihe dusenga.
Tsindagira ko kwicisha bugufi byerekana ikinyabupfura no kubaha Imana. 2. Tsindagira ko amasengesho y’uriya mufarizayi Imana itayashubije kubera
ko atabanje kwicisha bugufi ngo anubahe Imana.
105
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano
Isomo rya 3: Amasengesho y’ibanze- Dawe uri mu ijuru (Matayo 6:9-13, Luka 22:39-44) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 145)
Intego y’inyigishoUbumenyiKumenya isengesho rya Dawe uri mu ijuru no gusobanukirwa ko ari Data wa twese.
UbumenyingiroGusubiramo isengesho rya Dawe uri mu ijuru buri muntu ndetse no mu matsinda no kwerekana ibyiza by’iri sengesho.
UbukeshaGuha agaciro isengesho rya Dawe uri mu ijuru twigishijwe na Yezu
Ubushobozi ngiro1. Kuvuga ikinyarwanda neza.2. Umuhate mu guhimba amasengesho. 3. Kongera ubushobozi bwo kumenya ururimi.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro k’iri sengesho ry’ibanze.2. Gusenga ukoresheje isengesho rya Dawe uri mu ijuru.3. Ubuhanga bwo gusoma neza.
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Igitabo cy’amasengesho.3. Amashusho atandukanye y’anantu basenga.4. Amashusho yanditseho amasengesho atandukanye.5. Braille n’ibindi bikoresho byo gufasha abana bafite ubumuga.6. Ibyuma bisohora amajwi ku bana batumva neza.7. Igitabo cy’umunyeshuri.
106
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Kwigana.3. Ubusesenguzi.4. Iby’ubuzima busanzwe.
Ibyo gutegura mbere1. Soma Bibiliya mbere y’isomo 2. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.3. Egeranya ibikoresho byo gukorakoraho byagenewe abana bafite ubumuga4. Gira ibyo wandika biringaniye uze kubiha abanyeshuri mbere y’isomo
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo mu mutwe.
Ibibazo byo kubaza abanyeshuri1. Ni nde ukuriye umuryango?2. Kubera iki tugomba kubaha no kumvira uhagarariye umuryango
Ibisubizo byabyo1. Ababyeyi bacu ni bo bakuriye imiryango yacu. 2. Kubera ko batwitaho baduha iby’ibanze byose dukenera mu buzima bwacu
bwa buri munsi (nk’ibyo kurya, icumbi, imyambaro) n’ibindi nko kutujyana kwiga.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Itegereze hamwe n’umunyeshuri, ibihe bitandukanye abantu baba bafite
ibiterane by’amasengesho iwacu, maze murebe uko baba bifashe.2. Yobora ikiganiro n’abana ku bintu by’ingenzi biranga amasengesho aba
yakorewe iwacu muri sosiyete. Ingero nko ku nsengero, mu makwe, mu mihango yo gushyingura, n’ibindi bikorwa bitandukanye bihuza abantu.
Baza: kubera iki abantu bakorera amasengesho iyo ngiyo aho dutuye? Fasha abanyeshuri bafite ubumuga gusoma Bibiliya kandi ubashishikarize
gukurikira mu isomo ryose.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Sanisha imibereho yacu n’ibyo Bibiliya itwigisha mu Ivanjili ya Matayo 6:
6-13 no mu Ivanjili ya Luka 22:29-442. Fasha abanyeshuri gusoma icyo gice3. Reka abana basubiremo isengesho rya Dawe uri mu ijuru/Data wa twese
mu matsinda4. Tsindagira ko isengesho rya Dawe uri mu ijuru/data wa twese ari isengesho
ryuzuye aho abakirisitu bashimira Imana, bayihimbaza ndetse bakanayisaba imbabazi z’ibyaha byabo, bakanayisaba kubarinda imyuka mibi ya Satani
107
ndetse bakanayisaba kubaha ifunguro n’ibindi bintu bakeneye.5. Bwira abanyeshuri ko tugoma kubabarira abandi nk’uko natwe Imana
itubabarira 6. Bwira abanyeshuri ko duhimbaza Imana kubera ko ari nziza kandi ikaba
ishobora byose7. Koresha ibimenyetso by’amarenga ufashe abana bafite ubumuga kwitabira
no gukurikira isomo. Uko ryakabaye.
IbisubizoMu matsinda mwakoze mu ishuri, genda uteganya abana bavuga isengesho rya Dawe uri mu ijuru/Data wa twese.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 147
1. - Gushimira no guhimbaza Imana - Kubaha no gushimisha Imana - Gusaba imbabazi z’ibyaha byabo - Gusaba imbabazi z’ibyaha2. Kora amatsinda yabanyeshuri baringaniye hanyuma basubiremo isengesho
rya Dawe uri mu ijuru/Data wa twese hanyuma ishuri ryose naryo rize kurivugira hamwe.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amasomo ya Kisilamu.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu1. Yezu/Yesu ni We wigishaga abagishwa be, Dawe uri mu ijuru/Data wa twese.
Rifite ibice byose by’isengesho nyaryo.2. Rikubiyemo uguhimbaza Imana, gusaba ibyo dukeneye, gusaba imbabazi
z’ibyaha byacu, kuturinda ikibi cyose. Bikaba byerekana ko koko ari isengesho ryuzuye koko.
Isomo rya 4: Isengesho rya mbere yo kuryama (Zaburi 1:2) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 147)
Intego y’inyigishoUbumenyiGusobanukirwa ko ari ingirakamaro gusenga mbere yo kuryama.
108
UbumenyingiroGusobanura ibyiza byo gusenga mbere yo kuryama n’urugero rw’isengesho rigufi rya mbere yo kuryama.
UbukeshaKubaha no kwereka umuco mwiza wo gusenga.
Ubushobozi ngiro1. Gusenga kenshi.2. Gusengera hamwe mu matsinda.3. Umuhate mu guhimba amasengesho no gusenga.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’amasengesho atandukanye2. Gusenga ukoresheje amasengesho y’ibanze3. Kuvuga amasengesho y’ibanze
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Igitabo cy’amasengesho.3. Amashusho ari mu gitabo cy’umunyeshuri.4. Ibyuma bisohora amajwi ku bana batumva neza.5. Igitabo cyumunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwigana.2. Kubara inkuru.3. Ibiganiro.4. Udukino.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo.3. Gira ibyo wandika biringaniye uze kubiha abanyeshuri mbere y’isomo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaIbibazo ku banyeshuriMusenga gute iyo mugiye kuryama?
IbisubizoDusengera hamwe nk’umuryango mbere yo kuryama.Buri muntu ku giti cye mu cyumba cye.
109
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Bari mu matsinda, reka abanyeshuri baganire uburyo bunyuranye bakoresha
iwabo mu miryango, basenga, mbere yo kujya kuryama.2. Yobora ikiganiro mu ishuri ku bibazo bishobora kutubaho nijoro dusinziriye.3. Yobora ikiganiro ku ngero z’ibyatubaho mu gihe turamye nijoro4. Reka abanyeshuri basome isengesho rigufi riri mu gitabo cy’umunyeshuri
paje 148.5. Bwira abanyeshuri ko hari abatutsi bamwe bishwe nijoro mu gihe cya
jenoside yabakorewe mu 1994.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Reka abanyeshuri bitegereze amashusho kandi batahure ko umuryango uri
gusengera hamwe mbere yo kujya kuryama.2. Fasha abana gusoma Zaburi 1: 2.3. Baza: ni iyihe nyungu y’ingenzi yo gusenga mbere yo kujya kuryama?
Mujya musenga mbere yo kuryama? None se ujya usenga wowe ku giti cyawe? Cyangwa musengera hamwe mu muryango wanyu mbere yo kujya kuryama?
4. Baza abanyeshuri: mwaba hari abantu iwanyu barwanyeho mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi muri 1994?
5. Tsindagira ko umuntu mwiza asenga Imana amanywa n’ijoro.6. Bwira abana ko bagomba kujya basenga Imana ngo ibarinde mbere yo
kujya kuryama.
Ibisubizo1. Mu matsinda, reka umunyeshuri umwe asengere bagenzi be isengesho rya
nimugoroba.2. Reka abana batandukanye na bo bavuge amasengesho magufi umwe umwe.3. Reka abana basobanukirwe mu byukuri akamaro ko gusenga mbere yo
kujya kuryama.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 1. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 2. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmateka
110
Isomo rya 5: Isengesho mbere yo kurya (Matayo 26:26-27, Luka 22:17-20, Zaburi 81:10, Kuva 23:25) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 148)
Intego y’inyigishoUbumenyiGusobanukirwa ko ari ingirakamaro gusenga mbere yo kurya.
UbumenyingiroGusobanura ibyiza byo gusenga mbere yo kuryama n’urugero rw’isengesho rigufi rya mbere yo kurya.
UbukeshaKubaha no kwereka umuco mwiza wo gusenga.
Ubushobozi ngiro1. Gusenga kenshi.2. Gusengera hamwe mu matsinda.3. Umuhate mu guhimba amasengesho no gusenga.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’amasengesho atandukanye2. Gusenga ukoresheje amasengesho y’ibanze3. Kuvuga amasengesho y’ibanze
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Igitabo cy’amasengesho.3. Filimi yerekana abantu batandukanye bari gusenga.4. Bibiliya yera.5. Ibikoresho byo gukorakoraho ku bana bafite ubumuga.6. Ibikoresho byo gufasha abana bafite ibibazo byo kureba neza.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo.3. Gira ibyo wandika biringaniye uze kubiha abanyeshuri mbere y’isomo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwiyibukiranya isomo ry’ubushize. Baza abanyeshuri ibibazo biryerekeyeho.
111
Ibibazo bitandukanye ku banyeshuri1. Ni ikihe kintu mukunda kurya?2. Ninde utegura amafunguro iwanyu?
Ibisubizo1. Reka abana bavuge ibiryo bakunda kurya.2. Mama, masenge, papa, uturera, umukozi, mukuru wanjye (emera ibisubizo
byose abana batanze).
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Bari mu matsinda, reka abanyeshuri baganire ku biryo bakunda kurya
kenshi.2. Emerera abanyeshuri babwirane bihereyeho bavuge amafunguro
abaryohera.3. Baza: kubera iki ari byiza gusenga mbere yo kurya?4. Baza: mujya musenga mbere y’uko murya? Ninde uyobora amasengesho yo
ku meza mugiye gufungura?5. Huza ibitekerezo byatanzwe n’abanyeshuri n’isomo rya none.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Hitamo umunyeshuri umwe umufashe gusoma Matayo 26: 26- 27.2. Reka n’undi asome Zaburi 81: 10. Fasha abo banyeshuri gusobanukirwa ko
Imana yemereye guha ubwoko bwa Isiraheri icyo kurya.3. Mu matsinda, fasha abnyeshuri kuganira ku kamaro ko gusenga mbere yo
kurya. 4. Fasha abanyeshuri gusubiramo urugero rumwe rw’isengesho riri mu bitabo
byabo paje 149.5. Fasha abanyeshuri kwitegereza no gusobanukirwa amashusho ari mu
bitabo byabo.
Ibisubizo1. Reka abanyeshuri basubiremo urugero rw’isengesho riri mu bitabo byabo,
hanyuma barisubiriremo mu matsinda hanyuma ishuri ryose.2. Buri umwe umwe, reka abanyeshuri batandukanye bajye imbere bavuge
isengesho ryo ku meza rigufi ubafashe.3. Yobora abaturage muturanye mu masengesho n’indirimbo.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 1501. Emera ibisubizo, nk’umuntu ku giti ke, umwe asengere abandi.2. Uwaruye ni we usengera ibyo kurya, ababyeyi banjye nibo basengera
ibiryo. Emera ibisubizo bitandukanye.3. Emera ibisubizo: ababyeyi banjye, umwarimu wanjye, umwarimu wanjye
w’ishuri ry’icyumweru, mushiki wanjye cyangwa murumuna wanjye.
112
4. Uwo ari we wese ashobora gusengera ibiribwa kugira ngo Imana ibihe umugisha mbere y’uko tubirya.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoUbumenyi, Isilamu
Ubumenyi bw’inyongera bugunewe umwarimu1. Isengesho ni ingenzi mu buzima, tugomba gusengera ibyo kurya, mu rwego
rwo gushimira Imana yabiduhaye, ndetse no kubisabira umugisha.2. Kera, abanyafurika bajyaga batanga ituro nk’igitambo cy’umusaruro
babaga bajeje, ndetse nko gushimira Imana.
Isomo rya 6: Isengesho ryo gushimira (1 Abatesalonike 5:18, Kuva 15:21, Zaburi 118:1) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 150)
Intego y’inyigisho
UbumenyiGusobanukirwa ko ari ingirakamaro gusenga ushimira Imana.
UbumenyingiroGusobanura gusenga ushimira Imana icyo ari cyo n’urugero rw’isengesho rigufi ryawe bwite ryo gushimira Imana.
Ubukesha1. Kugira umuco mwiza wo gusenga ushimira Imana.2. Kwitoza umuco wo kuba umuntu ushima abandi buri gihe ari ngombwa.
Ubushobozi ngiro1. Gusenga kenshi ukoresheje amagambo asobanutse.2. Gusengera abandi mu matsinda.3. Uruhare rwa buri wese mu gukora isengesho ryo gusabira abandi.4. Umuhate mu guhimba amasengesho no gusenga.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’amasengesho atandukanye yo gushima.2. Gusenga ukoresheje amasengesho yo gushimira. 3. Guha agaciro isengesho ryo gushima.
113
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Igitabo cy’amasengesho.3. Amashusho y’abantu batandukanye bari gusenga.4. Ibikoresho byo gukorakoraho ku bana bafite ubumuga.5. Ibikoresho byo gufasha abana bafite ibibazo byo kureba neza.6. Bibiliya yera.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwigana.2. Ibiganiro.3. Udukino.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo.3. Gira ibyo wandika biringaniye uze kubiha abanyeshuri mbere y’isomo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo mu mutwe.
Ibibazo bitandukanye ku banyeshuri1. Ni gute ushobora gushimira abandi?2. Kubera iki ugomba gushimira abandi?
Ibisubizo ku bibazo byabajijwe mu mutwe1. Igihe badufashije cyangwa baduhaye ibyo twabasabye.2. Dushobora kubashima igihe baduhaye ubufasha runaka cyangwa baduhaye
ibyo twari dukeneye, maze tukabereka umutima wo kubashimira no kububaha.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri ibihe bitandukanye bashobora gushimiramo abandi.2. Kora amatsinda y’abana hanyuma bayaganiriremo ibihe bitandukaye
cyangwa icyaba cyabaye iwabo, maze hakavugirwa amasengesho yo gushimira.
3. Reka abanyeshuri babwirane ibyababayeho maze bakavuga amasengesho yo gushima.
4. Reka abana bavuge ibintu byiza byababayeho n’icyari cyabaye, ndetse n’uko babyitwayemo.
5. Mu matsinda, fasha abanyeshuri kuvuga amasengesho yo gushima ari mu bitabo byabo.
114
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Teganya abanyeshuri bo gusoma Itesaloniki 5:18 maze mwite kuri iryo
somo mu gushimira Imana igihe cyose.2. Reka abana basome mu Kuva 15:21 maze ubafashe kumenya ko Imana
ibinyujije kuri Mose yafashije Abisilaheli mu kwambuka inyanja itukura atandukanyamo amazi mo kabiri.
3. Fasha abana gusobanukirwa ko Miriamu yayoboye Abisilaheli bakajya gusenga no gushimira Imana nyuma yo kwambuka inyanja itukura
4. Ita ku byo Bibiliya itwigisha muri Zaburi 118: 1 aho itubwira ko tugomba gushima Imana kuko ari nziza, ko igira neza kandi idukunda.
5. Fasha abanyeshuri gusobanukirwa n’amashusho ari mu bitabo byabo hanyuma baganire kubyo babona ayo mafoto ababwira.
6. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga gukurikira bihagije mu isomo ryose kandi bagire n’uruhare rugaragara mu bikorwa muri ryo.
IbisubizoBwira abanyeshuri bake bavugire imbere y’abandi amasengesho yo gushimira Imana Genzura ko abandi bateze amatwi kandi bitonze.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 152
Iwacu, abantu bategura amasengesho yo gushimira Imana mu gihe habaye ibintu byiza binyuranye nk’amakwe, kurangiza kaminuza, gusohora umwana.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka.
Ubumenyi bw’inyongera bugunewe umwarimu1. Gushimira abandi byerekana ko twanyuzwe ndetse ko tubashimiye.2. Gushima bituma uwashimwe anezerwa,akaba yafasha n’abandi. Tugomba
gushima Imana buri gihe, nk’uko Bibiliya ibidushishikariza. Ndetse no mu gihe yadusubirije amasengesho.
Isomo rya 7: Isengesho ryo gusabira abandi
(Abanyaroma 8:26-27, 34 Abanyakolosi 4:2-3,
Abanyaroma 15:30)
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 152)
115
Intego y’inyigishoUbumenyiGusobanukirwa gusengera abandi cyo ari cyo n’akamaro kabyo.
UbumenyingiroGusobanura isengesho ryo gusengera abandi no no kurisenga.
UbukeshaKugira umuco mwiza wo gusengera abandi no kwereka Imana ibyo dukeneye.
Ubushobozi ngiro1. Gusenga kenshi. 2. Gusengera abandi mu matsinda.3. Umuhate mu guhimba amasengesho no gusenga.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro ko gusengera abandi.2. Gukora umurimo wo gusengera abandi.3. Kwihatira umuco mwiza wo kwita no gukunda abandi.
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Amashusho y’umupasitoro uri gusengera abantu.3. Ibikoresho byo gukorakoraho.4. Ibikoresho bisohora amajwi byifashishwa n’abana bafite ubumuga bwo
kutumva.5. Igitabo cy’amasengesho.6. Bibiliya yera.7. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Kwigana.3. Udukino.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo.3. Gira ibyo wandika biringaniye uze kubiha abanyeshuri mbere y’isomo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize. Baza abanyeshuri ibibazo bitandukanye byo kwibukiranya ibyo bize ubushize.
116
Ibibazo bitandukanye ku banyeshuri1. Ni uwuhe murimo w’abayobozi b’amatorero?2. Ni iki mubona kigaragaza ku mafoto ari mu bitabo byanyu kuva ku rupapuro
rwa 152-153.
Ibisubizo1. Gusengera abandi bantu. Guhumuriza abantu. Kugarura amahoro mu banganaga.2. Umushumba w’itorero uri gusengera umurwayi.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Yobora ikiganiro hanyuma wemererere abanyeshuri kuvuga ingero z’ibyo
baba bakeneye iwabo mu muryango.2. Huza ibyo n’isomo ry’uyu munsi.3. Bwira abanyeshuri: mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ko
abana benshi babaye imfubyi, abagore baba abapfakazi n’abagabo baba abapfakazi.
4. Shimangira ko ari byiza buri gihe gusengera abandi ndetse no gusengera igihugu cyacu cy’u Rwanda ngo kibone amahoro.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Reka abanyeshuri basome muri Bibiliya mu gitabo cy’Abanyaroma 8:26.
Reka abana basobanukirwe ko Roho Mutagatifu na we agatakambira abakirisitu ku Mana.
2. Reka abanyeshuri basome mu Bakolosayi 4: 2 no mu Banyaroma 15.: 30 kandi utsindagire ko abakirisitu bagomba gusengerana iteka nk’ikimenyetso cy’urukundo, no gushyira hamwe.
3. Reka abanyeshuri bitegereze ifoto iri mu gitabo hanyuma bavuge n’uko byagenze kuri iyo foto.
4. Bahereye ku matsinda hanyuma bagakurikizaho ishuri ryose, reka abanyeshuri bavugire hamwe urugero rw’isengesho ryo kuramya riri mu bitabo byabo.
Ibisubizo1. Mu matsinda mato, bwira umunyeshuri umwe asengere abandi2. Toranya abanyeshuri bake basenge mu kimbo cy’ishuri ryose.3. Genzura ko abanyehsuri bandi basigaye bateze amatwi kandi batuje. 4. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga gukoresha ibikoresho byo kubafasha
Kugira ngo bakurikire bihagije mu ishuri.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
117
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano.
Ubumenyi bwi’inyongera bugenewe umwarimu1. Isengesho ryo gusabira abandi ryongera urukundo mu bantu, ndetse
n’ubamwe.2. Ubwo Yezu/Yesu yari agiye kujya mu ijuru, yasezeranije intumwa ze umufasha,
ari we Roho Mutagatifu/Umwuka wera. Bamubonye ku munsi wa Penekositi. Uyu mufasha ni we utakambira abakirisitu ku Mana. Akabatera imbaraga.
Isomo rya 8: Isengesho mbere y’umurimo (Abafilipi
4:13, Luka 1:37) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 153)
Intego y’inyigishoUbumenyiGusobanukirwa no guha agaciro isengesho rya mbere y’umurimo.
UbumenyingiroGusobanura akamaro k’isengesho rya mbere y’umurimo no kugerageza gusengera akazi.
Ubukesha1. Kugira umuco mwiza wo gusenga mbere y’akazi. 2. Kwiyongeramo umuco wo kwibuka gusenga mbere y’umurimo runaka.
Ubushobozi ngiro1. Gusenga kenshi. 2. Gusengera abandi mu matsinda.3. Umuhate mu guhimba amasengesho no gusenga.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro ko gusengera umurimo.2. Gukora umurimo wo gusengera umurimo. 3. Kwihatira umuco mwiza wo gusengera umurimo mbere yo kuwukora.
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Igitabo cy’amasengesho.3. Amashusho y’abantu bari gukora imirimo itandukanye.4. Ibikoresho byo gukorakoraho.5. Bibiliya yera.6. Igitabo cy’umunyeshuri.
118
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Ibazwa.3. Gutembera.4. Kwigana.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe ku bana bafite ubumuga.2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo.3. Teganya ibikoresho byo gufasha abnyeshuri bafite ubumuga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo bifitanye isano n’isomo ry’ubushize.
Ibibazo bitandukanye ku banyeshuriWumva uzakora uwuhe mwuga numara gukura?
IbisubizoKwigisha, kuvura, umworozi, umunyabukorikori, umuforomo, umushoferi, umupolisi.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Bwira abanyeshuri batange ingero z’imirimo itandukanye abantu bakora.2. Babwire bavuge iyo bakundamo.3. Reka abana batange ingero z’abantu bazi iwabo aho batuye n’ibyo bakora.4. Mu matsinda, reka abana baganire ku mpamvu zatuma dusengera umurimo.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Fasha abanyeshuri gusoma Abanyafilipi 4:13 kandi wizere ko Imana iduha
imbaraga zo gukora imirimo inyuranye.2. Reka abanyeshuri basome muri Luka 1:37 kandi wizere ko iyo dusenze
Imana ibintu byose bishoboka kandi bikadutunganira.
Ibisubizo1. Mu matsinda mbere na mbere reka abana bavuge amasengesho ya mbere
y’umurimo ari mu gitabo cy’umunyeshuri. 2. Reka abanyeshuri batandukanye bagerageze kuvuga isengesho rya mbere
y’umurimo.3. Tera umwete abana bafite ubumuga gukurikira mu isomo.
119
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 157
1. Igihe dusengera umurimo, Imana iradufasha kandi ikanaturinda. Imana kandi iha umugisha uwo murimo wacu ukadutunganira.
2. Fasha abanyeshuri kuvuga isengesho nk’abantu bitegura kujya gukora umurimo runaka.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, Icyongereza
Isomo rya 9: Igihe cyo gusenga (Luka 18:1-5, 1
Abatesalonike 5:17, Abafeso 6:18, 1 Timotewo 2:8)(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 157)
Intego y’ikigishoUbumenyiKugena igihe cyiza cyo gusenga n’ibyiza byo kwihangana mu gihe cy’isengesho.
Ubumenyi ngiroGusobanura igihe cyiza cyo gusenga no gukora isengesho bwite.
UbukeshaKwerekana imyitwarire irangwa n’isengesho no kugira umuco wo gushikama ku isengesho.
Ubushobozi ngiro1. Umurimo mu matsinda wo gusengera hamwe.2. Gusenga neza no gukoresha amagambo asobanutse mu isengesho.3. Kwerekana ubuhanga bwo gusenga buri wese.
Inyungu z’ikigisho1. Gusobanukirwa n’ibihe bitandukanye byo gusenga.2. Gusenga kenshi.3. Kwiyungura umuco mwiza wo gusenga.
Imfashanyigisho1. Amashusho y’abantu batandukanye bari gusenga.2. Bibiliya.
120
3. Igitabo cy’amasengesho.4. Braille n’ibindi bikoresho byo gukorakoraho.5. Ibikoresho bisohora amajwi ku banyeshuri bafite ubumuga bwo kutumva
neza.6. Bibiliya yera.7. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha:1. Ibiganiro2. Kwitegereza3. Imbwirwaruhame.4. Udukino.
Ibyo guteguraTegura imfashanyigisho zose za ngomwa mbere y’isomo.Soma muri Bibiliya kandi utegure ibyo abana baza kwandika mu makayi yabo .
Imyitozo ku nyigishoTangira isomo ryawe ubaza ibibazo bitandukanye ku gihe.
Ibibazo ku banyeshuri:1. Tubyuka ryari mu gitondo:2. Ese mu gitondo tugera ku ishuri gihe ki?3. Saa sita turya ryari?
Ibisubizo1. Tubyuka saa kumi n’ebyiri za mugitondo2. Mbere y’uko amasomo tangira3. Turya saa sita zuzuye
Isomo rirambuye1. Mu matsinda, reka abanyeshuri baganire ku gihe amasengesho asubirizwa.2. Fasha abanyeshuri gusobanukirwa ko bajya baka ababyeyi babo cyangwa
abandi babarera, ikintu mu gihe koko bagikeneye. 3. Genzura niba koko abana bafite ubumuga bakurikira neza mu isomo.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Abanyeshuri basome Abanyefezi 6:18 Itesaloniki 5:17 Luka 18:1- 5 na I
Timotewo 2:8.2. Shishikariza abanyeshuri ko bagomba gusenga iteka.3. Batekerereze inkuru yo muri Bibiliya y’umupfakazi n’umucamanza. Reka
abanyeshuri bagerageze kubyiyumvisha, byatewe n’umuhate no kwihangana by’uwo mupfakazi kugira ngo amasengesho ye asubizwe.
4. Reka na none abanyeshuri basobanukirwe neza ko amasenngesho yose atajya asubizwa.
121
IbisubizoCagura abana basengere mu matsinda, kandi basenge basaba Imana ukwihangana mu gihe amasengesho atarasubizwa.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, imibare
Isomo rya 10: Amasengesho Yabugenewe (1 Yohani
5:14-15, Yohani 14:13-14, Abanyafilipi 4:6-7) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 158)
Intego y’ikigishoUbumenyiGusobanukirwa bihagije ko amasengesho wihimbiye ari ingirakamaro cyane.
Ubumenyi ngiroGusobanura icyo amasengesho bwite bisobanura.
UbukeshaKwitoza gukora amasengesho yawe bwite kenshi mu buzima bwa buri munsi.
Ubushobozi ngiro1. Kongera ubumenyi mu rurimi mu byerekeye kuruvuga.2. Kongera umuhate wo kuvumbura utuntu mu gihe uhimba isengesho.3. Gusengera hamwe mu matsinda.
Inyungu z’ikigisho1. Gusobanukirwa n’amasengesho wihimbiye icyo ari cyo.2. Kuyasenga kenshi.3. Kwiyungura umuco mwiza wo gusenga.
Imfashanyigisho1. Igitabo cy’amasengesho.2. Amashusho y’abantu bari mu murimo itandukanye.3. Ibikoresho bisohora amajwi ku banyeshuri bafite ubumuga bwo kutumva
neza4. Bibiliya yera.
122
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Ubusesenguzi.3. Udukino.4. Kwigana.
Ibyo gutegura1. Tegura imfashanyigisho zose za ngomwa mbere y’isomo.2. Soma muri Bibiliya kandi utegure ibyo abana baza kwandika mu makayi
yabo.
Imyitozo ku nyigishoTangira isomo ryawe ubaza ibibazo bitandukanye ku masomo y’ubushize.
Ibibazo ku banyeshuri1. Kubera iki musenga Imana?2. Amasengesho meza ni iki?
Ibisubizo1. Dusenga Imana: Tuyishimira, tuyisaba imbabazi z’ibyaha byacu, tuyisaba ibyo dukeneye,
dusengera abandi.2. Amasengesho meza ni amasengesho avugwa twisabira ibintu byiza ndetse
tunabisabira abandi. Ntitugomba gusenga dusaba ko abandi bagira ibyago.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Mu matsinda, reka abanyeshuri baganire ku isengesho bwite. 2. Tsindagira ko Imana isubiza amasengesho yacu, ku bintu bitugirira nabi
ndetse bikanagirira nabi bagenzi bacu. 3. Yobora ikiganiro kuri iri somo.4. Shishikariza abana bafite ubumuga gukurikira mu isomo ryose.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Abanyeshuri basome Yohani wa mbere 5:14 kandi utsindagire rwose ko
Imana isubiza amasengesho yacu twayigejejeho. Imana yifuza ko ibintu byiza aba ari byo bitubaho.
2. Yezu yasezeranyije abazamukurikira bose ko azasubiza amasengesho yose bazasenga mu izina rye.
3. Baza: ni nk’ayahe masengesho Imana idashobora gusubiza?4. Bwira abana bitegereze ifoto iri mu bitabo byabo hanyuma bavuge icyo
babona bari gusenga basaba.5. Tsindagira ko tugomba gusenga ubutitsa kandi tugasengera abandi
tunabifuriza ibyiza.
123
Ibisubizo1. Cagura abana bahimbe amasengesho meza kandi magufi abandi batege
amatwi.2. Abanyeshuri baririmbe indirimbo yo guhimbaza no gushimira Imana.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 158
1. Imana iradukunda twese kandi ishaka ko dukundana nk’uko natwe twikunda. Twirinde ibibi kandi tubirinde n’abandi. Kuko bituma tubana nabi hagati yacu na bagenzi bacu.
2. Fasha abanyeshuri kwibukiranya no gukora amasengesho atandukanye.3. Imana yacu iratwihanganira, Imana ishaka ko tuyizera.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye
Ihuriro n’andi masomoAmasomo ya kisilamu
Ibisubizo ku myitozo ngiro gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 159
1. Isengesho.2. yigishaga3. Yasengeraga mu murima wa Getsemani.4. abigishwa5. yasengaga6. Yasangiye bwa nyuma n’abigishwa be i Yerusalemu.7. kuririmba indirimbo yo guhimbaza Imana 8. Amasengesho yo gutakamba.9. kwicisha bugufi no kwiyoroshya10. Tugomba gusenga igihe cyose.11. urakoze12. Tugomba kubafasha.13. (a) Urakoze Mana (b) Ndagusingiza Mana14. Tugomba gukomeza gusenga kugeza igihe Imana isubirije amasengesho
yacu.15. (a) Kugira ngo Imana idufashe kandi umurimo wacu uduhire. (b) Kugira ngo Imana iturinde kandi idukingire ingorane zo mu kazi.
124
Umubare w’amasomo: 10
Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 160
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura neza imigenzereze myiza y’abizeye (abemeye) Imana baboneka muri Bibiliya.
Andi masomo ashamikiyeho1. Ukubaha Imana kwa Abeli2. Ingororano ya Enoki3. Igihembo cya NowaIbikorwa by’urukundo n’ubugwaneza Yezu yakoze4. Igitangaza cyo mu bukwe bw’i Kana5. Yezu ahaza imigati abantu barenga ibihumbi bitanu 6. Yezu akiza abarwayi:1. Yezu akiza nyirabukwe wa Simoni2. Yezu akiza umubembe3. Yezu akiza umuhungu wahanzweho na roho mbi
Isomo rya 1: Kumvira Imana kwa Abeli intungane (Intangiriro 4:1-16) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 160)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’abantu bizeye Imana baboneka muri bibiliya.
UbumenyingiroKwerekana ibyiza byo kubaha Imana n’ingaruka zo kuyisuzugura.
Umutwe wa Ingero/ Intwari z’abizeye Imana
Icyigisho Icungurwa rya Muntu
Bibiliya n’Imyemerere Imbumbanyigisho
3
125
UbukeshaKubaha ababyeyi no gushyira mu bikorwa ibyo batubwira.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gukina udukino dutandukanye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro ko kubaha2. Kubaha3. Kwihatira umuco mwiza wo gusengera umurimo mbere yo kuwukora
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo ku nkuru ya Habimana na Kaliza. Iri mu bitabo by’abanyeshuri urupapuro rwa 160.
Ibibazo bitandukanye ku banyeshuri1. Utekereza ko Habimana na Kaliza bubahaga koko?2. Ni iki cyerekana ko Habimama na Kaliza bubaha?3. Abahungu babiri ba Adamu na Eva ni bande?
Ibisubizo1. Bubahaga ibyo ababyeyi babo bababwiraga byose kandi bagatunganya
imirimo babashinze.2. Bafashaga ababyeyi imirimo yo mu rugo nko gusukura inzu, kugaburira
amatungo, no gusukura mu rugo.3. Abahungu babiri ba Adamu na Eva ni Gahini na Abeli.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Gahini na Abeli.2. Amashusho yerekana Gahini na Abeli batura ibitambo.3. Braille n’ibindi bikoresho.4. Ibikoresho byunganira abatumva neza.5. Bibiliya.6. Filimi zerekana uko abizeye Imana muri bibiliya babagaho.7. Bibiliya.8. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Imbwirwaruhame.2. Ubushakashatsi.3. Gutembera.4. Kubara inkuru.
126
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Bwira abana basome inkuru ya Habimana na Kaliza iri mu bitabo byabo2. Baza: utekereza ko aba banyeshuri bari abana bubaha?3. Fasha abnyeshuri gusobanukirwa n’icyo kubaha bisobanura kandi batange
ingero ziboneka mu buzima busanzwe.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Huza iyi nkuru ya Adamu na Eva n’masomo yatambutse2. Fasha abanyeshuri gusoma mu Ntangiriro 4:1- 16 hanyuma ubwire abanyeshuri
bavuge amazina y’abahungu ba mbere ba Adamu na Eva. 3. Fasha abanyeshuri kumva ko Gahini yari umuhinzi naho Abeli we akaba
umushumba w’amatungo. 4. Fasha abanyeshuri gutanga ingero z’impamvu Imana yemeye igitambo cya
Abeli ikanga icya Gahini. Shishikariza abanyeshuri kumva neza ibyiza byo kubaha Imana na bagenzi bacu duhereye kubo tubana mu miryango yacu.
5. Bwira abanyeshuri ko iyo Abanyarwanda baza kuba bumvira Imana , batari kwicana muri jenoside yo mu 1994.
6. Injiza abana bafite ubumuga mu mirimo yose irebana n’isomo kandi ubatere akanyabugabo.
7. Reka abanyeshuri bitegereze amashusho ya Gahini na Abeli hanyuma baberekane.
8. Reka abana bitegereze amashusho ya Gahini na Abeli hanyuma banaberekane.
IbisubizoTunganya abanyeshuri bakine agakino ka Abeli na Gahini.Abanyeshuri baririmbe indirimbo yo kubaha hanyuma usoze isomo ryawe.
Ibyerekeye ibazwa1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, inyigisho kuri jenosidi.
Ubumenyi bwihariye bugunewe umwarimuGahini: Yari umwana w’imfura wa Adamu na Eva, akiri muto yari umuhinzi.Abeli: Yari ubuheta bwa Adamu na Eva, akaba murumuna wa Gahini. Yari
umushumba. Yatanze igitambo ku Mana iracyakira, icya Gahini
127
iracyanga, bituma amugirira ishyari, aramwica. Nicyo cyaha cya mbere cy’ubwicanyi cyabayeho mu mateka.
Isomo rya 2: Ingororano ya Enoki (Intangiriro 5:21-24)
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 162)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’abantu bizeye Imana baboneka muri Bibiliya.
Ubumenyi ngiroKwerekana ibyiza byo kubaha Imana n’ingaruka zo kuyisuzugura.
UbukeshaKubaha ababyeyi no gushyira mu bikorwa ibyo batubwira.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gukina udukino dutandukanye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro ko kubaha.2. Kubaha.3. Kwihatira umuco mwiza wo gusengera umurimo mbere yo kuwukora.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Gahini na Abeli.2. Amashusho yerekana Gahini na Abeli batura ibitambo.3. Braille n’ibindi bikoresho.4. Ibikoresho byunganira abatumva neza.5. Bibiliya.6. Filimi zerekana uko abizeye Imana muri bibiliya babagaho.7. Bibiliya.8. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ubushakashatsi.3. Udukino.4. Kwigana.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo.
128
2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza guha abanyeshuri ngo babyandike mu makayi yabo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo ku nkuru ya Habimana na Kaliza n’inshuti ze iri ku rupapuro rwa 160.
Ibibazo bitandukanye ku banyeshuri1. Utekereza ko Ufitamahoro yahawe ishimo na mwalimu we kubera iki?2. Mahoro yahawe mpano ki?
Ibisubizo1. Ufitamahoro yahagaritse umuntu ufite ubumuga bwo kutabona hanyuma
amwambutsa umuhanda.2. Mwalimu yamuhaye Bibiliya.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBwira abana basome inkuru ya Ufitamahoro iri mu bitabo byabo
Baza: utekereza ko ari ukubera iki Ufitamahoro yahawe impano na mwalimu we ‘ishuri ry’icyumweru?
Reka abanyeshuri bitegereze amashusho ari mu gitabo hanyuma bavuge icyo ari gukora.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Fasha abanyeshuri gusoma mu Ntangiriro 5:21-24 hanyuma ubafashe
gusobanukirwa inkuru ya Enoki n’ukuntu yari inshuti ikomeye y’Imana.2. Mu matsinda, bwira abana bavuge ibintu bibagira inshuti n’Imana.3. Fasha abana bafite ubumuga gukurikira no gusobaukirwa n’isomo.4. Reka abana bitegereze ishusho ya Enoki hanyuma bavuge ingororano
yahawe.
IbisubizoMu matsinda, abanyeshuri baganire ku myitozo iri mu bitabo byabo hanyuma buri tsinda rize kugeza ku bandi ibyo ryagezeho.
Teganya abana baza gukina agakino ku nkuru ya Mahoro n’umuntu ufite ubumuga bwo kutabona.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 163
1. Kubaha, ubudahemuka, gukurikiza amategko, kwizerwa.2. Ibintu byica ubucuti ni urwango, ubushurashuzi, ubugugu, ubwambuzi.3. Toranya umunyeshuri asome mu Ntangiriro 5:21- 24.
129
4. Kubaha, kwizerwa, ubudahemuka.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmateka no gukunda igihugu, inyigisho rusange.
Isomo rya 3: Igihembo cya Nowa ( Itangiriro 6:9-22)
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 164)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’abantu bizeye Imana baboneka muri Bibiliya.
UbumenyingiroKwerekana ibyiza byo kubaha Imana n’ingaruka zo kuyisuzugura.
UbukeshaKubaha ababyeyi no gushyira mu bikorwa ibyo batubwira.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gukina udukino dutandukanye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’akamaro ko kubaha.2. Kubaha.3. Kwihatira umuco mwiza wo kubaha abatuyobora.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Nowa ari kubaka inkuge. 2. Amashusho yerekana Gahini inyamaswa ziri kwinjira mu nkuge.3. Ibikoresho byunganira abatabona neza. 4. Ibikoresho bisohora amajwi byo gufasha abanyeshuri bafite ubumuga bwo
kutumva.5. Bibiliya.6. Filimi zerekana uko abizeye Imana muri Bibiliya babagaho.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ubushakashatsi.
130
3. Udukino.4. Kwigana.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri ngo babyandike mu makayi yabo.3. Shaka umunyeshuri uza gukina agakino kajyanye n’isomo hanyuma
ushyiremo n’abanyeshuri bafite ubumuga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize. Baza abanyeshuri ibibazo bifitanye isano.
Ibibazo bitandukanye ku banyeshuri1. Mu gitabo muri kubona mo iki?2. Ni ibihe bintu bibi abantu bakora bikarakaza Imana?3. Mutekereza ko ari ukubera iki Imana yahisemo Nowa?
Ibisubizo1. Nowa n’inkuge ye.2. Kwicana nk’ibyabaye mu Rwanda mu 1994.3. Nowa yarubahaga kandi agakora ikinezeza Imana.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Mugaruke ku buryo bunyuranye abantu bababara aho iwacu iyo dutuye.2. Urugero hari ubukene, uburwayi, abagezweho n’ingaruka z’intambara,
imyuzure, .. muvuge rero ku kuntu abo bantu bashobora kuzahurwa muri izo ngorane.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Reka abanyeshuri bitegereze ifoto iri mu bitabo byabo urupapuro rwa 164
noneho ubabaze ibyo babonye.2. Fasha abanyeshuri gusoma Intangiriro 6: 9-22.3. Bwira abanyeshuri basome mu bitabo byabo urupapuro rwa 165.4. Muganire n’abana uko abantu basuzugura Imana n’uko Imana ibahana
iboherereza ibigeragezo.
IbisubizoMu matsinda, abanyeshuri baganire ku myitwarire myiza ishimisha Imana.
Bwira abana bongere basubiremo ibya Nowa, uko umuryango we ndetse n’amatungo ye binjiye mu nkuge.
131
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 164
1. Ubudahemuka, kwicisha bugufi, kubaha amategeko.2. Gutsura ubucuti, kugira ibikorwa byiza, kugirana ubucuti n’abandi.3. Kubaha, ubupfura, kubaha amategeko, kwizerwa, ubupfura.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, no gukunda igihugu.
Ubumenyi bw’inyongera bugunewe umwarimu1. Tugomba gukora ibyo Imana ishaka.2. Ku isi gukora ibyiza no gukunda bagenzi bacu ni ngombwa, kuko Imana
izatugororera.
Isomo rya 4: Ibikorwa by’impuhwe n’urukundo bya
Yezu/Yesu-Igitangaza cyo mu bukwe bw’i Kana (Yohani
2:1-10) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 165)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’ibikorwa by’urukundo Yezu/Yesu yakoze.
Ubumenyi ngiroGusobanura icyo ari cyo igikorwa cy’urukundo.
Ubukesha1. Kugira imyitwarire myiza kubaha no gufasha abandi.2. Kwerekana umuco mwiza wo kubaha no gufasha abandi.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gukina udukino dutandukanye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ibikorwa Yezu yakoze by’urukundo n’impuhwe. Imfashanyigisho Bibiliya2. Kugira impuhwe n’urukundo.
132
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegereza. 2. Kubara inkuru.3. Udukino.4. Imfashanyigisho
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.3. Shushanya ibishushanyo bifitanye isano n’iri somo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize . baza abanyeshuri niba bibuka ibyo twize ubushize. Isomo ryavugaga ku ngororano ya Nowa.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBwira abanyeshuri bitegereze amashusho ari mu bitabo byabo hanyuma ubabaze uko byagenze kuri ayo mashusho.
Bwira abanyeshuri batange ingero zabo bwite z’abantu b’abakene bafashije. Bemerere babwirane ukuntu bafasha abantu b’abakene.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Nyuma yo kuganira ubwabo uko babigenza, bihuze n’igitangaza cyabereye
mu bukwe bw’i Kana.2. Ha abana igihe cyo kuvuga uko bumva mu bukwe byari byifashe.3. Abanyeshuri basome Yohani 2:1-10. Byagendekeye gute abahereza
b’ibinyobwa igihe inzoga zari zibashiranye?4. Muganire n’abanyeshuri ukuntu mu by’ukuri Yezu yahinduye amazi diyavi.5. Yobora abanyeshuri bite kuri bagenzi babo bafite ubumuga Kugira ngo na
bo biyumve mu isomo nk’abandi.6. Rangira abana bafungure ibitabo byabo ku ipaje ya 166 hanyuma barebe
amashusho ahari. Babaze uko babona byageze kuri ayo mafoto.
IbisubizoBwira abanyeshuri gukora amatsinda hanyuma bakore imyitozo iri ku ipaje ya 163.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 167
1. Kubaha icumbi.2. Kubaha imyambaro.3. Kubishyurira ishuri.
133
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ubumenyi bwihariye bugunewe umwarimu• Mu Ivanjili yaYohani 2:1-10,Yezu/Yesu, nyina Mariya n’abigishwa Be bari
batumiwe mu bukwe i Kana, mu Galileya. Mu gihe ubukwe bwari burimbanyije, divayi irabashirana, Yezu/Yesu afata amazi ayahinduramo divayi iryoshye kurusha iyo banywaga. Ubukwe burakomeza, ndetse bugenda neza.
• IkigitangazacyerekanakoYezu/Yesuariisokoy’ibyishimo.
Isomo rya 5: Yezu ahaza imigati abantu barenga ibihumbi bitanu (Yohani 6:1-15) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 168)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’ibikorwa by’urukundo Yezu yakoze.
Ubumenyi ngiroGusobanura icyo aricyo igikorwa cy’urukundo.
Ubukesha1. Kugira imyitwarire myiza kubaha no gufasha abandi.2. Kwerekana umuco mwiza wo kubaha no gufasha abandi.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gukina udukino dutandukanye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ibikorwa Yezu yakoze by’urukundo n’impuhwe. 2. Kugira impuhwe n’urukundo.
Imyitozo ku nyigisho1. Agakino kerekana Yezu ahaza ikivunge.2. Ibiganiro mu matsinda byerekeye ukuntu Yezu yahagije ikivunge cy’abantu.3. Gusoma Bibiliya.4. Kwandika mu makayi.5. Gushushanya amashusho y’abantu bafasha abandi.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Yezu ahaza abantu ikivunge.2. Amashusho ya Yezu ari mu bantu benshi.
134
3. Braille n’ibindi bikoresho byifashishwa n’abanyeshuri bafite ubumuga.4. Bibiliya.5. Igitabo cy’umunyeshuri.6. Bibiliya yera.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ubusesenguzi.3. Kwitegereza.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize .
Ibibazo ku banyeshuri1. Iyo ubuze ibiryo igihe kirekire, bikugendekera bite ku mubiri wawe?2. Iyo ubwiriwe wumva umeze ute?
Ibisubizo byabyo1. Turananuka hanyuma tugapfa.2. Ushonje, ubabaye.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri niba batari Babura ibiryo iwabo. Bareke batange ibisubizo
byabo bavuge n’ukuntu bumvise bamerewe. 2. Fasha abanyeshuri gusobanukirwa ko ukubura kw’ibiribwa kuriho hamwe
na hamwe ku isi ndetse bikaganisha ku rupfu.3. Reka abana bitegereze amashusho ari mu bitabo byabo urupapuro rwa 167
hanyuma ubabaze uko babona byagenze kuri ayo mafoto.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Bihuze n’isomo nyirizina rya none.2. Hitamo umunyeshuri asome Yohana 6: 1- 15.3. Ku birebana n’ibyo twasomye muri Bibiliya, fasha abanyeshuri kumva neza
ukuntu Yezu yafashe ibisate bitanu by’imigati ndetse n’amafi atanu gusa maze akayatubura kuburyo ahaza abantu barenga ibihumbi bitanu.
4. Fasha abanyeshuri kuvuga ku isomo dukura muri iki gitangaza Yezu yakoze. Amwe muri yo twayabona mu gitabo urupapuro rwa 168.
5. Shakira ibikoresho byabugenewe abanyeshuri bafite ubumuga bwo kutabona neza.
135
Ibisubizo1. Saba abanyeshuri babishaka babwire bagenzi babo uko bafashije abakene.2. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma bakine agakino kerekana
igitangaza cyo guhaza abantu barenga ibihumbi bitanu ukoresheje amafi atanu n’ibisate by’imigaati bitanu gusa.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, Isilamu
Isomo rya 6 & 7: Yezu akiza abarwayi- Yezu akiza
nyirabukwe wa Simoni Petero (Matayo 8:14-17) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 169)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’ibikorwa by’urukundo Yezu yakoze.
UbumenyingiroGusobanura icyo aricyo igikorwa cy’urukundo
Ubukesha1. Kugira imyitwarire myiza kubaha no gufasha abandi.2. Kwerekana umuco mwiza wo kubaha no gufasha abandi.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gukina udukino dutandukanye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ibikorwa Yezu yakoze by’urukundo n’impuhwe. 2. Kugira impuhwe n’urukundo.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Yezu akiza uburwayi nyirabukwe wa Simoni.2. Amashusho y’abantu bari gufasha abandi.3. Ibikoresho bisohora amajwi byifashishwa n’abana bafite ubumuga bwo kutumva.4. Braille n’ibindi bikoresho byifashishwa n’abanyeshuri bafite ubumuga.5. Bibiliya.6. Igitabo cy’umunyeshuri.
136
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Kwitegereza.3. Ibiganiro.4. Kwigana.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.3. Shaka abanyeshuri baza gukina agakino ndetse ushyiremo n’abafite
ubumuga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize. Baza abanyeshuri ibyo bibuka ku isomo ry’ubushize. Isomo riheruka ryavugaga ku gitangaza Yezu yakoze ahaza abantu barenga ibihumbi bitanu.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Reka abanyeshuri bavuge ku bantu baba bazi bugarijwe n’ibyorezo runaka.2. Babwire na none baganire ku byaba byarababayeho barwaje abarwayi
kwa muganga.3. Reka abanyeshuri batekerereze bagenzi babo ukuntu umurwayi ababara .
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Mwalimu ahuze ibyo byose byababayeho bamaze kuvuga n’uko byari
byifashe kuri nyirabukwe wa Simoni.2. Abanyeshuri basome muri Matayo 8: 14-17. Fasha abanyeshuri
gusobanukirwa neza uko Yezu yakijije nyirabukwe wa Simoni uburwayi.3. Hitamo abanyeshuri bake baze gukina agakino kerekana ukuntu Yezu
yakijije uburwayi nyirabukwe wa Simoni.4. Barangire kandi mu bitabo byabo urupapuro rwa 169 ubabwire bitegereze
bihagije iyo foto. Ni mu buhe buryo bagaragarije urukundo n’impuhwe umurwayi?
5. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga kwiga ku rugero rumwe na bagenzi babo.
IbisubizoShyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma baganire ku buryo butandukanye bashobora kwita ku barwayi.
137
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 170
Kubaha icyo kurya, kubasengera, kuvoma amazi, gukubura mu rugo.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, Isilamu.
Isomo rya 8 & 9: Yezu akiza umubembe (Luka 5:16-20)
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 170)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’ibikorwa by’urukundo Yezu yakoze.
UbumenyingiroGusobanura icyo aricyo igikorwa cy’urukundo.
Ubukesha1. Kugira imyitwarire myiza kubaha no gufasha abandi.2. Kwerekana umuco mwiza wo kubaha no gufasha abandi.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gukina udukino dutandukanye.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ibikorwa Yezu yakoze by’urukundo n’impuhwe. 2. Kurangwa n’urukundo n’impuhwe.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Yezu akiza umubembe.2. Amashusho y’abantu bari gufasha abandi.3. Ibikoresho bisohora amajwi byifashishwa n’abana bafite ubumuga bwo
kutumva.4. Braille n’ibindi bikoresho byifashishwa n’abanyeshuri bafite ubumuga.5. Bibiliya.6. Igitabo cy’umunyeshuri.7. Bibiliya yera.
138
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Kwigana.3. Ubushakashatsi.4. Kwitegereza.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.3. Shaka abanyeshuri bashobora gufasha bagenzi babo bafite ubumuga ndetse
bakanaza gukina agakino gateganijwe.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize. Baza abanyeshuri ibyo bibuka ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Bwira abanyesuri batange ingero z’abantu babonye bari mu ngorane
ziturutse ku biza kuburyo impamvu zazo utashobora kuzisobanura kuburyo bworoshye.
2. Reka bo ubwabo batange ibisobanuro n’impamvu bakeka zatera ibyo biza.3. Bemerere baganire kubyo babonye byerekeranye n’ibiza.4. Huza ibyo babonye n’isomo rishya ry’uyu munsi uva ku bizwi ugana ku
bitawi.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Fasha abanyeshuri basome muri Luka 5:16-20.2. Sobanura ingingo z’ingenzi muri make kugirngo abaneshuri babashe kumva
ubutumwa buvugwa.3. Babwire bitegereze amashusho ari mu bitabo byabo ipaje 169.4. Babaze ingorane uwo muntu uri mu gitabo afite? Kubera iki ari icyiza kibi
cyane?5. Barangire na none mu gitabo cy’umunyeshuri hanyuma bavuge ku kuntu
Yezu yakijije umubembe.6. Hamwe n’abanyeshuri, murebere hamwe inzira zishoboka zose Yezu
yakoresheje ngo akize umurwayi.7. Shishikariza abanyeshuri kwita kubari mu kaga bose.8. Shaka umunyeshuri w’umuhanga ubishaka abwire abandi muri make inkuru
y’igikorwa cy’igitangaza cyo gukiza uburwayi.
139
Ibisubizo1. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma bakine agakino ka Yezu akiza
umubembe.2. Bakiri mu matsinda banaganire ku buyo butandukanye bwo gufasha abakene
b’aho dutuye.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, Isilamu
Isomo rya 10: Yezu akiza umuhungu urwaye igicuri
(Mariko 9:14-29) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 170)
Intego y’inyigishoUbumenyiGutanga ingero zimwe na zimwe z’ibikorwa by’urukundo Yezu yakoze.
UbumenyingiroGusobanura icyo aricyo igikorwa cy’urukundo
Ubukesha1. Kugira imyitwarire myiza kubaha no gufasha abandi.2. Kwerekana umuco mwiza wo kubaha no gufasha abandi.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda udukino.3. Umuhate mu gihe cyo gukina.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ibikorwa Yezu yakoze by’urukundo n’impuhwe. 2. Kurangawa n’urukundo n’impuhwe.
Imfashanyigisho1. Amashusho ya Yezu akiza umuhungu wahanzweho na roho mbi.2. Amashusho y’abantu bari gufasha abandi.3. Ibikoresho bisohora amajwi byifashishwa n’abana bafite ubumuga bwo
kutumva.4. Braille n’ibindi bikoresho byifashishwa n’abanyeshuri bafite ubumuga.
140
5. Bibiliya.6. Igitabo cy’umunyeshuri.7. Bibiliya yera.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ibiganiro.3. Imbwirwaruhame.4. Udukino.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.3. Shaka abanyeshuri bashobora gufasha bagenzi babo bafite ubumuga ndetse
bakanaza gukina agakino gateganijwe.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe mwibukiranya ku isomo ry’ubushize. Baza abanyeshuri ibyo bibuka ku isomo ry’ubushize..baza abana ibibazo bikurikira:
Ibibazo by’abanyeshuriUmuntu wahanzweho n’amashitani aba ameze ate?
Ibisubizo byabyoUwo muntu biba byivanze kandi atazi ibyo arimo.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri niba baba barigeze babona umuntu wahanzweho
n’amashitani, aba ameze ate? Aba arya ate, agenda ate, avuga ibiki?2. Ha abanyeshuri umwanya baganirirane ibyo babonye ku muntu
wahanzweho na roho mbi. 3. Huza ibyo ngibyo n’isomo ry’uyu munsi.
Ubutumwa bwa Bibiliya1. Basomere muri Mariko 9:14-29. Ayo mashitani yafashe uwo muhungu ate
kugeza ubwo amubabaza bigeze aho?2. Fasha abanyeshuri baganire ku kuntu Yezu yakijije umuhungu wari
wahanzweho na roho mbi. 3. Bwira abanyeshuri bitegereze ifoto iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro
rwa 171. Babaze icyatumye Yezu ashaka gukiza uwo muhungu wahanzweho na roho mbi.
4. Mu matsinda, abanyeshuri baganire ku kamaro ko gufasha no kwita ku bababaye.
141
5. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga gukurikira isomo nk’abandi bana.
Ibisubizo 1. Teganya abana bo kuza gukina agakino kerekana ukuntu Yezu yakijije
umunyabibembe.2. Abana baririmbe indirimbo bishakiye yo Kugira ngo itere akabaraga
abababaye 3. Abana bakore imyitozo iri mu bitabo byabo urupapuro rwa 171.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, Isilamu.
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimu1. Yezu?Yesu ni urugero rwiza kuri buri wese rwerekana urukundo n’impuhwe
ku bababaye.2. Akiri mu isi yakijije abarwayi, ahaza abashonje, yita ku banyabyaha ndetse
akiza abahanzweho na roho mbi.3. Izo zose ni ingero nziza zakagombye gutuma ikiremwa muntu gihindura
ubuzima bukaba bwiza kurushaho. Yezu/Yesu adusaba kwigana ubwo bugwaneza bwe.
Ibisubizo by’imyitozo ngiro. Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 172
1. Gahini na Abeli.2. Gahini yari umuhinzi.3. Abeli ari umushumba.4. Ntiyubashye Imana,umutimaa we wari wuzuyemo ibyaha. 5. Yubahaga Imana kandi akayitura ituro rishimishije. 6. (i) kubaha (ii) ubupfura7. Gahini8. Enoki.9. Ntabwo yapfuye, yajyanywe mu ijuru adapfuye.10. Nowa.11. Imyuzure12. I Kana mu Galileya13. Amafi abiri n’ibisate by’imigati bitanu gusa.14. (i) guhaza abantu barenga ibihumbi bitanu imigati. (ii) gukiza indwara nyirabukwe wa Simoni.15. (i) kubaha icyo kurya. (ii) kubitaho igihe barwaye.
142
Umubare w’amasomo: 8
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kuririmba no gukina imikino itandukanye igamije kubaka amahoro y’umutima.
Andi masomo ashamikiyeho:1. Igisobanuro cy’amahoro: (a) Akamaro k’amahoro (b) Uko wakwerekana amahoro mu gihugu2. Ni iki gituma amahoro ayoyoka3. Indirimbo y’amahoro4. Udukino twerekeye amahoro5. Udukino tw’amahoro n’ubumwe
Isomo rya 1: Inshoza y’amahoro (Abanyaroma 12:18, Matayo 5:9, Abaheburayo 12:14) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 173)
Intego y’inyigisho
UbumenyiKuvuga ibintu byerekana umuntu ufite amahoro y’umutima.
UbumenyingiroGusobanurira abandi ibintu bizana amahoro yo mu mitima.
UbukeshaKubana n’abandi mu byishimo no kwirinda ikintu cyose cyabuza abandi ibyishimo.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda ibiganiro.
Umutwe wa Kwimakaza amahoro
Icyigisho kubana mu mahoro
Indangagaciro za GikirisituImbumbanyigisho
4
143
3. Umuhate mu kuririmba.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’ibikorwa Yezu yakoze by’urukundo n’impuhwe. 2. Kongera imyitwarire myiza irangwa n’ibikorwa by’amahoro.3. Kubaho mu mahoro.
Imfashanyigisho1. Ibikoresho bisohora amajwi byifashishwa n’abana bafite ubumuga bwo
kutumva.2. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga bwo
kutabona3. Ingoma.4. Ibinyuguri.5. Ibishushanyo by’abantu bakora ibintu bitandukanye byimakaza amahoro.6. Bibiliya.7. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kujya impaka.2. Udukino.3. Kwigana.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.3. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga mu biganiro.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo byerekeza ku isomo.
Ibibazo ku banyeshuri1. Ni iki cyaguhamiriza ko koko mufite amahoro hamwe n’inshuti zawe?2. Ukora iki iyo usanze inshuti zawe ebyiri ziri kurwana?
Ibisubizo1. Kubababarirana no kwirinda kubagirira nabi.2. Kubakiza no kubagira inama yo kutazongera kurwana, bakababarirana
hanyuma bagakundana.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza: mwaba mwarigeze mubona abantu babiri cyangwa amatsinda abiri
y’abantu barwana?
144
2. Ni ibihe bintu bashobora gukorerana igihe barwana?3. Tsindagira icyo kintu, amahoro aba ahari iyo buri wese atuje kandi adafite
ubwoba bw’ibibi bishobora kumubaho.4. Baza: iwanyu mufite amahoro? Mu gihugu?5. Yobora abanyeshuri gusobanukirwa ko polisi ibungabunga amahoro mu
gihugu.6. Fasha abanyeshuri kuririmba indirimbo yubahiriza igihugu mu Kinyarwanda. 7. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga na bo bakurikire isomo.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Tegura abanyeshuri bo gusoma mu Banyaroma 12,8-11, dushobora gukora
ibishoboka byose ku giti cyacu tukabana neza amahoro n’abandi.2. Reka umunyeshuri umwe asome muri Matayo 5,9 hanyuma utsindagire ko
Imana ikunda amahoro, niyo mpamvu abarwanira amahoro bose bitwa abana b’Imana.
3. Baza: ni iki ukora kizanira amahoro inshuti zawe? Uri umwana w’Imana? Bwira umwana umwe asome Abahebureyi 12:14.
Ibisubizo1. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma baganire ku mahoro icyo ari cyo
ndetse no kwita ku mahoro.2. Fasha abanyeshuri gusobanukirwa muri Bibiliya ahantu havuga amahoro.
Ibisubizo by’imyitozo yo mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 175
1. Amahoro ni igihe buri wese atuje kandi akaba nta bwoba afite bw’uwamugirira nabi
2. Reka umuhungu n’umukobwa basome muri bibiliya maze basobanurire abandi bagenzi babo. 1 Abanyaroma 12,18. Higisha gukora ibishoboka byose kugirago abantu babeho mu mahoro. Mu gitabo cya Matayo 5, 9 Yezu yigishaga ko hahirwa abatera amahoro kuko bazitwa abana b’Imana
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka, Isilamu.
Ubumenyi bwihariye bugenewe umwarimu1. Amahoro nyayo ni ayo mu mutima, ndetse n’ayo duha abandi.2. Amahoro ni ingenzi mu bantu Kugira ngo batunganye imirimo yabo ya buri
munsi nta nkomyi.
145
3. Mu Banyaroma 12:18 no mu Ivanjili ya Matayo 5:9; Bibiliya itwigisha kubana n’abandi amahoro, ndetse ko abatera amahoro ari bo bana b’Imana.
Isomo rya 2: Akamaro ko kugira amahoro
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 175)
Intego y’inyigishoUbumenyiKwerekana no gusobanukirwa akamaro k’amahoro mu miryango.
Ubumenyi ngiroGusobanura akamaro k’amahoro.
UbukeshaGukunda amahoro no guha agaciro akamaro kayo iwacu mu miryango.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda ibiganiro.3. Umuhate mu kuririmba.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa igisobanuro cy’amahoro. 2. Kongera imyitwarire myiza irangwa n’ibikorwa by’amahoro.3. Kubaho mu mahoro.
Imfashanyigisho1. Amashusho y’abantu bari gukorera hamwe.2. Ibikoresho bisohora amajwi byifashishwa n’abana bafite ubumuga bwo
kutumva.3. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga bwo
kutabona.4. Ibikoresho bisohora amashusho byerekana amahoro mu miryango.5. Bibiliya.6. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Imbwirwaruhame.3. Udukino.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.
146
3. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga mu biganiro.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo byerekeza ku isomo biza no kwibukiranya amasomo aheruka.
Ibibazo ku banyeshuri1. Mutekereza ko iyo tuba nta mahoro dufite iwacu biba bimeze bite?2. Ubwirwa n’iki ko umuntu afite amahoro y’umutima?3. Mutekereza ko koko amahoro ari ingenzi muri sosiyete yacu?
Ibisubizo1. Abantu bareka imirimo yabo cyangwa ntibayikore neza, twatinya kuza ku
ishuli, twatinya gusohoka hanze nijoro.2. Iyo umuntu adusekeye, akatuganiriza nta mbereka, akanezezwa no gufasha
abandi.3. Ni ingenzi kubera ko abantu bakora imirimo yabo nta nkomyi.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri, mujya mujya ahantu abantu badafite amahoro bari?2. Babaze ukuntu abantu bahaba kandi nta mahoro ahari?3. Fasha abnyeshuri gusobanukirwa ko amahoro ari ingenzi mu miryango4. Reka abanyeshuri basobanukirwe ko dukora imirimo yacu neza mu mahoro
kubera ko igihugu cyacu gifite amahoro.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Bwira abana basome muri bibiliya mu bice twize mu masomo yatambutse
agaragaza ko amahoro ari ingenzi.2. Tsindagira ko amahoro azana ubumwe mu bantu.3. Reka abanyeshuri basome muri bibiliya ahantu havuga ku mahoro.4. Fasha abana bafite ubumuga nabo bakurikire bihagije mu isomo.
Ibisubizo1. Shyira abanyeshuri mu matsinda hanyuma baganire ku kamaro k’amahoro
muri sosiyete. 2. Ha abana amahirwe buri wese asobanurire abandi impamvu amahoro ari
ingenzi mu rugo ndetse no ku ishuri.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
147
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka
Ubumenyi bw’inyongera bugenewe umwarimuDukeneye amahoro mu buzima bwacu bwa buri munsi, ngo tubashe gutunganya imirimo yacu nta nkomyi. Amahoro atuma abantu babana mu byishimo no mu rukundo. Tugomba kubana amahoro n’abaturanyi bacu.
Mu 1994, nta mahoro yari mu Rwanda. Abatutsi benshi barishwe; bicwa n’abari abaturanyi babo. Abantu benshi barahunze, bata ingo zabo, bajya mu bihugu by’abaturanyi. Tugomba kwihatira gutanga amahoro aho dutuye.
Isomo rya 3: Kwerekana ko hari amahoro mu gihugu
no mu mitima (Zaburi 34:4, Yakobo 3:17, Abafilipi 4:7)
(Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 176)
Intego y’inyigishoUbukeshaKwerekana uko amahoro aba aganje mu gihugu n’ibintu byerekana ko umuntu afite amahoro mu mutima we.
UbumenyiGusobanura ibintu byerekana ko mu gihugu harimo amahoro ndetse ko no mu mitima arimo.
Ubumenyi ngiroGukunda kugira amahoro mu mutima ndetse no gukunda ko amamhoro aganza mu gihugu.
Ubushobozingiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Umuhate mu kuririmba.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa igisobanuro cy’amahoro. 2. Kongera imyitwarire myiza irangwa n’ibikorwa by’amahoro.3. Kubaho mu mahoro.
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Amashusho yerekana ibikorwa by’amahoro nko gukorera hamwe.3. Ibikoresho bisohora amajwi byo gufasha abana bafite ubumuga bwo
kutumva neza.
148
4. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga bwo kutabona.
5. Ibi koresho nsakazamajwi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Udukino.2. Ubushakashatsi.3. Kubara inkuru.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri bakabyandika mu makayi yabo.3. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga mu biganiro.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibibazo byerekeza ku isomo bize ubushize.
Ibibazo ku banyeshuri1. Vuga ibintu indirimbo yubahiriza igihugu itwigisha.2. Ni iki Yezu yabwiye intumwa ze igihe yababonekeraga amaze kuzuka?
Ibisubizo1. Rwanda ni igihugu cyiza, Rwanda ni igihugu cy’amahoro. 2. Amahoro abane namwe.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Tangira isomo ryawe murebera hamwe isomo ry’ubushize maze ukoresheje
ibibazo bitandukanye urihuze n’iry’uyu munsi.2. Fasha abanyeshuri kumva ibintu bigiye bitandukanyije abantu, nk’amoko,
iyobokamana, uruhu, igitsina, ikigero, kuba barashatse cyangwa bakiri ingaragu.
3. Baza: ese dukwiriye koko kwita kuri ibyo bidutandukanyije mu by’ukuri?
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Shaka abanyeshuri basoma Zaburi 34:4 kandi utsindagire ko abizera Imana
kandi bakayiringira ari bo batazagira icyo bikanga kandi bakazabaho mu mahoro.
2. Reka na none abanyeshuri basome Izayasi 9:6 maze ubareke basobanukirwe n’uko Yezu ari umwami w’amahoro akaba ari na we uduha amahoro.
3. Reka abanyeshuri na none basome Abanyafilipi 4:7 maze utsindagire ko amahoro y’Imana ariyo atuma imitima yacu n’intekerezo zacu zituza.
4. Abanyeshuri kandi basomerwe muri Yakobo 3:17 maze basobanukirwe n’uko tubona amahoro y’umutima igihe turangamiye ubwami bw’Imana.
149
Ibisubizo1. Babiri babiri bareke baganire ku bintu bavugana iyo bafite amahoro
y’umutima.2. Bwira buri wese abwire bagenzi be bose ibyo bagiye baganira babiri babiri.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 178
Ibimenyetso byerekana hari amahoro mu rugo cyangwa ku ishuri:- Iyo abantu bishimye buri gihe- Iyo abantu baganira nta kibazo- Iyo abantu basuhuzanya bakanaseka- Iyo abantu bafashanya igihe cyose- Iyo abantu bagaragara nk’abafite ubuzima bwiza kandi basukuye- Iyo abantu baryama mu mutuzo bagasinzira- Iyo abantu baganira bitonze- Iyo bubaha amategeko y’ishuri- Iyo bubaha amatgeko y’igihugu
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka na Isilamu.
Isomo rya 4: Ibibuza amahoro umuntu (Kuva 23:1-2, Luka 3:14) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 177)
Intego y’inyigishoUbumenyiKwerekana ibintu bibuza abantu amahoro.
Ubumenyi ngiroKurondora no gusobanura impamvu zitera kubura kw’amahoro n’ibimenyetso byerekana ukubura kw’amahoro mu mitima.
Ubukesha1. Kwirinda ibitubuza amahoro.2. Kwirinda ibibuza abandi amahoro.
150
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda ibiganiro.3. Umuhate mu kuririmba.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa ibibuza abantu amahoro.2. kwirinda ibintu bituma amahoro abura.3. Guha amahoro abandi.
Imfashanyigisho1. Bibiliya.2. Ibikoresho bisohora amajwi byo gufasha abana bafite ubumuga bwo
kutumva neza.3. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga bwo
kutabona4. Amashusho y’abantu bari kurwana.5. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Imbwirwaruhame.2. Udukino.3. Kujya impaka.4. Kwigana.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.3. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga gusobanukirwa.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaIbibazo ku banyeshuri1. Mwaba mwarigeze mubeshywa n’umuntu? Mwakoze iki?2. Mukora iki iyo murakaye?
Ibisubizo1. Emera ibisubizo bitandukanye by’abanyeshuri. 2. Emera ibisubizo by’abaneyshuri bitandukanye.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza: hari ubwo waba warigeze urakara cyangwa ugira umujinya?2. Ni iki cyari cyakurakaje cyangwa cyari cyaguteye umujinya?
151
3. Baza: ni ibihe bintu bishobora kubuza umuntu amahoro?4. Baza: utekereza iki iyo usanze abantu batongana cyangwa barwana?5. Ni iki cyateye jenoside mu gihugu mu 1994 ubwo abantu benshi bapfaga?
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Shaka abana basome mu Kuva 23: 1-2 ubwire abanyeshuri ko tutagomba
kubeshyerana.2. Reka abana bitegereze amashusho ari mu bitabo byabo bavuge n’ibyo abo
bantu bari gukora.3. Nyuma y’isomo, bwira umunyeshuri umwe asengere abandi.
Ibisubizo1. Mu matsinda, reka abanyeshuri baganire ku bintu bibuza abandi amahoro
bari ku ishuri, bari iwabo cyangwa mu gihugu cyose.2. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga aho bari mu matsinda bakurikire neza.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka na Isilamu.
Isomo rya 5 & 6: Indirimbo z’amahoro (Yohana
14:27, Luka 24:36) (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 180)
Intego y’inyigishoUbumenyiGufata mu mutwe indirimbo y’amahoro.
Ubumenyi ngiroKuririmba indirimbo ifite ubutumwa bw’amahoro yo mu mitima.
Ubukesha1. Kwerekana ibyishimo bivuye ku ndirimbo z’amahoro.2. Kwiyungura imico yo kuririmba indirimbo z’amahoro.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda ibiganiro.3. Umuhate mu kuririmba.
152
Inyungu z’inyigisho1. Kuririmba indirimbo z’amahoro.2. Gusobanukirwa n’akamaro k’indirimbo z’amahoro.
Imfashanyigisho1. Ingoma.2. Ibikoresho byo gukorakoraho bigenewe abana bafite ubumuga bwo
kutabona.3. Amashusho y’abantu bari kuririmba.4. Bibiliya yera.5. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Udukino.2. Kwitegereza.3. Imikoro.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.3. Fasha abanyeshuri bafite ubumuga mu biganiro.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe wibukiranya n’abanyeshuri ibyo bize mu masomo
yatambutse.2. Yobora abanyeshuri baririmbe indirimbo rusange ivuga ku mahoro y’Imana.3. Ihamirize ko ingoma n’ibindi bicurangisho byose biri gukoreshwa Kugira
ngo indirimbo iryohe.
Ibibazo ku banyeshuri1. Ni ku wuhe munsi turirirmba indirimbo z’amahoro?2. Vuga iminsi y’ikiruhuko yemewe na Leta.
Ibisubizo1. Ubukwe, mu misa, iyo dukina n’inshuti zacu, mu minsi mikuru y’igihugu2. (a) Ku ya mbere nyakanya:Umunsi w’ubwigenge (b) Ku ya mbere gashyantare: umunsi w’intwari (c) Kuri 7 mata: kwibuka jenoside
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza: mwaba hari ibirori by’iminsi mikuru y’igihugu mwaba mwaragiyemo?2. Ni iyihe ndirimbo baririmba muri iyo minsi mikuru y’igihugu.
153
3. Baza: mwaba hari ubukwe mwaba mwarigeze gutaha? Cyangwa mwaba mwarigeze mujya mu misa? Baririmba izihe ndirimbo aho ngaho?
4. Sobanurira abanyeshuri basobanukirwe ko indirimbo z’amahoro ziririmbwa mu minsi mikuru kugira ngo zizanire abantu amahoro n’ubumwe.
5. Ha buri mwana umwanya aririmbire bagenzi be indirimbo y’amahoro azi iyo ari yo yose.
Tsindagira ko:1. Tugomba kuririrmba indirimbo zizana amahoro2. Indirimbo mbi zishobora gutera abantu kurwana3. Muri jenoside yo muri 1994, umuhanzi witwa Simoni Bikindi, yaririmbaga
indirimbo zishishikariza abantu kurwana. Abatutsi benshi barishwe. Nyuma yaje gufatwa hanyuma yemera ibyaha yakoze.
Emerera abanyeshuri kwitegereza ishusho iri mu gitabo cy’umunyeshuri banavuge icyo yerekana.
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Shaka abanyeshuri bo gusoma Ibyahishuwe 21:4.2. Reka na none basome Yohana 14:27 hanyuma utsindagire ko Yezu yemereye
intumwa ze kuziha amahoro yo mu mitima mbere y’uko azamukira I Betaniya ajya mu ijuru.
3. Abana basome muri Luka 24:36 kandi ubafashe gusobanukirwa ko Yezu yabwiraga intumwa ze ati “ Amahoro abane namwe”, ndetse na nyuma yo kuzuka ubwo yababonekeraga yarabibabwiye.
Ibisubizo1. Bwira abanyeshuri bose baririmbe na we ubafashije, indirimbo yitwa “Youth
Peace Camp Song”. Reka abana bayiririmbe kandi ubashishikarize gukora ibyo ivuga.
2. Bwira abana baririmbe indirimbo yo mu gitabo (cy’abaporotestanti) ivuga ngo “Nta ncuti nziza nka Yesu.”
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka na Isilamu.
154
Isomo rya 7 & 8: Imikino yerekeye amahoro
Imikino yerekeye ubumwe n’amahoro (Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 184)
Intego y’inyigishoUbumenyiGufata mu mutwe indirimbo z’amahoro n’akamaro kazo mu buzima.
Ubumenyi ngiroGukina udukino tw’ubumwe n’amahoro.
UbukeshaGukunda udukino tw’amahoro n’ubumwe.
Ubushobozi ngiro1. Kwandika no kuvuga neza ururimi.2. Gukorera mu matsinda ibiganiro.3. Umuhate mu gukina udukino.4. Kubwira abandi kwa buri wese.
Inyungu z’inyigisho1. Gusobanukirwa n’udukino tw’amahoro n’ubumwe2. Gutera abandi amahoro iteka3. Kwiyongeramo imyitwarire myiza y’amahoro.
Imfashanyigisho1. Amashusho y’abana bari gukina udukino ku mahoro.2. Ibiganiro mu magambo byerekeranye n’amahoro byafatiwe ku twuma
twabugenewe, byakorewe iyo dutuye.3. Ibikoresho byo gukorakoraho bikenewe n’abana bafite ubumuga bwo
kutabona.4. Bibiliya.5. Igitabo cy’umunyeshuri.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Udukino.2. Kwigana3. Kwitegereza.
Ibyo gutegura mbere1. Egeranya ibikoresho byabugenewe mbere y’isomo. 2. Soma icyo gice cyo muri Bibiliya mbere y’isomo kandi utegure ibyo uza
guha abanyeshuri babyandike mu makayi yabo.
155
3. Soma kandi usobanukirwe mbere y’isomo n’udukino turi mu gitabo cy’umunyeshuri.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe ufasha abanyeshuri kuririmba ya ndirimbo bize mu
isomo ribanziriza iri. 2. Baza abanyeshuri utubazo dufitanye isano na ryo.
Ibibazo ku banyeshuriKubera iki mukunda imikino y’amahoro?
IbisubizoKuko idufasha kwiyubaka, iradushimisha kandi itera amahoro hagati yacu n’inshuti zacu.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Jyana abana hanze y’ishuri2. Baza: ni utuhe dukino mukunda? Ni imikino mibi?3. Bwira abanyeshuri ko hariho imikino mibi ishobora kubagirira nabi4. Baza: mujya mukina n’inshuti zanyu mu rugo? Mukina iyihe mikino?
Ubutumwa bwa Bibiliya 1. Bwira abana basome Abanyafilipi 2:2 maze utsindagire ko tugomba
gusangira amahoro n’ibyishimo na bagenzi bacu mu gihe dukina.2. Saba umunyeshuri umwe asome mu Baromani 12:4 maze utsindagire ko
tugomba kujya duteranira ikintu kimwe cyubaka.3. Reka umunyeshuri umwe asome Yohani 15:12 hanyuma utsindagire ko
itegeko risumba ayandi Yezu yatwigishije ari urukundo.
Ibyerekeye ibazwa 1. Teganyiriza abana bafite ubumuga integanyanyigisho zo gukorakoraho. 2. Abana b’inkwakuzi ubahe imyitozo isa n’aho ikomeye. 3. Abana bagenda gahoro gahoro bo ubahe imyitozo itagoranye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka na Isilamu.
Ibisubizo by’imyitozo ngiro Igitabo cy’umunyeshuri, urupapuro rwa 185
1. (a) Mu gihe cy’iminsi mikuru y’igihugu (b) Iyo bazamura ibendera ry’igihugu (c) Mbere y’uko batangira umuhango ukomeye w’igihugu
156
2. (a) hamagara3. Rwanda nziza4. Gukundana. Ubumwe mu banyagihugu. Ibyishimo mu baturage.5. Abantu benshi barishwe (igihe jenoside yabaga).6. Intambara, ivanguramoko, urwango. 7. ubumwe8. inkuge9. Kubakiza no kubabwira bagaharanira amahoro. 10. urukundo
II. IYOBOKAMANA RYA KISILAMU
i
IntangiriroIgitabo cy’Isomo ry’Iyobokamana ya Kislamu (IRE) cyakozwe hagamijwe gukusanyiriza hamwe ubumenyi buteganyirizwa umunyeshuri wo ku rwego rusobanutse kandi bunoze.
Hari hagamijwe kandi kugena imyigishirize isobanura byimbitse ukwemera, ukwemera kw’andi madini, ukwizera kwayo, kuyumva no gutahura isano iyahuza, ibyerekeye ukuri kwayo, Ibyerekeye imiyoborere yayo n’icyo iyamariye, Kwerekana ibyiza byo guturana hagati yayo hatibagiwe n’imihimbarize yayo agaragara muri byose.
Iri somo ry’Iyobokamana ya Kisilamu ryateguwe kugirango ryuzuze integanyamasomo yo mu mashuri abanza ishingiye ku gushyira umunyeshuri ku izingiro ry’imyigishirize ye, akaguma muri uwo mwanya uko imyigire n’imyigishirize ye igenda yicuma. Iki gitabo mfashamwarimu rero kikaba kizamuha ibisabwa byose ngo atange imyigishirize iboneye.
Iki gitabo cy’umwarimu kizamworohereza kugera ku byiza byose by’imyigishirize ye. Ku musozo w’iri somo, iki gikoresho gitegerezwa ko kizaba cyabashije gutuma umunyeshuri abasha: Gushimangira imyemerere ya Kisilamu n’ibyiza byayo ku kiremwa muntu. Gusobanukirwa no kwitahurira ibyerekeye ukwemera kwa Isilamu no
kubishyira mu bikorwa. Gusobanura ubudahangarwa bwa Allah (S.W) ku kiremwamuntu. Gukomera kuri Allah (S.W) by’ukuri wubahiriza amabwiriza n’ibizira kuri Yo
nta ngingimira. Gushimangira byimazeyo ubuhangange bwa Allah (S.W). Kwizera ivugabutumwa ry’Intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U) n’umwanya
we ugereranyije n’izindi ntumwa. Gushimangira umurimo w’abamalayika bose ba Allah (S.W). Kubasha gusobanukirwa n’ibika bitanu bya Qur’an bamaze kwigishwa. Gusiba no kubiha agaciro nk’inkingi ikomeye mu myemerere ya Kislamu. Gusobanukirwa no gushyira mu bikorwa uruhererekane rw’ivugabutumwa
(hadith) ryigishijwe muri iri somo. Guha agaciro uruhare ntagereranywa abigishwa b’Intumwa y’Imana
Muhammadi(I.A.U) bagize mu ihererekanywa rya hadith. Kwigwizaho indangagaciro ku rwego rwo hejuru zerekeye ubumenyi
n’imyemerere byigishijwe muri iri somo. Gushimangira uburenganzira bwa Allah (S.W), ubw’ababyeyi,
ubw’abaturanyi n’abandi babifitemo inyungu bose nk’uko byigishijwe muri iri somo.
IgisobanuroInteganyanyigisho ya kera ni yo yahinduwemo iyi nshya. Impamvu kwari ukwimurira uburyo bwari bushaje bwayifataga nk’ishingiro ry’ubumenyi
ii
buhindurwa kubushobozi bushingira ku nteganyanyisho. Indi ntego y’ibanze yari uguha agaciro uburere bw’abana bahabwa ubushobozi ngiro. Iyi nteganyanyigisho ikaba izabafasha kunguka indangagaciro zibereye ndetse n’izo kubaha uburenganzira bw’ikiremwa muntu, hatirengagijwe n’iz’umuco nyarwanda. Iri vugururwa ryashingiye ku bitekerezo byatanzwe n’abarimu ubwabo ndetse no ku bushakashatsi bwakozwe.
Ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko ubumenyi bushingiye ku nteganyanyigisho bwirengagiza mu gihe kirekire uruhare rw’umunyeshuri. Ntabwo umunyeshuri yagiraga umusanzu atanga mu myigire ye bikaba ari yo mpamvu umunyeshuri atateraga imbere mu bukesha bw’ibyo yabaga yize. Iyi nteganyanyigisho nshya rero izemerera umunyeshuri kugira uruhare rugaragara mu myigire ye mu masomo ubwayo. Umwana azashobora kandi gushyira mu bikorwa mu buzima bwe bwa buri munsi, ubwo buhanga yagiye yigira mu ishuri.
Intego zihariye z’imyigishirize y’inyigisho z’iyobokamana rya Kislamu Inyigisho z’Iyobokamana rya Kislamu zigishwa mu rwego rwo: Gusobanukirwa inyuguti z’ururimi rw’Icyarabu ndetse n’inyajwi zarwo
ndetse no kuzikoresha basoma cyangwa bavuga Qur’an ntagatifu. Gusobanukirwa no gushyira mu bikorwa inkingi eshanu za Isilamu. Kwerekana mu kwemera, mu myitwarire ndetse no mu mibanire amahame
y’ukwemera. Kugira ubumenyi bw’ibanze mu gushobora gushyira mu bikorwa, ibikorwa
byose bya Ibadaat nk’uko byigishwa muri Isilamu. Kwemera no kubaha ubutumwa bw’intumwa zose za Allah (S.W). Gusenga gatanu ku munsi ndetse no kwemera ibyiza byabyo. Kwiga amateka ya Isilamu hamwe no gusobanukirwa igisekuru cy’Intumwa
y’Imana Muhammadi (I.A.U). Kongera urukundo dukunda Allah (S.W) ndetse na bagenzi bacu. Kwiga no gusobanukirwa uburyo bunyuranye ibikorwa bimwe na bimwe
bikorwamo nko kwisukura, gusuhuzanya, kuryama,… Kubungabunga ibidukikije biri hafi yacu mu rwego rwo kubumbatira
imibereho myiza yacu. Guteza imbere no kwiyungura imyumvire mpuzamahanga kuri Isilamu
nk’inzira yo gukumira imigenzo idahwitse ndetse n’imyumvire yo hasi.
Inyungu rusange z’imyigishirize ya IREInyigisho rusange y’isomo ry’Iyobokamana ya Kislamu ifite imitwe itanu y’ingenzi. Buri mutwe ugiye ufite inyungu zawo nk’uko bigaragara hano munsi:
1. Amahame shingiro y’ukwemera muri IsilamuUmunyeshuri azaba ashobora gusobanukirwa n’amahame atanu y’idini rya Isilamu ndetse no kuyashyira mu bikorwa;
iii
2. Kwiga gusoma Qur’anUmunyeshuri azaba ashobora gusoma no gukoresha inyuguti n’inyajwi z’Icyarabu;
3. Amategeko ngengabikorwa ngaragiramana y’ibanzeUmunyeshuri azaba ashobora gutunganya udhu uko bikwiye, kumva no
gushyira mu bikorwa uburyo buboneye bwo kurya, kwisukura, kunywa,...Kumenya no gukora amasengesho atanu ya buri munsi.Gusengera ku gihe nyacyo amasengesho atanu ya buri munsi.Kwiga duas ivugwa mu masengesho nyirizina cyangwa nyuma yayo.
4. Ubuzima bw’intumwa y’Imana Muhammadi Imana imuhe amahoro n’imigisha (I.A.U)Umwana azashobora:(i) Kwiga amateka y’Intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U).(ii) Kwemera imico ntagereranywa y’Intumwa y’Imana Mohammad (I.A.U).
5. Umutwe 1: Ubupfura n’imibanire myiza n’ abandiUmwana azaba aashobora:(i) Gukunda Allah (S.W) byimazeyo ndetse na bagenzi be.(ii) Kubahiriza no gushyira mu bikorwa imigenzo imwe n’imwe ya Kislamu.
Ingero: nko kurya, kunywa, kubyuka,…
UbushoboziImbumbe y’ubushobozi bukurikira izaba yagezweho nyuma ya buri mutwe:1. Gusubiramo mu mutwe adasoma amahame nibura atatu y’ukwemera kwa
Islamu agenza nk’uko intumwa z’Imana zabanaga n’abandi mu mahoro. 2. Gusoma inyajwi n’ingombajwi z’icyarabu muri Quar’an. 3. Kwitwararika no gukurikiza amategeko y’isuku, amasengesho n’amahame
y’ibanze agenga Iswala.4. Kubasha kwerekana imyitwarire myiza y’urukundo muri bagenzi be nk’uko
intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U) yabigenzaga. 5. Kwerekana ibikorwa by’urukundo muri bagenzi be ndetse no kwita ku bidukikije
kuko byerekana urukundo rw’Imana.
ImyigishirizeKugira ngo umunyeshuri abashe kubona inyungu zikomoka ku myigishirize, uburyo bukurikira bw’imyigire ishingira ku munyeshuri bwakwifashishwa muri buri mutwe.
iv
Bukubiyemo:
Ibiganiro Ibisobanuro Udukino Kujya impaka Imirimo yo mu matsinda Ubushakashatsi Sinema
Ingero z’amasomo Inyurabwenge Ubusesenguzi Ubucukumbuzi Kwitegereza Guhanahana ibibazo n’ibisubizo Kubara inkuru
Mwarimu rero ntabwo azitiwe muri buno buryo bwavuzwe, ashobora kwishakishiriza n’ubundi buryo bushoboka bwose ariko bushingira ku mwana bitewe n’ibyo isomo runaka risaba. Ibyo bishobora gukorwa gusa mu gihe ubwo buryo buha umwanya w’ibanze umunyeshuri mu myigire ye.
Impamvu zikomatanyaImpamvu zikomatanya na zo ntizibagiranye mu mitwe yose.Yewe n’uburinganire bw’ibitsina byombi na bwo bwagaragayemo. Ibigendanye n’igitsina gabo cyangwa igitsina gore byose byitaweho. Ibyerekeye kubungabunga ibidukikije na byo byinjijwe mu bintu bizigwa muri buri mutwe. Ubutumwa bw’amahoro n’ubwiyunge na bwo bwashyizwemo. Urebye izi ngingo zikomatanya zibanze ku myitwarire no ku ndangagaciro. Umwarimu agomba kwihamiriza ko abana biyumvamo izo ngingo ndetse no kuzicengezamo indangagaciro nziza kuri bo.
Ibikenerwa byihariyeUmunyeshuri ukeneye ubufasha bwihariye ni ufite ingorane zo gukurikira ibyateganyijwe. Ni byiza ko umwarimu ashakisha ibyangombwa byihariye n’ibikoresho bikenewe kuri mwene abo banyeshuri. Nk’ibikoresho byo gukorakoraho nibyo byahabwa abanyeshuri bafite ubumuga kugirango habashe kugaragara umwuka mwiza mu ishuri.
Nk’abatabona neza ndetse n’abatumva neza bashobora kwicara imbere cyangwa ku ruhande bitewe n’ingorane bafite.
Ibyerekeye gukoresha isuzumaIsuzuma rinoza imyigire n’imyigishirizeIsuzuma rinoza imyigire n’imyigishirize rishobora gukorwa ku buryo buziguye cyangwa ku buryo butaziguye, bugamije kureba intera abana bagezeho. Mu gihe umwarimu ategura isomo rye, agomba kugena ingingo ngenderwaho mu gusuzuma urwego rw’ubushobozi (ubumenyi, ubumenyingiro, n’ubukesha) abanyeshuri bategerezwa kugeraho. Mu gusoza umutwe, umwarimu asuzuma niba abanyeshuri bose bashoboye kugera uko bikwiye ku bushobozi bw’ingenzi bugamijwe, ahereye ku bigenderwaho mu isuzuma, byari byateganyijwe mu ntangiriro y’umutwe. Umwarimu asuzuma uko abanyeshuri bagaragaza ubushobozi bukubiye mu
v
byigwa ndetse n’ubushobozi nsanganyamasomo. Ibi bizafasha umwarimu kubona ishusho rusange y’iterambere ry’imyigire y’abanyeshuri be. Mu isuzuma, umwarimu azakoresha bumwe cyangwa impurirane z’uburyo bukurikira: (a) Kwitegereza(b) Ibibazo basubiza bandika(c) Ibibazo basubiza bavuga
Isuzuma rikomatanyaIri suzuma rikorwa mu mpera z’igihembwe, umwaka cyangwa icyiciro. Rifasha mu gufata icyemezo cy’uko abanyeshuri bakomeza mu cyiciro gikurikiraho cy’amasomo. Isuzuma rikomatanya rigamije kureba intera umunyeshuri agezeho, rigaragaza ishusho y’ubushobozi umwana amaze kugeraho, mu gihe runaka cyihariye. Intego y’ibanze y’isuzuma rikomatanya ni ugusuzuma niba ubushobozi bugamijwe bwaragezweho.
Ibivuye mu isuzuma rikomatanya bishingirwaho mu gufata icyemezo cyo gukomeza ku ntera yisumbuyeho mu myigire y’umunyeshuri nko kwimurirwa mu cyiciro gikurikiyeho cyangwa guhabwa impamyabushobozi.
Iri suzuma rigomba gukomatanya ibyo umunyeshuri yize, hakarebwa niba agaragaza ubushobozi bwari buteganyijwe.
Kubika inyandiko igaragaza ibyavuye mu isuzumaKubika inyandiko yerekana ubushobozi bw’abanyeshuri ni ingenzi. Uburyo ubwo ari bwo bwose bwaba bwakoreshejwe mu isuzuma, bwaba ubunoza imyigire n’imyigishirize, bwaba ubukomatanya, bwose ibyabuvuyemo bigomba kwandikwa mu mbonerahamwe yabugenewe. Abanyeshuri bagomba kwandikirwa ko bagejeje, barengeje cyangwa batagejeje ku byifuzwaga. Akaba ari byo bita RAG ( Red- Amber- Green).1. Red (R)- ntiyabashije gushyikira ibyifuzwaga 2. Amber (A)- yabashije gushyikira ibyifuzwaga 3. Green (G)- yarengeje ibyifuzwaga
Umunyeshuri Ubushobozi bw’ibanze Ubushobozi bw’inyongera
Gusoma Kwandika Kubara Gusabana n’abandi
Gukina udukino
Ibyinyongera
1 G G G G A A
2 R R R A R R
3 A A G A A A
Ubumenyi bw’ibanze butangirwa mu ishuri bugafasha umunyeshuri gusobanukirwa no gukora buri gihe imyitozo ahabwa mu ishuri cyangwa hanze y’ishuri. Ubushobozi bw’inyongera bwo agenda aburonka uko iminsi igenda yicuma kandi bukagenda
vi
bwiyongera uko bwije uko bukeye. Bugafasha umwana mu kugira ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ubumenyi yigiye mu ishuri mu gihe ahuye n’ibintu bitandukanye.
ImfashanyigishoUguhitamo imfashanyigisho gukorwa kenshi hitawe ku bikenerwa byihariye na buri munyeshuri. Izi ni ingero zimwe na zimwe z’imfashanyigisho zishobora gukoreshwa: Amadarubindi yabugenewe, mudasobwa zivuga zikanakora. Inyamaswa, ibimera, amafaranga,.. Gukoresha utwuma dufasha kumva neza . Gukoresha amakarita.
vii
Ish
ush
o y
’Ib
irim
oU
mut
we
1In
king
i z’ib
anze
za
Isla
m
Um
utw
e 2
Kw
iga
uko
baso
ma
Q
uran
nta
gati
fu
Um
utw
e 3
Am
ateg
eko
y’ib
anze
y’Im
ana
Um
utw
e 4
Ubu
zim
a bw
’Intu
mw
a y’
Iman
a M
uham
mad
i (I.A
.U)
Um
utw
e 5
Imyi
twar
ire
myi
za n
dets
e no
kub
ana
n’ab
andi
am
ahor
o
Um
ub
are
w
’am
aso
mo
88
75
8
Inta
ng
irir
oG
usob
anur
a ko
Im
ana
ari i
mw
e
Gus
oban
ura
impa
mvu
Iman
a ya
rem
ye a
bant
u ik
arem
a n’
amag
ini
Gus
oban
ura
impa
mvu
Iman
a ya
rem
ye ib
intu
Gus
oban
ura
ubut
umw
a bw
’intu
mw
a z’
Iman
a.
Gus
oban
ura
amat
egek
o ag
enga
am
ajw
i y’
inyu
guti
Qur
an
yand
itsem
o.
Gut
andu
kany
a in
yugu
ti za
Qur
an n
’izin
di
zisa
nzw
e.
Gus
hyir
a in
yugu
ti z’
icya
rabu
ham
we
no
guso
ma
zim
we
mu
nter
uro
zand
itsw
e.
Kw
erek
ana
uko
udh
u ik
orw
a.
Kw
erek
ana
uko
swal
at ik
orw
a.
Kw
erek
ana
ikin
yura
nyo
kiri
mu
mas
enge
sho.
Kw
erek
ana
ibyi
za b
ya
swal
at m
uri I
sila
mu
Gus
oma
adh’
kar
(dua
) ny
uma
ya
swal
at.
Gus
oban
ura
mur
i m
ake
ubuz
ima
bwin
tum
wa
y’Im
ana
Moh
amm
ad.
Gus
onab
ura
ubuz
ima
bw’in
tum
wa
y’Im
ana
mbe
re n
a ny
uma
y’ib
onek
erw
a ry
e.
Gut
andu
kany
a im
yitw
arir
e y’
intu
mw
a y’
Iman
a M
uham
mad
i n’
aban
di b
antu
ba
sanz
we.
Kw
erek
ana
ibir
anga
in
tum
wa
y’Im
ana.
Gus
oban
ura
itege
ko r
yo
guku
nda
Iman
a, b
agen
zi b
acu
ndet
se n
atw
e ub
wac
u.
Gus
oban
ura
ubur
yo
bubo
neye
bw
o ku
rya,
ku
nyw
a, k
urya
ma,
kub
yuka
, kw
isuk
ura,
…
Gus
oban
ura
icyu
bahi
ro
Iman
a ig
omba
guh
abw
a m
u bi
rem
wa
byay
o m
u gi
he t
ubun
gabu
nga
kand
i tu
kare
nger
a ib
iduk
ikije
.
Gus
oban
ura
ibyi
za b
yo
gufa
ta n
eza
ibid
ukik
ije.
viii
Imit
un
ga
nyir
ize
y’is
hu
ri,
imy
igis
hir
ize
nd
etse
n
’imfa
sha
nyig
ish
o.
Icye
reke
zo c
y’is
huri
ry
ose
n’ im
irim
o y’
amat
sind
a.
Qur
an, a
mak
arita
, ib
itabo
, am
akra
mu
y’am
abar
a,
ibid
ukik
ije…
Icye
reke
zo c
y’is
huri
ry
ose.
Um
urim
o w
a bu
ri
mun
tu.
Um
urim
o w
o m
u m
atsi
nda
Am
akar
ita, a
mak
aram
u ya
mab
ara,
Qur
an
Juzu
uam
ma
Icye
reke
zo c
y’is
huri
ry
ose
ndet
se
n’im
irim
o yo
mu
mat
sind
a.
Am
akar
ita, i
bita
bo
bya
Swal
at, I
bipa
puro
by
omek
wa
ku n
kuta
, ad
h’ka
r
Vid
eo, Q
uran
Guk
ora
ises
engu
ra
Icye
reke
zo c
y’is
huri
ry
ose
ndet
se n
’imir
imo
yo m
u m
atsi
nda.
Am
akar
ita, i
bita
bo b
ya
Swal
at,
Ibik
ores
ho
by’ik
oran
abuh
anga
Icye
reke
zo c
y’is
huri
ryo
se
ndet
se n
’imir
imo
yo m
u m
atsi
nda.
Udu
kino
Vid
eo
Qur
an, i
bita
bo b
ya h
adith
, Ib
ipap
uro
byom
ekw
a ku
nk
uta
n’am
akar
amu.
Ibik
orw
aK
wite
gere
za
ibya
rem
we
byos
e nd
etse
n’a
ho
bihe
rere
ye.
Kun
gura
na
ibite
kere
zo k
u by
erek
eye
aho
ibir
emw
a by
ose
byat
urut
se.
Kw
igan
a am
asen
gesh
o y’
intu
mw
a z’
Iman
a.
Kw
iga
ku b
yere
keye
ib
igir
wam
ana
aban
tu b
amw
e na
bam
we
bajy
a ba
seng
a.
Gus
oma
no k
wig
ana
amaj
wi n
’inyu
guti
by
andi
tse
mu
myi
tozo
.
Gus
oma
amaj
wi
n’in
yugu
ti z’
icya
rabu
.
Kw
andi
ka k
u ru
papu
ro
urut
onde
rw
’inyu
guti
z’ic
yara
bu.
Kw
itoza
guk
ora
isuk
u du
kora
udh
u.
Kw
erek
ana
uko
swal
ah
ikor
wa.
Gus
oma
dua
ivug
wa
nyum
a ya
swa
lat.
Kw
erek
ana
vide
o ye
reka
na u
ko u
dhu
ikor
wa.
Kw
ibuk
iran
ya u
buzi
ma
bw’in
tum
wa
y’Im
ana
Muh
amm
ed m
bere
y’
ibon
eker
wa.
Kug
anir
ira
mu
mat
sind
a im
yitw
arir
e m
yiza
n’in
dang
agac
iro
zara
nze
intu
mw
a y’
Iman
a M
oham
mad
(I
.A.U
).
Kw
erek
ana
filim
i ye
reka
na u
buzi
ma
bw’in
tum
wa
y’Im
ana
Moh
amm
ad.
Kw
ibuk
iran
ya b
uri w
ese
ku
ndan
gaga
ciro
z’u
mus
ilam
u ny
awe.
Kom
eka
mu
ishu
ri ig
ipap
uro
cyan
dits
eho
inda
ngag
acir
o za
Kis
ilam
u.
Gus
ibir
amo
uko
basu
huza
nya
mu
Kis
ilam
u.
Udu
kino
tw
erek
ana
uruk
undo
tw
agom
bye
guku
nda
aban
di.
Kw
erek
ana
filim
i is
oban
ura
uko
twag
omby
e ku
bung
abun
ga ib
iduk
ikije
.
Ub
ush
ob
ozi
n
gir
o
Imite
kere
reze
Kun
gura
na in
ama
Imite
kere
reze
Kun
gura
na in
ama
Kw
erek
ana
Imite
kere
reze
Ivum
bura
Imir
imo
y’am
atsi
nda
Imite
kere
reze
Ivum
bura
Imir
imo
y’am
atsi
nda
Imite
kere
reze
Ivum
bura
Imir
imo
y’am
atsi
nda
ix
Ub
um
eny
i mva
m
aso
mo
K
weg
eran
ya
ibite
kere
zoku
byan
dika
Itan
duka
nya
Guf
ata
mu
mut
we
kuby
andi
ka
Ises
engu
raku
byan
dika
Kw
eger
anya
ib
iteke
rezo
kuby
andi
ka
Kw
eger
anya
ibite
kere
zoku
byan
dika
Isu
bir
am
o
rusa
ng
eIm
yito
zo n
giro
y’
umut
we
wos
e.Im
yito
zo n
giro
y’
umut
we
wos
e.Im
yito
zo n
giro
y’
umut
we
wos
e.Im
yito
zo n
giro
y’
umut
we
wos
e.Im
yito
zo n
giro
y’u
mut
we
wos
e.
Iba
zwa
Isuz
uma
rino
za im
yigi
re
n’im
yigi
shir
ize
nyum
a y’
agak
ino.
Ibaz
wa
rire
ba k
u by
o ba
ndits
e
Isuz
uma
rino
za im
yigi
re
n’im
yigi
shir
ize
ku k
untu
bu
ri m
unye
shur
i aso
ma.
Isuz
uma
rino
za
imyi
gire
n’im
yigi
shir
ize
ku k
untu
aba
nyes
huri
ba
soba
nura
ibin
tu.
Isuz
uma
rino
za
imyi
gire
n’im
yigi
shir
ize
ku k
untu
bur
i m
unye
shur
i aso
ma
dua
nyum
a ya
swa
lat.
Isuz
uma
rino
za
imyi
gire
n’im
yigi
shir
ize
ku b
yavu
ye m
u m
irim
o yo
mu
mat
sind
a.
Isuz
uma
rino
za im
yigi
re
n’im
yigi
shir
ize
ku b
yavu
ye m
u m
irim
o yo
mu
mat
sind
a.
Ibaz
wa
kuri
bur
i mw
ana
ku
duki
no t
wak
inw
e.
Iny
un
gu
z’
imy
igis
hir
ize
Kum
enya
ko
Iman
a ar
i im
we.
Kum
enya
impa
mvu
A
llah
yare
mye
ab
antu
n’a
mag
ini.
Kum
enya
inko
mok
o y’
ibya
rem
we
byos
e.K
uvug
a am
azin
a y’
intu
mw
a.K
umen
ya u
mur
imo
w’in
tum
wa.
Kum
enya
am
ateg
eko
agen
ga a
maj
wi
n’in
yugu
ti Q
uran
ya
ndits
emo.
Kum
va n
o kw
andi
ka
urut
onde
rw
’inyu
guti
z’ic
yara
bu.
Kw
andi
ka u
ruto
nde
rw’in
yugu
ti z’
icya
rabu
.
Gus
oban
ukir
wa
amat
egek
o ag
enga
is
uku.
Kum
enya
uko
udh
u ik
orwa
.
Kum
enya
uko
sal
at
ikor
wa.
Kum
enya
am
asen
gesh
o ya
su
nnah
n’u
ko a
korw
a.
Kum
enya
dua
ikor
wa
mbe
re n
a ny
uma
ya
swal
at.
Kum
enya
am
atek
a y’
intu
mw
a y’
Iman
a M
uham
mad
i (I.A
.U).
Kum
enya
sun
nah
y’in
tum
wa
y’Im
ana.
Kw
erek
ana
ibik
orw
a by
’uru
kund
o m
u ba
ntu.
Gus
oban
ukir
wa
n’im
yitw
arir
e ya
genw
a n’
idin
i ya
Isila
mu
mu
bihe
bita
nduk
anye
.
Kum
enya
uko
bab
unga
bung
a ka
ndi b
akita
ku
bidu
kiki
je.
x
INTEGURO RUSANGE Y’ISOMO RY’IYOBOKAMANA YA KISILAMU MU MWAKA WA MBERE W’AMASHURI ABANZA.
IGICE CYA MBERE
Itariki Ishuri Igihe Isomo Umubare w’abanyeshuri
8/08/2015 Umwakawa mbere
8:30 – 9:10 za mu gitondo
Inyigisho z’iyobokamana ya Kisilamu.
50
IMBUMBANYIGISHO: Ibyanditswe bitagatifu n’imyemerere
INYIGISHO: Tawhiid
UBURYO: Gusobanura, ibiganiro, kuganirira mu matsinda, kujya impaka.
Intego rusange: Umwana azashobora gusobanura inking ya mbere y’ukwemera kwa kisilamu mu kwizera Allah.
Ubushobozi bw’ururimi: Umunyeshuri azarondora, avuge ndetse anasome amagambo y’ibanze nka tawhiid, Allah etc.
Ubumenyi njya buzima: Umunyeshuri azasobanura ukuntu Imana ari imwe rukumbi ndetse anabashe gusubiza bimwe mu bibazo bibyerekeyeho.
Indangagaciro: Kwishimira guhimbaza Imana imwe rukumbi.
Imfashanyigisho: Ibipapuro, amakaramu y’amabara, ibidukikije.
Aho byavuye
Igitabo cy’iyobokamana cy’umunyeshuri.
Igitabo cy’iyobokamana cy’umwarimu.
Quran ntagatifu.
xi
Imigendekere y’isomo Igihe Ibice Ibikorwa bya mwarimu Ibikorwa
by’umunyeshuri
Iminota 10 1 Ubuzima bwacu• Umwarimu abara inkuru yerekeye
ukuntu imiryango nyarwanda ihimbaza Imana yonyine.
• Baza abanyeshuri impamvu bagomba guhimbaza Imana imwe gusa.
• Abanyeshuri batega amatwi bitonze.
• Gusobanura impamvu bahimbaza Imana.
Iminota15 11 Ubutumwa bw’Imana• Kubwira abana bagafungura Surah
Ikhlas kandi banayibasomere. • Saba abanyeshuri gutega amatwi
Surah Ikhlas unaberekere. • Ganira n’abanyeshuri ku bibi byo
gusenga imana zirenze Imana imwe. • Gushishikariza abanyeshuri
guhereza Allah (S.W) ibibazo byabo byose.
• Fungura Quran hanyuma utega amatwi uko nsoma Surah Ikhlas.
• Tega amatwi witonze Surah Ikhlas.
• Gira uruhare rugaragara mu biganiro byo m matsinda.
• Ha agaciro ubufasha bwa mwarimu.
Iminota 15 111 Ibisubizo byacu• Shyira abanyeshuri mu matsinda
hanyuma baganire ku kuntu Allah (S.W) ari imwe gusa.
• Erekera abana mu gutegura no kuvuga byo gusenga ibigirwamana.
• Muganire ku kuntu Allah ari imwe gusa.
• Muganire ku byerekeye gusenga ibigirwamana.
Isuzuma ryawe bwite: .............................................................................................................. ................................................................................................................................................................................................................................................................................................................
Imbaraga zakoreshejwe: .........................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................
Aho byakorewe: ........................................................................................................................
........................................................................................................................................................
........................................................................................................................................................
Inzira yakoreshejwe: ................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................................
157
Umubare w’amasomo: 8
Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 185
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kuvuga mu mutwe amahame atatu y’ukwemera muri Islamu, kuyakurikiza ndetse no kwigana intumwa y’Imana mu kubana n’abandi amahoro.
Ibyerekeranye n’iri somoIri somo ryerekana iby’ukwemera. Ukwemera muri uru rwego bikaba bigaruka ku kwizera ko Imana ari imwe gusa. Umunyeshuri akaba asabwa kwiyungura bihagije kuri Tawhiid ndetse akongera urukundo akunda Allah (S.W). Umunyeshuri kandi akaba asabwa kumenya ingaruka zo gusenga ibindi bintu bitari Allah (S.W). Iri somo kandi rikaba rizazamura imyumvire y’umunyeshuri ku byerekeye ibiremwa bya Allah (S.W). Urugero: amagini. Umwana kandi azarushaho gusobanukirwa n’impamvu nyamukuru yatumye Imana irema abantu ikarema n’amagini. Igice kindi kiri somo kizaba ari icyo gufasha umunyeshuri kumenya zimwe mu ntumwa za Allah (S.W). n’ibyo zakoze.
Icyigisho zishamikiyeho1. Kwizera Allah (S.W).2. Imana ni imwe rukumbi3. Imana ni Umuremyi4. Intumwa z’Imana5. Ibiranga intumwa z’Imana6. Ibyiza byo gusenga Allah (S.W).7. Ibindi abantu bajya basenga.
Umutwe wa Amahame Shingiro y’Ukwemera muri Islam
Icyigisho Tawhiid
Ibyanditswe Bitagatifu N’imyemerere
Imbumbanyigisho
1
158
Isomo rya 1: Imana ni imwe rukumbi (Allah) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 185)
Intego y’ikigishoUbumenyi1. Kwerekana ko Imana ari imwe.2. Kwerekana ko Allah (S.W) yaremye abantu ikarema n’amagini.
Ubumenyingiro1. Umunyeshuri azabasha kumenya ko Imana ari imwe.2. Umunyeshuri azabasha gusobanura ukuntu Imana ari imwe.3. Gukunda Allah (S.W) no kubaha ibiremwa byayo.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Kuvuga icyo Tawhiid bisobanura.2. Kwerekana uko Allah (S.W) iteye mu biremwa byayo.
Inyungu y’ikigishoUmunyeshuri azashobora:1. Kumenya ko Imana ari imwe.2. Kumenya ubuhangange bwa Allah (S.W) busumba ibibaho byose.3. Kumenya igisobanuro cy’ijambo Tawhiid.
Ibyo guteguraGusoma Quran ntagatifu Igice II 2:1- 3
Imfashanyigisho1. Imfashanyigisho zo gukorakoraho.2. Quran ntagatifu.3. Amashusho n’ibishushanyo bya bimwe mu byo Imana yaremye.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Kwigana.3. Udukino.4. Imbwirwaruhame.
Imyitozo ku cyigishoUko bikorwaTangira isomo ubaza abanyeshuri utubazo duke tworoshye.
159
Baza abanyeshuri gusobanura ibyo bazi kuri Allah (S.W).Baza abanyeshuri batandukanye Allah (S.W) n’ibindi biremwa byayo.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoErekera abanyeshuri mu kiganniro kivuga ukuntu Imana ari imwe rukumbi.Baza abanyeshuri niba bazi inkingi z’ibanze za Islamu.Utubazo tworoshye ku banyeshuri
1. Abasilamu bizera Imana zingahe?2. Abasilamu Imana bayita ngo iki?
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Imana imwe.2. Allah (S.W).
Igisubizo cyacuAndika ibintu bike ku kibaho. Bwira abana na bo babyandike mu makayi yabo y’imyitozo. Tembera gake gake mu ishuri. Genzura ko abana babyandika koko.
Ibisubizo by’umwitozo Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 185
Imana ni imwe rukumbi1. Hariho Imana imwe rukumbi2. Imana ni inyembaraga3. Ni umuremyi w’isi n’ibiriho byose4. Tugomba kwizera Imana imwe gusa.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Ha abana babanebwe utwitozo twinshi kandi tworoshye, hanyuma
ababanyamwete ubahe imyitozo yisumbuyeho gato.2. Ku bana bakeneye ubufasha bwihariye, bahe imfashanyigisho zo
gukorakoraho.
Ihuriro n’andi masomo1. Amasomo mbonezamubano.2. Imikoranire y’ibiremwa by’Imana.
160
Isomo rya 2: Imana ni Umuremyi w’Ijuru n’Isi n’ibirimo byose (Rurema) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 187)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora:1. Kwerekana impamvu Imana yaremye umuntu ikarema n’amagini.2. Gukunda ibindi biremwa bya Allah (S.W).
Ubumenyi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Gusobanura impamvu Imana yaremye umuntu ikarema n’amagini2. Gusobanura impamvu Imana yaremye ibintu.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora:Gukunda Imana no kubaha ibiremwa byayo.
UbushobozingiroUmunyeshuri azashobora:1. Gusobanura iremwa icyo rivuga.2. Amwe mu mazina y’ibiremwa by’Imana nk’izuba, ukwezi, imisozi, imigezi,
abantu.
Inyungu z’inyigisho1. Umunyeshuri azamenya impamvu Imana yaremye abantu ikarema n’amagini2. Kumenya bimwe mu biremwa by’Imana.3. Kumenya ko Imana ari umuremyi w’ibintu byose byo ku isi.4. Kubaha no kumvira Imana mu biremwa byayo.
Imfashanyigisho1. Quran ntagatifu2. Ibidukikije: umunyeshuri azitegereza ukwezi, izuba, ibicu, imisozi, inzuzi, kandi
agende yandika ibyo yabonye.3. Amashusho n’ibishushanyo by’ibiremwa by’Imana.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Imbwirwaruhame.3. Udukino.4. Kwitegereza.
161
Ibyo gutegura1. Soma Quran igice kivuga iby’iremwa.2. Tegura abana gukora amatsinda.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo dutandukanye ku isomo ry’ubushize. Baza abana ibibazo kuri iryo somo.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoRambura isomo ryawe ubaza abanyeshuri amazina y’ibintu bimwe na bimwe Imana yaremye.
Utubazo tworoshye ku banyeshuri1. Ni nde waremye ibintu byose?2. Vuga amazina y’ibintu bitatu Imana yaremye.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Allah (S.W).2. Ikirere, imisozi, ibicu.
Ubutumwa bwa Allah (S.W)Fasha abana gusoma igice cyo muri Quran kivuga ku iremwa.
Igisubizo cyacu1. Fasha abana kuganirira mu matsinda barimo ku byerekeranye n’ibiremwa
bya Allah (S.W).2. Tegeka abana kwandika mu makayi yabo ibintu bike byerekeye Imana
umuremyi wa byose.3. Fasha abanyeshuri kwita kubyo banditse ku Mana umuremyi maze
babisubiremo.
Ibisubizo by’umwitozo Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 188
Ibintu Imana yaremye ni:Izuba, ukwezi, inyenyerii, imisozi, ibicu, ikirere n’abantu.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Ha abana b’abanebwe igihe gihagije cyo kwandika.2. Ite ku bana bagomba ubufasha bwihariye.3. Ha imyitozo myinshi abana b’abanyamwete.
162
Ihuriro n’andi masomo1. Amasomo mbonezamubano.2. Imikoranire y’ibiremwa by’Imana.
Isomo rya 3: Intumwa z’Imana n’Ibyaziranze mu bmibereho yazo
(Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 189)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora:Kuvuga amazina y’intumwa z’Imana
Ubumenyi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Kurondora amazina y’intumwa za Allah (S.W)2. Gusobanura impamvu Imana yaremye ibintu.3. Gukurikiza inyigisho z’intumwa z’Imana
UbukeshaUmunyeshuri azashobora: Gukurikiza inyigisho z’intumwa z’Imana.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Kuvuga amazina amwe n’amwe y’intumwa z’Imana.2. Gusobanura ubutumwa bw’intumwa z’Imana.3. Gukurikiza inyigisho z’intumwa z’Imana.4. Kuvuga muri make ibyo bazi ku ntumwa z’Imana.5. Kuvuga amazina ya zimwe mu ntumwa z’Imana.
Inyungu z’inyigishoUmunyeshuri:1. Azamenya zimwe mu ntumwa z’Imana anasobanure ibyo zakoze 2. Gukurikiza inyigisho z’intumwa z’Imana
Imfashanyigisho1. Quran ntagatifu.2. Videwo yerekana iby’intumwa z’Imana.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.
163
2. Ubucukumbuzi.3. Kubara inkuru.4. Kwigana.
Ibyo guteguraSoma Quran igice kivuga iby’intumwa z’Imana.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo dutandukanye ku isomo ry’bushize. Baza abana ibibazo byerekeye intumwa z’Imana.
Utubazo tworoshye ku banyeshuri1. Mwaba mwarigeze mubona umuhanuzi w’Imana?2. Mutekereza ko umuhanuzi ari ikiremwa muntu? 3. Intumwa y’Imana iheruka izindi ni ___________________.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Oya. Abahanuzi babayeho mbere y’uko twe tuvuka. 2. Yego.3. Muhammadi (I.A.U).
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoGerageza gusobanurira abanyeshuri ko intumwa z’Imana zagereranywa n’abavugabutumwa kuri iki gihe.
Ubutumwa bwa Allah (S.W)Mu matsinda, abana baganire ku ngingo nyamukuru yari ikubiye mu butumwa bw’intumwa z’Imana.1. Bazanywe b’ubutumwa bumwe gusa, ko Imana ari imwe rukumbi.2. Bazanywe no kudukura mu mwijima bakatujyana mu mucyo.3. Bazanywe no kutwigisha ibyiza bya paradizo n’ibibi by’umuriro utazima.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Ha abana b’abanebwe imyitozo bashobora.2. Ha imyitozo myinshi abana b’abanyamwete.3. Ite ku bana bagomba ubufasha bwihariye ukurikije ibyo bakeneye.4. Fasha abana kwandika mu makayi yabo.
Ihuriro n’andi masomo1. Amateka.2. Islamu muri make.
164
Isomo rya 4: Ibiranga abahanuzi (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 190)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora:Kurondora ibiranga intumwa z’Imana.
Ubumenyi ngiroUmunyeshuri azashobora:Gutanga itandukaniro hagati yabo n’intumwa za Allah (S.W).
UbukeshaUmunyeshuri azashobora: Gukurikiza inyigisho z’intumwa z’Imana.Kwerekana imirimo intumwa z’Imana zakoze.
UbushobozingiroUmunyeshuri azashobora:Kurondora ibiranga intumwa z’Imana.
Inyungu z’inyigishoUmunyeshuri azamenya ibiranga intumwa z’Imana.
Imfashanyigisho1. Quran ntagatifu.2. Amakarita yerekana imbonerahamwe z’ibyarangaga intumwa y’Imana.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ibiganiro.3. Iby’ubuzima busanzwe.
Ibyo guteguraSoma Quran igice kivuga iby’intumwa z’Imana.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe ubaza utubazo dutandukanye ku isomo ry’bushize.
Baza abana ibibazo byerekeye intumwa z’Imana.2. Bwira abana barondore ibyarangaga intumwa z’Imana n’ibiranga abantu
basanzwe.
165
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoGanira hamwe n’abanyeshuri ibyarangaga intumwa z’Imana.
Igisubizo cyacuBwira abana bandike ibintu bike mu makayi yabo.
Ibisubizo ku mwitozo uri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 190
Ibyarangaga intumwa z’Imana:1. Bose bari abagabo.2. Nta byaha bakoraga.3. Ntibigeze basuzugura Imana.4. Bari abanyamico myiza kandi bakagwa neza.5. Barihanganaga mu buzima bwabo.6. Bari abanyabwenge.7. Barubahaga kandi bakaba abahanga.
Ibigenderwaho mu isuzumaGenera abana b’ abanebwe imyitozo bashobora, uhe ababanyamwete imyitozo myinshi ibagenewe unite no ku bagomba ubufasha bwihariye.
Ihuriro n’andi masomo1. Amateka.2. Islamu muri make.
Isomo rya 5: Ibyiza byo guhimbaza Allah (S.W) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 191)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora:Kumenya ko Imana ari imwe rukumbi.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora:1. Gusobanura ibyiza byo gusenga Allah (S.W) gusa.2. Kurondora uburyo bwose wasengamo Allah (S.W).
UbukeshaAbanyeshuri bazashobora: Gukunda Imana no kuyubaha.
166
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Gusobanura ibyiza byo byo gusenga Imana.2. Kurondora uburyo wasengamo Allah (S.W).
Inyungu z’inyigishoUmunyeshuri:1. Azamenya ibyiza byo gusenga Imana imwe gusa.2. Kumenya uburyo butandukanye wasengamo Imana.
Imfashanyigisho1. Amakarita ariho imbonerahamwe yerekana ibyiza byo gusenga Allah (S.W).2. Amashusho (aho bishoboka).
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Udukino.2. Kwigana.3. Ibiganiro.
Ibyo guteguraFasha abanyeshuri gusoma ahantu muri Quran havuga ibyo gusenga Allah (S.W).
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa
IbitwerekeyehoTangira isomo ryawe mwiyibukiranya ku isomo ry’ubushize.
Utubazo tworoshye ku banyeshuri1. Waba usenga Allah (S.W)? 2. Ninde ugomba gusengwa gusa? 3. Abasilamu bizera Imana zingahe?
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Gushishikariza abanyeshuri gutanga ibisubizo biboneye. 2. Allah (S.W). 3. Imana imwe gusa.
Ubutumwa bwa Allah (S.W)Erekera abana mu kuganira ku gikorwa cyo guhimbaza Imana.Gufasha abana kuganira kuko bigenda iyo wasenze ibigirwamana Atari Allah (S.W).
167
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri bandike ibintu bike mu makayi ku byerekeye gusenga
Allah (S.W).2. Shishikariza abanyeshuri gusoma ibyo banditse.
Ibisubizo ku mwitozo uri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 191
Ibyiza byo guhimbaza Allah (S.W):1. Izadukunda.2. Izatujyana muri pardizo.3. Izadukiza umuriro w’iteka.4. Izaduhemba.5. Izatugirira impuhwe.6. Izaduha umugisha.
Ibigenderwaho mu isuzumaGenera abana b’ abanebwe imyitozo bashobora, uhe ababanyamwete imyitozo myinshi ibagenewe unite no ku bagomba ubufasha bwihariye.
Ihuriro n’andi masomo1. Amateka.2. Islamu muri make.
Isomo rya 6: Ibindi bintu abantu basenga (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 191)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora:1. Kurondora uko bigenda iyo umuntu asenga ibintu bindi.2. Kumenya ko ari Imana yonyine igomba gusengwa.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora:Ibindi bintu abantu basenga.
UbukeshaAbanyeshuri bazashobora: Kwirinda gusenga ikindi kintu icyo ari cyo cyose atari Allah (S.W).
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Gusobanura ibyo gusenga Imana imwe gusa.
168
2. Kuganira ibintu abantu bajya basenga kandi atari Allah (S.W).
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azashobora kumenya ibyo abandi bantu bajya basenga. 2. Kumenya uko bigenda iyo usenga ibigirwamana.
Imfashanyigisho1. Amakarita yerekana abantu bari gusenga. 2. Ibibumbano by’ibimasa cyangwa ibindi bigirwamana.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ubusesenguzi.2. kwitegereza.3. Kubara inkuru.4. Ibiganiro.
Ibyo gutegura1. Itegereze amashusho n’ibibumbano unabyitegereze bihagije. 2. Soma ibyanditse mu makayi y’abana.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaIbitwerekeyeho
Tangira isomo ryawe mwiyibukiranya ku isomo ry’ubushize. Ryari rishingiye ku byiza byo guhimbaza Allah (S.W). Bwira abanyeshuri bitegereze amashusho ari mu bitabo urupapuro rwa 192. Bereke amashusho yerekana ibindi bintu abantu bajya basenga.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza abanyeshuri utubazo tuberekeyeho.
Utubazo tworoshye ku banyeshuri1. Wumva ari byiza gusenga ibigirwamana? 2. Gusenga inyamaswa ni byiza? 3. Abantu bose bagomba gusenga.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Oya. Si byiza.2. Oya. Ntitugomba gusenga inyamaswa. 3. Allah (S.W)
Ubutumwa bwa Allah (S.W)Tsindagira kubyo Quran ibyigishaho. Ntitugomba kugira ibigirwamana dusenga atari Imana. Jya usenga Allah (S.W) gusa.
169
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri bandike mu makayi yabo ku byerekeye ibindi bintu
abantu bajya basenga. 2. Fasha abanyeshuri kuganira ku bintu abantu bajya basenga.
Ibigenderwaho mu isuzumaGenera abana b’ abanebwe imyitozo bashobora, uhe ab’abanyamwete imyitozo myinshi ibagenewe unite no ku bagomba ubufasha bwihariye.
Ihuriro n’andi masomo1. Amateka.2. Islamu muri make.
Isomo rya 7&8: Ibikorwa (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 192)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora:Gusobanukirwa n’ibibazo byatanzwe ndetse no kubitangira ibisubizo.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora:Gukora mbere na mbere imyitozo yahawe.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora: Kongera imyitwarire ye mu mirimo yo mu matsinda.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Gukora neza imyitozo yahawe. yatanzwe kuri iri somo. 2. Umunyeshuri azashobora gukora imyitozo.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azashobora gukora imyitozo.
Imfashanyigisho1. Igitabo cy’umunyeshuri. 2. Imfashanyigisho zo gukorakorwaho n’abanyeshuri bafite ubumuga.
170
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Imikoro.2. Udukino.3. Kwitegereza.
Ibyo guteguraKwicara mu matsinda bakaganirira hamwe ku bibazo byatanzwe.
Imyitozo ku nyigishoIsomo rirambuyeTangira isomo ryawe mwiyibukiranya ku isomo ry’ubushize. Fasha abanyeshuri bakore imyitozo inyuranye irebana n’iri somo.
IbitwerekeyehoHerekeza abnyeshuri hanze bajye kureba ibintu biri mu bidukikije.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kuganira ku biremwa bya Allah (S.W). Reka bo ubwabo
bavuge ku byerekeranye n’ibyo babonye hanze. 2. Bafashe gushushanya bimwe mu biremwa babonye hanze.
Ubutumwa bwa Allah (S.W)Tsindagira ko Imana yonyine ari yo ikwiye gusengwa.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Fasha abanyeshuri bandike ibintu mu makayi yabo. 2. Genzura niba abanyeshuri koko bakoze imyitozo bahawe. 3. Abanyeshuri bagomba ubufasha bwihariye bafashwe kandi bahabwe
ibikoresho byo gukoraho.
Ihuriro n’andi masomo1. Amateka.2. Islamu muri make.
Ibisubizo ku myitozo ngiro iri mu bitabo byabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 193
1. Imwe2. Bari abanyabwenge Bari abahanga Nta byaha bakoraga3. Allah (S.W)4. Rasuul5. Salat
171
Umubare w’amasomo: 8Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 194
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusoma inyajwi n’ingombajwi z’icyarabu nk’ururimi Quran.
Andi masomo ashamikiyeho:1. Kumva uko basoma Quran ntagatifu.2. Inyajwi z’icyarabu.3. Inyajwi n’inyuguti (fat-ha).4. Inyajwi n’inyuguti (kasrah).5. Inyajwi n’inyuguti (dhwammah).6. Ingero z’amagambo (fat-ha).7. Ingero z’amagambo (kasrah).8. Ingero z’amagambo (dhwammah).
Ibyerekeye iri somoIri somo ryakozwe kugirango rihe umunyeshuri ubumenyi bw’ibanze ku misomere n’imyandikire y’inyuguti z’icyarabu (inyajwi n’ingombajwi) bikazanira inyungu umunyeshuri yo gushobora gusoma Quran ntagatifu.
Iri somo rizagaruka ku bishoboka byose mu iyigwa ry’ururimi rw’icyarabu. Mu gihe kizaza, umunyeshuri akazifashisha mu masengesho ye ya buri munsi imirongo imwe n’imwe yo muri Quran yafashe mu mutwe.
Icyungu z’inyigisho1. Umunyeshuri ategerezwa kumenya amategeko agenga amajwi n’inyuguti
Quran yanditswemo. 2. Umunyeshuri ategerezwa gutondekanya no gusoma urutonde rw’inyuguti
z’icyarabu.3. Umunyeshuri ategerezwa kwandika urutonde rw’inyuguti z’icyarabu.
Umutwe wa Kwiga Gusoma Qur’an
Icyigisho Quran
Ibyanditswe Bitagatifu n’ImyemerereImbumbanyigisho
2
172
Isomo rya 1: Inyajwi n’ingombajwi z’icyarabu Quran yanditsemo (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 194)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora:1. Kwerekana no gutandukanya inyuguti z’icyarabu n’inyajwi. 2. Gusoma inyuguti z’icyarabu hamwe n’inyajwi zacyo.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora:1. Gutandukanya inyuguti z’icyarabu.2. Gutandukanya inyuguti zisanzwe n’izo Quran yanditsemo.
UbukeshaAbanyeshuri bazashobora: Kugira umuco wo gusoma Quran ntagatifu.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri azashobora:1. Kumenya inyuguti n’inyajwi.2. Gusoma inyuuti aranguruye.3. Kwandika inyuguti n’inyajwi.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Kumenya inyajwi n’ingombajwi z’icyarabu. 2. Kwandika inyajwi n’ingombajwi z’icyarabu.
ImfashanyigishoYasarnal-quran, amakaramu, amakarita yerekana inyajwi n’ingombajwi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha:1. Kwitegereza.2. Udukino.3. Kwigana.
Ibyo guteguraAmakarita yo komeka ku nkuta.
173
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa
Isomo rirambuyeTangira isomo ryawe ubwira abana ibyiza byo gusoma no kuvuga inyuguti n’inyajwi z’icyarabu.
IbitwerekeyehoMuganire ku uko inyuguti n’inyajwi z’icyarabu zikoreshwa.Fasha abanyeshuri:1. Kumenya inyuguti n’inyajwi.2. Gusoma inyuguti n’inyajwi.3. Kwandika inyuguti n’inyajwi.
Igisubizo cyacuFasha abanyeshuri bandike inyuguti n’inyajwi z’icyarabu uko bikwiye. Genda ukurikira uko basoma izo nyajwi n’ingombajwi imwe imwe.
Ibisubizo ku myitozo yo mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 194
Kubera iki tugomba kumenya ururimi rw’icyarabu.1. Ruzadufasha mu gusoma Quran2. Ruzadufasha mu kumva Quran3. Ruzadufasha mu gusenga Imana
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Bwira abanyeshuri basome cyane inyajwi n’ingombajwi buri wese. 2. Umwarimu agomba kwihatira gutega amatwi abana b’abanebwe cyo
kimwe n’abakeneye ubufasha bwihariye.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’icyarabu
Isomo rya 2: Inyajwi z’icyarabu (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 195)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora gusoma aranguruye inyajwi z’icyarabu.
UbumenyingiroUmunyeshuri azamenya inyajwi.
174
UbukeshaUmunyeshuri azongera umuco wo gusoma Quran ntagatifu.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azamenya gusoma inyajwi riranguruye.2. Umunyeshuri azandika iyajwi uko bikwiye.3. Aziremamo umwete wo gusoma Quran.
Inyungu z’ikigishoAbanyeshuri: 1. Bazamenya inyajwi z’icyarabu.2. Bazamenya uko bavuga ndetse banasoma inyajwi z’icyarabu.3. Bazasoma inyajwi byiza kurusha.
Imfashanyigisho1. Yasarnal-Quran.2. Amakarita ariho inyajwi.3. Ibipapuro byanditseho inyajwi.4. Ibikoresho byo gukorakoraho.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegereza.2. Udukino.3. Kwigana.
Ibyo guteguraAmashusho n’amakarita yo komeka ku nkuta.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe musubiramo isomo ry’ubushize ryavugaga ku gusoma
Quran ntagatifu. 2. Bwira abana basome inyajwi barangurura.
Isomo rirambuyeKoresha Flash cards, amakarita ndetse na bya bikoresho byo gukoraho. Erekera abana mu matsinda uko basoma.
IbitwerekeyehoMuganire kubyiza byo kumenya gusoma no kwandika icyarabu.
Ubutumwa bwa AllahGutsindangira kumenya ibyiza byo kumenya uko basoma cyangwa bandika icyarabu.
175
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri guha agaciro icyarabu nk’ururimi rudufasha mu kuganira
n’Imana. 2. Fasha abanyeshuri kwandika inyajwi.
Subiza imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 195
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Ha abana gihe cyo kwandika inyajwi. 2. Genda ureba abana bagenda buhoro ubiteho buhoro buhoro cyo kimwe
n’abakeneye ubufasha bwihariye. 4. Egereza imfashanyigisho zo gukoraho abana bafite ubumuga.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’icyarabu.
Isomo rya 3: Inyajwi n’inyuguti (Fat- ha) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 195)
Intego y’ikigishoUbumenyi1. Umunyeshuri azashobora gusoma inyajwi n’inyuguti. 2. Umunyeshuri azashobora kwandika inyajwi (fat-ha) hamwe n’inyuguti
UbumenyingiroUmunyeshuri azamenya inyajwi (fat-ha)UbukeshaUmunyeshuri azasubiramo inyajwi n’ingombajwi Quran yanditsemo.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azasoma inyajwi n’inyuguti (fat-ha) aranguruye. 2. Umunyeshuri aziga kwerekana fat-ha n’icyo ikora ku nyuguti.
176
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azamenya fat- ha n’uko bayivuga igihe iri kumwe n’inyajwi.
Imfashanyigisho1. Amakarita ariho inyajwi fat-ha nindi nyuguti. 2. Flash cards ziriho fat-ha.3. Yasarnal Quran.4. Amakaramu y’igiti n’impuro.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegereza.2. Udukino.3. Kwigana.4. Ibiganiro.
Ibyo guteguraYobora abana kwita ku kamaro ko kumenya inyuguti z’icyarabu.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe musubiramo isomo ry’ubushize. Ryavugaga ku nyajwi z’Icyarabu.
Isomo rirambuye1. Erekera abana uko bandika neza inyuguti z’Icyarabu hamwe n’inyajwi. 2. Erekera abana barebe amakarita n’inyuguti ziri mu gitabo cy’umunyeshuri
paje 195.
IbitwerekeyehoMuganire ku kuntu bakoresha inyajwi bakora amagambo.
Ubutumwa bwa AllahKuvuga ku mpamvu tugomba kumenya uko bandika ururimi rw’icyarabu.
Igisubizo cyacuFasha abanyeshuri wumva neza uko basoma inyuguti imwe imwe, uko bazivuga ndetse n’uko bandika inyajwi n’inyuguti.
Subiza imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 195
Inyuguti zifite fat-ha
177
Ibigenderwaho mu isuzuma1 Bwira abanyeshuri bandike fat- ha mu makayi yabo n’izindi nyuguti. 2 Genda ureba abana bagenda buhoro ubiteho buhoro buhoro cyo kimwe
n’abakeneye ubufasha bwihariye. 3 Ita na none ku banyamwete mu gukora neza.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’Icyarabu.
Isomo rya 4: Inyajwi n’inyuguti (Kasrah) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 195)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora gusoma inyuguti zifite inyajwi za Kasrah.UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Azamenya inyajwi za Kasrah.2. Azandika inyuguti zifite inyajwi za Kasrah.
UbukeshaUmunyeshuri:Azasubiramo inyajwi n’ingombajwi Quran yanditsemo.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azasoma inyajwi za Kasrah. aranguruye. 2. Umunyeshuri aziga kwandika inyajwi za Kasrah. N’izindi nyuguti. 3. Umunyeshuri azamenya neza inyajwi za Kasrah.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azamenya uko basoma inyuguti zifite inyajwi za Kasrah.
Imfashanyigisho1. Amakarita ariho inyajwi za Kasrah.2. Flash cards ziriho inyajwi za Kasrah.3. Yasarnal Quran.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegereza.2. Kwigana.3. Imikoro.
178
Ibyo gutegura1. Omeka ibipapuro ku rukuta.2. Yobora abana kwita ku kamaro ko kwiga inyajwi za Kasrah.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe musubiramo isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuye1. Bwira abanyeshuri basome Kasrah baranguruye.2. Bwira abanyeshuri basome Kasrah n’inyuguti neza.3. Tangira isomo ryawe wibutsa abanyeshuri ibyerekeye isomo ry’ubushize
ryavugaga ku nyajwi ya fat-ha.
IbitwerekeyehoMuganire ku kuntu bandika banoza inyajwi za Kasrah.Ubutumwa bwa AllahKuvuga ku byiza byo kumenya uko basoma cyangwa bandika inyajwi za Kasrah n’inyuguti uko bikwiye.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kwandika inyajwi za Kasrah.2. Reba neza niba banogeje inyajwi za Kasrah.
Subiza imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 195
Inyuguti zifite inyajwi za Kasrah:
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Bwira abanyeshuri bandike inyajwi za Kasrah. mu makayi yabo n’izindi
nyuguti. 2. Genda ureba abana bagenda buhoro ubiteho buhoro buhoro cyo kimwe
n’abakeneye ubufasha bwihariye.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’icyarabu.
179
Isomo rya 5: Inyajwi n’inyuguti (Dhwammah) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 195)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora gusoma inyuguti zifite inyajwi za Dhwammah.UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Azamenya inyajwi za Dhwammah.2. Azandika inyuguti zifite inyajwi za Dhwammah.UbukeshaUmunyeshuri:Azasubiramo inyajwi n’ingombajwi Quran yanditsemo.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azasoma inyajwi za Dhwammah aranguruye. 2. Umunyeshuri aziga kwandika inyajwi za Dhwammah N’izindi nyuguti. 3. Umunyeshuri azamenya neza inyajwi za Dhwammah.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azamenya inyajwi za Dhwammah.Umunyeshuri azamenya icyo inyajwi za Dhwammah zimaze iruhande rw’inyuguti.
Imfashanyigisho1. Amakarita ariho inyajwi za Dhwammah.2. Flash cards ziriho inyajwi za Dhwammah.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwitegereza.2. Kwigana.3. Imikoro.
Ibyo guteguraTegura amakarita na flash cards.Yobora abana kwita ku kamaro ko kwiga inyajwi za Dhwammah.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe musubiramo isomo ry’ubushize ryavugaga kuri Kasrah.
Isomo rirambuye1. Bwira abanyeshuri basome inyajwi za Dhwammah baranguruye.2. Bwira abanyeshuri bandike inyajwi za Dhwammah.
180
IbitwerekeyehoMuganire ku kuntu bandika banoza inyajwi za Dhwammah.Ubutumwa bwa AllahKuvuga ku byiza byo kumenya uko basoma cyangwa bandika inyajwi za Dhwammah n’inyuguti uko bikwiye.
Igisubizo cyacuAndika inyajwi za Dhwammah.
Subiza imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 196
Inyuguti zifite inyajwi za Dhwammah
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Ha abanyeshuri imyitozo yo kwandika. 2. Genda ureba abana bagenda buhoro ubiteho buhoro buhoro cyo kimwe
n’abakenye ubufasha bwihariye.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’icyarabu.
Isomo rya 6: Ingero z’amagambo (fat-ha) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 196)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora gusoma amagambo afite inyajwi za fat-ha.
UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Gukora amagambo afite inyajwi za fat-ha.2. Kwandika amagambo afite inyajwi za Dhwammah.UbukeshaUmunyeshuri:Azasubiramo inyajwi n’ingombajwi Quran yanditsemo.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azashobora gukoresha inyajwi za fat-ha mu magambo magufi
y’icyarabu.
181
2. Umunyeshuri azandika amagambo akoresheje inyajwi za fat-ha uko bikwiye. 3. Umunyeshuri azasoma amagambo afite inyajwi za fat-ha uko bikwiye.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azasoma amagambo y’icyarabu afite fat-ha. Umunyeshuri azandika amagambo y’icyarabu afite fat-ha.
Imfashanyigisho1. Amakarita yerekana amagambo yoroshye afite fat-ha. 2. Flash cards ziriho amagambo yoroshye afite fat-ha. 3. Yasarnal Quran.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha:1. Kwigana.2. Imikoro.3. Kwitegereza.
Ibyo guteguraTegura amakarita na flash cards.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe musubiramo isomo ry’ubushize ryavugaga kuri Dhwammah.
Isomo rirambuye1. Bwira abanyeshuri bakore amagambo bakoresheje neza inyajwi za fat-ha. 2. Erekera abanyeshuri gukora no kwandika amagambo bakoresheje inyajwi
za fat-ha.
Ibitwerekeyeho1. Muganire ku byiza byo kumenya uko bakora amagambo magufi bakoresheje
fat-ha.2. Fasha abanyeshuri kumenya uko bakora amagambo bakoresheje inyajwi za
fat-ha.
Igisubizo cyacuGenzura uko bavuga inyajwi imwe imwe n’uko bazinogeje.Sobanura bihagije uburyo bakoramo amagambo y’icyarabu.
Subiza imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 196
Inyuguti zifite inyajwi za fat-ha:
182
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Tanga imyitozo nyayo kandi wite no ku banyeshuri bakeneye ubufasha
bwihariye. 2. Ha imyitozo abana b’abanyamwete imyitozo inyuranye kandi itandukanyije
ubuhanga.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’Icyarabu.
Isomo rya 7: Ingero z’amagambo (Kasrah) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 196)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora gusoma amagambo afite inyajwi za Kasrah.UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Gukora amagambo afite inyajwi za Kasrah.2. Kwandika amagambo afite inyajwi za Kasrah.UbukeshaUmunyeshuri:Azasubiramo inyajwi n’ingombajwi Quran yanditsemo.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azashobora gukoresha inyajwi za Kasrah mu magambo magufi
y’Icyarabu.2. Umunyeshuri azandika amagambo akoresheje inyajwi za Kasrah uko bikwiye. 3. Umunyeshuri azasoma amagambo afite inyajwi za Kasrah uko bikwiye.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azasoma amagambo afite inyajwi za Kasrah.Umunyeshuri azakora amagambo afite inyajwi za Kasrah.
Imfashanyigisho1. Amakarita yerekana amagambo yoroshye afite Kasrah.2. Flash cards ziriho amagambo yoroshye afite Kasrah.3. Yasarnal Quran.
Ibyo gutegura1. Erekera abanyeshuri bamenye uko bakora amagambo yoroshye bakoresheje
inyajwi za Kasrah.
183
2. Tegura amakarita na flash cards.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe musubiramo isomo ry’ubushize.2. Bwira abana bakore amagambo bakoresheje Kasrah uko bikwiye.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoMuganire ku byiza byo kumenya uko bakora amagambo magufi bakoresheje Kasrah.Ubutumwa bwa AllahFasha abanyeshuri gukora amagambo bakoresheje inyajwi za Kasrah.
Igisubizo cyacuGenzura uko bavuga inyajwi imwe imwe n’uko banogeje inyuguti n’inyajwi.
Subiza imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 196
Ikorwa ry’amagambo afite Kasrah.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Tanga imyitozo yo kwandika amagambo ukoresheje inyajwi za Kasrah.2. Fasha abanyeshuri b’abaswa hamwe n’abanyeshuri bakeneye ubufasha
bwihariye.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’Icyarabu.
Isomo rya 8: Ingero z’amagambo (Dhwammah) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 196)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri:1. Azashobora gusoma amagambo afite inyajwi za Dhwammah.2. Azashobora kwandika amagambo afite inyajwi za Dhwammah.3. Azashobora gukora amagambo afite inyajwi za Dhwammah.UbumenyingiroUmunyeshuri azabasha:
184
1. Gukora amagambo afite inyajwi za Dhwammah.2. Kwandika amagambo afite inyajwi za Dhwammah.UbukeshaUmunyeshur azasubiramo inyajwi n’ingombajwi Quran yanditsemo.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azashobora gukoresha inyajwi za Dhwammah mu magambo
magufi y’icyarabu.2. Umunyeshuri azandika amagambo akoresheje inyajwi za Dhwammah uko
bikwiye. 3. Umunyeshuri azasoma amagambo afite inyajwi za Dhwammah uko bikwiye.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azasoma amagambo afite inyajwi za Dhwammah.Umunyeshuri azakora amagambo afite inyajwi za Dhwammah.
Imfashanyigisho1. Amakarita yerekana amagambo yoroshye afite Dhwammah. 2. Flash cards ziriho amagambo yoroshye afite Dhwammah.3. Yasarnal Quran.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Imikoro.2. Kwitegereza.3. Kwigana.
Ibyo gutegura1. Kongera amakarita. Gutegura flash cards.2. Erekera abanyeshuri bamenye uko bakora amagambo yoroshye bakoresheje
inyajwi za Dhwammah.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe musubiramo isomo ry’ubushize kuri Kasrah.
Isomo rirambuyeBwira abanyeshuri bakore amagambo bifashishije inyajwi za Dhwammah uko bikwiye.
IbitwerekeyehoMuganire ku buryo bwo gukora amagambo wifashishije Dhwammah.
Ubutumwa bwa AllahMuganire ku byiza byo kumenya gukora amagambo magufi y’Icyarabu wifashishije inyajwi za Dhwammah.
185
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri gukora amagambo bakoresheje inyajwi za Dhwammah.2. Genzura uko bavuga inyajwi imwe imwe n’uko banogeje inyuguti n’inyajwi.
Subiza imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 197
Ikorwa ry’amagambo afite inyajwi za Dhwammah:
Ibigenderwaho mu isuzumaTanga imyitozoyo ihagije ku itsinda ry’abanyeshuri bagaragara nk’abagenda buhoro, abagenda bihuta, ndetse n’abagomba ubufasha bwihariye.
Ihuriro n’andi masomoUrurimi rw’Icyarabu.
Ibisubizo by’imyitozo yo mu gitabo cy’umunyeshuli urupapuro rwa 197
1. Inyajwi eshatu.2. Fat-ha, Kasrah, Dhwammah.3.
4.
5. Icyarabu
186
Umutwe wa Amategeko Ngengabikorwa Ngaragiramana Y’ibanze
Icyigisho Ubumenyi bw’Amategeko y’idini: Fiq’hi
Ibyanditswe Bitagatifu n’Imyemerere
Imbumbanyigisho
3
Umubare w’amasomo: 7
Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 198
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kwisukura neza no gukurikira amategeko y’isuku y’umubiri, amategeko y’amasengesho n’amategeko y’ibanze agenga Swalat.
Andi masomo ashamikiyeho:1. Isuku mbere yo gusenga.2. Uburyo bwo kwisukura.3. Udhu.4. Amasengesho atanu y’umunsi.5. Amasengesho ya Sunnah.6. Imigendekere ya swalat n’uko dua ivugwa.7. Dua ya nyuma y’amasengesho.
Ibyerekeye iri somoIri somo ryerekana inkingi nyamukuru za Islamu urugero:salat. Umusiramu aho ava akagera ategetswe gukora amasengesho atanu ya buri munsi ndetse n’ibindi bijyanye nayo (sunnah). Iri somo na none rizibanda ku gusobanura udhu ifatwa nk’intambwe ya mbere yo gukora salat. Umwana w’umusilamu agomba kwiga akiri muto uko bakora udhu n’amasengesho yayo. Ni byiza gushimangira ko umunyeshuri, muri iri somo, azigishwa n’ibisabisho bivugwa nyuma ya salat.
Inyungu z’inyigishoUmunyeshuri azaba ashobora:1. Gusobanukirwa salat icyo ari cyo.2. Gukora amasengesho atanu ya buri munsi ku gihe yateganyirijwe. 3. Kumenya uko udhu ikorwa.4. Kuvuga dua mu gihe cya salat na nyuma yayo.
187
Ubumenyi ku buzimaUmunyeshuri:1. Azerekana isuku mbere y’amasengesho.2. Azabasha gusobanura uko Swalat ikorwa. 3. Azashobora gutandukanya faradh na sunnahsalat.
IndangagaciroUmunyeshuri:1. Azubaha amategeko y’isuku ikorwa mbere y’isengesho.2. Azubaha isengesho.3. Azagira ukwizera muri Allah (S.W).
Isomo rya 1: Isuku mbere yo Gusali (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 198)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri:1. Azashobora gusobanura isuku icyo ari cyo. 2. Azashobora kwerekana amategeko agenga isuku ya mbere y’amasengesho.
UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Azashobora kurondora uko yikorera isuku (udhu). 2. Azashobora gusobanura ibyiza byo gukora isuku (udhu) mbere
y’amassengesho.3. Azabasha gutanga igisobanuro cy’isuku.
UbukeshaUmunyeshuri:Azubaha amategeko agenga isuku ikorwa mbere y’amasengesho.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri: 1. Azatanga igisobanuro cy’ijambo isuku. 2. Azasobanura akamaro k’isuku. 3. Azarondora uko yikorera isuku ye bwite.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azakora udhu nk’uko bikwiye mbere ya swalat.2. Azamenya ibyiza bya udhu.
188
Imfashanyigisho1. Amakarita yerekana akamaro k’isuku.2. Amashusho bifitanye isano.3. Amazi, ikijerikani, agashyushyamazi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha:1. Imirimo y’amaboko.2. Kwitegereza.3. Kwigana.4. Imikoro.
Ibyo gutegura1. Soma Quran ntagatifu (ahavuga isuku).2. Baza abanyeshuri gusobanura uko bikorera isuku bo ubwabo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo tunyuranye.
Utubazo tunyuranye ku munyeshuri1. Mbere yo gusenga ukora iki?2. Ukoresha iki uri koga mbere y’isengesho.3. Ibyerekeye isuku bizwi nka______________.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Kwisukura ubwacu2. Amazi3. twahara
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoMwalimu afasha umunyeshuri mu kiganiro byerekeye akamaro k’isuku. Abanyeshuri: 1. Bagasobanura isuku icyo ari cyo (udhu).2. Bakarondora akamaro k’isuku.
Ubutumwa bwa AllahFasha abanyeshuri kumva bihgije akamaro k’isuku mu gukora udhu.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri gusoma ibyo banditse mu makayi.2. Andika ibintu bike ku kibaho hanyuma abana babyandukure mu makayi
yabo.
189
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 198
Akamaro k’isuku:- Ituma tugaragra neza- Ituma twigirira icyizere- Ituma duhumura neza- Ishimisha Allah
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Mu matsinda, abanyeshuri bazakora udhu. 2. Mwalimu azabayobora.3. Abana bagomba ubufasha bwihariye bazafashwa by’umwihariko.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano.
Isomo rya 2: Udhu (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 199)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kwerekana amategeko agenga isuku mu bwiherero.
UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Azagaragaza igisobanuro cya udhu. 2. Azashobora gutandukanya sunnat na farat nk’ibice bya udhu.
UbukeshaUmunyeshuri:Azakora udhu uko bikwiye.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri: 1. Azatanga igisobanuro cy’ijambo udhu.2. Azasobanukirwa aho fardh na sunnat bitandukaniye nk’ibice bya udhu.3. Azakora udhu uko bikwiye.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azasobanukirwa uko bakora udhu.2. Azasobanukirwa aho fardh na sunnat bitandukaniye nk’ibice bya udhu.
190
Imfashanyigisho1. Amakarita yerekana abantu bisukura.2. Video z’abantu bari gukora udhu.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwigana.2. Ibiganiro.3. Imikoro.
Ibyo gutegura1. Tegura amakarita n’imfashanyigisho zo gukorakoraho.2. Tegura filimi hakiri kare.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri utubazo tunyuranye ku byerekeye udhu.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Udhu yitwa ngo iki mu cyongereza?2. Abasilamu bakora iki mbere ya salat?3. Vuga ibice bibiri bya sunnat bigize udhu.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Ablution2. Gukora udhu3. (i) Koza amazuru
(ii) Koza amatwi
Ubutumwa bwa AllahFasha abanyeshuri kuganira uburyo bwiza bwo kwisukura.Bwira abanyeshuri berekane ibyiza byo gukora udhu.Abanyeshuri batandukanye faradh ya udhu n’igice cya sunnah cyo muri udhu.
Igisubizo cyacu1. Tegeka kandi unafashe abanyeshuri kwandika mu makayi yabo uko bakora
udhu. 2. Muganire kuko bakora udhu3. Erekana kandi uganirize abana kuri hadith na udhu by’intumwa y’Imana.4. Tondeka faradh na sunnah, ibice bya udhu5. Fasha abana kureba filimi y’uko abantu bakora udhu6. Baza abana gusobanura uko isuku ikorwa.
191
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 202
Uko udhu ikorwa:- Koza mu kanwa no mu mazuru- Kwiyuhagira amaboko- Guhanaguza amazi mu mutwe- Koza amatwi- Koza ibirenge
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Mu matsinda, bwira abana bakore udhu. 2. Reba abana bakereye ubufasha bwihariye maze ubafashe gufatanya
n’abandi mu matsinda barimo.
Ihuriro n’andi masomoUbumenyi, amasomo ya kislamu.
Isomo rya 3: Uburyo bwo kwisukura mu bwiherero (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 198)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kwerekana amategeko agenga isuku mu bwiherero.
UbumenyingiroUmunyeshuri azagaragaza uburyo bwo kwisukura.
UbukeshaUmunyeshuri:Azakora udhu uko bikwiye.
Ubushobozi ngiro1. Umunyeshuri azashyira mu bikorwa uburyo bwo kwisukura. 2. Umunyeshuri azamenya uko bajya ku musarani.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri azajya mu bwiherero hanyuma yitume akurikije uko intumwa y’Imana yabyigishije.
192
Imfashanyigisho1. Quran.2. Amakarita yerekana abantu bari kwituma.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Ubusesenguzi.3. Imikoro.4. Imirimo y’amaboko.
Ibyo guteguraTegura amakarita hakiri kare.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ugaruka ku isomo ry’ubushize ryavugaga kuri udhu.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Abasilamu bajya mu bwiherero bate?2. Ntitugomba kujyana _____________mu bwiherero. 3. Ntibyemewe muri Islam_____________mu ndorerwamo uri kwituma.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Kwinjira ubanje ikirenge cy’ibumoso.2. Quran.3. Qiblah.
Ubutumwa bwa Allah1. Fasha abanyeshuri gutangira kujya bajya mu bwiherero uko bikwiye. 2. Ganira n’abanyeshuri ku kamaro ko gukurikira uburyo bwo kwisukura.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kwandika mu makayi yabo. 2. Fasha abnyeshuri kongera kujya kubyo banditse mu makayi babyiyibutse.3. Fasha abanyeshuri kuganira ku buryo bunyuranye bwo kujyamu bwiherero.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 199
Uburyo bwo kwisukura:- Kuvuga dua
193
- Kwinjira ubanje ikirenge cy’ibumoso- Gusohoka ubanje ikirenge cy’iburyo- Ntukitwaze Quran- Vuga ghufranakka mu gihe usohotse mo.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Genzura mu matsinda uko abanyeshuri berekana uburyo bwo kwisukura. 2. Fasha abanyeshuri bakeneye ubufasha bwihariye maze ubafashe kwisukura.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano.
Isomo rya 4: Amasengesho atanu ategetswe buri munsi (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 202)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga amasengesho atanu n’igihe avugirwaho.
Ubumenyingiro1. Umunyeshuri azarondora amasengesho atanu akorwa buri munsi. 2. Umunyeshuri azagaragaza ibihe bya salat.
UbukeshaUmunyeshuri:Azubahiriza ibihe byo gusenga.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azatondeka amasengesho atanu ya buri munsi na rakaat zayo.2. Azerekana ibihe bya salat.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya amasengesho atanu anayakore. 2. Azamenya kubahiriza ibihe bya faradh salat.
Imfashanyigisho1. Umukeka.2. Kanzu, buibui.3. Amakarita yerekana abantu bakora salat.
194
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Kwigana.3. Imikoro.
Ibyo gutegura1. Tegura ibibazo byo kubaza abanyeshuri bari mu ishuri.2. Tegura amakarita n’izindi mfashanyigisho.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo mu mutwe.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Abasilamu bakora amasengesho angahe ku munsi?2. Rakaat zikorwa ni zingahe muri salatul dhuhr. 3. Ni irihe sengesho rya faradh rigufi kurusha ayandi?
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Atanu2. Ane3. Subh.
Ubutumwa bwa Allah1. Fasha abanyeshuri gutangira kugira umuco wo gukora amasengesho
yategetswe buri munsi.2. Ganira n’abanyeshuri ku masengesho akorwa ku munsi.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kwandika mu makayi yabo ku byerekeye faradh.2. Umwarimu azatembera mu ishuri areba uko abana bandika mu makayi
areba n’uko bagenda batandukanya.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 203
Ibihe byo gukoreraho amasengesho ya buri munsi:1. Subh- 6:00 mugitondo2. Dhuhr- 1.00 zuzuye3. Asr- 4.00 zuzuye4. Maghrib- 6.50 za mugoroba5. Isha- 8.00 za mugoroba
195
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Mu matsinda, abanyeshuri bazaganira ku masengesho atanu ategetswe ku
munsi. 2. Bisobanurire by’umwihariko abanyeshuri bakeneye ubufasha bwihariye. 3. Genzura ikorwa ry’ayo masengesho mu ishuri.
Ihuriro n’andi masomoAmateka, Amasomo mbonezamubano.
Isomo rya 5: Amasengesho y’umugereka (Sunnat) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 203)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga amasengesho y’inyongera n’igihe avugirwaho.
UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Azashobora gusobanura sunnat. 2. Azasobanura amasengesho ya sunnat.3. Azashobora kuvuga ibyiza ntagereranywa by’amasengesho ya sunnat.
UbukeshaUmunyeshuri azanezezwa no gukora amasengesho y’inyongera.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azerekana amasengesho ya sunnat 2. Azashobora kuvuga ibyiza ntagereranywa by’amasengesho ya sunnat
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya sunnat.2. Azakora sunnat.
Imfashanyigisho1. Umukeka.2. Amakarita yerekana amasengesho ya sunnat.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kwigana.2. Kwitegereza.3. Imikoro.
196
Ibyo gutegura1. Tegura ibibazo byo kubaza abanyeshuri bari mu ishuri.2. Tegura Amakarita yerekana amasengesho ya sunnat.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo mu mutwe.
Isomo rirambuye
IbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Sunnat yitwa ngo iki mu cyongereza___________.2. Isengesho rya sunnat rikorwa mbere ya faradh ryitwa ngo iki?
Ibisubizo by’utwo tubazo1. optional2. Qabliyah.
Ubutumwa bwa Allah1. Fasha abanyeshuri gusobanukira bihagije iby’amasengesho ya sunnat. 2. Sobanura uko ikorwa, ibikenerwa n’akamaro k’amasengesho ya sunnat.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kwiremamo umuco wo gukora amasengesho ya sunnat.2. Tegeka abanyeshuri kwandika mu makayi yabo ibyerekeye iyi ngingo. 3. Tembera mu ishuri ureba uko abana bandika mu makayi yabo.4. Bwira buri munyeshuri agire icyo avuga ku masengesho ya sunnat.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 203
Akamaro k’amasengesho ya sunnat:- Aduhuza na Allah (S.W).- Yerekana urukundo dukunda intumwa y’Imana.- Atuzanira umugisha uturuka kuri Allah.- Asibanganya amakosa yacu mu gihe dukoze amasenggesho ya faradh.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Mu matsinda, abanyeshuri bazaganira ku masengesho ya sunnat. 2. Bisobanurire by’umwihariko abanyeshuri bakeneye ubufasha bwihariye.
197
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano.
Isomo rya 6: Amasengesho yategetswe (Faradha) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 203)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga amasengesho nk’uko intumwa Muhammadi(I.A.U) yayavugaga.
UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Azashobora kwerekana uburyo byose salat ikorwamo. 2. Azavuga dua ivugwa muri buri gice cya salat.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora gukurikiza salat uko yateganyijwe.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azerekana uko salat ikurikiranwa. 2. Azavuga dua ivugwa muri buri gice cya salat.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azakora salat mu buryo nyabwo. 2. Azavuga dua muri buri gice cya salat.
Imfashanyigisho1. Umukeka.2. Quran.3. Amakarita yerekana salat.4. Ibikoresho nsakazamajwi5. Filimi zerekana uko salat ikorwa.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ubusesenguzi.2. Ibiganiro.3. Imikoro.
Ibyo guteguraTegura hakiri kare imfashanyigisho nk’amakarita n’imikeka.
198
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.2. Tangira isomo ryaawe ubaza abanyeshuri ku kuntu bakora salat.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Surat ni ikimu nkingi za salat?2. Igice cyo guhagarara nyuma ya rukuu cyitwa ngo iki?3. Taslim yitwa na none_______.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Al- fat-ha2. It’dal3. salaamFaskha abana kureba filimi nto ivuga kuri salat.
Ubutumwa bwa Allah1. Ganira n’abanyeshuri akamaro k’inkingi za salat. 2. Abanyeshuri berekane uko salat ikorwa.
Igisubizo cyacu1. Ganira n’abanyeshuri ku mikorerwe yose ya salat.2. Tegeka abanyeshuri kwandika mu makayi yabo ibyerekeye iyi ngingo. 3. Tembera mu ishuri areba ibyo abana bakora.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Abanyeshuri bfashijwe na mwarimu wabo, berekane uko salat ikorwa.2. Fasha abanyeshuri kuvuga dua. 3. Ihatire kwita ku banyeshuri bakenera ubufasha bwihariye. Ubegereze
ibikoresho bisohora amashusho n’amajwi byo kubafasha.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano.
199
Isomo rya 7: Ubusabe (Iduwa) bukoreshwa mu gusingiza Imana mu Iswala na nyumayo (Adh’kar) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 206)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga dua ikoreshwa mu guhimbaza Imana mu gihe cya salat na nyuma yayo.
Ubumenyi ngiroUmunyeshuri azashobora gusobanura adh’kar icyo ari cyo.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora kuvuga adh’karnyuma ya salat.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azasobanura adh’kar.2. Azavuga adh’kar ivugwa nyuma y’amasengesho.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya adh’kar icyo ari cyo.2. Azavuga adh’kar nyuma ya salat.
ImfashanyigishoAmakrita ya adh’kar.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Kwitegereza.
Ibyo guteguraBwira abana basome adh’kar zimwe na zimwe bazi mbere y’uko batangira kwiga.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuye
200
IbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Astaghafirullah bivga ngo_________.2. Adh’kar ikoreshwa nyuma ya ________.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. ndasaba imbabazi za Allah2. salat
Ubutumwa bwa AllahFasha abana gufata mu mutwe adh’kar zitandukanye. Bwira abanyeshuri baganire ku kamaro ka adh’kar.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri baganire kuri dua zitandukanye zivugwa nyuma ya salat.2. Erekana ibyo abanyeshuri bandika mu makayi yabo y’imyitozo.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 206
Mu matsinda, abana bafate mu mutwe iyi dua ivugwa nyuma y’isengesho.
Dua“Allahuma antassalaam, waminka salaam. Tabaarkta yaa Dhal’jalaali wal’ikran.”
Ibigenderwaho mu isuzumaBwira abanyeshuri bavuge adh’kar yizwe umwe umwe. Ihatire kwita ku banyeshuri bakenera ubufasha bwihariye. Ubegereze ibikoresho bisohora amashusho n’amajwi byo kubafasha.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano.
Ibisubizo ku myitozo ngiro Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 206
1. Subh, Dhuhr, Asr, Maghrib, Isha.2. Koza ibirenge, kwiyuhagira mu maso. 3. Maghrib.4. Imana ni nziza.5. Uko bagenda bavuga Allah Akbar.
201
Umubare w’amasomo: 5Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 207Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba
arangwa n’imico myiza y’urukundo muri bagenzi be nk’uko intumwa y’Imana Muhammadiyabigenzaga
Andi masomo ashamikiyeho:1. Abasekuruza b’intumwa y’Imana Muhammadi(I.A.U).2. Amateka y’intumwa y’Imana Muhammadi(I.A.U).3. Ukuvuka kw’ intumwa y’Imana Muhammadi(I.A.U).4. Umubyeyi wijyaniye Muhammadiku murera5. Imico y’ intumwa y’Imana Muhammadi(I.A.U).
Ibyerekeye iri somoIri ni isomo ingenzi cyane muri Islamu rikaba ryerekana amateka n’ubuzima bw’intumwa y’Imana. Bizwi ko intangiriro ya Islamu ihera ku ntumwa y’Imana Muhammadibityo buri musilamu wese akaba agomba kumenya uwo Muhammadiuwo ari we. Iki cyiciro cy’amasomo kikazareba ku buzima bw’intumwa Muhammadin’ibyo yadusigiye nk’umurage wo gukurikiza.
Inyungu z’inyigishoUmunyeshuri azaba ashobora:1. Kuvuga muri make amateka y’ubuzima intumwa y’Imana Muhammadi(I.A.U).2. Kurondora ibintu byiza byaranze intumwa y’Imana Muhammadi(I.A.U).3. Gutandukanya imico y’ intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U) n’iyabandi
bantu basanzwe.
Umutwe wa Ubuzima bw’Intumwa y’Imana MuhammadiImana Imuhe Amahoro n’Imigisha (I.A.U)
Icyigisho Amateka ya Islam (Taarekh)
Imyemerere n’Amateka y’IdiniImbumbanyigisho
4
202
IntegoUbumenyi ku buzimaUmunyeshuri:1. Gusobanura inzira y’ubuzima bw’ intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U).2. Gutandukanya imico y’ intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U) n’iyabandi
bantu basanzwe. 3. Ibitekerezo binyuranye4. Gufata umwanzuro
Indangagaciro1. Kubaha no gukurikiza imico myiza yaranze intumwa y’Imana Muhammadi
(I.A.U).2. Kubaha no gukurikiza inyigisho z’ intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U).3. gukunda intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U).4. ukwemera5. urukundo6. kwiyoroshya
Isomo rya 1: Igisekuru cy’Intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 207)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga muri make amateka y’ubuzima bw’intumwa y’Imana.
UbumenyingiroUmunyeshuri:1. Azashobora gusobanura muri make iby’ivuka ry’intumwa y’Imana2. kuvuga amazina y’abagize igiti cy’umuryango w’intumwa y’Imana
UbukeshaUmunyeshuri azashobora kwerekana urukundo akunda intumwa ya Allah no gukurikiza inyigisho ze.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azashobora gutanga ibintu by’ingenzi intumwa y’Imana yakoze2. Azashobora gusobanura muri make uko intumwa y’Imana yavutse.
203
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya igiti cyerekana abo mu muryango w’intumwa y’Imana.2. Azamenya uko intumwa y’Imana yavutse.
Imfashanyigisho1. Igipapuro kiriho igiti cy’umuryango w’intumwa y’Imana.2. Ibyo mu gitabo cya Seerah w’intumwa y’Imana.
Ibyo guteguraSoma mbere y’isomo inkuru zivuga ku bisekuruza by’intumwa y’Iman Muhammadii.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza abanyeshuri ibyo bazi ku ntumwa y’Imana Muhammadii.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Tugaruke ku ntumwa nibura eshatu twize mu mutwe wa mbere2. Intumwa y’Imana Muhammadi yavukiye mu wuhe mujyi?3. Intumwa y’Imana Muhammadi yavutse ari kuwa kangahe?
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Adamu, Yusuf and Suleiman.2. Makkah.3. Kuwa mbere.
Ubutumwa bwa Allah1. Fasha abana gusobanukirwa igisekuruza cy’intumwa y’Imana Muhammadii.2. Muganire ku kamaro k’igisekuruza cy’intumwa y’Imana ku basikamu.
Igisubizo cyacuErekera abana mu biganiro byo mu matsinda bivuga ku gisekuru cy’intumwa y’Imana Muhammadii.
Ha abana ibintu bike bandika mu makayi yabo hanyuma ugenzure ko babyandika koko.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 208
Igiti cy’umuryango w’intumwa:1. Sekuru-Abdul-Mutalib
204
2. Nyirakuru-Fatma3. Se- Abdulilahi4. Nyina-Amina.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Abanyeshuri bari mu matsinda baraganira ku giti cy’umuryango w’intumwa. 2. Mwarimu azita ku bana b’abanebwe n’aba babndi bakeneye ubufasha
bwihariye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka y’andi matorero.
Isomo rya 2: Amateka y’Ibanze y’Ubuzima bwa Muhammadi(I.A.U) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 208)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga amateka ya Abdul- Mutalib n’umuhungu we.
UbumenyingiroUmunyeshuri azaba ashobora kuvuga ku bukwe bw’intumwa y’Imana na Khadijah.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora kwiringira urukundo akunda Imana yakunze intumwa yayo Muhammadii.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Umunyeshuri azashobora kuvuga amateka ya Abdul- Mutalib n’umuhungu
we.2. Azaba ashobora kuvuga ku bukwe bwa Abdullahi na Amina.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya inkuru ya Abdul- Mutalib n’umuhungu we.2. Azaba ashobora kuvuga ku bukwe bw’intumwa y’Imana Muhammadina
Khadijah.
Imfashanyigisho1. Amakarita yerekana amapaki. 2. Igitabo cya seerah.
205
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ibiganiro.3. Kwigana.
Ibyo guteguraSoma inyandiko bifitanye isano mu gitabo cya seerah.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo mu mutwe ku isomo ry’ubushizeGanira n’abanyeshuri ibya seerah n’intumwa.
Isomo rirambuye
IbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Vuga amazina ya sokuru bawe.2. Abdul- Mutalib yari afite abahungu bangahe?3. Umugore wa Abdullahi yitwa ga nde?
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Shishikariza abana kumenya amazina ya ba sekuru babao. 2. Icumi.3. Amina.
Ubutumwa bwa AllahHa abana rugari basome ibya seerah w’intumwa.
Igisubizo cyacu1. Bwira abana baganirire mu matsinda ibya seerah n’intumwa.2. Tegeka abanyeshuri kwandika mu makayi yabo ibyerekeye iyi ngingo.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 208
1. Abdul Mutalib n’isengesho rye2. Igisubizo cy’Imana ku isengesho rya Abdul –Mutalib. 3. Icyemezo cy’amasanduku y’agaciro4. Igisubizo cy’ubwinshi.
Ibigenderwaho mu isuzumaIhatire kwita ku banyeshuri bakenera ubufasha bwihariye. Ubegereze ibikoresho
206
bisohora amashusho n’amajwi byo kubafasha. Abana b’abahanga ubahe imyitozo ijya gukomeraho gato.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano, amateka y’andi matorero.
Isomo rya 3: Ubuzima bwa Halima, umugore wareze Muhammadi (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 208)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga ku buzima bwa Muhammadi na Halima.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kuvuga ku buzima bwa Halima umugore wareze Muhammadi.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora gguha agaciro imigisha ya Allah ku ntumwa yayo Muhammadi.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azashobora kurondora impamvu Muhammadi yafashwe na Halima ngo
ajye kumurera.2. Azashobora kuvuga ku migisha Halima yagize igihe yabanaga na
Muhammadi.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya impamvu Muhammadi yatwawe na Halima.2. Azashobora kuvuga ku migisha Halima yagize igihe yabanaga na
Muhammadi.
ImfashanyigishoIgishushanyo cyerekana ubuzima bw’amatungo ya Halima ugereranyije n’ayabaturanyi be.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ibiganiro.
207
3. Imikoro.
Ibyo guteguraTegura hakiri kare imfashanyigisho nk’amakarita.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuye
IbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.Tanga ibisubizo biboneye aho abana byabananiye.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Muhammadi yabanye na Halima igihe kingana iki?2. Ninde wabaye umugore wa mbere Muhammadii?
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Imyaka ine.2. Thuwaybatul Astamiyah.
Ubutumwa bwa AllahGaniriza abana ku buzima bwa Muhammadina Halima.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kwandika mu makayi yabo ibyerekeye iyi ngingo. 2. Tembera mu ishuri areba ibyo abana bakora.3. Muganire ku ruhare Halima yagize mu bwana bwa Muhammadii.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 209
1. Uruhare rwa Halima.2. Igihe cyose babanaga hamwe.3. Imigisha Halima yagize.4. Muhammadi asubira kwa nyina
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Saba abanyeshuri kuganirira mu matsinda barimo ku buzima bwa
Muhammadina Halima. Hanyuma wite ku matsinda ya bana bakeneye ubufasha bwihariye.
2. Uteganyirize kandi ibikoresho byo gukorakoraho ku banyeshuri bafite ubumuga.
208
Ihuriro n’andi masomoAmateka y’iyobokamana ya Kislamu.
Isomo rya 4: Kubonana kwa Muhammadi na malayika Jibril (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 210)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga muri make iby’uguhura kwa malayika Jibril n’intumwa Muhammadii.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kuvuga ibyo guhura kw’intumwa na malayika Jibril mu buvumo bwa Hirah.UbukeshaUmunyeshuri azashobora:Kwerekana umurimo wa malayika Jibril mu kongerera ubwenge intumwa y’Imana Muhammadii.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azashobora kuvuga igihe, aho ari ho n’uko intumwa y’Imana
Muhammadiyavukiye.2. Azashobora gusobanura ibonekerwa rye rya mbere.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:Azamenya uho ibonekerwa ryambere rya Muhammadiryagenze.
ImfashanyigishoIgipapuro kigaragaza ubuvumo bwa Hirah.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Kubara inkuru.2. Ibiganiro.3. Udukino.
Ibyo guteguraJya mu gitabo cya seerah hanyuma ugende wita ku ngingo z’ingenzi.
209
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.2. Fasha abanyeshuri kuganira ku kuvuka kw’intumwa y’Imana Muhammadii.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Ni uwuhe mumalayika uvugwa muri Quran wagendereye intumwa y’Imana
Muhammadi?2. Ni mu buhe buvumo intumwa y’Imana Muhammadi yakiriyemo
ukubonekerwa kwe kwa mbere.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. Malayika Jibril2. Hirah
Ubutumwa bwa AllahSobanura impamvu nyamukuru abanyeshuri biga iby’ukubonekerwa kwa mbere.
Igisubizo cyacu1. Bwira abanyeshuri kwandika mu makayi yabo ibyerekeye ukubonekerwa
kwa mbere.2. Fasha abanyeshuri kuganirira mu matsinda yabo ibyerekeye ukubonekerwa
kwa mbere.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 210
Uguhura kwa malayika Jibril n’intumwa Muhammadi.Abanyeshuri bazaganira:- Ku cyari cyajyanye Muhammadi ku buvumo.- Ku mpamvu yazanye Jibril.- Ku byo yaganiriye na Muhammadi:- Kubera iki Muhammadi atari azi gusoma.- Ibyo intumwa Muhammadi yakoze nyuma yo kubonana na malayika.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Saba abana bavugire mu matsinda ku kubonekerwa kwa mbere. Ihatire
kwita ku banyeshuri bakenera ubufasha bwihariye.2. Fasha abanyeshuri kuvuga nta gihunga.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: amateka y’andi matorero.
210
Isomo rya 5: Imigenzo n’Ubupfura Byaranze Intumwa y’Imana Muhammadi (I.A.U) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 210)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga muri make imico y’intumwa Muhammadi.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kuvuga ku mico y’intumwa Muhammadi.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora:Kwerekana umurimo wa malayika Jibril mu kongerera ubwenge intumwa y’Imana Muhammadi.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azashobora kumenya imico y’intumwa Muhammadi.2. Azagerageza kwigana imico y’intumwa Muhammadi.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya imico y’intumwa y’Imana Muhammadi. 2. Kwitwara nk’ intumwa y’Imana Muhammadi.
ImfashanyigishoIgipapuro kigaragaza imico y’intumwa y’Imana Muhammadi.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha:1. Kubara inkuru.2. Kwigana.3. Imikoro.
Ibyo guteguraFasha abana gusoma mu gitabo cya seerah.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
211
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Fasha abanyeshuri gusoma imico y’ intumwa y’Imana Muhammadi.2. Ereka abanyeshuri filimi ngufi yerekana amateka y’intumwa y’Imana
Muhammadi.
Ubutumwa bwa AllahFasha abanyeshuri gusobanukira igisobanuro nyakuri cy’imico y’intumwa y’Imana Muhammadi.
Igisubizo cyacuHa abanyeshuri ibyo bandika mu makayi yabo y’imyitozo. Gendagenda mu ishuri ureba niba bari kwandika koko.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 2120
Imico y’intumwa y’Imana Muhammadi:- Yari imfura.- Yarubahaga kandi akita ku bantu.- Yari umuhanga.- Yari indahemuka.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Mu matsinda, abanyeshuri baganire ku myitwarire y’intumwa y’Imana
Muhammadi.2. Umwarimu azita bihagije ku banyeshuri bakeneye ubufasha bwihariye cyo
kimwe no ku bana b’abanebwe.3. Abana b’abanyamwete bo azabaha imyitozo ikomeye ho gato.4. Tegura ibikoresho bisakaza amajwi n’amashusho ku banyeshuri bafite
ubumuga.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: amateka y’andi matorero.
Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 211
Ibisubizo ku myitozo ngiro1. Irindwi.2. Umunyabwenge, imfura, yagiraga neza.3. Al- Ameen.4. Itatu.5. Kuwa mbere, Rabiul- Arowal, 12, 570 AD.
212
Umutwe wa Ubupfura n’Imibanire Myiza n’ Abandi
Icyigisho Ubupfura (Adabu)
Imyemerere n’Imigenzo MbonezabupfuraImbumbanyigisho
5
Umubare w’amasomo: 8
Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 212
Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gukora ibikorwa by’urukundo muri bagenzi be no kwita ku bidukikije bigaragaza urukundo akunda Imana.
Andi masomo ashamikiyeho:1. Urukundo rw’Imana na bagenzi be.2. Uburyo bwo kurya no kunywa.3. Uburyo bwo kuryama no kubyuka.4. Uburyo bwo kujya ku musarani.5. Uburyo bwo kwambara no gutembera.6. Kwita ku bidukikije.7. Uburyo bwo gusuhuzanya.8. Kwita ku biremwa.
Ibyerekeye iri somoIgice cya mbere cy’iri somo cyerekana akhlaq icyo ari cyo. Urukundo rwa mbere rw’abantu bagomba kurukunda Imana mbere na mbere bakabigaragaza bubaha amategeko yayo kandi bayisenga.
Igice kindi kigerageza kuvuga muri make imyitwarire imwe n’imweya kisilamu nko kurya, kunywa, kujya mu bwiherero.
Igice cya gatatu kizaza kireba ibyerekeye kwita ku bidukikije. Ni yo mpamvu tugomba kwita kubidukikije kubera ko iyo tubyangije natwe tuba twiyangiriza ubuzima.
Inyungu z’inyigishoUmunyeshuri azaba ashobora:1. Kwerekana ibikorwa by’urukundo muri bagenzi be2. Kwita ku bidukikije3. Kwerekana urukundo rushoboka rwose ku Mana
213
Ibyerekeranye n’ubuzima1. Gutandukanya urukundo dukunda imana n’urwo dukunda abandi2. Gusobanura ibyiza byo kwiita ku bidukikije
Indangagaciro1. Kubaha na gufasha bagenzi bacu tutitaye ku ibara ry’uruhu ubwoko
cyangwa idini.2. Kwirinda konona ibidukikije
Isomo rya 1 na 2: Gukunda Imana no gukunda mugenzi wawe nk’uko wikunda (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 212)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga kwerekana ibikorwa by’urukundo mu bantu.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kuvuga ku byiza byo kwerekana urukundo ku Mana no kuri bagenzi bacu.
UbukeshaUmunyeshuri: Azavuga akamaro ko kwereka urukundo Imana ndetse na bagenzi bacu.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri 1. Azashobora gusobanura ibikorwa byerekana urukundo ku Mana no kuri
bagenzi bacu. 2. Azavuga akamaro ko kwereka urukundo Imana ndetse na bagenzi bacu.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azerekana urukundo akunda Imana na bagenzi be.2. Azamenya akamaro ko kwerekana urukundo ku Mana na bagenzi bacu.
Imfashanyigisho1. Igitabo cya hadith.2. Igishushanyo cyerekana ibikorwa by’urukundo ku Imana no kuri bagenzi
bacu.
214
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Kwigana.3. Kwitegereza.
Ibyo gutegura1. Soma ubuhanuzi bwa hadith ku rukundo.2. Tegura ibishushanyo n’izindi mfashanyigisho hakiri kare.
Imyitozo ku nyigishoTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana bashobora kwisubiriza nta nkomyi.
Utubazo tworoshye ku munyeshuri1. Tugomba gukunda abandi nk’uko _________.2. Twubaha Imana tu______________.
Ibisubizo by’utwo tubazo1. twikunda2. yisengaEreka abanyeshuri ibishushanyo byerekana ibikorwa by’urukundo.
Ubutumwa bwa Allah1. Ganiriza abana ku byiza byo gukunda Imana na bagenzi bacu.2. Fasha abana kuvuga ibikorwa by’urukundo ku Mana no kuri bagenzi bacu.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kwandika mu makayi yabo ibyerekeye iyi ngingo.2. Tembera mu ishuri areba ibyo abana bakora.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 213
- Gusenga.- Gutanga zakat.- Gufasha abakene.- Gusoma Quran.- Gukina n’imfubyi.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Abanyeshuri kuganirira mu matsinda barimo ku bikorwa by’urukundo ku
Imana no kuri bagenzi bacu. 2. Fasha abagenda gahoro n’abakereye ubufasha bwihariye.
215
3. Reba neza kandi uhe agaciro ibisubizo by’abanyeshuri.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: Imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Isomo rya 2: Uburyo bwo kurya no kunywa (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 214)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kwerekana uburyo bwo kurya no kunywa.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kurondora uburryo bwiza bwo kurya no kunywa.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora gguha gushyira mu bikorwa uburyo nyabwo bwo kurya no kunywa.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azashobora kurondora uburyo bwiza bwo kurya no kunywa. 2. Azashobora kuvuga ku byiza byo gukurikiza sunnat y’intumwa y’Imana mu
kurya no kunywa.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya uburyo bwo kurya no kunywa.2. Azajya arya ananywe nk’intumwa y’Imana Muhammadii.
Imfashanyigisho1. Igishushanyo cyerekana uburyo bwo kurya no kunywa.2. Igitabo cya hadith.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Udukino.3. Kwigana.4. Imikoro.
Ibyo guteguraTegura ubuhanuzi bwa hadith ku byerekeye kurya no kunywa.
216
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana ku bury obo basnzwe barya cyangwa banywa.
Ubutumwa bwa AllahBaza banyeshuri niba koko bakoresha sunnat y’intumwa mu kurya no kunywa.
Igisubizo cyacu1. Muganire ku byiza byo gukurikiza sunnat y’intumwa y’Imana.2. Muganire ku buryo nyabwo bwo kurya no kunywa.3. Abanyeshuri bafashijwe n’umwarimu bandike ibintu bike mu makayi yabo
y’imyitozo. 4. Mwalimu atembere mu ishuri arebe ko koko abana bari kwandika.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 215
Uburyo bwo kurya:- Tangira uvuga bismillahi.- Urangije uvuge Alhamdulillahi.- Rya ibiri imbere yawe.- Si byiza kuvuga uri kurya.- Si byiza kurisha akaboko k’imoso.- Si byiza kurisha amaboko yombi.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Abana bari mu matsinda yabo, bavuge ku buryo bubereye bwo kurya no
kunywa. 2. Fasha mu by’ukuei babandi bafite ubumuga cyo kimwe n’ababanebwe.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Isomo rya 3: Uburyo bwo kuryama no kubyuka (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 215)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kwerekana uburyo buboneye bwo kuryama no kubyuka.
217
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kurondora uburyo buboneye bwo kuryama no kubyuka.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora gushyira mu bikorwa uburyo buboneye bwo kuryama no kubyuka.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azashobora kurondora sunnat y’intumwa y’Imana ku buryo buboneye bwo
kuryama no kubyuka.2. Azashobora kuvuga ku nyigisho z’intumwa y’Imana ku byerekeye uburyo
buboneye bwo kuryama no kubyuka.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya uburyo buboneye bwo kuryama no kubyuka.2. Azamenya hadith y’intumwa y’imana ku byerekeye uburyo buboneye bwo
kuryama no kubyuka.
Imfashanyigisho1. Igishushanyo cyerekana uburyo buboneye bwo kuryama no kubyuka.2. Igitabo cya hadith.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha:1. Ibiganiro.2. Udukino.3. Kwigana.4. Imikoro.
Ibyo guteguraTegura imfashanyigisho hakiri kare twavuga nk’amakarita.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize. 2. Baza abana utubazo ku uburyo buboneye bwo kuryama no kubyuka.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana mu kungurana inama z’ukuntu baryama n’uko bavuga dua igihe babyutse.
Utubazo tworoshye two kubaza umunyeshuri1. Tugomba kuvuga ___________mbere yo kuryama.
218
2. Intumwa y’Imana yakoreshaga_____________mbere yo kujya ku buriri.3. Iyo ubyutse ukora iki ako kanya?
Ibisubizo byatwo1. dua2. udhu3. Koza ibiganza.
Ubutumwa bwa Allah1. Ganira n’abana ku uburyo buboneye bwo kuryama no kubyuka.2. Ganira n’abana kuri hadith y’intumwa y’Imana ku byerekeye uburyo
buboneye bwo kuryama no kubyuka.3. Ganira n’abana kuri dua yo kuryama no kubyuka.
Igisubizo cyacu1. Fasha abana kwandika ibintu mu makayi kuri iyi ngingo. 2. Tembera mu ishuri ureba ko koko abana bari kwandika.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 217
Uburyo bwo kuryama:1. Vuga dua mbere yo kuryama.2. Ryama uhereye ku rubavu rw’iburo.3. Fata udhu mbere yo kuryama.4. Nturyame utariye.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Abana bari mu matsinda yabo, abana berekane uburyo bwo kuryamamo.
Bafashe. 2. Fata abanyeshuri babifitiye ubusbushobozi bavuge ku buryo kuryamamo no
kbyukamo.3. Ite ku makipe amwe n’amwe y’abanyeshuri.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Isomo rya 4: Uburyo bwo kujya mu bwiherero (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 217)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kwerekana uburyo buboneye bwa Kisilamu bwo kujya mu musarani.
219
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kurondora uburyo bwo kujya mu bwiherero.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora gushima hadith y’intumwa y’Imana ku byerekeye uburyo bwo kujya mu bwiherero.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azashobora gukora uburyo bwiza bwo kujya mu bwiherero.2. Kurondora inyigisho z’intumwa y’Imana ku buryo bwo kujya mu bwiherero.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya uburyo bwo kujya mu bwiherero.2. Azemera hadith y’intumwa y’Imana ku byerekeye uburyo bwo kujya mu
bwiherero.
Imfashanyigisho1. Agashyushyamazi. 2. Igishushanyo cyerekana uburyo bwo kujya mu bwiherero.3. Igitabo cya hadith.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Ibiganiro.2. Udukino.3. Kwigana.4. Imikoro.
Ibyo guteguraTegura imfashanyigisho hakiri kare twavuga nk’amakarita.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize. Baza abana utubazo ku kuntu babyitwaramo iyo bagiye ku musarani.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza ibibazo abana mu kungurana inama z’ukuntu baryama n’uko bavuga dua igihe babyutse.
Utubazo tworoshye two kubaza umunyeshuri1. Abasilamu binjira mu bwiherero babnje ikirenge______.2. Si byiza kwituma _________.
220
Bereke ibishushanyo bigaragaza uburyo bwo kujya mu bwiherero.
Ibisubizo byatwo1. cy’iburyo2. uhagaze
Ubutumwa bwa Allah1. Fasha abanyeshuri kuganira ku buryo bwo kujya mu bwiherero.2. Abana bazerekana uburyo bumwe na bumwe bwo kujya kwituma.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri kuganira ku buryo bwo kujya mu bwiherero.2. Umwarimu azasanga abanyeshuri mu ntebe zabo arebe niba ibyo bari
gukora ari byo.3. Bwira abanyeshuri berekane uburyo bwo kujya mu bwiherero.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 220
Uburyo bwo kujya kwituma:- Injiramo ubanje ikirenge cy’ibumoso.- Shaka ubutabazi bwa Allah.- Utituma uhagaze.- Utajyana Quran mu musarani.- Sohoka ubanje ikirenge cy’imoso.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Abana bari mu matsinda yabo, abana berekane uburyo bwo kujya mu
bwiherero.. Bafashe. 2. Fata abanyeshuri babifitiye ubusbushobozi bavuge ku buryo kuryamamo no
kbyukamo.3. Ite ku makipe amwe n’amwe y’abanyeshuri.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Isomo rya 5: Uburyo bwo kwambara imyenda no gutembera (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 218)
Intego y’ikigishoUbukeshaUmunyeshuri azashobora kumenya uko bambara n’uko batembera nk’uko Isilamu ibyigisha.
221
UbumenyiUmunyeshuri azashobora kurondora uburyo bwo kwambara no gutembera.
Ubumenyi ngiroUmunyeshuri azashobora gushima hadith y’intumwa y’Imana ku byerekeye uburyo bwo kwambara no gutembera.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azarondora uburyo bwo kwambara.2. Azavuga ku buryo bwo gutemberamo.3. Azashima inyigisho z’intumwa y’Imana uburyo bwo kwambara no
gutembera.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya uburyo bwo kwambara no gutembera.2. Azashima inyigisho z’intumwa y’Imana uburyo bwo kwambara no
gutembera.
Imfashanyigisho1. Igishushanyo cyerekana uburyo bwo kwambara no gutembera.2. Igitabo cya hadith.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Udukino.2. Imikoro.3. Ibiganiro.4. Kwigana.
Ibyo guteguraTegura imfashanyigisho hakiri kare twavuga nk’amakarita.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBwira abana bungurane inama ku bury obo bambara cyangwa bakoramo ingendo.
Utubazo tworoshye two kubaza umunyeshuri1. Imyambaro ni iyo_____________.2. Ni ikizira ku mugabo kwambara ___________ndetse na __________.
222
3. Ni uwuhe munsi intumwa y’Imana ihitamo gukora ingendo?4. Wowe ni uwuhe munsi wumva ukubereye wo gukora ingendo? Kubera iki?
Ibisubizo byatwo1. guhisha ubwambure bwacu2. Zahabu, umuringa3. Kuwa kane.4. Ibisubizo bitandukanye.
Ubutumwa bwa AllahFasha abanyeshuri kuganira ku uburyo bwo kwambara no gutembera.
Igisubizo cyacu1. Fasha abana bandike ibintu bike mu makayi yabo ku byerekeye uburyo bwo
kwambara no gutembera.2. Genzura ibyo abanyeshuri bari gukora ubasange aho bicaye mu myanya
yabo.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Abana bari mu matsinda yabo, abana baganire ku buryo buboneye bwo
kwambara no gutembera. 2. Fasha abanyeshuri bafite ingorane bakeneye ubufasha.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Isomo rya 6: Uburyo bwo gusuhuzanya (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 219)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kumenya uburyo bwo gusuhuzanya nk’uko Isilamu ibyigisha.
UbumenyingiroUmunyeshuri azashobora kurondora uburyo bwo gusuhuzanya.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora gushima inyigisho ku byerekeye uburyo bwo gusuhuzanya.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azavuga ku buryo bwo gusuhuzanya.
223
2. Azashobora kujya asuhuzanya nk’uko hadith y’intumwa y’Imana ibyigisha.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya uburyo uko basuhuzanya muri Islamu.2. Azajya asuhuza abandi nka hadith y’intumwa y’Imana.
Imfashanyigisho1. Ibishushanyo byerekana uko basuhuzanya.2. Amashusho y’abantu basuhuzanya.3. Igitabo cya hadith.
Ibyo gutegura1. Tegura amashusho yerekana abantu basuhuzanya.2. Tegura ibishushanyo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza abanyeshuri bavuge uko basuhuza abantu.Baza abanyeshuri utubazo bashobora gusubiza tutabagoye.
Utubazo tworoshye two kubaza umunyeshuri1. Abasilamu basuhuzanya bavuga ngo ____________.2. Umuntu muto ni we ugomba gusuhuza _______________.3. Si byiza ku bagabo kuzunguza ikiganza cya__________.
Ibisubizo byatwo1. Asalaam aleykum.2. Umukuru.3. Abagore.
Ubutumwa bwa AllahFasha abanyeshuri kuganira ku uburyo bwo gusuhuzanya.
Igisubizo cyacu1. Gira abana inama yo kujya basuhuzanya buri gihe.2. Fasha abanyeshuri bandike ibintu mu makayi yabo.3. Genzura ibyo abanyeshuri bari gukora ubasange aho bicaye mu myanya
yabo.
224
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 220
Uburyo bwo gusuhuzanya:- Bavuga indamukanyo yuzuye.- Umwana asuhuza umukuru.- Uwicaye asuhuza uhagaze.- Unanutse asuhuza ubyibushye.- Abagabo ntibagomba kwambara imyenda ikoze muri zahabu cyangwa mu
butare.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Shyira abana mu matsinda, hanyuma ubabwire baganire ku buryo bwo
gusuhuzanya.2. Fasha abanyeshuri mu gusuhuzanya nkuko bikwiye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Isomo rya 7: Kwita ku biremwa bya Allah (S.W) (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 220)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kwerekana indangagaciro zo guharanira kuba ahantu heza.
UbumenyingiroAbanyeshuri:1. Bazashobora kwita ku bidukikije2. Bazashobora kuganira ku buryo bunyuranye bwo kwita ku byaremwe.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora kwirinda konona ibidukikije.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azavuga ku byiza byo kwita ku biremwa bya Allah.2. Kuvuga ku buryo bitamo ibiremwa bya Allah.
225
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya kwita ku biremwa bya Allah2. Azita buri gihe ku biremwa bya Allah
Imfashanyigisho1. Ibishushanyo byerekanaabantu bari kwita ku byaremwe bitandukanye2. Igitabo cya hadith.3. Amashusho y’abantu bari kubungabunga ibyaremwe bitandukanye.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Imirimo y’amaboko.2. Iby’ubuzima busauzwe.3. Imikoro.
Ibyo gutegura1. Tegura ibishushanyo byerekana ibiremwa bitandukanye.2. Tegura amashusho ariho abantu bari kwita ku matungo.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwaTangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyehoBaza abanyeshuri utubazo bashobora gusubiza tutabagoye.
Utubazo tworoshye two kubaza umunyeshuri1. Vuga amazina y’ibiremwa nibura bibiri bya Allah.2. Vuga amatungo abiri aduha inyama tukazirya.
Ibisubizo byatwo1. Intama, ihene.2. Inka, inkoko.Bwira abana bavuge uko bo ubwabo bita ku byaremwe na Allah.
Ubutumwa bwa Allah1. Fasha abanyeshuri kuganira ku buryo bashobora kwita ku bindi biremwa
bya Allah.2. Ganira n’abanyeshuri ku kamaro ko kwita ku bidukikije.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri bandike ibintu mu makayi yabo.2. Genzura ibyo abanyeshuri bari gukora ubasange aho bicaye mu myanya
yabo.
226
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 222
Uburyo bwo kubungabunga ibyaremwe na Allah:- Kubiha ibyo kurya ndetse n’amazi.- Kubivuza igihe byarwaye.- Kubyitaho igihe byarwaye.- Kubyica nabi.
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Jyana abana mu rwuri rw’ishuri hanyuma mwite ku matungo arurimo.2. Fasha abanyeshuri mu gusuhuzanya nkuko bikwiye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Isomo rya 8: Kwita ku bidukikije (Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 222)
Intego y’ikigishoUbumenyiUmunyeshuri azashobora kuvuga ibintu by’ibanze byo kubungabunga ibdukikije.
UbumenyingiroAbanyeshuri:1. Bazashobora kuvuga igisobanuro cy’ibidukikije.2. Bazashobora kuganira ku buryo bunyuranye bwo kwita ku bidukikije.
UbukeshaUmunyeshuri azashobora kwirinda konona ibidukikije.
Ubushobozi ngiroUmunyeshuri:1. Azasobanura ibidukikije icyo ari cyo.2. Azavuga ku byiza byo kwita ku bidukikije.
Inyungu z’ikigishoUmunyeshuri:1. Azamenya igisobanuro nyacyo cy’ibidukikije.2. Azavuga uburyo bunyuranye bwo kwita ku bidukikije.3. Azishimira kuba ahantu hasukuye.
227
Imfashanyigisho1. Ibishushanyo byerekanaabantu bari kwita ku bidukikije.2. Igitabo cya hadith.
Uburyo bwo kwiga no kwigisha1. Imikoro.2. Imirimo y’amaboko.3. Iby’ubuzima busanzwe.
Ibyo guteguraTegura ibishushanyo n’izindi mfashanyigisho hakiri kare.
Imyitozo ku nyigishoUko bikorwa1. Tangira isomo ryawe ubaza utubazo ku isomo ry’ubushize. 2. Abanyeshuri bazavuga ku bintu bo ubwabo bakora babungabunga ibidukikije.
Isomo rirambuyeIbitwerekeyeho1. Baza abanyeshuri kubyo babonye ubwo bari bari hanze y’ishuri.2. Reka abana batange ibisubizo bitandukanye.
Ubutumwa bwa Allah1. Fasha abanyeshuri bavuge uburyo butandukanye bitaho ibidukikije. 2. Bwira abana bajye bita buri gihe ku bidukikije.
Igisubizo cyacu1. Fasha abanyeshuri bandike ibintu mu makayi yabo2. Genzura ibyo abanyeshuri bari gukora ubasange aho bicaye mu myanya
yabo.
Ibisubizo by’imyitozo iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 226
Uburyo bwo gufata neza ibidukikije:- Gutema ibihuru..- Gutera ibiti.- Kudatemera ibiti hasi cyane.- Gukuraho ibiziba cyangwa ibizi byaretse.- Gukubura mu rugo.
228
Ibigenderwaho mu isuzuma1. Jyana abana hanze hanyuma ubareke bo bakore uturimodutandukanye two
kwita ku bidukikije.2. Fasha abanyeshuri mu gusuhuzanya nkuko bikwiye.
Ihuriro n’andi masomoAmasomo mbonezamubano: imyitwarire myiza no kwimakaza umuco.
Ibisubizo by’imyitozo ngiro iri mu gitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 226
1. twikunda2. dushimishe3. Alhamdulillahi4. Inshuro eshatu5. kuvuga
Ibisubizo by’isuzuma bumenyi Igitabo cy’umunyeshuri urupapuro rwa 226
1. imwe2. Allah (S.W) 3. Muhammadi (S.A.W), Adam (a.s), Isa (a.s), Ibrahim (a.s.) and Yusuf (a.s)4. - ubwenge - inyangamugayo - ntiyakoraga ibyaha5. Icyarabu 6. (a) Kaaf (b) Zee (c) Shiin7. (a) Kalamu (b) Kitabu
8. (a) (b)
(c)
9. amazi10. Subh
229
11. Maghrib – 312. Dhuhr – 413. Subh – 214. Amina15. Imyaka 2516. Al-Ameen.17. imyaka 1218. Allah (S.W)19. ikirenge cy’imoso20. amata n’inyama
Recommended